MPINGA ARADUSEKEJE TURAPFA🤣😍NGWINO ATUGIRIYE INAMA ZO KWIYITAHO👌🏻ROSE YATEMBAGAYE🤣
Vložit
- čas přidán 22. 10. 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
Ababana nyamara umenya barangaburiye 😂😂😂niko sha nkubu iyo mubona umuntu ungana nanjye nirirwa nshakisha aho munyuze mubyumva mute😮😮
Mwari muraho ariko!!!
Mpi mbaza ngo bite seeeee!
Hhhhh
Sha umvugiye ibintu ❤️
@@uwamahorochantal7329
Urabona ibibintu bizoroha kweli
Mwabadamu mwes ndabakunda cyaneeee. Gwino wee Mukund byihariye. Inamaze ziranyubaka I yampa dugakura imbona nkubone. Nize byinshi kbs nanje mfit Umugabo nkunda cyanee nu umwana umwe. Love you guys❤
X😢
Sauda,Rose, ngwino na Ndebe ❤❤❤❤ nyagasani akomeze intambwe zibirenge byanyu 🙏
Ngwino azi ubwenge bwinshi yita kubana gupfunyika inkweto Sha kubirebana no kwita kubana umpaye amasomo menshi❤❤❤❤❤
Ndabakunda cyane mwese!mwivugire rata bagore beza, ntabwo turi babacire imanza natwe turasobanutse ! Kuvuga ibyo dukunda nibyo twanga ntakibazo rwose ! Najye nanga mukaru pe nayinwa nabuze uko ngira pe!
Yooo mbega abadame beza, nukuri muranshimishije cyane numvaga ikiganiro cyitarangira.
Ibaze ko naraye ndose ndikumwe nababantu batatu 😅😢 none mbyutse mbabona 😢 turi kurya incakirane 😂 ururukundo mana yanjye ❤❤❤😢😢
Mpinga rwose arashimishije.ngwino abafite utundu twubwenge.rose numunyabitwenge.ndabakunda murabahanga.
Mwakoze gutumira Rosa mana uyumubyeyi ndamukunda ❤️❤️ko kangwino x katuje🤣😊
Nkunda izo mpanga ubona ziri cool,zuzuye udushya gusa, keep shining girls
Cooperation yanyu ninziza gukorana nibyiza cyane
@Rose ndumva duhuje akantu ko gukunda ibiryo witekeye, mba numva nihagazeho ko biryoshye rwose, nk'ubu nta muntu urateka isombe ngo indyohere nk'iyo nitekeye👍
Aho ndimwo pe.
Yooo sha njye nkunda nkanakumbura ibiryo Maman yatetse
Incuiiu ayiko Mpinga weee😂😂😂
Ndabakunze p
Mwaganiriye kigore p
Mpunkumbuje group yanjye yari imeze gutyo 😂😂❤
Aba Jo bacu sh❤❤Rose mwakoze cyane.
Mpinga tumeze kimwe nanjye ndiyibagirwa peee,mbakunda byo indani abachu❤
Akantu kumwera kumabuno yabagore Niko kabi ndabakunda cyanee mwese harabura kecapu
Cyakoze Mpinga Ni woe wanjye
Incuiii mwageze kwa Rose 🌹 ♥️ 😂😂😂
Abagore beza babahanga gusa mbese sinzi uko nabivuga❤❤❤❤❤❤❤
None se bagore beza niba mufite four murugo mwazagiye mwikorera cake mukayiha abana, aho kujya kuyigura ko aribyo byiza ibyo mwikoreye ! Najye ako nagatekerezo mbasangije! Murakoze.
KBS byaba Ari SAWA Kandi ntibigora cg bihende nko kuyiguts
@@mamakensane8388 ikindi iyo abana bazi ko maman cg papa bazi kuyikora umururumba urashira iyo bagiye ahantu bakayihasanga baba bumva ari ibisanzwe!
Muribeza 🥰 gsa muvugira rimwe ntimuhane umwanya mpinga njyureka ngwino asoze kuvuga 😅
Imana ibahe umugisha mwinshi muratwubaka
Mwiriwe neza Rose turamukunda peeee
Bonjour bcp, Ndabakunda.
Mping inyonger imis yokubah p urasets ngwin ndagkund cyan ufit ubweng bwinsh
Muzongere muduhe ikindi kiganiro muduhinama❤
Ngwino urumugore nifuza kuba we ariko byarananiye pe. Ndagukunda komereza aho
Aba Jo twins kuri Rose tv show❤ amashurwe yanyu ngaya🥀🌺🌷🌼🌸🌹🌹🌹🌹🌹
Jo twins ndabakunda cyne 😘🥰
Aba dames bari cool bahuye sha. Mwa mpanga mwe, mumubabarire Rose, aratwenga aheremwo umwuka ndabarahiye😂😂😂
😂😂😂😂😂😂Ahwiii😂😂😂ndabakunda cyanee pee
murayavuze
Bjr les belles dames ndabakunda cyane❤ mugire inama abagore nziza rwose❤
Mpinga weeee😂😂😂ngo umwera wahe?
Kurara wambaye ubusa ntacyo bitwaye ahubwo urambara akaba ariwe ubikuramo! Biraryoha grave! Umeze nkanjye like 👍 aha!
Muri bezaaa
Mwese mujye mutuganiriza mwirekuye nka Mpinga ndamukunda rwose.
Rose ndagukunda ntago wirengagiza nanjye waransubije
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ ndabakunda bikandenga
❤❤❤mutuma nishima❤
Agasonga bugari hafi twumve inkuru 😂😂😂
Uzantumire nze ngukorere umurima w igikoni nda wukwemereye pee
Najye rose namwigiyeho twinshiiiii
Rose Ako kantu bitera nimugoroba nakahe? Ndabakunda Guy's ❤
Umunwa wababagore weee😂😂😂😂😂❣️❣️🌹🇧🇮
Musa n'a Rose pe
Muraryoshe pe
Sha muransetsa nkenda gusaduka😅😂😂😂
Mpinga azubwenge nyamara
Hello twin Jo na Rosa Tv Show please duhoberane kuri 3 young journey tv
Nubwambere ndebye Rose Tv kubera Mpinga wallah😂😂😂😂😂😂😂😂
Eseko.mbona musa na Rose
Mbanumva naba jouninga p😂😂nikundira umunwa wanyu.ariko sinkunda ibi serieux 😅
Ndabakunda mwese ❤️❤️❤️ uziko musa we🥰
Nangye nkunda kwireba pee mpinganzima ntabe.. nukuri
Ndabakunda cyaze 😂😂❤
Mrc
Ch nange umugati wa boutique urashariramo sinzi peee😭😭😭😭😭😭😭😭😭
❤❤❤
❤️❤️❤️❤️
Mpinga yarasaze
Muzatwereke izo parufe zaninjoro.pls
ngumwera kumannyo yabagore😅🤭🤭🤭🤭🤭🤭tuba twarahiswemo byarangiye erega.urebye ninka virus ihita itwinjira iyotumaze kurongorwa .ngaho kutogera igihe ikariso nisutiye turimurugo bihita biba umwanzi🤣🤣🤣kogabyo ubugize Amahirwe ubonye ubisoje ngurajyanikwisiga umubiri wose😜😜😜😜
Mwakoze cyn ark ikiganiro cyo gukoresha amafaranga murugo
❤❤❤❤❤❤
Ngwino ko ashaka ko ikiganiro kirangira vuba😂😂😂
Uzadutumirire na Olive amuhuze na Mpinga
Muransetsa none kwigira neza tubikorera abagabo cyangwo turabyikorera?
izi nzobe ko arinziza di
47:40😂😂😂
Hey ndabakunda mwe se pe murananshimishije rwose mumbwirire abantu bambara ibitababereye namba ngo bariyakiriye mwaba ntumwe
Murakoze ariko rosse wampaye nomber ya shayo
🤔🤔🤔
Hariho nabadakunda koza unupuri nabo baba banuka
Mbega Josiane yagiyehe?yakoze umwanya muto cane
😊)
umuntu uri inyuma ya camera yanzonze 🙈 biragera aho nshaka akavuga bigasubira inyuma
😂😂😂😂pole yisubireho yo kubishya
Insutiye uyambara iminsi2 ukayimesa
NGWINO SHA NKUKO UTUBWIRA IBYIZA UKORERA ABANA UJYE UTUBWIRA NIBYIZA UKORERA UMUGABO KUKO MBONA LOVE YAWE YOSE IRI KUBANA PE.UMUGABO YIMENYA.GUSA URI UMUBYEYI MWIZA KUBA UMUGORE MWIZA BYO MUBYO UMAZE KUTWEREKA SIMBIZI IKINDI URAKUNDITSE PE❤
Koga ugahita ujya kuryama kuri ya gahunda y'abakuru haba hatarongera kumera neza haba hakomeye!
Nibyo rwose
Mpinga wajya utanga umwanya koko abandi nabo bakavuga😂😂😂😂
Yego rata😅
😂😂gasore mpinga ntumugore kavuga nutuntu twe Kandi Akunda kudomina❤❤
❤❤
nari narayobewe icyintu duhuje nampinga hahahaha nanga plastic nanjye pe.iranukira ibintu bimwe bibi
Mwe mufite amazi murugo nukumenyako hari abatayafite murugo barinda kujya kuyahiga nokuyagura ntabwo bokora douche 2 kumusi nimuze mutekereza abandi batarinse ayo mahirwe nkamwe. Hama ngo ntama soutiens abagire bagira erega hari nuwudafite amafaranga yokugura ama soutiens mirongo nimuze mutekereza kubaturage barya rimwe kumusi cyangwa ntibarye nugute aearonka ayo ma soutient nimuze muvuga kuma côtés yose rero hari abadafite ubushobozi namba banasega banaburara.
Umuntu ushoboye kugura bandle akareba iki kiganiro nibaza atabura aya suthien ubwo bakoze kiganiro cyabishoboye ariko batiyitaho ahubwo ndibaza wabaha advise yogukora icyabakene ariko bajya muri reta Bagakora ubukangura mbaga
@@titybyukusenge3954😂😂😂 kankubwire nkubu kuri Cote yaho ntuye dufite umuturanyi ufite WiFi iri unlimited twese yaduhaye password numuntu mwiza kuburyo numushyitsi wawe ayimuha ndikuguha ubuhamya kuko harubwo ngira ikibazo nakibwira umuntu ati ntukabeshye knd uhora online nurugero naguhaga byo bajye bavuga ark banibuke nabatabasha nokurya rimwe kumunsi
@@titybyukusenge3954uramubwiriye
@@titybyukusenge3954 Ekowo2i2opÈl3kkdk3àaelpppppapaapaapàpapaapappppppa00op3odoae8a3k
🤣🤣🤣🤣🤣
Ro ntago ari kwirata , umugati wo muri boutique unukamo isabune,cg pétrole
Mana we haruwonzi arambara ariko isutiye yambara iteyisoni pe.
😂😂😂😂
Ariko uwo muntu uyoboye ikuganiro uvugira inyuma arihisha nde?
😂😂😂😂umenya Ari impanga ya sabin
Uy'umunsi mufashe Rose ye kurira rwose dore ahora akora ibiganiro arira nkumva ndababaye
Nukuri baramuhinduriye bagize neza aba jo
Mbaze akabazo
Ntimunyumve Nabi
Rosa agira abana cangwa umwana??
Ntabwo Nyagasani arabamuha aracyategereje
Aracyari ku musozi wo gutegereza ntabwo Imana iramusubiza
Aracyategereje nyagasani Nukuri ahe umwana Rose
Uwiteka azabamuhe mwizina rya yesu
Imana ni nziza irinda isezerano kandi umwana nu mugisha nu mwandu uturuka ku Witeka na humure Imana izamuha nti yimana
Muraho neza nje hano kubabwira ko tubafitiye ibikoresho byose bya gym wifashisha ukora sports harimo ibyuma byo guterura ama tapis yo gukoreraho sport yoga na meditation udupine twiza wifashisha ugabanya inda amagare ya sports ubikeneye watugana Aho dukorera nyarugenge tukabiguha cg tukabikoherereza Aho uherereye hose Numero watuboneraho ziri muri profile yacu iyo irimwibara ritukura mwajyaho mugakandaho Mukazibona murakoz
Ark mpi urihandagaje ngo abadame bafite indanini bajyebimenya hanyumase wowe ko utarimenya harukurusha kwanika ayomaguru nukuntu arimijugujugu mwagiye muvuga muziga kweri
Kubyegereje umutima
😂😂😂😂😂😂 akantu kimijugujugu gusa Iko yiyakiriye kumaguru Niko nuwinda yiyakiriye Cyane ko harigihe ntaruhare abigiramo.tworoherane kbs
@@mamakensane8388😂😂😂😂😂😂
Mpinga mpa size yawe nzakoherereze utu nuisette.
Ngwino nukuvuga gusa ibyo akora ko atabitwereka ngo tubibone uko aba ameze nkumugore murugo atwereke ibyo akora nuko haba hameze nibyo akorera abana be.
Niba atabikeneye ko mumenya iwe se 😁😁
Ndumva ntacyo byagufasha pee.
Icyangombwa nuko abikubwira ukabyumva😊
@@Paccy_Iiki kigoryi sinzimpanvu kigenda kuru ngwino
Ariko nkibi biba biri mubiki😢😢😢😢 ntabindi mwakwigisha uzibye abagore ese iyomwirebe muba mubona muri beza?akheee
Ark ubwo ufata akanya ukandika usenya abandi harukubwira kubakurikira kugahato
Ngo agree
Rata hejuru cyane bantu banjye
Yegoko mbega umushiha😂inywa amazi birashira ma
Ngaho 😂😂 urashonje
@@Ms.dodo40 shonje iki? Abashonje nabongabo bavuga ubusa kugirango babone icyokurya ,ibicucu
Yegoko Yezu😥😥😥😥😥 @bijou5038 Imana ikubabarire
Ubwo murareba mukabona arimwe beza ,konzi neza ko abagabo banyu birongora abandi bagore mwe mwabuze iki ra?😂😂😂😂😂😂
Barakurongoye c 😂😂😂😂 jya ugabanya agashiha reka abana bishime niba banabaca inyuma ntago bashiraho baragaruka bagasanga abagore babo 😂
@@umwizanana1692uvuze nezaa rwosee
@@umwizanana1692😂😂😂😂😂
❤️❤️❤️❤️