UMUGABO YANTAYE TUMARANYE IMYAKA 18😭YANTEYE UBURUSHYI😭SINZI IYO NKOMOKA UKU NGANA|YARABABAYE PE!
Vložit
- čas přidán 25. 11. 2023
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Zábava
0786162267 Ushaka Kumuhuhumuriza wamuhamagara kuri iyo numero ye👌🏻
Yoooooo sha Imana iraje ikugirire neza wu murwe bemera Mana muze dufashe Sumaa
Aliko nange hali ibyo uyu mubyeyi alikuvuga simbyemere.
Urakoze cyane Rose kuri iki kiganiro! Muvandimwe Sumaya humura Allah Arahari ejo ni heza In Shaa Allah
Disi uyu mubyeyi afite ihungabana ni uwo kuganirizwa Uwiteka amwiteho.
Ubumuga bwo urabufite gusa ujye uvuga bizoroha Kuko ufite ibibazo
No kuba utazi Yesu ni ubundi burushyi. Kuko niwe wenyine nabonye abumbatira indushyi zose.
Ndakwikunda maze. Imana iguhezagire kandi ikugirire neza
Rose wacu urumucyecuru mugacyino turagukunda cyane 💖❤️🧡💙🤍🖤
Ko wabaga mubuzima bubi burigihe, Ariko ugakomeza kubyara. Ubujiji buragwira. Muzajye mumenya ubwenge
Sinzi impamvu ndikumva haribyo urikubeshya. Gsa mumbarire pe niko byumva
Ufite ubwo burenganzira pe.buri wese avuga akurikije ibyo yunva cg abona.nuko harabasamira umuntu hejuru biyibajyije ko hano ari ku mihanda
Yooo pôle sha daa Allah arakubona ibikomere bizashira insha Allah
Niba utizera ntacyo wageraho.gusa guca bugufi ku mana bizana amahoro.gusambana birarimbuza .ujye ukorera make xige kurya duke . .hmmmm ufite amateka ..
I love you Rose mwiza,komeza utere imbere❤❤❤❤
Pole sana mubyeyi mwiza
Abasilamu barafashanya humura bazagufasha
Noneho watumiye umusazi
Ariko Mana
Ariko DNA ntabwo yagaragaza imyaka umuntu amaze ngo azamenye uko angana dii😭
Inkuru yswe nurusobe pe. Babyeyi mwirinde kubyara mujugunya abana... ibi byose yanyuzemo ningaruka yo gutabws nababyeyi. Uwo mwuka wo gufatwa ku ngufu ni satani kuko Imana idushakira ibyiza
Ariko disi uranasetsa utera story😂 ngo pondezi😅 nukuri Nyagasani agutabare yumve ubusabe bwawe🙏
Wararwanye uwiteka azagucira inzira izezirenga1000
Amariira ntayobakigira disi
Mbega umubyeyi windushyi😢😢😢
Uri umu maman w' intwari
Mashallah nyagasani akomeze agutere inkunga
😢
, ndagukunda Rose❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
zana numero yawe se !
Nakuru nanjye nagukunze uzi gusetsa 😂
Rose noneho doré ko ubembereza ngaho
Isi nihatari
Nones ubu subujiji
Rose ugirinkuru we😂
Uyu mumaman araruhutse mo gake dechargement
Nta 49 afite
Afite nka 40
Pol
Rose duhe number ze
nukubeshya peee
Rose rwose wajyaga uduha inkuru nziza ariko izizo nimpimbano pe.mumbabarire