MU IJORO RY'UBUKWE BYARI AGAHINDA GUSA😥Umugabo yiyise UMUSIRIKARE baramufunga|Yandiye umutima...😥
Vložit
- čas přidán 21. 01. 2022
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Umuntu wemera ko umugabo wuyu mudamu yarumutekamutwe nampe like Hhhhh
Escro urenze kamere
Haribintu bingora gutahura . Umugore mwiza wuburanga agahura n 'umugabo mbwa. Umugabo wumuziranenge agahura n'umugore wigisoromandandura. Yesu fasha abari kurambagiza babe arabahuje imitima n'ururwiro. Amen.
Icyo kibazo mpora nkyibazaho
P
Yy
Igisoromandandura ahwiiiii😀 nubwambere irijambo ndyumvise☝
Igisoromandandura😅😂 impamvu Ni ishuli ry'Imana iba ishaka kwigisha abantu bayo ngo baminuze ubuzima
Uburokore mwihaye burimo ubujiji peu nigute ubyara abana bane Koko Ubona umugabo arinzengere gutyo kweri , nubujiji buba burimo . Ubundi kumwana umwe ubona uko umuntu bizacamo cga bitazavamo.
Sha ndumurokore ariko uvuze ukuri Imana iduhe kujijuka
Cyane uyu mugore yakoze amakosa pe ntiyize neza ishuri bamwigishaga
Nanone ntiwahita uvivamo,hari n'ubwo ugira amahirwe agahinduka
@@Coco11982 ayomahirwe ntiyatuma ubyara Kane ubona umuntu adashoboka wabona ubyara rimwe ntiwabyara kane
Isi nishure rikuru udafashe isomo iragusubiriramwo
Kukubwira ngo ihangane ntibihagije p uhubwo ndumva urugo ari urupfu rwakabiri yeweeeeegaweeee😭😭😭😭😭
Wa mubyeyi we niba IMANA irikunyumva ikumpere umugisha pe wakoze imirimo itakorwa na buri mugore wese pe, uri ntwari
Abagore rero mwige kujijuka. Cyane cyane abo babarokore. Nigute ubyarana n'umugabo nkuwo 1,2,3,4.....? Umuntu udashobotse utanashoboye umubyarira ngo azakumarire iki? Ubwo si umuruho uba ushyira kuri aba bana? Umutwaro uba uha umubyeyi wawe? Mujijuke mwabarokore mwe.
bambwirire
Urakoze rwose,iyi comentaire iranshimishije
@@k.judith5584 caneee
Bigishwa ko kuboneza urubyaro ari icyaha 😢😢 no ko kwubaha umugabo no kumubabarira ari itegeko 😢😢 , ko umugisha wa mbere ari umugabo n’abana 😢😢😢niyo mpamvu abatekamutwe babakunda Bakabashaka barangiza bikaba bibi 😢😢😢
Mana wee harabantu baba barahuritse pe!!!
ushimwe Mana kubwumugabo wampaye wumutima mwiza kandi unkunda cyane nubwo rubanda banca intege ngo ni mubi kwisura ariko ntibizambuza kumukunda.
Komera mubyeyi wihanagane hejuru ya byose hari IMANA izakunezeza.
Icecekere nshuti isura siyountu umuntu ni ibikorwa abaye mwiza ku isura akagutesha umutwe s nibyo byiza.fatiraho ufate neza hanze aha abantubababaye nibenshi kubera abagabo ngo beza ku isura
Abagore benshi bafite ubugoryi. Ese kuki nk'uwo muntu umubyarira abana?abo bana si ukubatera agahinda?
Uyu niwe mugore nyawe rwose. Reba imyaka yose yihanganye. Imana imukomeze arere abana be
Kubeshya ni ingeso mbi cyane itaruma wubaka.urugo rwubakiwe Ku kinyoma ntiruramba
Uyumudamunawentiyashishojengwarebeneza,ububuhamyaburiwesabitekrezeho
Sabin hhhhh ntukansetse ati abagore mwagiye mubaza abagabo icyo bakora hhhh hari abagabo babagome
Mbega ubujiji mbega uburokore bidashashije. Cyakora Imana yo nw'ijuru igukomereze izo mbaraga uzarere abana bawe ubakuze. Naho uwo mugabo ni umu psychopathe. Gusa kwihangana n'imbabazi ugira nibitagukiza bizakwica. Imana ikube hafi pe
Hello Batamuriza turaziranye twarasenganye Bibare umugabo wawe yari umutekamitwe ukomeye cyane kuko yigeze kunsanga Aho nakoreraha icyangugu akorayo Amanyanga menshi ,akajya avuga ngo ntamugore agira atereta abandi bagore icyo gihe yatemeshaga amashamba Mumurenge nakoragamo , Nyuma nzakumuhagarika kuko ntabyangombwa yari afite mutegeka kubanza gushaka ibyangombwa byo gusarura amashyamba , akajya yirirwa abwira abantu ngo yarandeze none ndamuhemukiye ,akavuga ngo nize amashuri mba mugipangu ke ,Kandi Nziko yabaga Kwa Nyirabukwe ntanzu yagiraga , yari umunyamanyanga cyane .
Pole sana mugore mwiza,Imana izagushumbusha humura uzashira ako gahinda watewe numubeshyi
Ivyago birwira abagore kbsa! Mama Imana iguhoze akogahinda kbsa ndababaye wahuy numu escro 😭😭😭😭
Ubu buhamya bwuyu mubyeyi bugomba guha abandi isomo pe ni gute umugabo mwaba mufitanye ibibazo kweli agakomeza akubyaza gutyo kweli abobana bose mubamwumva bizagenda gute njyewe nakubyarira umwe nkaba nfunzeho kuko burya umwana umwe siyakwahagiza nka 4 gusa abagore nukwigira kuri ibyo umugabo sakaguteze ibibazo ngo akomeze anakubyaze pe
True
Pole sana Madamu mwiza !!Ibi bintu bituma numva abakobwa bagomba gukora bakishakamo ubushobozi aho gutegereza ko umuhungu ari we ukora byose kuko gusenga ntibibuza umukristo gukora . Pole kabisa
Yoohh Uyu mu Maman rwose niwe mu Christo mbonye
hanyuma chakila ngo nukwizirika ubwo umugabo nkuwo
wamwizirikaho ukazageza ryari koko?sugushiduka wahasize umutwe
Washakanye na Rusisibiranya
Hahahaaha Rusisiniranya kweli😂😂😂
😂😂😂😂
Sabin ntukarenganye aba damu ,umugabo mubi iyo umubwije ukuri Cg ukamubaza byinshi yanagukubita !ni Nyagasani wo gutabara les mamans
Uyu mudamu yashatse un vrai psychopathe 🤷♀️
Ayiwe 😢😢mubuzima ibibera mungo
Nibyo bidutera ubwoba bwo gushakwa pe 😟 😒
nibyo pee 🤣this is too sad 😢
Ubanza mbaye number 1 mutumpe twa tuntu numve uko tumera. Reka nze numve ibyubu bukwe. Sabin reka nkubaze, ese ko abantu benshi baza kuvuga ibyingo mbona ari abagore gusa? Nuko abagabo aribo bahemu cyane koko! Nuko abagore aribo bahohoterwa gusa cg nuko aribo bakunda kuvuga? Bidukora kumitima yego ariko kumva uruhande rumwe burya biba bibogamye! Uzajye ushaka nurundi ruhande mu gihe bishoboka
Ngutwo🥰🥰🥰🥰
@@angesignolinx5829 Hhhhhhhhhhhhh Thanks
✌️✌️✌️❤️ngutwo
Pasteur mpyisi ATI mujye muzabasezeranye singombwa za reception zibatwara ibyo mudafite.Ati nabasanga n,iwanyu imuhira.utwo dufatanga Tukazabatunga mutadutagaguje Muri za reception
Wa wundi wigisha kwizirika arihe ngo Azé yizirike 😭😭😭😭😭
Mbega umubyeyi de komera pe Imana irahari izakubera byose, maman wawe ni umubyeyi pe Imana izakwibuke akiriho umuteteshe
Harya abahaze sha🤣🤣🤣
Mujye mumureka uwashatse neza agira ngabandi ntibazi kwita kubagabo
ntaba yarigeze abona. Abagore gusa n'abana beza😌😌😌
Biriya bitekerezo byo kwizirika kubagabo nibyo bituma abagore bemera bagapfira mwihohoterwa nabakobwa bakemera kurongorwa nabasore badashobotse ko icyangombwa ari uko society ibona ko bakoze ubukwe nabo bubatse
Wagize mama mwiza pe kuko byarj gushobok ko agutererana blessed to her
Umva sinjya nandika commentaire ariko aha ho reka nanjye mvuge. Sabin, ntago mwazajya muzana abarokore bamwe bigisha ko umuntu atagomba gutandukana, nanone umuntu yaza avuga ko yanze gutandukana coute que coute mukamubwira ngo yari akwiye gutandukana. Mujye mubwira abantu bigishe ko hari ibitihanganirwa.
Yoooh ! Imana ibehafi uwo mupfasoni
Sha Madame,ndagukuriye inkofero nukuri👮warashaka kwubaka nuko wabuze uwo mwubakana, kuba utarway umutima uzobishimire Imana,ariko ntuzosubire GUHAMBIRIRA INKAMBI AHATAGIRA IGIKOMERE🙈
Ntamugabo mubi nkubeshya kuko kumwizera biba bigoye rwose ihangane mukobwa mwiza
Murebe ukuntu adeper ari ingome ku kiremwamuntu kitajijutse! Uyu mugore yazize inyigisho za adeper zo kwemera ubuhanuzi udatekereje.
Ahubwo bazayisenye burundu ni acide mbi cyaneee adpr
Warakubititse wa, ihangane rwose Imana irakuzi bizagenda neza
Yesu weeeeeee!!!!wamubyeyi we,Imana yakunyujije mwishuri kugirango mugihe nkucyi wigishe abantu biringira ubuhanuzi,urugendo rwawe rwurushako rwararuraga arko mubyeyi komera ntamarire Yesu atahoza,ntanagahinda atamara .ihorere hari umuhoza Yesu nibyose KD kubaho kwawe simpanuka hari impamvu Imana yemeyko uhura numugabo mubi umez utyo,arko kubwo kwihanganira murushako rubi gutyo,rwose Imana izabiguhembera.
Imana iguhe umugisha KD ikwagurire imbago mubyeyi,igukurize abana nyuma yumubabaro hari ibyishimo
Ncuti, ni vyiza gusenga ariko turye twibuka ko Imana ifasha uyifashije...ncuti ça t'a pris bcp de temps !?! Seulement bandimwe musenga murye musaba umuco uva kuwiteka Imana Yaremye byose
Yooooh 😢😭😭😭😭😢😢 pol San mukobw mwiza Imana ikwiteho ❤️ ikworohereze cyan👏👏👏😔
Umva ingo nyinshi ni ibi ziberamo💔💔💔
Ariko Sabin ibibazo wirirwa wumva ntujya ubirota rimwe na rimwe? Ngewe numva wahindura umwuga ugakora akubu psychologue cg ukabihuza byumbi kugira ngo nabakeneye uwo babwira ibyabo ariko batinya camera nabo biborohere🤷
Ark umuntu akubeshye rimwe 2,3,4,5, uburimubiki mubamuri gukina Sha
Arrhe,nanjye mba numva aba bagore nabacapa!!ubu n,uburokore cgw n,uburofa??
Yooooo komera mama saddest story Imana ikorohereze nukuri
Imana izagufashe cyane, ndagusegera.
Dushatse gushaka twabireka ndumva ntamahoro abibamo ikibazo ni umwana kumubona uhhhhh
Tuzajya dusinyana coutra hhhh kuko biragoye
Nubwo twumvise uruhane rumwe uyu mubyeyi ygize kwihangana ariko na mugaye ikintu kimwe, 1) Gukomeza kubyarana numuntu hejuru yibyo yagukoreraga, 2) kuba utazi kwifatira umwanzuro ugendera mu kigare ngo nuburokore.
Iyo uhemukiwe ubugira 5 mu rugo ndetse ubibona neza ko ufite umugabo w'umu escro, ndetse akagera aho akurega ibinyoma muri RIB no mu Murenge ntufate umwanzuro ahubwo ugakomeza kubyara nukuri birambabaje.
Ukuri
Yoooooooooo!!!!ukuntu disi urumubyeyi mwiza.ubu Imana iyiguha umugabo muzima Koko🙆🙆🙆🙆 wo kubaka🤦🤦Iyera izakugirire neza nukuri urabikwiye.
Uzukuntu yari nwiza arumukobwa afite inyuma harenze pe ngewe ndamuzie mubibare kuri ADPER
Ntago Imana igena umugabo cg umugore,ni wowe ubwawe uhitamo ku giti cyawe ugendeye ku byo ushaka kuko yaduhaye kwigenga ku mahitamo ariko iyo uyitabaje ngo iguhitiremo ireba muri bene wanyu ikaguhitiramo ariko nta gitutu igushyiraho umwemeye uramwemera utamwemera ukamureka gusa Imana yaguhitiyemo birikora murakundana iwanyu bakabyemera bakabashyigikira ntakurenzaho,umuryango mugari mukomokamo ukabyemera ukabashyigikira.
Ntawamenya ! Mujye mutekereza no k urundi ruhande! Bizatangaza abantu baza kwiyamaza barira gutya bakazagaruka nka 3 hano. Sabin ujye wongera ubahamagare nka nyuma y imyaka 3 cg 5 turebe ubunyangamuyo bw abataka ubu.
Mana wee ubwiza bwumukobwa ntibumubuza kuruha
Umu mama mwiza Imana imuhezagire
Sabin umuryango nyarwanda urugarijwe dukurikije inkuru zimaze iminsi zihita ku Isimbi. Abagore bakwiye kwigishwa kuva mu buto bwabo ko bagomba gushishoza ku kintu icyo aricyo cyose bahuye nacyo mu buzima.Kuko kuri uyu muryango urabona ko amasengesho bizeye ariyo yishe ibintu byose kuva mu ntangiriro.
Maman Jeanette wahuye n'iigeragezo mu buzima ariko kandi ntugacike intege. Komeza utwaze gitwari, wirere abana bawe.
Abagore dukwiye kumenya ubwenge no gushishoza kuko ntibyunvika ukuntu ubyara umwana wa mbere kugera kuwa 4 ubona umugabo mubanye nabi?
Bigomba guhinduka
Uvuze ukuri ubonye isarigoma rihindutse rireke rita rakubyaza benshi
Niyo myizerere ye mubimwubahire , naho ibyo abana Hakuzimana ,Harelimana , natwe iyo iwacu batekereza kabiri ntitwari kubaho kandi turiho , turashima Imana yaratureze iradukuza ( njye nemera KO , nta muntu uvuka ari impanuka Haba hari umugambi w'Imana) naho gushishoza ni byiza pe gusa iyo ubyaye Abo bane uwo mwashakanye agapfa cg akazi ukakabura wabigenza ute ?
@@annej.i5028 ntaho ayo mazina Hakuzimana Harerimana ahuriye n ubujiji,udakujijwe n Imana wakuzwa na nde?niyo waba ufite ubutunzi bungana bute nta na rimwe utazigera ukenera Imana ngo igukuze ikurere hahirwa uwarezwe na yo,ayo mazina ni ajyanye n imyitwarire n icyo uzaba ntaho ahuriye n ubushobozi bwo mu bifatika,uzaperereze urebe abantu ba kera cyane ntago uzayasangana benshi nk ubu ngubu ,kera ntago bapfaga kwita amazina gutyo gusa kandi nta bigeze babyara nta bushobozi ngo bizereko Imana izaza ikabashyirira ibiryo ku meza aho waba ubeshyeye abakera bari abakungu inka zuzuye igihugu banywa amata,abahinzi nabo bahinga bakeza bakarya bagahaga nta na rimwe imibereho yigeze ibananira kereka amapfa yateye kubera izuba ryinshi cg imvura nyinshi kandi ibyo nabyo ntibyakundaga kuba cyane.umwana w'umwami yaramubyaraga akamutura Imana ngo izamukuze ati Hakuzimana nonese ntiyabaga yujuje inka mu rugo n ibigega by'imyaka n abagaragu ,nta na hamwe ayo mazina ahuriye n ibyo muyitirira ubu ahubwo ni ayo kuragiza Imana abana babo ngo izabane nabo mu buzima bwa buri munsi.
sibyabindi abarokore bihaye ngo ntibaringaniza urubyaro
Ihangane nukuri ndumva warahuye nuruvagusenya rwose 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Pole sana dada yangu mungu lakini mungu iko,
Ihangane wa mubyeyi we gusa uyu mugabo habe n'umwana umwe twabyarana pe ahahah aragera aho yatanze imbabazi nkumva namuhitana ari kuri Camera😭
Nanjye ndumva anteye umujinya. Abarokore ntabwenge bagira.
Njye umuntu yankora ibintu nk'ibyo nkamubabarira?! Rekareka
Ibaze kubyarana numugabo umex gutya inshuro 4 zose haribitubaho ariko harinibyo twitera yari kumenya ubwenge nabyarane nawe
Wihangane cyane mama zubakwa kwinshi, harabafite ingonziza imana yabagiriye ubuntu ariko mukajya kuri camera mukomeretsa abababaye mukibagirwa koharizubakiye kumusenyi.abobagabo bindyadya barahari cyane binyorobeka mwijyambo ryimana kandi buzuye ubugome gusa.....humura wamubyeyiwe imana usenga irikumwe nawe.
Imana ikumpere umugisha mama, inama uduhaye irakwiye kdi niyingenzi cyanee cyanee muriyiminsi yanyuma.
Ariko Mwokagira Imana mwee biteye Agahinda kwelli
😭😭😭😭 Mana yo Mwijuru weeee biteye ubwoba rwose ubuse uyu mugabo koko ntafite abazimu gusa komera Mubyeyi Imana irabizi
Jew nsingaye numva ubwoba bwingo nukuri menga sinogerayo😭😭😭😭😭😭😭😭😭 Imana ikworohereze muvyeyi 🙏🙏🙏
Oya mukundwa, ingo zose si mbi, hari nke z icyitegererezo!
@@balancedlifetv Imana izifashe MBE murizo nziza kuko ibiba biteyubwoba😒😒😒😒
Ingo zirarengana ahubwo ahubwo jya uvuga mbere y ingo kuko ingo ntiziremamo umuntu ibyo atari yifitemo.ikibazo kiri mu babona ibibi by abantu bakabyirengagiza bishingikirije ko bazabahindura cg ngo Imana yababeretse ngo babahanuriye,nonese uzazana ihene mu rugo ngo baguhanuriye wibwireko nihagera izahinduka intare cg inzovu?ikibazo ntikiri mu ngo ahubwo kiri mbere yazo.
Sabin ndumiwe vy ukuri pe! Ndumiwe ndumiwe, uwo mu maman biraboneka k avugisha n ukuri umve ndumiwe nabuze uko ndabivuga sinarinzi k bahemu gushika hiyo bagihari...
Mugore mwiza uri intwari pe!!!!! wuhanaganiye umugabo wikigoryi Imana ikomore ibikomere rwose kandi iguhe umugisha uri umugore uzi kubaka.
Yooooohhh sorry dear
Biba bitoroshye kbsa..., abo bahanuzi bazajya babayobya! Iyo umutubariza niba uko yagendaga agaruka byibuze yabanza kumucisha kwa muganga ngo barebe uko bahagaze
Urabona yari kubyibuka? Ubwose kumubeshya icuro zingana uko bakaguma urumva madame adafite ikibazo narumiwe
Ariko amwe mumadini y'iki gihe asigaye abuza abantu kugira ubwenge no gutekereza kubintu by'ibanze mubuzima? Ni gute umuntu agushuka bigeze aho mukabana igihe kingana gityo koko?
Uyu mumaman birumvikana ko yarafise inyigisho atarizo yakuye aho yasengera !!pole saana !!!Ariko nuyu Mugabo wiwe numva akwiye ubufasha kuko ubanza ari umu psychopathe !!!
Burya muri Africa en général ntiduha agaciro indwara zo mu mutwe bigatuma duciraho iteka abantu bigwariye mu mutwe !!!
Imana ikube hafi Maman !!
Mana yanjye weeeee warufite kwihangana gukomeye pe ,mujye muvuga amazina yabo batekamutwe batazahura n’abandi bakababeshya.
Ntabwo ari ukwihangana ahubwo ni ubujiji kuko ntiwabona interahamwe nk'iriya ngo ukomeze kuyirebera unabyarana nayo
Ubwo ndamwise manyanga. Mama warababajwe bikomeye ariko wihangane IMANA yabanye nawe. 🇧🇮🇧🇮
Uziko Nta muntu wakuriye i burundi cg muri congo Wu mudamu umugabo yabeshya atyo akabyemera! Ariko abasope turi naïf de trop
Sha nanjye umuntu yambeshya rimwe apana kabiri natwe abakobwa turakabye avuye gereza aragarutse uramwakiririye kdi uziko umugabo Ari umutekamutwe
Aho uribeshye mwi si yose mu bihugu byose les manipulateurs bica benshi les sociopathes Bari mu bantu Bose !
Ngo kwizirika kumugabo uwo wamwizirikaho gute adafatika 🙆🙆🙄🙄🥲🥲
Sinumva igituma wamureka akagaruka uzi ivyo yagukoreye abarokore ba muhumura amaso mubone
Iyo nimbobo yumugabo
Mbega ikigeragezo mu rugo rushya! Ariko ibi ntibirutwa n,uko wakwa gusa ugatahana umugeni wawe utikojeje isoni.abarokore benshi b,abasore bakunda kuragira abakobwa Ngo dufite amasezerano.ugasanga umuntu asohoye invitation nta n,ibihumbi ijana afite Kuri compte.mana we !
Abasore mujye mwitonda kuko ikizere iyo gipfuye urugo rucyubakwa ntaho muba muzabigarurira
Akose ngewe nabuze umugore abaswa bafite abo gukina nkagapira koko.pole sana
Impore mama
Warongowe namayibobo
Ni wowe wizize mada, kunaha imana ntibisobanura kwinaga mubibazo ubibona, umuntu arakubeshya mutari mwanabana ugakomeza wabonaga yahinduka koko? Wagombaga kuganira numubyeyi wawe ugasubira murugo ugakomereza ubuzima iwanyu, uwo nyiyari umugabo yari ikirumbo nigisambo. Anyway ihangane ntakundi.
Uwo mugabo akini urusimbi peeee cg bimwe numva ngo ni betting 😢 ihangane mubyeyi
Gusa wahuye n ibibazo pe gusa Imana yaguhaye umubyeyi mwiza ujye ushima Imana ahubwo wiyubake gusa abagabo benshi aho bava bakagera nta rukundo mba bagira baba bashaka address niyo mpamvu bagora abagore bakababera umusaraba bagore mujye mumenya ubwenge
Ndagusaba uzamuhuze na wa mu mama uvuga ngo twizirike kubagabo.uzamumbarize turebe ko ibi yabishobora.
Shabariyabababapfakwivugira
None c ko yasengaga ntabwo yigeze abona cy yerekwa ko uwo mugabo arumutekamutwe?!!! Haribintu nibaza nkabiburira ibisubizo pe.Mana ubishaka wadutabara kuko turambiwe agasuzuguro kubugome buri muriyi si
Ariko natwe muntara tuba dufite ubuhamya bukomeye cyane.mujye mudusura cg mutugire Ambassador wanyu.
sha nukuri uwo mugabo ameze nkuwo narimfite jye twandukanye amaze kumpombya ibihumbi 700 byose sha nyuma ati nzakwica abo bagabo bari henshi kbs
Sha iyo hajemo nza kwica biba bikaze humura mama Imana ikomeze kubana nawe.
Mwabagore ninkumi nabahanurako ubonye uwomugiye gushakana adasobanutse gose murye mwemera musebe hagusebera murugo atarurugo ruzagusigira ibikomere,kuko ufashe umwanzuro kare kuko wabona nundimugabo.
Abanyarwanda bazi kwigira neza bataka iyo bahuye n'ababarusha imitwe cyane ABANYARWANDAKAZI. Hari igije indyandya zihimwa n'indyamirizi maze indyandya zigataka mbere zitanguranwa. Ntawamenya.
Nibyo rwose pe nange naramwanze kubera ububeshyi bwe habura icyumweru NGO tubane, barantuka mbi gicirwa mu rusengero kubera ko nabenze, ikintu nabonye nuko wowe ubwawe ukeneye kwinezeza yuko iminsi ntizakubaza uwo wanejeje pe, hashize igihe mbona umugabo mwiza cyane pe
Mbega ubukwe 😖😞
Abarokore twaragowe kurya turahira ngo tuzatandukanywa nurupfu cga Christo agarutse tuzajya twizirika mungo turinde tunazipfiramo ngo nubukiristo tugomba kumenyubwenge tukajijuka
Uwo sumuntu, numudayimoni
Ihangane mubyeyi we gusa uri mwiza kandi Imana iragukunda .
😂😂Gusa Murwanda. Mugirinkuru. Nyishi. Pee. Abahanuzi. Burwanda. Batandukanye. Na Biburundi. Umuhazi wiburundi. Yohanurira umuntu. Ivyuburofa. 🤦. Hosha. Koko. Hagakongoka. Gusa. Yakwicuza
Abarokore mugira imyumvire mibi cyane uririrwa mu bibazo warangiza ukirirwa ubyaragura ,uziko umugabo Ari umutekamutwe warangiza ukamusigira boutique,wa mugorewe nta bwenge bwawe wapi wapi
Janetewe imana igufiteho umugambimwiza ubereye kuba umwigishawijamboryayo ukanayivuganeza nayo ukubikiyubugingo butazabora turagukunda humura uzaba uwigiciro
Ndumva afire imitwe niyu Muhungu wanterese 😭😭
Pole,gusa numvise ububuhamya ngirango ni(...........)Mana we birasa pe
Ahubwo wamugorewe urinjiji umugabo nahaha ukabyara imana iravugango nitubura ubwenjye izaduta
Injiji butwi
Yoooo pole kbsa warabonabonnye.uwo mugabo ntiyarashobotse yaruwo kuguhangayikisha
Cakoze ibivyo birarenze ariko mwijuru har'Imana iha abantu kwihangana pe
Wamuhyeyiwe nunvise ibyawe bisa nibyanjye neza wajyirango abagabo bacyu nimpanga rwose ukomere ufite ishuri rikomeye
Yoooo kwubahimana nivyo vyumumaro.
Muze twihagarareho ubundibw tuzopfan imitim yaratobotse kand ntituzoja nomwijuru kuk kubabarira umuntu yakubabaj gutyo biragorana
Sabin ubwo sububeshi uwanje yambwira ngo numucamanza Mana abagabo bibipfu
Icyakora abagore ntibumva kbs! Umugabo nkuwo abaho niwowe wamworoye rwose! Ubwose uko uteye ninde utakugaraguza agati?
Mwimusonga bavandi, abantu ntitunyurwa ubu iyo aza kwihagararaho agahangana n’umugabo bari kuvuga ngo ni ingare yumugore 😢😢😢 none yaciye bugufi ngo yubake nabwo biranga 😢😢 mutangiye kumwita injiji 😢😢
Imana irihangana
So cute ... impore mama
Nkunda ukuntu sabin avuga ngo yampayinka🤣🤣🤣🤣🤣🤣ngo Eeeeheeeee . Nanjye niko navuga
Sha abagore mwiteza ibibazo mwarangiza mukarira isarigoma ukiyibonaho amakosa abiri hita uyireka
😂😂😂😂😂😂😂🤣💪
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ni isarigoma pe ! Nari namuburiye izina ,si umugabo rwose ahubwo yiboneye icumbi iyo ngegera😂😂😂😂😂😂😂
Sha uransekeje uti isarigoma rwosee irijambo nariherukaga keraaaa pe
abarira bose nta numwe wari waza kuvuga inkuru ye ngo ntibyumvikane ko ibibi yabibonye mbere ariko akamwizirikaho hari n abagabo bagira ubwo buswa ariko abagore nibo harimo benshi bagira ubwo buswa.
😂😂😂😂
Kubaha Imana
Mbega umugabo w’igisebe wee🤔🤔
🥲ikidamu cyiza disi
We love u sabe so much kbx
He really deserve all the love of the world 🍓🍓