Umugabo na Mabukwe Bambaza Kugirango Niyahuređ„Č|Ngo Nimuhamba Sinzamumara| Nkumbuye kurya no kuryama
VloĆŸit
- Äas pĆidĂĄn 12. 06. 2022
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- ZĂĄbava
0789298219 ushaka kumuvugisha wamuhamagara cg ukamwandikira kuri iyi numero ye! Murakoze
A
Mubyeyi banza wiyakire nk'umugore udafite umugabo cyangwa watawe nibwo uzafatira ibyemezo ubuzima bwawe nubwabana.
Ikindi kura amaboko mumifuka ushake icyo wakora cyagutungana nabana bawe dore uracyari muto ntukwiriye kubeshwaho no gusaba nubwo nabyo biruta kwiba no kwishora mungesombi.
Ariko jye nabuze icyo npfata nicyo ndeka kuko uyu mubyeyi arababaye pee ariko jya ndunva abandi bavuga ngo urwanda rwubatse neza nta bucyene uvugako akennye mu Rwanda ni umwanzi wigihugu unva inzara nimbi Imana nikugirire neza
Yewe nta kibi kimunga umutima nko gutinda aho udakenewe kandi aho ukenewe hahari kandi nubundi bikarangira ugiye. Komera mukundwa, kandi Imana yakwimanye igufitiye umugambi. Humura Uwiteka akubereye maso ntacyo uzaba!!!
Nanjye Niko gahinda mfite, Mba numva isi nta cyanga, nkibaza icyo imana yampereye urukundo nanjye nkakundađ„đ„đ„đ„đ„
Itâs true
Oyaa abagore badakora bagahera muri ntampahira batera umujinya ubu c Koko ibi niki
@@joselynemubirigi1168 nkaburiya ntimugacire urubanza abandi.igishoro agikure hehe? Uwakwimye icyurya ngo wonse azaguha igishoro ate? We c yanze guhaguruka ngo akore? Iyo azakubona igishoro ntiyari kwicwa ninzara
Disi warababaye pe, Abuse ya umugabo nimbi Cyane ariko ubwo ubivuze uraruhuka, komera pe, Reba ukuntu wakwigira niyo wasaba ushake icyo ukora wishakemo ibyo ukeneye na abana bawe umugabo agukunda nawe wifite ntamugabo ugitunga umugore we ntacyo yinjiza abo ntibakibaho. Humura uri mwiza ufite abana kora mubeho â€ïžâ€ïžâ€ïž
Ibyo unyuramwo biruhije nshuti n'iby'igihe gitoya ntibihoraho ntibigatume uteshuka ngurek'Imana Imana idahemuka jy'uyizera yasezeranye kwizabana nawe no mubihe nkibyo biruhije nubw'isezerano ryayo risa nkaho ritinda ntabwo rizahera jy'uyizera.
Imana yaguhaye ubwenge haguruka ushake icyo kwiteza imbere witegereza umugabo naho kuvuga ngo ufite Imana wicaye utegereje umugabo nta bwenge burimo
None c ariteza imbere gute ntagishoro?
Babyeyi mbabwire, Mba imahanga.Bishaka kuvuga ko nitegereje abantu benshi. Nabonye pourcentage nini i y' abagabo b'abanyarwanda bafite irresponsabilité ikabiije. No kudahangayikira urubyaro rwabo. Niba ari ibikomere bafite, narayobewe. Mbona iyo ashatse umugore Aba atekereza uburiri gusa, ntatekereza ko ari responsable wawe nawe ukaba responsable we.
Ntubeshye byo,benshi niko bateye byaranyobeye
Ni satani yateye byo, ni responsabilité ni amour mbese ni ah'Uwiteka.
Yooo umwana wokwifishi komera sha burya ufite agahinda kangana uko sha komera ndababaye pe ariko humura Wizere yesu yomora ibikomere byose mwizere kwindi umuhange amaso aragukunda humura
Komera mwana wiwacu kd Rungano ibyo ducamo byose Imana iba izi iherezo ryabyo iyaguhaye abana hari udafite numwe izanaguhanagura ayo marira uri mwixa uri muto ikirenze ibyo wubaha Imana humura irakuzi
Pole rata Ijambo ryimana riravugo iducisha mu bikomeye ngo tuzabe abakomeye humura Imana irahari kndi izagutabara ukomere!
strong woman, keep seeking God early and he will prevail in your life.
Ihangane mubyeyi mwiza,Yesu azagutabara mu gihe gikwiriye
Wowe uzashakishe icyo ukora wikunva ko Umugabo azakora ibintu byose. Soma imigani 31 umugore w'umutima akenyerana umwete. Kandi komera Imana izagufasha.
Sibyo c bage bakora
Yesu we
Humura maman Imana Iragukunda.
Imana ifasha uwifasha haguruka ukure amaboko mumufuka ukorere abana bawe kandi umuhabo ujyenda akagaruka azakuzanira akamunani.
Ihangane ariko kandi abana mubonereho urugero ubuzima bwâumuntu hari igihe abwangiza ubwe, nkubu yagombaga kwiga akumva inama zâababyeyi ntajye mu bahungu imburagihe. Ubuzima bwo muri iyi si busaba kwitwararika ntakujenjeka nkubu aba yarize ntave mu ishuli
SHA NYINE URABABAYE ARIKO NAWE UFITE UBUTESI NTAGO URARUHA ,KUKO NIBA WARIZE GUTEKA WABIKORANA NABAKOZI ARIKO UTIVUNISHA NGO UKUREMO IBIBAZO KUKO NAWE UKORERA URUGO WENYINE WABABARA KANDI AGAHWA KARI KUWUNDI KARAHANDURIKA RERO MAMA ABAGABO NI ABANDI PE KWIHANGANA KWABO KUBA GUKE CYANE KO MUTASEZERANYE,NJYEWE NTAKUBESHYE ABONYE UTEYE INTAMBWE UGAKORA DUKE TWINJIZA MAKE YAGUTERA INGABO MBITUGU YANAKUGARUKIRA ,UBO SE KOKO UTABESHYA ISANO MUFITANYE KUGEZUBU SI ABANA NINABO BATUMA AGARUKA MAZE NA NYOKO IYO NTAKINTU UMWINJIRIZA ASIGARA ASABA IMANA NGO USHAKE UMUGABO UMUVIRE AHO SO;inama rero mubyeyi cana kumaso urebe icyo ukora na kimwe kinjiza na 500frs azabona ko ubona ko avunika noneho umushyize kuka Rubanda arahit agenda pe,hano hanze hari bagare tuzi ububi bwa bagabo sha,
Imana niyo kwizerwa ibihe byose izagutabara.kdi igukomereze umutima.
irerere abana ureke kwirirwa ubungana urugo rwawe kuko ibibazo biba mungo birasa kandi burya utangira nabi ukarangiza nabi subira inyuma uge guhera igihe wanjyaga gutwara inda yambere wasohotse gute gute ?ahubwo nureba nabi karande zizagukurikirana zifate nabana.nugusenga cyane
Y're beautiful lady by the way.
Gerageza ushake icyo wikorera nubwo cyaba ari gito. Weguhora utegerereje kumugabo.niho agasuzuguro gakomoka.
Mu Rwanda se ni iki wakora kikagenda koko? Ese ubona abantu barira ukagira ngo ni abanebwe?! wapi aho umuntu ateye imitwe hose biranga hakoze abakoze kera nahâubu byaranze
Pole sana
Advise the children to honour their parents no matter the circumstances as its pleasing to God.
Rose ndagukunda cyane ninagera mu Rwanda uzanshikane aho hantu
Komera ndumva bimwe uvuga tubihuje...ariko humura izere Imana yaremye Umugabo n'Umugore,uyisenge uyiregere byose!Uri mwiza rwose !gusa Shitani ikorera mu bantu ibibi,nimpumyi.
Ihangane sister Imana irahari
@@judithumuhoza2283 Murakoze cyane
Pole chr nikwisi imeze
Pole maman
WARARWAJE SHUTI YAJYE UBWO NUBURWAYI BUKOMEYE CYANE KOMEZA GUSENGA CYANE ABAGABO BAGIYE MUBANDI BAGORE HARI IGIHE BABA BABIBABURIYEHO BABAHAYE IMITI BAKUYE MUBAROZI BIGATUMA BATA INGO ZABO CYAGWA ABAGORE BABO ARIKO ATARI UKO BABANGA RERO SENGA CYANE IMANA IZAMUKIZE IBAHINDURIRE AMATEKA IMANA NIYO BYOSE GUSA URARWAJE PE IMANA IGUKOMEZE
Komera mama
Nyagasani arakuzi kndi aragukunda komera
bantu turekekubwira gura amaboko mumifuka nibyo kandinibyiza ariko se arakora gute nukumufasha akabona ukoyakora
Ihangane disi.
Shaka akazi witunge nabana, uwo mugabo umwihorere ataribyo uraje ubyare abandi
Uko Niko kuri bage bakora ntibakarebe kubagabo gusa.
Komera wihangane mubyeyi bizahinduka
Ariko ninde wabyiye abadamu bamwe na bamwe ko ubuzima bwabo ari umutwaro abagabo bagomba kwikorera byanze bikunze ? Urugo ni ubufatanye muri iki gihe, muvane amaboko mu mifuka mukore mufashe abagabo banyu gushaka ubuzima mureke imiteto
mugihe c ubona wabuze akazi kd ntabushobozi mufite bwo kubona igishoro ngo wikorere byagenda gute?
mama we umva uwo mugabo aba akujijisha akugira nka kwa kundi imbeba ikuruma ikagihuha. aka kamatera wari kukagurisha ushakisha ayo gukora amandazi cg kugurisha agataro. Ko ufite mama wawe wasubiye iwanyu ukishakira ubuzima. nyokobukwe abifitemwo uruhare nushaka usezezere .
Kura amaboko mumpuzu mwige gukora naho kwicyara ngumugabo azaza yishurinzu, azaza ampahire ,yishure ishure ryabana muvyibagirwe ibihe turimwo birushaho kuba bibi
Umubyeyi ubabaza umwana ni mubi we, ni umugome kurusha abandi bose babaho.
Mubyeyi kura amaboko mumifuka ukore utinyuke urashoboye witega ibintu byose kumugabo nawe wakora ikiha buri kimwe cyose ushaka gushaka nugushobora gusa niba wumva ibishaka uzabigeraho
Sha ntuzi kubara inkuru pe wagurango ibyo uri kuvuga uri kubeshya ubu nonese mubyukuri umugabo mwapfuye iki ? Inkuru yawe ntatangiriro ntamusozo gusa ihangane .
Afite trauma
Abagore dukwiye Kuvana amaboko mu mumufuka
Ibaze kwifuza kurya ugahaga udashaka gukorađ
Mubyeyi ihangane
Warushye uri Umwana
Manawee umva urababaye pe ariko namwe abagore bamwe mwirankabana ubwose ntakintu nakimwe wakora NGO ubeho koko ubuse ntabadamu barera Ababa bonyine kdi bikagenda neza ESE kuki utabishoboye abagabo nabo ntibakunda abanebwe
Umvasha save niba ukijijwe ujye umvugisha ukuri haraho wagiye ubeshya kd usabe imbabazi imana
Ubu koko nkawe uvuga ngo arabeshya uri umugabo we,uri umwana we uri mubuzima bwe kuburyo uvuga ngo arabeshya mwagiye mugira umutima wa kimuntu ko ntawe umenya aho Bwira ajyeze????
@@umuhozasandrine6485 wasanga baziranye wenda akaba yumvise aho yabeshye. Uko biri kose ntawumenya akababaro kurusha nyirako
Banyarwandakazi muhaguruke mwirwaneho mucyenyere mukore abagabo babaye abandi
Erega abagabo nabo bararambirwa ntqgukora bonyine
Uwo mubyeyi yihangane Niko bimeze mu buzima.
Ihanganesha tulikukunvasingizicyonkubwira alikokomezusenge uzacyemulirwa icyocyibazo.gusashyiraho SMS yawe
Gerageza wirwaneho ukore winjize cash uhaze abana bawe si non uracyahangayika. Imana iyihe umwanya ariko no gukora ni ngombwa kuko ngo usengera Imana ku ishyiga ikagusiga ivu.
Sibyose
Arikorero ,Urabona uburyo mwabanye mo ntarukundo rwari ruhari, mwari mwakoze ikosa ouii umwana azamo,ntiwarikwihutira kubyara abandi kandi mubona ko hari ibibazo ,usankaho wibana !!Nukuri muba mubahemukiye abo baziranenjye ! Urimuto shaka imibereho yabana bawe , ndumva iricyo gisubizo
Sibyo c
Ariko na papa ntukamurenganye nawe ubyaye umwana agatwara inda yiga wababara pee
Abagore bategereza buri kintu ku bagabo babo bigeraho nabo bakabinuba. Ishyire mu mwanya w'umugobo abe ari we ugusaba byose atakunganira. Inshingano z'urugo ni iz'umugabo n'umugore. Iyo umwe avunisha undi bigeraho ukora wenyine akarambirwa. Guhungira mu masengesho sicyo gisubizo. Rero ganira nawe birambuye umwereke umushinga agufashe uwutangire ugire icyo winjiza urebe ko bidahinduka.
none uragirango uyu mubyeyi akore iki niba ntakazi afite cg niba ntagishoro umugabo yamushakiye ngo arebe ibyo yapfundikanya? umugabo wuyu mugore ni indaya cyane niyo mpamvu urugo rusenyika ntabwo wabona amafaranga ukodesha Rogde ngo uharire inyama na byeri ngo wibuke guhahira urugo, uyu mugore nimwiza bigaragara ko anitonda gusa harongowe numugome utagira ubumuntu.
Nonese Denis nukuvugako adafite umugabo atabaho abagore ntibagashakishirize kumugabo byose , umugore ko adaha umugabo byoseee? Bavuga ko Ari uburinganire so botonde.
â@@mugabepaula8790 ngo abana ngo nta matora bafite ubuse ko abona ayo agura imisatsi namaherena ?
Ubuse we are bye icyo akora yaba iki ? Erega urugo ntirwakorerwa numuntu umwe ngo bishoboke ! Niho isi igeze
â@@turibamweali8661 Jye mbona abagabo bararushye, ibaze gutnga abanu kuri buri kumwe nabwo ntibanyurwe! Jye numva urugo rwana rwiza umugore nu mugabo bafatanyije gushakisha. Noneho biba bibi iyo umuntu akodesha ninzu ugasanga umugabo arabazwa byose đ bagore mufashe abagabo banyu guhahira urugo rwanyu nibwo muzarinda gupfa ubusa
Ndabaza Rose ugira abana bagahe?
đđđđđđđđđđ yewe uransekeje pe ! Ubuse koko umubare w'abana urawushakira iki ?
Ameze nkinkumi
Nimwiza sana
Kurubu harumugore ushobora ku kubwirako aheruka kwambikwa imyenda bakibana kndi nabana ubitaho wenyine kndi ubana numugabo harabatesi rwose
Gusenga ni ingenzi,nibyo bidufasha.
Ariko se gushyira ku karubanda umugabo mwabyaranye burya ikigambiriwe n'iki? Cyane cyane mufitanye abana babona umubyeyi wabo asebye imbere ya rubanda. Jyewe mbona umuntu yavuga niba afite ikibazo cy'ubukene agafashwa bishobotse yaba ari ikibazo psychologique agashaka ubufasha bw'aba professionnels.
None ko utambura iyometawee knd. Mwaratsdikanye kuramo nyamuneka
Ariko se uwo mugabo wawe uvuga ko yagutumga wicaye byibuze afite uruganda rwe ntakoresha amaboko nkayo ufite ? Ubwo nubujiji ntakindi nonese iwabo wajyaga kubabaza iki ? Kubabwirako wirirwa wicaye gusaaaaaaa !
Abantu bane kurutugu rwumugabo gusa, hanyuma yananirwa aho kumwunganira agahinduka mubi. Umuntu ufite amaboko namaguru wongeye ho nayo mashuri atatu ufite nigishora naho ibindi byo nubunebwe. Ntiwakwirirwa usenga wasize abana inzu itishyuye ntacyo kubaha aho kujya gushaka aho byibura ukura kg yubugaliđ
Mugore mwiza ihangane umufate nkuwudahari wige kwigira
amagorwa yo mu mago
Arikose abobagabo banyu bagira iyo myitwarire imeze gutyo simwe mubibatera ubwo
Vuga uziga! Isi ntisakaye nawe wanzanyagirwa, Hari contract wasinye ko kutavirwa???đ€đ€đ€đ€đđđ
Poreeee
Uti ntunzwe no gusaba koko!Ukabivuga wemye ufite amaguru n'amaboko!Koko tuzumva ryari ko umugabo adahari abagore tutabaho!Kucyi koko tudahindura mind ko isi ya none atariyo ya cyera kubwa ba nyogokuru!Ngo ntawaguha ubuyede cg bugutera isoni ku bukora?
Urakoze cyane iyomvire abadamu bagomba kuyireka
Njye numiwee uyu nuwo gusengerwa
Uhubwo njye mbona nabagabo baragowe ubwo wamenya urugo wenyine ukabivamo kubu mbona nubuzima bwarakomeye , bagore mukure amaboko mumifuka mukore
haraho abahishe se umuntu muzima ufite ubwenge atungwa no gusaba ubu asaba abagabo bakamusambanya shaka icyo gukora rwose va mumiteto niba bitaribyo urasebye muri kigali abagabo baraje bakwatake
Nta mugabo ufite ubyakire
Abagore muryaneza mukambara neza mugasura abomushaka mugasesagura amafaranga ubukene bwaza muri abagabo nimbwa rekeraho nawe ntushobotse
Ubwose uvuze iki!?"Abagore" bose nabawe kuburyo ushyira mu bwinshi?
Oyabwo ntashobotsr
Wakoresheje umutwe wawe utekereza ibyo ugiye kuvuga !!! Cyangwa wuzuyemo amazi ubuje kuvidura?
Subwo kutarikimuga
Shaka icyogukora
Rata fata icyemezo ubivemo ntampamvu yo kubaho ubabaye kandi hanze aha hari ubundi buzima abantu ntitugakunde kwizirika kubidakunda .cetu !
Unvugiye ibintu muvandi nta mpanvu yo kubabara bigeze aha.
Umva isi Ni ko iteye. IGA kuba independent wishingira ubuzima bwawe kubandi bantu. Imana izabigufashamo. Komera
Pole maman
Araje azagutere inda ya 4,jya kuboneza urubyaro ,ubundi ushake icyo ukora urere abana nawe ufite amaboko n,amaguru
None se ibyo bibazo by'urugo rwawe ko ubizanye ku karubanda ni ho bikemukira, ubu uwo mugabo wawe murabyumva kimwe? Reka abagabo baze bakubone, wishyize ku isoko.
Nukura amaboko mumuguka ukamufash uzabona worohewe ,kwicara umugabo azana yewe ntibikibaho ashwiii
Muhe akazi se ?
Mubyeyi kura amaboko mumifuka ukore utinyuke urashoboye witega ibintu byose kumugabo nawe wakora ikiha buri kimwe cyose ushaka gushaka nugushobora gusa niba wumva ibishaka uzabigeraho
Ntakintu cyokuvuga uri muri ntiyampahiye ntiyanyambitse nkaho urikimuga ntasoni amafranga aravuna gusasa amabero ngo bagutamike nuwakubyaye yakurambirwa pu