SALONGO Agendeye Hejuru Yamazi Noneho | Ategetse inyanja iramwumvira | Satani arakora turabyiboneye
Vložit
- čas přidán 21. 12. 2020
- Nyuma yuko atweretse igitangaza cyo kuguruka kugataro ,uyu munsi Salongo akoze akandi gashya agendera hejuru yamazi abari aho Bose baratangara.
#Salongo_0783277882 - Komedie
Hari imbaraga ziri hejuru yizo zose. Imbaraga za Yesu Christ.
Amen
Amen
Amen
Amen nibyo rwose 👏👏 Yesu niwe usumba byose
Ivyo Yesu akiri kwisi yar yarabivize ko mugih ciherezo hazoz abakor ibitangaza bitandukany rr twe ntaco bitubwiy kuk twizey umwami wacu Yesu Christo
Neza cane
Babwire
biriya ni montage wana ubwose si filme iriya
Amen uvuzukuri kabisa
Amena
Hari mbaraga imbaraga ziruti izindi mbaraga zose IZo niza Yesu🙏🙏🙌🙌
Salongo n'ubwo ntajyaga nkunda kumuvugaho ariko arashoboye ikindi Nsanzabera Jean de Dieu afite ubuhanga ahuriyeho na Salongo bw'abakurambere,ndabakunda cyane
ndabona urwanda rwateye imbere mumbaraga z'umwijima.ariko Yesu niwe Abaruta kuko yanesheje sebuja wa salongo.Abo ntan'ico bavuze
Nizereko urikugwa inzoga nziza byokurya byiza mumafaranga utaruhiye kandi yumukeuru utagira hepfo noharuguru ahubwo nawe wakamufashije none inzara iramwishe wamubeshe nguramuvurirumwana yiyemeza kwifunga umukanda kuko yizeyeko urumunyakuri nzinezako ahuri nusoma ayamagambo nubwo ntawe uribubibwire kubwikimwaro ariko nziko nawe uriburware intimba kumutima idakira. Imana ikugirire neza
Uwemera ko yarari kumugozi bamukurura name like hh uwemera ko yishyuye abo kumazi ngo batangare nkeneye indi like hhhhh
Rwandanese please turn to God stop being fooled by non believers. God needs you more than you think
Ubwose urwo rurimi rw amahanga uvugamo uri kubwira ba nyirarwo ariko. naho uriya mugabo reka reka iyo si gakondo ahubwo ni imbaraga z umwijima yakuye iyo yagiye kuzirahura reka ibyo si iby iwacu aha ,azadusobanurire uburyo abikoramo twumve.
I know right
Muve mu bujiji maze mwige mujijuke
Muganga salongo ararenze ibinoneho birandenze hejuru yamazi muga waje ukenewe ubushobozi ufite burarenze ubuhamya ntanga nuko wamvuriye abana bendagupfa batagihaguruka ahobicaye arikubu baragenda nibazima ndagushimira cyane rwose
Imana niyonkuru isumba bose
Imana ifasha uwifashije kuko na salongo arayisaba ikamuha imbaraga zidasazwe
@@hategeasman7625 😂😂ndagutwenze peee uri sur kasenga ikazimuha ijambo ryimana rivuguku murabikora nkihorera mukibazako mpwanye namwe ninkuko dukorivyaha tugasenga ukabona uwezagiwe nguruwiw utitunganije ntacomubamuhuriyeko n'Imana ikiriho nukoyuzoguma twizerako turabimana dukorivyaha umusi wurubanza tugatangara tugiye mumuriro tekeraza neza nambuseng Imana ntahihuriye numunyavyaha
ESE warayibonye?
iragusumba woe w injiji nyine
@@regisdekisqo sawa tuzareba urimubujiji ok
Bsr,
Ndagusabye wamunyamakuru we,
Inkuru utangaza kubuvuzi, byumwihariko kubintu uvuga kuri Salongo;
Kuba baguha amafr. Ukabeahya numva ari ubugwari.
Jya uvuga indwara avura koko, ariko gushaka "Kumutwikira " umenye ko ibi bituma hari benshi bakeka ko ari ukuri,
Cyane cyane hashingiwe kuburyo abanyarwanda tubayeho.
Ndaguhannye, jya uvuga ibyo ubona byagirira abandi akamaro ariko koko byukuri
Abamenye Yesu nimube maso kuko iyisi iri muminsi yanyuma
Ngewe je suis très impressionné par salongo niba koko ibyo akora aribyo kuringewe navuga ko aribitangaza ntabwo lero nabyita uburozi ahubwo nabyita impano zimana niba koko aribyo ataribiriya bavuga bavuga ngo ni montage
Ni montage
Ndagize mwiriwe jewe ndumurundi narinifuza komwondosa nimero zumuvuzi salongo mwoba mukozz
afrimax namwe dutangiye kubakemanga kuko muri kwamamaza satani cyane.
ibyo sibyo bikenewe muri bibihe tugezemo.mwisubireho
Bravo Salongo ugaragaje kwira kwawe naho abatabyrmera bihorere ni Jalousie bafite. Kandi abakwita umupfunu nuko na Bible basoma batayisobanukiwe neza ntubarenganye.
Urakoze CEO nameless kuri montage yawe hhhhhh cyakoza disiii harababona ari ukuri harabakiri muri analogue
Byonyine ukurikije uburyo public irikwitwara uherako ubona arimontage
Noneho ndemeye kubera bariya bana barimo kwidumba sibaba babyumvikanye rwose ndemeye
@Ndahiro Ivan gute
Salongo njyewe ndamukunda Cyaneeeeeee kandi nemera ibyo akora cyaneee nzamushaka anyigishe ibyo akora ndabikunda birenze
Sarongo akoreswha nimbaraga
Zabadayimoni kuburyo bugaragara arigereranya na YESU buriya adafite ubwoba sha ibyowigira byose Yesu muzahura.kandi uzasanga arimwiza.kàndi uzasanga akurusha imbaraga cyane
Yesu yaratsinze ngoniyesu ntasoni ivyonibihendo vyasatani
Ark wowe uvuga yesu uramuzi waramubonye uyu niwe twakwita yetu kuko niwe wagendeye hejuru yamazi turabibona
Abemeraa c ntubazi tayari nyine
Nabapfumu Ba Farawo bahinduraga INKONI zabo Inzoka ariko INKONI YA MOSE IHAGEZE KUBW’IMBARAGA Z’IMANA IRAZIMIRA Iyi filime rero 😂😂😂irababaje ikanasetsa
Narinzi Dr Salongo ko agendera kugataro gusa none nsanze amazi yo biteye ubwoba turemeye ahubwo ejobundi Hari umuvandimwe amazi yatwaye turiteguye tuje kureba udufashe Muga kumuryango wacu waziye igihe
Umuzungu abikoze ngo imana, umwirabure abikoze ngo nisatani, ariko ninde yaturoze twe abirabure
None ga saido uriko wemezako ivyo aribitangaza vyimana ? Mwizina rya yesu muzotsindwa nimbaraga za yesu zisumbizindi baraga
Afrimax basigaye ari abahanga bakomeye mu gukina.
Niba warize cg Uzi video editing/ chroma key, Green screen etc. Uzavumbura uburyo Afrimax isigaye yihariye udukoryo.
Publicity iryoshye kbs.
Nyihera like Niba unyumvise kbs. 😅😅😅
Bivuga ko biriya atari réel ari montage baba bamukoreye??
@@F20ization montage gose..subu baramuhinyuje
@@F20ization montage gose..subu baramuhinyuje
@@mugwanashakamadiba8726 simotage pe
Imana yomw'ijuru igutabare Salongo,uve mubuyobe no kubya abantu .ubumaji uvanga nubutekamutwe
Nihahandi muzashya pe? Muremeza abantu ariko simwemeza imana data watwese?
ntugacire urubanza umuntu buriya bibiliya itubwirango imanza zose tuzirekere IMANA kuko niyo izi ukuri
Akozikihe cyaha c
twizeyimana ntitu zacogora abanabimana baribateranye nasatani yararimo suriyesu suteze kubawe uhotwamenye aratunyuze muzabonishano kumusi wmpe ruka
Salongo niba ukora ibitangaza gira abo ukiza mumpumyi n'ibimuga dufite mu Rwanda tubone twemere ko ukora ibitangaza!
Byashobokako yabikora ntawamenya ariko umenye nezako mubihe byimperuka byahanuweko hazabaho gukoribitangaza Ariko ibyo bizaba aritangira ryo kuramukwa
Abikoze nabyo ntimwamwemera. Abahakanyi bahora arabahakanyi
Abikoze nabyo ntimwamwemera. Abahakanyi bahora arabahakanyi
Sibyose bavugako aribihe byimperuka
Benedata mureke dukomere kumwami wacu wadupfiriye tureke kwizera umwana w,umuntu yesu yarabivuzeko muminsiyimeruka bamwe bazakora ibitangaza ark nyamuneka lmana irakora kand nasatani arakora yeyu adutabare dukomere kuriyesu
N'ibinyoma...n'ukuntu agenda kumazi urabonako Ari feke. Ariko Yesu yatambuka nkuwuri mumuhanda . Yesu niyamamare nayo salongo nakomeze apfumure azobona umusumwe ko Yesu ariwe Christo kandi kwariwe Mana
Yesu se waramubonye we?
Imana izokurandura shaaaa uragahura na yesu iouuuu uragahura na yesu urazimiza abandi
Ibyo babyita kugendera hejuru yamazi,ariko sukugenda kumazi.
Wowe ? Wabigerageza kuko mutekera ark icyutabona Niki?
Iyo bikorwa n'umuzungu uba ubyemeye@Vikyri
@@sn885 bakunda ibyabazungu ark ibyabiwabo bakabipinga kd bafite ubushobozi bwogukora ibitangaza Ra 😆
@ Nzito : Aba bavandimwe ikibazo ntabwo babona ko ari ukubabeshya. Barebe kwisegonda rya 13 na 14 barabinako hari umugozi umuteruye. Nanjye nakwemera ibyabazungu kuko abazungu babikora neza bagahisha buri kintu cyatuma bigaragara ko ari feke.
Rero ibi bintu ni 100 % feke
@@knoxtv3237 uratangaje cyn pe ubwo Koko witegereje neza urabona harumugozi urimo kuko muba mushaka kucya amazi ibyo abantu bakora izi ntimbara zitagira buriwe se afite kbs ark abantu kamwe ntimubura kbs
Abazimu bashye Mwizina ry'umwami wacu yesu
Bjr nsanzabera ibyavuga nukuri abazungu batwibagije imana batuzanira iyabo arinayo yaduciyemo ibice ngayaje gutanya umwana nanyina badushishikariza kwambaza abantubabo bapfuye tubita abatagatifu abacu bati nabazimu abanyafrica ntituramenya ikihishe inyuma yicyo abazungu bise imana ahubwo nukwirirwa dutokesha ahogushishoza
Uku nukuri nanibo bazanye inzangano
Message received sir. Nubundi bose ntibabishyikira arko igihe kizabemeza
Muganga rwose urashoboye reka noneho ndemeye birenze uziko ubushobozi nkubwo abakuru babuguhaye twaje kugushimira kuko wamushiki wanjye yarabyaye yanda yaramaranye imyaka 3 ubwo wavuye ku mazi tuzaza tukubone turumiwee rwose hejuru yamazi!!!!!!!!????
Eeehhh nkunze ko uzi abazungu wangu! Nibyo itonde nabanyanda
Narek kubesha abantu ayo mangetingti nibindi abahendesha umuhirwe nuwamenye yesu afis igihe gito cokuba hano kwisi kizwa mwizina ryasu uko nukuronderera inda yiw yokwizwa niho yobona neza ivyakora kwatkimazi yesu amufash ameny yesu
Sha sarongo numujura ruharwa iyo nikompiyuta arabashuka ngo abacucure utwanyu ndabaraburije kpyta ntaco itakora
Bagt ntimukabenshye abantu mn Uzi amfranga sarongo yaturiye ntiyanjyira nicyinu akora😭😭😭😭
Abana barirutse nanjye nari nirutse🤓💃🤸
😂😂😂😂
😅😅😅😅😅
Hhhhhhhhh nange nari ntuye fone hasi kubera ubwoba
😂😂😂😂😂😂😂
😆😆😆😆
Mubwire salongo adukorere imuti wibyorezo dutuze kw' isi
0:01 kiriya kintu kiri mubikanu gisa n'umugozi, editor yibagiwe kuwusiba , ikindi bariya bana bidumbaguzaga bisa nk'abahawe isiri n'ibintu bigaraga ntabwo bwose bakwirukira rimwe, ndetse niriya shot y'ibirenge byabo bose basubirira inyuma icyarimwe ihita igaragaza ko byateguwe byose ikindi ama cut aways arimo agaragaza ko it's just a shot movie not real!
Uvuze ukuri mwenedata
Ndakwemeye wabitahuye ko ari movie bakinnye abaswa gusa, hari igihe azajya kwiyemera yigereranya na Yesu imigozi igacika, wasanga atazi no koga
Ndakwemeye wabitahuye ko ari movie bakinnye abaswa gusa, hari igihe azajya kwiyemera yigereranya na Yesu imigozi igacika, wasanga atazi no koga
Ark uratanga bamushira imigozi mwijosi icyuma bateruraga CG 😷ikindi salongo ibyo akora arabizi kd ahabwa imbara nkuko nuwo yesu yazihawe ubwo rero nimukavuge ibyo mudahagazeho kbs
Salongo azaze muhe 10million yambuke nyabarongo
I can't believe this I swear.
Ibibyo Nibyo Kbs Ntacyo Wahakana,Ndabizi Ngewe Ndumugabo Wokubihamya Ko Urenze Dr,Wamvuriye Abantu Benshi Kbs Komereza Aho Dr👏
Nepo ndagusabe uhuze uyo mugabo na Salongo. Vyofasha abantu kuva mu bujiji. Uyo mugabo arabizi cane.
Urasobanutse sarongo byose ninyito nabapasteli babona ibitagaragra nabapfum barapfumura bakareba ibitagaragara
Muganga njye byandenze ryose wangaruriye umugore ubuturikumwe ufite ububasha urakora birenze uko babitekereza pe muganga ndagushima🙏🙏
Wampaye nimero yamuganga
@@florenceniyonkuru6101 iriho hejuru ukinjira kuri comment
@@hategeasman7625 where?
Afrimax TV mugabanye kutubeshya rwose mwitegereze neza aba bantu bari mu bwato they are not surprise at all 🤔abantu batunguwe suku bamera biragaragara ko babipanze mbega ndumiwe kweri🤔
😲😲😲ahubwo ntuzi kwitegereza kbs kuko guhakana ark bikurimo urabona ntawatunguwe kweri ihangane.
Nabatubuzi
Ngo nibitagaza byiMana ngo ahise yumva ko ari yesu Mana udutabare rwose
Hmmmm
Mbese ubwo agasya karaho nakahe
Erega Satani nawe akora ibitangaza
Ubwo uvuze iki Koko wicimanza kubyo utazi utaranabona
Yewe ibi birarenze pe Aho umuntu agendera hejuru y, amazi
Aho yesu yoza mwes mwoca mwihana
I can't believe this.
My godness hoo this man is strong eeeeh 🤔🤔
Imana igusure
Sha mujye mureka ubuteka mutwe ariko abo bose wabishyuye angahe nimba ibyo ibikora koko kowananiwe kugaruza ibintu byumuntu waje akugana yibwe ahubwo ukamurya utwe sha
Byukuri singamije kugutuka ariku nkubonamo umubwirizabutumwa mwiza kandi wibuke abowabeshe bose ubasabe imbabazi bararira aribenshi salongo urabizi
Nibande babona ko imigozi imufashe ariko bakaba bayikuye muri video 😭😭😭😭😂😂
n'ibirenge biri kunyerera ku mazi, ntago biri gukoraho
Hollywood movie hhhj
Hahhhhhh mwabantu mwe ibibikorwa hifashishije ikorana buhanga ntimukabyemere nkukuri izini film zinjiza akayabo kama millions kuri afrimax tv mwitondere ibintu nkibi banyarwanda
Bwana peter abantu turacyareba hafi ...abantu ntibatahura montage vedeo editing, bamenye ko ari film
Salongo urigitangaza ryose erega waziyigihe eeee urashoboye kd nubundi uburyo utuvuramo urinkumushunguzi ndumuhamya wabyo ryose urigitangaza erega abatemera nibabona ngaho abavuga ko udakora bayibaze ryose.
Uyu mugabo w umwanditsi uzamushake bro
Reka Yesu mwiza uwo ni salongo
Imana nimutangazwa nibyayo ariko abapfumu murabakorera isoko😭😭
Nawe urabakeneye kuko Nabo bashyumba bagushumba Nibo bapfumu Batagiranamba kandi Wirirwa utura yesu azakwiyereke
Urihatari salongo we jyewe ndemeye
Ndakwemeye nugucumura koko ntituzi ukobivuga
Ivyo nivyo ck nibikino yaaaa from Burundi
Uwiteka Imana yacu azaza muzareba ibyo izabakorera
Njyewe ndakwemera rwose urashyoboye
Iman Igutabare Nukuri Kuko ndabona ugeze kure Imana Igutabare niyo gusa yo kukubohora
Ingaruka yawe izabwire nirebere, ngo igitabo nka Yesuu 😂😂😂😂narinzi kutamuzi
Omg wat?? 😲😲😲💃💃💃💃💃
Ohhhhhh my God!!!!🙆🙆🙆🙆how it could be men??? Nukur ndemeye kd urashoboye doctor wacu mubyukuri wavuye benshi kd abagabo bo guhamya ibyawe turahari👏👏👏👏
Yooooo bura kwakira YESU ntuzohave wicuza
@@egideniyonkuru9705 kbs mubwire uwo ubwo barafatanyije kurya ibyabaturage ngo baravura Sha gusa uwizera yizera yesu 🙏🙏🙏🙏✍️
Salongo ndagushima kuko wangarurije mashini yange nigirangaho ibisambo byanteze birayinyambura nziwawe uyigarura mucyumweri kimw1 ndagushima
Ariko se ibyo bibaho koko?
Abakuru baravuze ngo "uwagutanze mu akebo aguhaza intore"
Yesu yagutanze ku isi ,azahora ari hejuru yawe .
Ark ububasha yahawe na salongo yarabuhawe KD twerabyiboneye namaso ureke ibyo mwumva mutarabona.
Ararenze wllh
Iyi ni imyuka mibi imukoresha . Toka satani kwa jina la Yesu.
Jina langu ulikwitukuza wangu ko wabaye umuzungu ni care yumudamu cg?
mwizina ryayesu
Uzi nimbaraga zasatani ariko Imana yomwijuru iri hejuru yibi
Aragastwindwa n'Imana arakarushwa 😏😏Imana izompe guhagarara muruhande rwayo nze nirebere amaherezo yanyu nibigirwa Mana vyanyu
Ark ryose ahubwo yubahwe kuko akora ibitangaza birenze ahubwo .
Ark kuki mucira abantu urubanza nibusenga Koko ubwo ibyusenga bicyirwa wirirwa ucimanza
Amaherezo muzamenya uwariwe ntabwo muramumenya abamuzi nibake cyake kurusha abataramumenya
@@hategeasman7625 iyaba usoma bibilia yera ntuba uvuzeko, noguhanura,saba cane Imana iguhe amaso yokubona aho isi igeze tureke kwishushanya nabisi kuko ivyo vyose vyandistwe bishiste hasigaye ikimenyesto kimwe gusa
@@jayjay173 genda iyo ibyo bitabo uvuga nawe ntuzi ngobyanditswe nande ahubwo abazungu barabayobeje mugapinga ibizima mukemera abeshya gusa
Azahahumure impumyi tuzi nka bosco niyo
Ubundi du confirm
Reka ntaze aje gutamwo imyuka mibi muri Bosco 🤠Bosco yizeye Imana
Azajye guhagurutsa abantu CHK na Faysal ahubwo!Leta ntiyabura kumwitura
Thank u
Pole sana wanyalwanda atawadanganya wengi yamkini hatamlikuwa wateule
Ugutinyimana kwaraheze
Konshaka nimeroze
Kaka yangu unaroho ngumu sn! Hongera kwa kazi yako ngumu🤔🤔
Ariko abirabura muratsetsa kko salongo rwose twigishe ubwenge utuvane mu myumvire ya gikoroni naho ubundi wazagenda nka ruganzu. Abarirwa baririmba ba yohana na ba Elia uwababonye ninde ko wasanga ari imigani ya bazungu .
uvuze ukuri cyane cyane
Ariko ibyo SALONGO akora arabisobanura ; scientifiquement et bibliquement ; kandi anasobanura imbaraga akoresha ; ahubwo twamusaba KWIGISHA ABANA B'
ABANYARWANDA ubu buhanga ntibuzabe umugani nka RUGANZU NDORI " abazungu bitaga gicucu RUGANZU" kuko ngo ubwenge n'ubuhanganjye yarafite atabwigishije abanyarwanda.
Mugire Imana yi RWANDA.
iyo nza kuba salongo rero nari kubyerekana nk'ubugenge simbikore nko gupfumura nibyo byagira akamaro kurushaho
Uyumugabo numuhanga kbs uzamuhuze na sarongo
Ahaa! Dusabe gusa ingabire yo kubona urumuli no kwicisha bugufi.
Acheni kuapoteza watu
Muami Allah peke yake
Amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen amen
Llah illah ilallah
Mwarayobye byahatari
Nawe uzayobokatu
ndababwiye muzobona ibara abantu mwiyitirira izina ryimana mukazimiza ubwoko bwimana muzobibona .abandi bamamaza imiri yimana namwe mukamamaza ivyo satani akora nkuyo mugore ngoyibazako ari yesu !! imana ibaharire cane.abantu muhiga amakuru murakwiye guhindura iyomugana ninzira yikuzimu
Mwese mwivujyisha yesu
Nimwe bakiriya be bimena
Abizeye. Salongo nimumwizere jewe nizeye lmana idapfa Kandi itanagwara
Ntago mbyemera kbx
Nepo kbx urakoze cyane ushake ikindi kiganiro nkiki
Muzabeshye abahinde
Abahinde se nitwe tubeshyeka? Hhhh
Sarongo numutubuzi
Ntazabesha
Good morning, Briefly i really just wanna thank this man Dr.SALONGO b'cause, Uretse no kuba akora bino byose nkimpano imana yamuhaye kugirango ayifashishe abatuye isi muri rusange, agira n'umutima mwiza wo gufasha abantu.
Apart from that, as salt is vital to meal is the way Dr.SALONGO is very important to us, Please hear me Society ntamuntu ushimwa na bose even JESUS many peaple still ignoring him till now, so abamuvuga nabi on differents social medias and world wide medias, nuko batazi ubuhanga bwe mukuvura indwara ( amahembe ).
RWANDA and AFRICA in general, needs Doctors who will go beyond human nature and serve society like SALONGO, kubera ko harijambo rimwe namwigiyeho muri interviews ziwe akunda gutanga, SALONGO yaravuze ngo'' IF YOU DON'T KNOW WHO YOU ARE, PEOPLE WILL TELL U WHO YOU ARE NOT, AND YOU WILL BELEIVE THEM'', Bino ndabivuga kuberako ubuhanga bwe ndabuzi, SALONGO aravura pe abatabyemera sinzicyo mushingiraho kuko mfite ubuhamya nabaha, 0783858677.