Umupfumu Yishe Umurozi Wamaze Abantu Twirebera | Amutweretse mwibase yamazi Turumirwa BITEYE UBWOBA
Vložit
- čas přidán 27. 07. 2024
- Wamupfumu atweretse umurozi mu ibase twese turumirwa, Uwaruje kwivuza asanze bari baziranye, ahise amuha igihano gikomeye.
#Omusika_0788237789 #Omusika_0739087842
Hamagara 0788237789 niba wifuza kuvugana nawe.
nimuduhe nimeroye yawhapp
Hello Afrimax wampaye number yawe @Jeanpasto??
Bariba, ntimupfushye amafaranga yanyu ubusa. Babikoz umuvandimwe wanjye
Ntibibaho
0❤@@impamo2558
Yesu ni byose kumufite,
Kwa yesu ni karibu kandi we avurira Ubuntu,
Muzaze kwa yesu murakoze cyane
Tampamvu yokwihorera nawe uraba ubaye nawe nkawe.Imana itubuza kwihorera
Ubupfumu n'abazimu ndabirimbuye Mu Izina rya Yezu Kristu.abapfumu ndababohoye Mu Izina rya Yezu Kristu.
ARIKO AFRIMAX RWOSE MBASABE,, NIMUHAGARARE GUTUMA ABANYARWANDA BARIBWA UTWABO,,KUKINTU MUZIKO NAMWE ARI IKINYOMA.
Uyu munyamakuru abapfumu bita umwuzukuru wabo nawe ugomba kwizera Yesu Christo kugirango nawe ugire Imbaraga z’Umwuka.
Naho ubundi abadayimoni bazakwinjiramo.🙉🙉🙉🧎♂️🧎♂️🧎♂️🙌🏾🙌🏾
Batabga n,ubutunzi
Who is Jesus Christ 🙄? That is the African culture and we must be proud of it 🤷
Iy tv kuki mutamamaza inkurunziza zubwami mumenye ko Inyuma yavyose hazoba urubanza mwiyamira murizabayar Imana Ibagendere kabisa
Uyumuvuzi numubeshi yanyibye amafaranga ambeshako yanvurira umwana ansaba amafaranga ndayamuha akajya ambesha ngwaraje ntaze ,ahubwo nababanyamakuru baba bariye ruswa ,mureke kubesha abanyarwanda
Ntange yaranuburiye uzaze tungane kumuteza ingaru
Sha ni mbobo
Ameen nububechi
Muze mibakura kuri. Yutibe
Ububechi wee
Sha barabeshya mujye mujya gusenga Banyarwanda
Umurozi ntakabeho nawe ni nyagupfa
Nkundibiganiro byawe nukuntuvugana umutuzo ngiriconkwisabira buryabavuzi bagakondo baramenyana uzozurababaza uwushikiriy uwusuvyimbaraga uwundi nabonizera kobubahana kuvyo bababazi uzubidukorere🇧🇮🇧🇮🙏🙏
Aho kwamamaza abapfumu mujye mwamamaza ibyateza abantu imbere.
Imana niyo ikiza umuntu burundi ibibindi nimyuka mibi nabo bakoresha.
Ibyo ntitubyemera twemera Imana mwizina ry,ayesu abazimu bashye a
ariweeee uyu muganga najye ndamuzi yavuye umwana twiganaga yageraga kwishuri ibintu bikamubuza kwandika turimwishuri yagera iwabo bamuhaye uruhushya agakira ,nuko bamushyira uwo mwana aramukiza none yararangije afite nakazi ntakibazo pe .tumusabiye gukomeza gukiza ababaye nuriya mugore azakira muhumure
Rata harumuntu uba ufite umwuga we uyu mugabo ndabona akaze oya uyu mupfumu aratandukanye rwose ari different ntabikabyo birimo ibyakora arabizi
Uzampe contact zawe
@@dusabimanacornel2436 pe
Nukugirango barye inoti zabanyarwanda sha murekere aho
Uwo muganga ndamweye akoresha ukuri
Yarakuvuriyexbwiras
muganga nukuri uwomumama numucyiza imana izakwihemberenukurip kuko uramucyijije 🙏🙏🤝🤝💯💯
Jean Pasteur ukunda abapfumu kabisa
Ngabo ndabona amaherezo nawe uzaba umupfumu
muzasange Yesu ni we ukiza.
Icyabwira nyuma uko byagenze Niba yarakize Koko tusigaranye Amatsiko yuyumubyeyi kbs
Umv rata oe uzakurikirane koyakize ikindi unamubze niba uwo umugome akora akazi bamushinze. Murakoze
Manaweeeeeeeee ubusekoko ibibintu bibaho nimutubwire natwe tugeyo
Mubyukuri dukeneye abavuzi nkaba bagirira nabi
Uwo wiyise umupfumu uretse no guha uwakugiriye nabi igihano no kumukwereka ntabyo ashoboye ahubwo we numugore we nabateka mutwe , nabamufasha kubyamamaza nabatekamutwe barayagabana uwo mureba numunebwe wananiwe gukorera inda ye nurugo rwe nkabandi bagabo ahinduka imbwa yumutubuzi .
Umwise izina ryiza rimukwiye kabisa
Umuntu uyumutubuzi yatuburiye mureke twishyire hamwe ndabizi karibenshi tumuryoze ibyoyaturiye tumushyire kukarubanda
Uyu mugabo ni umutubuzi!ntakintu akora kitari ukwiba Abanyarwanda,aba banyamakuru mubacunge neza baba bafatanyije nawe gutuburira abantu
Muganga icyo nagusaba wowe muvure uwomurozi age Amureba yiruke amaguru ayamaze imisozi ariko atihoreye
Hahahah
Iby'isi namayobra pe! Kuki Imana yemerá ko aba bantú nakora bakagira izo mbaraga????
Sha mwizerimana niyishoboye
Dore bari kukwita umwuzukuru wabo
Muzadukuriranire niba uwo murwayi yarakize cg niba uwo bahaye igihano agikora koko
Nibyo tu buriya si tekinike kweri?
Ko muzireba muzajye mubyi horera
Imana nitabarisi abayiriko turarushe turuhijwe nabisikwel
Uyu muvuzi njy ndabona aringirakamaro pe. Iyaba bose Bari bamuzi.
Ariko abapfumu murabamamaza cyaneee
Hy
Muzina rya yesu,muragapfa arimwe
Cyibaye haboneka ngabo baganga mugihugu cyose
Numutekamutwe naramuhamagaye arambeshya
Tu finiras aussi par être Muvuzi gakondo. Bravo pour tes reportages.-
Begigihano weeeeeee ubu ntazongera kuryama uwomurozi gusa iyo uwomurwayi mumutsirika ubundi mukamureka akazihana
Afrimax TV, namwe rero ibyanyu ndabikemanga, ntanarimwe murakora inkuru nziza yubwami bw'Imana. Mwamamaza imbaraga zumwijima gusa.
Numunyamitwe hatagira uwibeshya
Ariko afrimax mbambona Namwe mukorana nama dayimoni
Ndibagiwe,Hali umuntu watubwiye kuntu iyo trike yo mu ibaze bayikora babeshya abantu
Nkunda ibiganuro by.uyu munyamakuru.avugana ituze rwose.ndamwikundira sinacikwa n.ibiganiro bye
Oya vraiment avuga atuje kdi abaza muri discipline👏
Cyane rwose pe,ntabikabyo agira akora akazi keza kdi haba harimo ubwenge
Aritonda
Uburere
Uzazurambariza abantunkaba ko basenga ubambarizeko nkiyobashatse kugenda ahantukure uburyobagendamo.koboba batega cange bagenda kibiriti.
Ntabwo amuvuye ahubwo aramubikije
Banyarwanda mwitondere abapfumu
Nukwitonda kabs
Wabimenye buriya Uzi abazimu amuzizemo
Njyewe Namureka kumwica Akarya Andeba Akiruka N🤣🤣
Mbega umudayoni numwanda we🥱🥱🥱
Ngo agiye kumuha igihano ajye arara ahinga iyo mirima bapfaga 🙊ubuse uyu muntu wamuroze byose ntabibona kuri cyangwa ababibona bamuzi bakabimubwira
Sha ukuntu wawe araryoha ukuntu akwiciye kumusubiriza mu nkooko nawe mta kibazo mbibonamo
Dukosore ahanditse ukuntu ni umuntu nashatse kwandika
Wew urakunda gusura abapfumu bagucunge ujejwe kwamamaza ivyasatani
Mutubwire koko nukuri ko abarozi batumereye nabi uyamuha bikunze ahari
Iyi tv niyobapfumu gusa
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Yesuweee abadayimoni bazashya
Ngabo master wewe urakunda kuja kugendera abafumu bizagufata urakumbura ubihebe
yesuwe imbaraga ziragwira
Biratangaje ariko birakwiye kubantu bigize abagome.
Ark sha uragenda Pasteur . Ahaaaaa
Agaki Mbega umumama ngobamwice 😁😁😁😁😁
Mwizina rya Yesu imana izabagenderere
Ntibababeshye mewizere Imana niyo ikiza pee
Aratwika ndakurahiye ? Ese koko birakora wangu
Wabale kutuweleza bwezza bwezza
Imana yo time niyo ishobora byose ibindi byose nubusa
Mana weee,mwizere imana muve mubapfumu weeee!satani nuku arigukora,musenge imana niyo ikiza.
Uyo ntazokira
Mwaye nimeroyuwouvuzi
Uwo mupfumu nimbwa yumusega ntacyo ashoboye kd nawe arabizi ko ntacyo .ahubwo ibyo byose abikora kuko yabuze ubundi byuryo akorera ibyo gusuka murufu rwe. Abanyabwenge ntimuzamuyobereho
Ese Koko ibintu nibyo ntagi arukwamamaza koko
Imana yo mu ijuru ibagendererepe kuko ntimworohewe !!
Kabango nawe uransekeje ugize uti ngabo mbona nawe uzaba umupfumu :murabamamaje baraje bayarye ntacyobikanga
Iyo mumwica yogahambirwa
Ninero ya Telephone ya Salongo niyihe
Toka pepo katika jina LA Yesu kristu.
Jyewe ndi tanzaniya ndasaba inambayiwe nzavuganenawe muzimpaye muraba mukoze cyaneeeee
Komerezaho rata ndakwemera cyaneeeeee👍
@@bettycasto6074 ese mwaravanye?
Huhhhhh ko unurwayiii atanguye avuga nkaho yaremvye...🙄nyuma ijwi rigasohoka nezaaaaa🙊
Umuntu waba yaragiyeyo azahamye ukuri
Uzamubwirwa n'iki?
Ntumutubuzi@@NZIRORERACharles
wimwicisha ikindi mwatweretse uko iyo nda imeze ko yakomeje kuyipfukirana
mwebwe murabashya mwamamariza abantu babeshy
Ariko mana yanje 😭😭😭😭😭😭😢😭😢god come save us
Which one? 😂😂
Toka
Ayigawe supesiosa barakubonye kakubayeho da
Isi yose imenye uwo murozi
Uyu munyamakuru afatanya naba bateka mutwe nkuyu munyamakuru ki kko abateka mutwe bahawe ijambo kweri
Mwewe murabeshya.
Ariko ntawakirengazako abantu bimitse ubugome pe!
Iyo mitwe irashaje
Jewe ndasaba nimero ya afrimax tv umunyamakuru
Abapfumu bakunda kuvuga ngumubanyi niwe yakuroze
Aba barabeshya ikimenyetso nuburyo mumagambo uwo murwayi ari kwivuguruza, ati uwo muntu nari mbizi ko ariwe undoga kd ati yari inshuti yanjye sinabikekaga ko yabikora, aba nabantu bakodesha bakabikira NGO abantu bemere. Muramenye barashaka kubiba utwanyu.
yego pe
Ariko wamunyamakuruwe urumufatanya bikorwa wabatubuzi nkaba birwa biba abanyarwanda babeshya mazekubonako atari gusa ushonora kuba muba mubiziranyeho!harigihe leta izabicukumbura neza ubwo butekamutwe bwanyu bugahagarara.
Uyumuntu arabesha. Uhubyo. Nyiriyi. Cano. Nazajya andutuburira. Niwowe. Tuzajya. Tuzira. Ubuyanyimye. Ibihumbi icyumi. 10000. Byajye. Narayamuhaye. Abyira koanyereka. Uwajyaniye. Ikweto. Bonye arikumbesha. Ndayahangarika. Noneyanze kuyampa. Numutubuzi. Mumwirinde. Nyiriyicano. Niwowe tuzakuzira
Wamunya makuruwe ujye wegera abobantu wasenze
Atuye AhitwA hehe mwadusoba nurira
Ntimukatubeshye sha. Imana yonyine yo mu Ijuru niyo yashobora Ibyomuba mwatekinitse mukatubeshya ,amaco yindaa. Ese ko mwibase yamazi ko ishusho yumurozi ibonwa numurwayi gusa nigute cameraman yayifotoye?🤔🤔🤔😂😂😂
Egoko Imana itabare
Yewe ga Afrimax.uratinyuka kweri .ibyo bintu biteye ubwoba.
Ubutaha uzajye ubyihorera. Kabisa bitazakugendaho
Mbega uyumuntu arashoboyepe!
Yemwe, kubyemera ntibyoroshye kbs
Shirakonlmero,jenibwetuyage
Bibaho ariko mu Rwanda ubwo bushobozi ntiburahagera aha muradupfunyikiye
Muzotubarire
Ibikurikira☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽🎤🎤🎤☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽☝🏽
Eeeeeeeee birashobokako burya hari abaganga bagakondo bashoboye cyakora ndumiwe abagome baracyariho icyiza nuko uroga atariwe urogora