NAKOZE DIVORCE MAZE IMYAKA 20 NUBATSE|Nari narananiye umugabo|NDACYASABA IMBABAZI byarinko GUPFUSHA

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 19. 12. 2022
  • Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
    #Kumuvugisha_0788417607

Komentáře • 450

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  Před rokem +17

    KANDA HANO UREBE IBIGANIRO BYOSE MAMA QUEEN AKORA: www.youtube.com/@isanamitimatv/featured

    • @yvesmugabo2627
      @yvesmugabo2627 Před rokem +2

      Muduhe ikiganiro mwagiranye muri 2019 twakibuze. Murakoze

    • @marie-rosemugoyikazi9574
      @marie-rosemugoyikazi9574 Před rokem +2

      Ok p

    • @DPurpleHeart
      @DPurpleHeart Před rokem

      Sabin turabakunda cyane hano mu Budage. Uzatuzanire pastor Nsenga asobanure neza iki kintu cyo kuganduka ku mugore no gukunda ku mugabo afite ukuntu a bisobanura neza cyane biri pratique rwose kuburyo buri muntu wese yiyumvamo kdi nzi ko byafasha benshi🙏

    • @aanton8601
      @aanton8601 Před rokem +5

      Sabin rwose aba bagore baza kutwigisha ko kugarama aribyo byubaka nukuri bazadusenyera pe. Ubuse ko byanze kuki burigihe aza kuvuga kumugabo kdi aziko amfite undi muryango sugushaka kumusenyera, ngo famille yumugabo iza kusura ikivugako umugore ari uwambere, ibi nugusenya undi muryango. Ubwose abana bavutse muruwo muryango wundi bazakundi abo kwase koko. Nukuri murekeraho kuza gusenya imiryango mugirango muri kuyubaka.

    • @namberwaflorence4530
      @namberwaflorence4530 Před rokem

  • @alinenimbeshaho7649
    @alinenimbeshaho7649 Před rokem +23

    Uko ni ukuri pe. Abantu benshi sibabi Ariko bubatse ingo zitari mwisezerano ry’ Imana. I speak by experience. Thanks Jacky.

  • @sergedusengimana6645
    @sergedusengimana6645 Před rokem +9

    Uyumumama numunyembaraga yiyemeje kwiyambika ubusa akatubwira ubuzimabwe kugirango yubake abantu kwisi hose yarakomeretse abanabe numuryamgowe ninshuti ze bajye bamuba hafi nanjye personally ndamukunda

  • @happy-og1bq
    @happy-og1bq Před rokem +30

    Ntabwo washobora kuganduka Mu buriri umugabo atakweretse urukundo. Umugore ni amazi agomba kunyobwa abanje gushyushywa. Bagabo mwige gutegura abagore banyu. Niho ruzingiye.

  • @niyonsabahyacinthe5971
    @niyonsabahyacinthe5971 Před rokem +5

    Yesu akomeze abane nawe maman Queen,aguhe mwuka wera wo kugukomeza mururu rugendo ,Uwiteka naduhe mwuka wera abe ariwe muyobozi wacu ajye atuyobora mugutsinda amarangamutima yacu,urakoze mubyeyi mwiza kuduha ukuri.

  • @eddyrosekaza7922
    @eddyrosekaza7922 Před rokem +2

    Muvyeyi ndunvirije témoignage yaw nunva umubabaro wagiz,burya kuvuz ahow urakize mumutima,uziko harabantu bagenda imitima yabo yarabay inva yumubabaro wurugo kugeza iyo soit azosarira cnk agasenya urugo p.ariko mwijuru har'Imana itabara.

  • @basumbagutira8997
    @basumbagutira8997 Před rokem +5

    Isimbi TV, mbanje kubasuhuza. Ni ubwa mbere nkurikira ikiganiro kuri TV yanyu nkarenza iminota 10 ; ariko iki cyo, nakirangije. Umutumirwa wanyu ni intagereranwa:
    Umunyarwandakazi mwiza uvugana ikinyabupfura kinshi, ufite ibitekerezo byiza kandi uzi neza ibyo avuga. Ni uwo gushimirwa.

  • @mugishaalexis1028
    @mugishaalexis1028 Před rokem +2

    Murakoze kubw'Ikiganiro cyiza muduhaye ariko hari ikintu jyewe ntarasobanukirwa Munsubize nonese icyo gikorwa abantu bavugako ari ingenzi iyo kibuze urugo rutamera neza jyewe Siko mbibona bishobora kuba wenda arukudasobanukirwa ariko jyewe mbona iyo umugabo n'umugore umwe muribo avuga nabi cg abwira nabi mugenzi we cg igihe nta mahoro urugo rufite mumivugire umwe adahuza n'undi na Kiriya gikorwa ntago kigenda neza rwose peee munyomoze rwose ikindi umuntu ashonje sinibaza ko kigenda neza gusa mbona kubaha umuntu ushingiye kumwihariko w'imiterere ya buri muntu byaba byiza. Murakoze

  • @mimibe4206
    @mimibe4206 Před rokem +2

    Isomo nakuye muri Histoire yanyu !Nuko iyu muntu yakubwiye ko atakigukunda ,akabisohora akabyatura !!!Birababaza mais kugirango wirinde gukomereka cyane ,wamubohora , buriwese akayibuka muruhande rwe !kuko iyoyakwanze ntiyabigarura

  • @primitiveumugirneza7518

    Maman queen, intahe yawe ndayumvise. Nitwa Kinuma Léon ndi umurundi aba i Bujumbura.
    Pole sana. Erega wari wagenewe kuba queen. Ariko iyo queenness yabaye muri dimension you mw'isi.
    Gusenga kwawe nom ku mw'ishengero vyatumye wibwira KO ataco utakoze imbere y'Imana, y'ubutegetsi mbere n'imiryango yawe.
    Niyo mpamvu nanje wanyumije muri sagesse uvugana ibintu.
    Ariko jeho ndazi ko utumviye abakozi b'Imana ngo bagutoze indero y'abagenewe kuba umu queen muri dimension yo mw'Ijuru.
    Mbere n'umuhanuzi nti wamwumviye. Ijwi ryo mû mutila wawe nti waryumviye.
    Uri muri benshi mw'ishengero batinjira muri dimension y'ukwizera mbere bakarwanya abakoreshwa ibitumvikana.
    Wahamagariwe kuba hejuru uca ugendra hasi.
    Umva rero n'ubu umugabo wawe wo muhamagara yonyaruka kuza. Wategerezwa ku muhindura u mu Prince muri dimension you mw'ijuru kugirango agutahure. None wigenjeje nk'umu Princesses wo mw'isi.
    Satani kugira aguhohoshe aburizemwo imigambi ikomeye Imana igufitiye. Yoheje umutware wawe kuba intagondwa ngo akuruhishe mpaka.
    Injira rero muri mpwemu. Senga I Mana iguhe umu Père spirituel abibereye. Ikindi ihane,
    ikindi hamagara ibitaboneka nk'ibiboneka.
    Ni naza murwanda nzokurondera.
    Ariko menya iki abahamagariwe Ubu queenness benshi cane muri iyi si bari muri déception yatewa soit kutumvira ijwi ryo mû mutila yabo soit bananije leur père spirituel soit banse ukwizera kubacisha mû nzira yaga nk'uko n'abandi batayikundo.
    Mpore rero go ahead na cane cane usenger uwuzo gusimbura muri iyo queenness (umukobwa wawe).

  • @annetannet9236
    @annetannet9236 Před rokem +13

    Ibyo uvuga nibyo koko. I have then same experience. 21 years. Ababaza ngo imyaka 20 buriya buri mugore akunda kwubaka, dukunda ubuzu cyane. Hari igihe uhura n'umugabo cg umugore mubi, noneho ukihangana mu myaka ya mbere wibaza ko mugenzi wawe ashobora guhinduka ari nako ugenda ubyara imyaka yisunika ujya gufata icyemezo ndetse kitoroha gufata unaniwe cyane warapfuye uhagaze. So, ihangane tuba twarihuse tugashaka abo Imana itaturemeye. God bless you Imana izaguha iwawe yakuremeye. Amen

    • @gasagasajeanne6756
      @gasagasajeanne6756 Před rokem

      @Annet ko umuntu yagenda yabenze abandi kdi urugo rukakubihira ra rukakugeza mu gikōmbe cy'ishidikanyaMana kdi abadasenga babanye nezaaa ibi uyu mubyeyi avuga x ko twabishakiyeho amahoro tukayabura ukagirango uruwo kurongorwa gusaaaaaaa usinziriye wivuye ugiye utashye ngo ubone amahoro y'umutima ukiyoroshya ukishyira munsi ya tapi arko guhuza bikanga kdi ndi muri 16yeas nubatse urumva 20yeas nyiburaho ingahe kdi ko niyo bimeze gutyo iterambere ridashoboka rirabitaza ujya kuzamuka ugahanuka. Ahubwo twiyakire kujya mu bagabo ntibyemewe n'Imana arko iyo byanze wibera igishubaziko byo biremewe ibyo uyu mubyeyi yakoze sinzi abazimu baba mu ngo muzisengere abasenga

    • @natashapendo3517
      @natashapendo3517 Před rokem

      Yoo ihanagane nange nabibayemo imyaka 12

    • @natashapendo3517
      @natashapendo3517 Před rokem +1

      Gusa naje kurekura mbivamo

  • @umuhozaalphonsine7906
    @umuhozaalphonsine7906 Před rokem +12

    Urakoze cyane mama!ibintu uvuze Niko kuri,nkuko ubivuze Hari abihuza Atari kubwisezerano ry,Imana!nanjye ndi umuhamya wo kubihamya,kuko urubavu rwawe byanga byakunda ruzafittinga ntamananiza! Kdi muzumvikana Muri byose!

    • @buhirebeline5712
      @buhirebeline5712 Před rokem

      Ndafashijwe uri umuhanga pe
      Imana yasenye urwawe 1 ngo Wibuke nyinshi

  • @kabanamary453
    @kabanamary453 Před rokem +38

    Mama Queen turamuzi nabana be numutware we turamuzi, ibyo avuga nukuri

  • @juvenalbizimungu6006
    @juvenalbizimungu6006 Před rokem

    Maman Queen, Imana iguhe umugisha ku buhamya utanze. Nk'uko wabivuze harikintu gikomeye abantu benshi bafata ko ari gito ariko ariyo nkingi y'urugo hagati y'umugabo n'umugore bashakanye. Iyo rero umugore abonako imibonano mpuzabitsina murugo aribisanzwe ntazi ko kuri twebwe abagabo ariho urugo ruhagarariye. Umugore aguhaye umugongo mu buriri wamuhindukiza ntakwiteho niyo ntango yo gusenya .Guko mu nshingano zagukuye iwanyu niyo vyose vyubakiyeko. Imana iguhezagire.

  • @kakungulubirungi5969
    @kakungulubirungi5969 Před rokem

    I've been blessed listening to you. You have a beautiful heart. Nkunze kandi mpeshejwe umugisha n'ukuri kwawe. Ufite umugisha w'Imana mwinshi cyane! Love from Uganda.

  • @niyoyitamichel4119
    @niyoyitamichel4119 Před rokem +4

    Birashoboka ko uyu mubyeyi har'imyuka mibi yavangiye urugo rwabo, kuko niba ibyo avuga ariko biri m'umutima we ; ndumva inama atanga zaba iza ngombwa kuri buri wese , nizimuhereho zimufasha kuko no kwihanganira umugabo mubi ndumva yabishobora. Imana imufashe yiyunge n'umugabo we . Gusa imyaka 10 ni myinshi ariko niba atarashaka na se w' abana akaba atarashaka birashoboka kwiyunga, abana bakongera kubona umunezero uturuka ku babyeyi bombi byanezeza benshi.

    • @uhfvf1083
      @uhfvf1083 Před rokem

      Umugabo we yarashatse kdi umukobwa wamutwaye umugabo yari inshuti yabo basengana

  • @uwishemalosine4252
    @uwishemalosine4252 Před rokem +1

    Uyu mumama ahora ari mwiza nukuri,iyo umuntu yakwanze biba byarangiye gusa nibura yagombaga nibura kwihangana kubera abana.komera maman Queen

  • @dusabingabiremarieclaire388

    Maman Queen Imana ikomeze igushyigikire ugira ukuri cyakora icyo uvuze cyo kwihuza ntimufitinge byo birashoboka. Nta compatibility byo ni ikibazo

  • @user-ps2ol1gn5f
    @user-ps2ol1gn5f Před rokem +1

    Uvuze ukuri cyaneeeee uretseko kubyumva arubundi bwenge tuyoborwa namarangamutima ariko ibimenyetso tubirengaho tubibona ngo bizashira

  • @godwingodwin4975
    @godwingodwin4975 Před rokem +6

    URUKUNDO ruruta byose. Nirwo rwubaka urugo. umuntu mwashakanye atagukunda niyo wamuha iki ntibyemera .

  • @ndikumanajacqueline5355

    Mana yanjye ndashimira sabini irijambo uzuvuga rirubakabantu nanjye ryaranyubatse nimuri stress nubu itarashira ariko nizerimana yomwijuru yaturemye yoyo ihinduribihe harigihe izampinduriribihe ,Imana izikoribintu tukababara ariko Imanayo ibifotimogambi so hibahwe Imana yomwijuru yaturemye twese abatuyisi 👆🏽🙏🙌🏾🙌🏾👏🏾👏🏾❤️

  • @nisueliezel8811
    @nisueliezel8811 Před rokem +18

    Uyu mugore numuhanga 🙏😭

  • @clarissabellaterimbere6073

    Iyo usenga ukaba uriko ugender mu nzira Imana itakugomberamwo harih ijwi Imana rikuvugiramw mu mutima iyo uryirengagije uhura n ibyago bikomey

  • @ejoheza4796
    @ejoheza4796 Před rokem

    Ikindi inama natanga, reka kuvuga uwahoze ari umugabo wawe. Yashatse undi mugore, wamureka akiyubakira kuvuga uko yari ateye uri gukora amakosa akomeye. Ikigaragara ntabwo urabyakira. Niba umwubaha rekera aha, niba wubaha n abana mufitanye kuko uri kumukomeretsa cyane. Kandi abagabo ntabwo tuzi kuvuga. We ndabizi ntiyagusubiza. Ndagusabye reka ibindi biganiro bimuvuga. Amen

  • @annetannet9236
    @annetannet9236 Před rokem +1

    Ntiwongere kwicira urubanza. Move on. Komeza utere imbere Kandi wumve ko umutima wawe unezerewe kd ubabarire byukuri

  • @alfredomurego6947
    @alfredomurego6947 Před rokem +21

    Zana GAFARANGA HANO Turamukeneye🖐️🖐️

    • @mugishanaome5682
      @mugishanaome5682 Před rokem

      Sab urumva

    • @francineuwamahoro8869
      @francineuwamahoro8869 Před rokem

      The bible said " Everything happened for good for those who trust him.". just see everything as a test and focus on God... U will be fine my sister🤗💪

    • @munezerofrancine8208
      @munezerofrancine8208 Před rokem +2

      Alfredo MUREGO umvugiye ibintu, namuzane GAFARANGA turamukumbuye

  • @lisagaga7545
    @lisagaga7545 Před rokem

    Ndagukunda Maman ariko singanya Imana yo igukunda kundusha kandi ivyakubayeh ni kugira igishingantah cawe gikomez benshi ukomere urumuhizikazi❤

  • @afri_life1996
    @afri_life1996 Před rokem +9

    Ubuse woba wishw nagahinda ngo muburiri bikagenda neza?

  • @dusabingabiremarieclaire388

    Yes ubu noneho utubwiye impamvu rwasenyutse ni uko atari uw'isezerano ryawe bigatuma mudahuza . Ntakundi Imana iragukomeje kdi yaraguteguye ngo uge wigisha imiryango yindi.

  • @muhimpunduchristine4714

    ndababaye ukuntu ushobora kuba warubashye umugabo bikarangira mutandukanye ndumva ntako utagize ihangane komera arko urimo kuvugira abagabo cyane kandi baratubabaza cyane nubwo hari nabagore bananiranye arko abagabo ntibatanga imbabazi abenshi pe

  • @bigirimanaferdinand1697
    @bigirimanaferdinand1697 Před rokem +2

    Ikindi umugore n'umugabo buri umwe agomba kumva ko ari inshingano ze kwemera ibiganiro mu gihe abisabwe n'uwo bashakanye because the communication is the best medicine when there's an issue between them

  • @Charles-uf7iq
    @Charles-uf7iq Před rokem +1

    Mama balikiwa Sanaa,uraduhuguye rwose pe!

  • @JPRutijana
    @JPRutijana Před rokem

    Uri umubyeyi mwiza Maman Queen, ntabwo ukwiye gusaba imbabazi, wageraheje uko ushoboye. Gusa ufasha izindi ngo, Imana iguhe umugisha.

  • @muhimpunduchristine4714

    ibyo ndabyemeye cyane harabantu bihuza uwiteka atabahuje pe najye niko bimeze rwose ntacyiza umuntu yakubonaho niyo wakubaha gute

  • @emmanueldushimimana123
    @emmanueldushimimana123 Před rokem +23

    Uravuze uti Haba habuze iki?
    Nuko Haba habuze urukundo nyarwo hamwe numwuka wera w'Imana ,ibyo Byombi nibibura nicyo gisenye Ingo zubu zubakiye k'ubirenge(akarenge kamwe kaba Kari mu rugo akandi Kari hanze).
    Ikindi ntabwo zikigira abaranga bazubaka bahuriye muri tax,mu kabari,muri gare Nyabugogo bagahita batahana mu rugo rushya ,undi rimwe na rimwe ibitekerezo bishingiye Ku mutungo yabonanye mugenzi we ati tubane.ahhh mbenizo Ngo zizubakwa kweli? .Nimujye Ku birenge bya Yesu Ni we rutare rukomeza impfuruka z'ingo.

    • @F20ization
      @F20ization Před rokem

      Raphaël rutagaramba,wibagiwe kuvuga ko banahurira no mu irigara

    • @neriic
      @neriic Před rokem

      Aho byapfiriye ni hamwe ni ukwibeshya ko "urukundo"ari rwo rwubaka cg ko ari rwo bagomba kugenderaho bashakana aho niho ingo zapfiriye nta handi.mwabonye uko ingo za kera kubw'abami zakomeraga kandi umuntu anafite abagore barenze umwe kandi bakabana neza bose n'abana babo bagakura bumvikana by'abavandimwe?ubwenge ni cyo abantu birengagije,nushyira imbere urukundo aho kuhashyira ubwenge uzaba wibeshya cyane.
      Aba kera bajyaga kubana batarana kururukana ibyo by'inkundo ntibabikurikizaga none ko ingo zabo zakomeye abo kuki mutabigiraho?batoranyaga gute?ababyeyi barebaga umuranga akajya muri bene wabo (mu bwoko) akarebamo inkumi n'abayibyara,kuko yabaga yamaze kumenya ko ari abo mu bwoko bumwe nabo aje gushakira intambwe yambere yo kumenyako amaraso yabo atazaba acitse ahubwo azaba yororotse kuko batagiye kwivanga nandi maraso atari ayabo yabaga irangiye.ubundi agakurikizaho kubaririza uko ababyeyi bayo babana nabandi baturanyi ibyo bikabaha kumenya uburere bahaye iyo nkumi ariko n'imyitwarire y'iyo nkumi nayo akayibaririza yasanga ibyo byose babishima akabona kujya kubwira abamutumye ibyo yiboneye maze ababyeyi bagahura bakibwirana ndetse akenshi bakisanga bahuriye mu bisekuru runaka kuko babaga bahuje ubwoko bumwe mu moko 3 y'abanyarwanda ibyo byahitaga binaborohera cyane bakisanzuranaho bati abana ni abacu ,imirerere ari imwe,abana bagahura bagashimana kuko ababyeyi babaga bababwiye bati runaka ndamuzi ni uwacu yashatse mu bacu, abana neza bati kandi n'umuhungu we cg umukobwa we yatojwe atyo ndetse n'abamuzi bamutangira ubuhamya.
      ubukwe bugata abana bagashyigikirwa,aho bagonganye mu rugo batabasha guhangana nabyo bakabibwira imiryango bagashakira hamwe igisubizo kuko babaga bashatse muri bene wabo bityo abana babaga ari ab'umuryango ntawahagurukaga ngo ararengera umukobwa we cg umuhungu we ahubwo barebaga aho ikosa riri bakarishakira umuti hamwe bose bafatanyije ,naho abubu nuwagize amahirwe yo kugira ababyeyi arihenura ngo urugo ni urwa babiri ugasanga ntakoresheje amahirwe afite yo kubagira ngo abagishe inama cg ababwire ibitajyenda bahababere,ikindi abandi bagashaka abo ababyeyi babo banze,mbese hajemo ukwigomeka mu nshako zubu ,hajemo kuzamura intugu bamwe bavunira ibiti mu matwi kandi gushaka si bishya byahozeho abazi ubwenge bajye bigira ku ba kera.iyo abahuje ibi mvuze babanye,urukundo rurizana,niyo mpamvu abakera batigeze bashingira ku rukundo igihe batoranya uwo bazabana kuko bari bazi neza ko urukundo ari akantu gato cyane mu rushako bityo katagomba gushingirwaho ahubwo uguhuza haba mu maraso no mu myifatire myiza ari byo bifatanya abantu bakaba umwe ndetse nayo marangamutima y'urukundo akaziramo batanayashakishije.

  • @jeanmarievianneykaramaga2123

    Uyu mudamu ni Umu kristu pe! Gusa turasaba Sabin azakore ibishoka byose azezegere umugabo we nubwo yaba yanga kujya kuri tv azaguhe audio gusa. Byadusha cyane. Uwo mu mama aravuga ko umugabo atanywa inzoga, abana na bana be, arabasura nta kibazo, kandi uwo yashatse yari inshuti ye, ibyo byose bikadutera urujijo. Uwo mugabo ntabwo ari ikinani. Gusa ashobora kuba yanga socio-media.

    • @lrutagengwa2875
      @lrutagengwa2875 Před rokem +4

      Uriya mugabo ni muri bamwe bagira impu ebyiri , bakihinduranya nk uruvu .
      Uyu munsi yiyerekana mu isura imwe , ejo akirekura akaba igikoko .
      Ahubwo uyu mumama ni imfura ntiyerura ngo avuge amabi y'uriya mugabo .
      Gusa umugabo ni muri bamwe biyoberanya .

    • @hagumajean1456
      @hagumajean1456 Před rokem

      Urwumwe ruvuga amata! Biragoye kumva iby'urugo wumvise umuntu umwe! Umuntu agera kurwego rwo kuzinukwa bigeze kure

    • @victoriabalisasa9880
      @victoriabalisasa9880 Před rokem

      Hari ibintu byinshi Satani ari gukoresha asenya ingo, umugabo akagenda kandi mubya kimuntu ntacyo yabuze, ubwo Satani aba y'iyi iye kurusura.

    • @lrutagengwa2875
      @lrutagengwa2875 Před rokem

      Victoire Balisasa . Njbyo ingo zirasenyuka , kuko rwubakwa na babiri . None se umuntu atagushaka wagira ute ? Erega hari uba ashaka kukubabaza agashaka undi nawe akamubabaza .... Abakozi ba Satani bariho.

  • @balancedlifetv
    @balancedlifetv Před rokem +6

    Komera mukundwa humura Uwiteka arakuzi, byose biberaho kugirango twige 💞💞

  • @happy-og1bq
    @happy-og1bq Před rokem +26

    Oyaa, umuntu akubabaze, umuhembe kuryamana Nawe mutaganiriye. Uraba umumenyereje nabi. Ahubwo urabizambije. Yakuzaniye gift se niba adashoboye gusaba imbabazi. M Queen, uratubeshye. Ibyo ni ugusabiriza urukundo, imibonano si amazi yo kunywa, biba muri mood. Utameze neza ntibizacamo na MBA. Urigura ark urushywa n'ubusa

    • @josephuwimbabazi3732
      @josephuwimbabazi3732 Před rokem

      Ibyo uvuze byayobywa benshi ahubwo; Kuko abantu benshi bashakana ntabwo Imana iba yavuze; kuko ubuhanuzi bw'iminsi ubugendeyeho urugo ntirwatera kabiri;

    • @godisgood4047
      @godisgood4047 Před rokem

      Bibaho 100%

    • @mimibe4206
      @mimibe4206 Před rokem +1

      Nanjye ndi d’accord nawe pee faire l’amour Nuko muba mwishimye mwembi ,sindikwibona muri yo actes narakaye 😳

    • @uwimanacecile9115
      @uwimanacecile9115 Před rokem +1

      @@mimibe4206 ibyo iyu mugore jack yavuze ni ukuri niyo mpamvu umwemerera ibindi bikaza nyuma rero uwo mujinya utuma wima umugabo niwo ingo nyinshi zisenyukira ndumazemo iminsi nanjye ndabihamya ahubwo mugerageze muhinduke

    • @mimibe4206
      @mimibe4206 Před rokem

      @@uwimanacecile9115 Njye ntakibazo mfitanye muri 16 ans tumaranye kandi iyotwagize icyo tutumvikana ho ntitugicyemuza sex !!!Turakiganira ,tuga kora icyogikorwa twishimye !!! Vous n’êtes pas des animaux quand même 🙄🙄🙄

  • @maeli6300
    @maeli6300 Před rokem +5

    Umuhezagiro turawakiye cane🙏

  • @muhimpunduchristine4714

    ntago byoroshye kuryamana numugabo mwarakaranyije byaterwa nicyo mwapfuye kuko hari nabarakaranya icyumweru kigashira ikindi guca inyuma uwo mwashakanye cyane nabyo byangiza urugo nonese ko aza atagucyeneye wakora icyi koko ibyo gukora imibonana kubashakanye byo ibikomere bishobora gutuma igenda nabi birutwa no kubireka burundu rwose zubakwa kwinshi ntawakubaka nkundi abo bitagenze neza twihangane urugo nitonbora

  • @kelcyjones7073
    @kelcyjones7073 Před rokem

    Imana iguhe umugisha uvuze ukuri
    Amatorero nagire ubugabo bwo kubwira ukuri Abakristo kurusha kwirirwa bacira abantu Imanza ngo batandukanye ari abakozi bImana,aho bakabaye bari gishije urubyiruko kare mbere ko bashakana
    Uyu mubyeyi akwiye gukoresha igiterane was cy abapasiteri akabahugura Kuko bavuga iby umwuka Ariko ntibamenye kubyubahiriza
    Aha niho hari umuti w ama Divorce cyane munzu yImana igiterane kirimo ( Antoine Rutayisire,gitwaza paul,mignone kabera ,Mazimpaka Hortense,julienne kabanda ,masasu ,n abandi benshi)

  • @henriettehenry347
    @henriettehenry347 Před rokem +2

    Barakurogeye nshuti.bakugiriye ishyari maze baramuguhuza!.

  • @lindankurikiye9881
    @lindankurikiye9881 Před rokem +11

    Sinubatse , ariko votre témoignage me touche sincèrement !
    Merci beaucoup Maman

  • @ndikumanajacqueline5355
    @ndikumanajacqueline5355 Před rokem +1

    Mazina komera ,umva ba Jacqueline nabantu bakundurugo turekura tubonako twananiwe nanjye nimyaka 14ariko nararekuye peeeee nimana Irabibona peeee,umuntugasabimbabazi ukakimbabazi ntabihagaciro ,nukuli amazina y Jacqueline yubahwe hashimwe uwarinyise ❤️

  • @kagamejerome6315
    @kagamejerome6315 Před rokem +1

    Yoooo pole San ujyiye utanga inyigisho ihoraho byafasha benshi twubatse kumucanga pe

  • @ejoheza4796
    @ejoheza4796 Před rokem

    Mwaramutse neza
    Mama Queen hari kintu kimwe atarumva, amaze gupfukama asaba imbabazi, umugabo yarasubije ko yamaze gushiraho umutemeri. Peut-être ni défauts y'abagabo muri rusange, iyo umugabo yamaze gufata umwanzuro biragoye cyane kwisubiraho. Icya kabiri gusaba listes yibyo ugomba gukurikiza ntacyo byamara, udakoze ibintu ubikuye ku mutima gusa ntabwo ngamije kugutera i buye. Komera

  • @jeanneigiraneza8367
    @jeanneigiraneza8367 Před rokem +2

    Ariko ndashaka mumvarize uwo mubyeyi,
    Ko avuga ngo muburiri bitagenze neza aribyo bituma umugabo yarya hanze, umugabo we ko yamutaye agaska undi migore, uwo mugore ntabwo yashoboraga ibyo muburiri ????
    Mumumbaize muzaba mukoze.

  • @maniraguhaevodia1474
    @maniraguhaevodia1474 Před rokem

    Ibyo nukuri chr wajye ntamuntu numwe ubawifuza gusenya mubuzima kuko nikintu kibabaza cyaneeeeee

  • @olivieruwimpaye1893
    @olivieruwimpaye1893 Před rokem +9

    You're right a 100% Jacky. Thank you so much

  • @abdubazoza1555
    @abdubazoza1555 Před rokem

    Urakoze cyane jyukomeza ubatwigishirize !!

  • @thomasindikubwabo9273
    @thomasindikubwabo9273 Před rokem +1

    Urumuhanga pe, ariko birababa ko wasenye kandi ntakindi wakora ,komeza utwigishe Imana izakwiture

  • @mendezappocalypto6957
    @mendezappocalypto6957 Před rokem +1

    Nibuka cyera tugikora za examen d Etat “ exetat” twese twarakijijwe icyo gihe. Imana ishimwe yaratwumvise. Umugabo ashobora kunanirana bibaho, she might be right koko umugabo yara munaniye. Ariko se urundi ruhande rwo ? Ese umuntu abyuka from no where aka nanirana? I can’t judge muri ino case. I feel sorry kubyo uyu m mama yaciyemo. Gusa kutamenya version y umugabo…

  • @rebeccauwagirinka8975
    @rebeccauwagirinka8975 Před rokem +3

    Umutima w'umuntu iyo wakwanze ntakindi warenzaho.Umuntu nakubwira ko atakigushaka zinga ibyawe ugende kuko iyo uhatirije uhavana ibikomere by'umutima n'umubiri.
    ibitubakiye ku rukundo byose ni zero.
    Imana ubwo yagufashije kwiyakira birabaye rwose pe!
    Kandi ubwo wamenye ko atari uwawe,ndasaba ngo uwawe azaze kdi nawe uzamwakire kuko kwibana biraryana sha.

    • @niyoyitamichel4119
      @niyoyitamichel4119 Před rokem

      Umugore natandukana n'umugabo abe igishubaziko . Nashaka undi mugabo uwa mbere akiriho , aba akoze icyaha cy'ubusambanyi.

    • @rebeccauwagirinka8975
      @rebeccauwagirinka8975 Před rokem

      @@niyoyitamichel4119 iyo biri ku bandi murabikomeza byabageraho cg byagera ku banyu mukabyoroshya.
      Mwibagiwe ko Imana idaca imanza nk'abantu.
      Izi ikibazo cya buri muntu n'icyagiteye.
      Ni cyo cyatumye yima abantu uburenganzira bwo guca imanza za bagenzi babo.

  • @uwizeyeangella6311
    @uwizeyeangella6311 Před rokem

    Mbega umumama mwiza, ndagukunze cyane, humura Imana iragukunda aho kuguhomba yaguhombya.

  • @olyi826
    @olyi826 Před rokem +3

    kubana n intambara , abashoboye kuyirwana bayigumamo

  • @rebeccauwagirinka8975

    Ariko njyewe kuba uyu mubyeyi umugabo we yaramwanze kandi umurebeye inyuma ubona ari umugore umuntu yakwifuza hari impamvu.
    Niba atari akigukunda afite icyo yaguhoye nawe cyari kiremereye umutima we.
    ibintu biba mu buzima bwacu hari ibyo tugiramo uruhare kandi hari n'ibiza gutyo gusa.
    icyo nzi cyo nta kiba ku muntu Imana itabizi kdi izi impamvu.
    Wasanga iyo muhamana uba utarimo kuvuga ubutumwa bwiza,
    Ubwo washoboye kubyihanganira ukabibamo birahagije.
    Muzarekere aho kubivuga birarambiranye

  • @beamukeshi9570
    @beamukeshi9570 Před rokem +4

    Urakoze cyane Divorce ntabwo ari nziza nange n'a maze imyaka 20 murushako nyuma biba birababaza kuruhira urugo rwawe imyaka yose .

  • @manishimweprovidance479
    @manishimweprovidance479 Před rokem +5

    Noneho mucyumba nihohagusenyeye muransetsa cyane hubaka Imana nasanze byose arizero ikindi hubaka Imana nushake wikwayagure umugabo utumva abatumva

  • @sinzaa4496
    @sinzaa4496 Před rokem

    Umwalimu mwiza nkawe tulamukeneye cyane imana ijye igukomeza

  • @annauwa1844
    @annauwa1844 Před rokem +10

    Mama rwose biragaragara ko nta makosa wakoze mu rugo rwawe, ahubwo Mana urebera imfubyi nabapfakazi kuki wemera ko uyu mu mama arengana gutya, akava mu rugo rwe, akenda kwicwa qzira ubusa, azira ingeso mbi zu mugabo. Mana uyu mugabo we uzamwibarize ibyo yakoze kuko Mana ni wowe wenyine ushobora kurenganura abagore. Uzabimubaze🙏🙏🙏

  • @bigirimanaferdinand1697

    Ndabizi nabibayemo , jye utansabye imbabazi , mu buriri mbasha nagusaba , wampa nkarangiza nkigumira muri ya mood yuburakari bubucecetse butarimo intambara kugera ubwo uzans asnsaba ibiganiro byo gusaba imbabazi

  • @bongwaalphonse7079
    @bongwaalphonse7079 Před rokem

    uwiteka aguhe umugisha kubw'inyigisho utanze birakwiye wowe ukurikiye ikikiganiro gutecyerezaho

  • @violettekarekezi3730
    @violettekarekezi3730 Před rokem +8

    Wakoze Cyane Sabin kugarura Jack arankomeza , hari akantu keza avuze ati abantu barananirannywa Nibyo pe, ntawunanirwa ahubwo abubakanye barananizanya buri wese abayanze kwemera undi uko ari ngo urugendo rukomeze, ❤️❤️❤️❤️🙏🙏🙏

    • @bibakumanajeandedieu1162
      @bibakumanajeandedieu1162 Před rokem +1

      Ese urugero ari nkindaya yu mugabo cg umug cg yumugore ,….umusinzi buri wese abagomba kwakira undi uko?

  • @afri_life1996
    @afri_life1996 Před rokem +15

    Abagabo ntibashima,, none nkuyu nawe yazize iki inyuma ya 20 ans ya mariage

  • @mwisenezajeandedieu1052

    Umugore Wingare niyo yaba yuzuza inshingano zo mugitanda te ! Urwo rugo nubundi ruba ruzasenyuka!

  • @helenemarierobert8557
    @helenemarierobert8557 Před rokem +1

    Ariko Maman Queen Uziko hari abagabo neza neza nabo ubwabo biyambura icyubahiro! Umugabo udakunda umugore we, akamutuka, akamushyira hasi n’ibindi ntavuze … Uwo mugabo koko ibyo akwiye bizava hehe? Ahubwo abantu bazige ishuri ryo kuba abagabo, abagore, ababyeyi ndetse n’abaturage beza b’ibihugu. Kuki za leta zishyira imbaraga mu gukangurira abaturage uko ubuyobozi bumeze, bakabigisha gukunda igihugu n’ibindi.

    • @uwimanacecile9115
      @uwimanacecile9115 Před rokem +1

      aha urumvako arikibazo cyuburere kandi uburere buhera iwacu mu mumuryango igihugu nticyabibasha ngo ubwire umuntu wakuze atukana cg abona iwabo batubahana kumyaka 30 uvuge ngo uramuhindura niyo mpamvu dufite inshingano zo kurera neza abo tubyaye

  • @LisaFashionDesign
    @LisaFashionDesign Před rokem +14

    She’s beautiful I like her hair ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤

    • @athanasentibankundiye1839
      @athanasentibankundiye1839 Před rokem

      Wazize KO ntaco warushoboye gukora nintoke zawe ziravyerekana ubwo wowe urashobora gucumba umutsima urazi gusasa n'uburiri bwawee? Urazi guha umugabo wawe karibu ?burya Abagabo bakunda icubahiro ubwo wowe ntiwubaha umutware wawe muri vyose

    • @IngabireRachel-mf6nb
      @IngabireRachel-mf6nb Před 12 dny

      It's not hers

  • @robertbyaruhanga2012
    @robertbyaruhanga2012 Před rokem

    Mubyeyi uri umwana w'Imana pee, umwami Yesu arinde imiryango ayikize umujura satani umurimbuzi umuhemu umwazi wabantu b'Imana imbwa yahereye cyera muri Eden nabugingo nubu aracyafite ubukana, ndababaye gusa, arko igihe nkiki kuba ufata ibyakubayeho ngo ubisangize bandi bri mukaga nkakawe, ndkubwiza ukuri Yesu azakugororera.

  • @papykulimushi2800
    @papykulimushi2800 Před rokem +9

    Madame vous dites la vérité surtout sur le caractère des hommes.

  • @mutonisabrina3916
    @mutonisabrina3916 Před rokem

    Sha ibi ni ukuri, utari uwawe ubyiyumvamo cyane

  • @ggoman9781
    @ggoman9781 Před rokem

    Imana ikwiteho mama ndagukunda uranyubaka pe.

  • @leonardbiganza3072
    @leonardbiganza3072 Před rokem

    Maman.Qeen we,urimwiza maman we.Ariko se uwo umugabo wawe agira bwenge bwuzuye ?
    Ntasoni ku divorcer n,umugore mwiza gutyo ?
    Abantu rwose ntibazi kwitegereza.
    Njewe aramutse ari umugore wanjye,nubwo yagira amakosa menshi ,nsinamuheba kubera ubwiza.

  • @Muziklove1975
    @Muziklove1975 Před rokem

    Ibyo avuga nibyo kubyerekeye n'imibonano murugo n'akamaro abagabo babiha. Ariko sinemeranye nawe kubyo ahamya ngo nta bagabo bananira abagore babo cyane kandi umugore aba yamuhaye iyo mibonano kuburyo buhagije yemwe akanivuna akabikora ababaye kuko azi ko umugabo we ataza kumusaba imbabazi. Ariko kubera kamere y'umugabo mbi nyine akamubanira nabi akamutoteza ahubwo

  • @hopefuture1385
    @hopefuture1385 Před rokem +7

    Uburozi bubaho ndabyemeye, kureka umugore usa gutya ukajya gushaka undi mugore? Urumva byimvikana? Nyagasani akurengere mubyeyi mwiza aguhoze amarira n'ibikomere. We love you💋🌹

    • @nkurunzizafrancodesanto2280
      @nkurunzizafrancodesanto2280 Před rokem +1

      Ubwo afite impanvu dear kuba arimwiza nibyatuma ataba mubi gusa I don’t judge her arko biba byiza kunva kuri side zombi

    • @TheDreamFamily0
      @TheDreamFamily0 Před rokem +1

      Nubundi kubigaragara nimyuka mibi bateje umugabo kbsa! Nikibazo bamugiriye ishyari baramusenyera satanic 💔💔😭

  • @Christianmuhoza50
    @Christianmuhoza50 Před rokem

    Ijambo ry’Imana riravuga riti, umugabo numugore nibatandukana muribo ntihakagire ushaka kugezaho umwe azapfira, undakabona gushaka.

  • @mukandamageodette5030

    Ndagukunda pe wahuye nakaga maze niba iyo ari perique wambaye uzayireke nikibi kuko Data yaguhaye byinshi byiza.

  • @kayumbagodfred4367
    @kayumbagodfred4367 Před rokem +1

    Maama Queen emaana eguhe omugisha

  • @JanviereNdayiragije-fj4fr

    Kera abapagani bibaza k abakizwa badatandukana kandi kuba urumu kristo sico cirukana amacakubiri ahubwo ikintu cose nubugombe bw'Imana nishure Imana ishaka kwigisha umuntu kandi kunanirwa bibaho turananiranwa

  • @Mocha_211
    @Mocha_211 Před rokem +1

    Birababaje cyane kubona problem y’abanyarwanda igomba gukurikira bible y’abayuhudi.

  • @aliceUw
    @aliceUw Před rokem +8

    So beautiful and Honest💌

  • @nyiramanastephanie7860
    @nyiramanastephanie7860 Před rokem +1

    Mada nakwemeye pee. Ibyo uvuze byoseee ni ukuri abantu ba bikurikije byakubaka Société

  • @dusabingabiremarieclaire388

    None se Maman Queen ntiwagandukaga mu buriri ko wavuze ko ari cyo cya mbere kirusenya ko iyo uhagandutse rudashobora gusenyuka?

  • @adalberthabimana306
    @adalberthabimana306 Před rokem +11

    I've never seen a wonderful woman like you. You just have award from God!

  • @verababubabu4711
    @verababubabu4711 Před rokem +1

    Nkukunda cyane

  • @mugezagapingi6168
    @mugezagapingi6168 Před rokem +4

    Uyumudamu ibyavuga nukuri.

  • @aimeemukamana7092
    @aimeemukamana7092 Před rokem

    Mama Queen wagenze urugendo rutoroshye p!!!!
    Komera kdi ukomeze ube wowe!!!!
    Rero be strong divorce mumyaka 20 nigikomere kitoroshye Vraiment!!!!!
    Ariko nyuma ya byose ubuzima bwarakomeje uriho kdi urakomeye.
    Buriya ikingenzi murugo nuko abantu bumvana.
    Rero umugore amenya imiterere yumugabo nibyo ariko n'umugabo ajye ahindukira amenye imiterere yumugore we!!!!
    Abantu ntibagafate ibintu muri rusange ahubwo buri wese ajye abifata personal.
    Ijisho n'umutima bibe murugo.

  • @jean6030
    @jean6030 Před rokem

    Umwuka utuma aho hanze ubuyobozi buza bugahita butwara umugabo ngo umugore arahamagaye gusa batitaye kugushakisha icyabiteye niwo wa mwuka utuma harimo gushyigikirwa ababana bahuje ibitsina..Mu gutesha umugabo agaciro no guteza imbere kubana kw'abahuje ibitsina harimo iturufu yo gusenya umuryango.
    Kandi hari impamvu ibiri inyuma.
    Ingaruka zabyo zizagaragara mu gihe kizaza.

  • @ennienkombo6378
    @ennienkombo6378 Před rokem +1

    Habaho n,abarozi babanyeshyari bazisenya . Gusa ndagukunze wa mudamu we uri umuhanga

  • @ihohotvshow9607
    @ihohotvshow9607 Před rokem +25

    Njye mba mbona abagore bakoze divorce bafite depression kuko ntawambwira ukuntu umuntu yajya yirirwa yisobanura ahantu hose kuba nti batamutunze badafite icyo bamumariye bamara kumwumva bamwe bakanamunnyega abandi bati aradutwarira abagabo cyangwa abagore njye umugabo yanyanze cyangwa namwanze tugatandukana nakikorera ubuzima nkareka bakavuga

    • @honorinegaju6201
      @honorinegaju6201 Před rokem +2

      Bimaze no kurambirana nta Cano nimwe atarajyaho bisobanure ko ariwe wari mubi

    • @iyubakukiretv8580
      @iyubakukiretv8580 Před rokem +2

      Ni ikibazo gikomeye kuba abagore bumva ko gushyira ubuzima bwabo ku karubanda aricyo gisubizo! Birengagiza ko nabyo bitera abandi bantu gukomereka ndetse n'ingaruka zindi kuri bo ubwabo! Ni ukudasobanukirwa no kuba barakomeretse ntibitabweho ngo bakire ibikomere. Aba psychologues nibo babafasha neza ariko abanyafrika ntibabyumva pe! Abagore benshi bakeneye gukanguka bagafata inshingano zabo zo kutiyibagirwa bemera kubabazwa bikabije mu ngo zabo! Inzira iracyari ndende ariko twizere ko bizagerwaho!

    • @Goodvibes-ky4ed
      @Goodvibes-ky4ed Před rokem +5

      Njyewe ndibaza koko Ibi azabivuga kugeza ryari

    • @nmnteamdknn8405
      @nmnteamdknn8405 Před rokem

      Iyo business online ia growinga fast.... mugomba kwumva ko Bari nukazi, yaba Sabin ,yaba nuyo... gusa wenda yahabkna abagenzi... it's ok

    • @iyubakukiretv8580
      @iyubakukiretv8580 Před rokem +3

      @@nmnteamdknn8405 Ariko se gukora business online koko uvuga papa w'abana bawe ayo mafaranga ni bwoko ki? Ni ukuvuga ko ntacyo umuntu atazakora kugirango abone amafaranga? Ubunyangamugayo bw'abagore se bwagiye he? Birababaje pe!

  • @JPRutijana
    @JPRutijana Před rokem

    Ubundi statistics, abantu benshi batandukana bamaranye imyaka 13 indi myaka ni 20. Ntabwo biza ako kanya, ahubwo ni akantu kigereka ku kandi tukazigerekaho ari twinshi, igihe kimwe twose tugahanuka.

  • @adonismuganyizi226
    @adonismuganyizi226 Před rokem

    asante sana ninapenda sana kusikiliza habari zako? kunamafundisho mengi?
    sex na heshima + unyenyekevu vinamfanya mwanaume apende tendo la ndoa ndani ya ndoa.nikweli kabisa mwanamke akimlidhisha mwanaume ktk pande zote hufanya mwanaume kuwa na mawazo mazuri hasa katika kujenga mji wake

  • @tuyizereelyse-s3r
    @tuyizereelyse-s3r Před rokem +2

    You're honest

  • @verababubabu4711
    @verababubabu4711 Před rokem +6

    Watuzaniye gafaranga

  • @humbleguy3756
    @humbleguy3756 Před rokem

    Mbega umugore uzubwenge🥰🤔💓👏

  • @pablonsanzumuhire2024

    Big up Sister!Jah be blessed our family

  • @sammynsamuel4733
    @sammynsamuel4733 Před rokem

    Ariko kubera iki utajya uvuga icyo mwapfuye, ngo ubwire nabandi bagore bagenzi bawe Uti muzitondere ibi?
    Cg nibiriya wakomojeho muburiri wari waramuhaze?

  • @denismuragizi6595
    @denismuragizi6595 Před rokem

    Byatewe nuko wanze kumvira bwabuhanuzi rero wemere noneho uko Imana ikuyobora nibura uzabona ubugingo

  • @joorisndongoziproduction3276

    Uvugisha ukuri Madame et Félicitation au journaliste Sabin

  • @kanguka-drumsnkurunziza3186

    uvugishije ukuri, niko imana yaremye umugabo

  • @imafrican5870
    @imafrican5870 Před rokem

    Urakoze cyane nanjye nuko niyunga na grfrnd wanjye 🤭🤭