Yahisemo kuba mu nkwavu/ Isoko ry'inkwavu ni rigari ntawarihaza/ Musoni Dieudonne yahinduye ubuzima

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 5. 01. 2021
  • Musoni Dieudonne ni umworozi w'inkwavu aho afite company Kigali Rabbit farmer Ltd, yavuye ku kazi yakoraga ahitamo gutangira korora inkwavu, yemeza ko isoko ry'inkwavu rikenewe ntawarishobora kuko izikenewe ku isoko nizo nyinshi cyane.
    Musoni ubworozi bw'inkwavu abukorera mu murenge wa Mageragere, uretse korora anatanga amahugurwa, n'icyororo.
    Ntiwibagirwe gukora subscribe, like, comment na share kuri agroco tv, ube mu bibanze babona amakuru ajyanye n'ubuhinzi n'ubworozi.
    Niba wifuza ko tuzagusura waduhamagara kuri 0788685090, cg 0737079035 tumenyekanishe ubworozi n'ubuhinzi ukora.
    Dukomeze twirinde #covid19 kandi #NtabeAriNjye

Komentáře • 75