MMC048: Dukunda umucyo kuko tuzi ububi bw'umwijima! || Wimara mu nkono || Attitude of gratitude
Vložit
- čas přidán 1. 08. 2022
- Millionaire Mindset Club - MMC Message muyigezwaho na Aimable Nkuranga na Eugene Bagire
Rejoignez cette chaîne pour bénéficier d'avantages exclusifs :
/ @ubukirenyabwotv
Kuyi iyi channel tunyuzaho ibiganiro bishishikariza abantu kwiteza imbere, inyigisho n'impanuro z'abahanga mu byo kwiteza imbere. Twibanda cyane ku gukira ukiranuka. Indangagaciro tuvana muri Bibiliya nk'Ijambo ry'Imana nizo ziyobora ibiganiro byacu, tukongeraho n'impanuro ziturutse mu bunararibonye bw'abategura ikiganiro bayobowe na Pastor Aimable Nkuranga, umaze imyaka myinshi ayobora ibigo by'imali. Iyi channel yitwa UBUKIRE NYABWO TV kuko twemerako UBUKIRE NYABWO bugira agaciro muri ubu buzima bwo kw'isi ariko umuntu akazanabwambukana no mu buzima bw'iteka. Ntugende udakoze SUBSCRIBE / @ubukirenyabwotv Kandi nugira ibyo ukundamo ukande LIKE ndetse na SHARE kugirango n'inshuti zawe bizigereho. WIBYIHERERANA
Murakoze cane kurako kaganuke kaburi musi.ndi ibujumbura mu burundi ndabakurikirana buri musi
Ubuzima bw'amashimwe, enjoying everyday life.
Uhishira umurozi akakumaraho urubyaro disii😭kubungabunga rwose ni ngombwa saving, security, imibanire(aya magambo arimo ubwenge rwose)
Ntakurya ibiryo ngo tubimare munkono.
Babyita kudabagira shaaa
"Le bonheur est en vous"
Hari ni umuririmbyi waririmbye ati iyo ntabona umukara sinari kumenya ko umweru uhaba ho.
Ntamvuridahita niyo kubwa noah yarahise
Yeweweeee
Nta chain idacika, ahubwo hakenewe umuntu wo kuyica.
None aho ntiyaba ari wowe?!
Kabisa coincidence,omission,bikarangira habaye ikintu gikomeye utatekerezaga kubwibyo utahaye agaciro cg utakoze nkuko bikwiye
Security niya Bose nibyo
Umucyo numwijima [=] bitandukanira kukubicamo
Harubwo itara ryohanze uhitamo ko rira ryaka cg ukarizima kubera impamvu za Cartier utuyemo
harubwo iyo ryaka byabagora kuhagera cg bikaborohera kuhabona itara rikabafasha kukwiba ariko biterwa na security iri muri Cartier
Umucyo turawureba rwose,nta joro ridahita,inkoni ya mukeba tuzayirenza urugo,
Turabakunda ese mwampaye numero yanyu ya WhatsApp
AKO KANTU NDAGAKUNZE CYANE NI AK'IWACU MURI KILIZIYA MU BYO WAKOZE NO MUBYO WIRENGAGIJE GUTUNGANYA! MURI GACACA HARI UMUNTU WAFUNZWE AMEZI 3 Y'UBUGINGA KUKO YAVUZE NGO NABONYE ABANTU B'IBIKARA NGO AKEKA ARI BA KANAKA (YAVUZE AMAZINA YABO).
Umucyo numwijima [=] bitandukanira kukubicamo
Harubwo itara ryohanze uhitamo ko rira ryaka cg ukarizima kubera impamvu za Cartier utuyemo
harubwo iyo ryaka byabagora kuhagera cg bikaborohera kuhabona itara rikabafasha kukwiba ariko biterwa na security iri muri Cartier