MMC 153 : Ntabwo uri igiti || Va imbere y'umuryango udakinguka
Vložit
- čas přidán 27. 12. 2022
- Niba ushaka kutwandikira koresha Whatsapp wohereze kuri +250790697003 +250788305144 +250788309359 no kuri email: info@ubukire.com cyangwa gukiranyabyo@gmail.com
Ntimwibagirwe gusoma inkuru z'ubukungu zanditse kuri www.ubukire.com ndetse niba hari inkuru wadusangiza, utwandikire kuri izi contacts twashyizeho hejuru
Kuyi iyi channel tunyuzaho ibiganiro bishishikariza abantu kwiteza imbere, inyigisho n'impanuro z'abahanga mu byo kwiteza imbere. Twibanda cyane ku gukira ukiranuka. Indangagaciro tuvana muri Bibiliya nk'Ijambo ry'Imana nizo ziyobora ibiganiro byacu, tukongeraho n'impanuro ziturutse mu bunararibonye bw'abategura ikiganiro bayobowe na Pastor Aimable Nkuranga, umaze imyaka myinshi ayobora ibigo by'imali. Iyi channel yitwa UBUKIRE NYABWO TV kuko twemerako UBUKIRE NYABWO bugira agaciro muri ubu buzima bwo kw'isi ariko umuntu akazanabwambukana no mu buzima bw'iteka. Ntugende udakoze SUBSCRIBE / @ubukirenyabwotv Kandi nugira ibyo ukundamo ukande LIKE ndetse na SHARE kugirango n'inshuti zawe bizigereho. WIBYIHERERANA
Mwakoze kugarura iki kiganiro kuko mwakanguye ka gatima ka millionaire wishakishiriza ibizamuhamya mu ngeso yo kugumana izo millions.
Good morning Mr,kubaho after kwiga byiza cyane
Namwe muraducanga! Umunsi umwe muti iyo udacitse intege uranesha, undi munsi muti ntabwo uri igiti! Mugerageze musobanure ibi bintu neza!
Ntago baducanga kuko kuva ku giti ntibivuga gucika intege. Ahubwo ni ukwimura intege zawe uzivana mubyo ubona bidashoboka uzijyana mubishoboka kuri woe. I think so.
Mwaduhaye amakuru kuri staking koko.
Muduhe amakuru ya bitsec, cyangwa nirwo rugi muvuga abantu bagomba kuvaho babimenye!
Iyi message yasohotse bwa mbere le 14/07/2022 ku basanzwe kuri iyi channel. Nawe urebyeho wabibona
Bba patron mwagarutse, muduhe amakuru kuri Bitsec twashoyemo
Murahiye🔥🔥🔥🔥🔥
Yego, rwose mukomeze mutwihere ku MASOMO abavuga nabi mubihorere(ni risk bishoyemo bihangane)
Nanjye ndimo hari benshi twishimira ko mu maze guhindura MINDSET zabo kd bazagera kubukire nyabwo kubera iyi Channel.
Ko ntabaheruka bagabo ko mwadufashaga tuzongera kubona ibiganiro ryari
Rekeraho ndamwemera bita Doctor nibwo atariwe academically ariko njye nemera ko ayikwiriye. Kuko agenda muri V8 yose igezweho, ariko abafite doctoral batwigisha mumashuri bagenda muri carina e ya 1992 muri kaminuza zo hanze zigezweho bafata abantu nkabariya bakaza kwigisha abana uko abantu cash zishakwa
Igitondo kiza barimu beza, twari tubakumbuye, tugomba kuva mumarembo tukinjira mwirembo
Muraho,mwagize ikiganiro mutegura kuri Staking abantu bakagabanya amahane cyane ko tubizi ko ntaruhare mubifitemo ariko analyst yanyu kuriyo irakenewe
Murakoze pee muri abarimu beza nanjye Ngiye ku gukora urugi nurufunguzo ryabyo.murakoze on
Muri abarimu Beza ndabemera iyo mbamenya kera mbangeze kure, ariko ndaje
Number one
Ubundi se kutongana, wayabohereje kuri momo yabo cg kuri account yabo? Cg habaye guhomba mubyo washoyemo?
Mwakoze kugarura iki kiganiro kuko mwakanguye ka gatima ka millionaire wishakishiriza ibizamuhamya mu ngeso yo kugumana izo millions.
Murarenze muba mwasomye ibitabo kabisa nkunda ukunu muvuga ukuri gusa ❤❤❤