Bamwe mubaislam bageze aharindimuka. Sheikh Yasin yananiwe kwihanganira ibibera muri Bridal shower
Vložit
- čas přidán 20. 06. 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
MoMo pay *182*8*1*Inkunga# Dawah tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Cheikh iyi nyigish yarikenew ALLAH azaguh ijuru
Allahuma Ameen
Allahumma Amiin ❤❤❤
Subhana Allah 😢!
Biteye agahinda kubona Idini ya Allah ariyo isigaye yifite akajagari mugihe yari Intangarugero mu byiza!
Ibihimbano byinshi bizanwa n'Abagore kubera gukunda Isi kdi bikagusha benshi😢!
Allah yoroshye.
Mudukandire kuri iyo foto mukurikire Inyigisho z'Imyubakire myiza hamwe na Shangazi Hanifa kuri NYAMPINGA TV SHOW ❤.
murakoze
Cyane rwose ahanini ibihimbano nabahore babizana pee abagabo nabo bakanga kubabuza ngo ntiteranya uretseko mubihe byanyuma isoni zizava kubahore zijye kubagabo hanyuma abagore babe barwabuze isoni
Ibimenyetso bya kiyama
Barakallah fikum sheikh kudukebura Allah akwishimire njye nungukiyemo bwishi
Asante sana Sheikh!, kuko ibi bintu birakabije cyane pe!,gusa muzadufashe mutwereke uko imyito yakorwa muburyo bwiza Is'lamu yemera, muzaba mukoze cyaneee, kandi Allahu abishimire kukuri kwanyu mudahwema kugaragaza,turabakunda cyane ❤❤❤
Sheikh Jazaaka Allahu khay'ran,ewa aba badamu barakabije, kuko indangagaciro za kisilamu muriyi myito zo ntazo bafite pe!, gusa Allahu abashoboze kugumya kutugezaho ibyiza, Dada zangu mwihangane iyi ni DAWA , kandi umuti uvura abantu bakuru akenshi uba urura, namwe rero mururirwe muve muribyo byaha.
Nabiteganyaga ark kuvubu ndabiretse kuo nigiyemo byishyi umunu utarikubona amakosa arimo afite ikibazo gikomeye njye ahsanti ndashimye❤
Allah abigushoboze muvandimwe kuko haramu ikorerwa mumyito ninyinshi cyaneee pe
Allah akuyobore kuko Abaslamu kazi dukomeje kuzindara!
Ikibazo tugira nukwirengagiza nkana!
Nkeka ko Ingo zabuze Baraka kubera Ibikorwa bya cu😊
Allah Akwishimire nshuti nubutwari
Allah akwishimire wowe umutima wawe ukibuka guhinduka
Rehema Allah agushoboze kdi Allah akunda abagaragu Nkawe bemera guhinduka bakareka ibibi bagakora ibyiza,
Sheikh Asante ku rwibutso kd Allah akomeze aguhe imbaraga zo kuvuga ukuri
Subhanallah😢Allah Atugirire impuhwe Aduhe no gusobanukirwa idini yaa rabb ibiremwa Bye biri kurengera.
Asante sana Sheikh wangu
Maasha ALLAH
Subhan'Allah 😢
Barakallahu fikum
Ndagukunda sheikhy
ASALLAM ALAIKUM WARAHMATULLAH WABARAKATUH sheikh Allah akwishimire ❤
baraka llahu fiikum
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuhu nutihishira Allah ntazaguhishira ABA ntibihishiriye niyo mpamvu bagaragajwe ubwo nimba harimo umugore wawe umuburire kuko ejo bazanabipfiramo ntamaranga mutima mwidini Kandi iyo utaza hano kuri dawa TV ntabwo warikubimenya twisubireho twicuz bijyishoboka
Asante sanaa Sheikh!, kuko ibi bintu birakabije, ntago bibahesha icyubahiro nk'Abanyarwandakazi.
Sheikh Allah akwishimire Asante
Asante sana Sheikh!, ibi bintu nibikwiye pe!, birakabije nta busilam bubamo pe!.
Shekh Yasin komereza aho djazakallah ghair.
Barakallahufikkum ❤
Allah abishimire sheikh wacu, ibyuvuga ni ukuri bidusebya
Allah akwishimire sheikh
Asante shekhe
Sheikh Allah akonjyerere alihmudulillah ❤️❤️🕋🕌✍️
Sheikh Nyagasani akwishimire rwose
Iyi video tutayibonye ahubwo twagirango sheikh aratubeshya ubu nibwo twemeye ko turi kurengera Allah atuyobore kuko turi kwisenya
Allah atworohereze
Inyigisho ni nziza ariko iyi video ntibyari ngombwa kuyizana hano, kuko ibyo muri kwangiza nibyo byinshi kurusha ibyo mukosora, mwakosora mugakuraho izo video z'abo bakobwa
Hhhhh, ukuri kuraryana
None ko video zabo babyina baba bazisize kukarubanda
Ubundi ikibazo ntabwo ari video ahubwo ikibazo N'ugukora ibidakwiye Ukarengaho Ugashaka no gufata ikizira Muri Islam Ngo Ugihindure ikiziruwe! Nibazako Uwatanze iyi Nyigisho yakoze inshingano zo k'wibutsa nkuko Ubuislam bubidusaba, yifashisha video yibyakozwe bitemewe Muri Islam,
Reka reka sheikh!!ubu abaslam bikigihe ntibasura abarwayi kereka iyo arabakire!!!naho rubanda rugufi rwose ntibasurwa ,mugihe aribo bagakwiye kuba hafi!!Allah atworohereze kuko ntibyoronshye
Allah aborohereze, abayobore
Allah akibalu Allah illah llah
Allah atugirire impuhwe
Ntakindi
Inallilah wainaillaih radjiuna
Sheikh benshi barabizi cyaneeee peee!!ahubwo nuko babyirengagiza,ahubwo ngo iyo batabyinnye ntago babitabira!!!,uzabaze abagore benshyi iyo hari umwito wama waidha ngo ntibanona ababitabira!!ariko kiba babikora barabixi ko ari Haram!!!
Ya Allah Iduhe kumva no kumvira 🙏
Aba ni baba slay queen biga Onatracom bamwe bambara za ninja , gloves,namasogisi 😅😂😂😂,bamwe bamaze ingo zabantu ba kina Habiba, Afsanah, Mounnah , Khaddy , Shadia nabandi bomanzi😂
Allah aborohereze cyne🤲🏻🤲🏻🤲🏻
Yewe ntibyoroshye,umukobwa wapfunyikiwe ingoma ntaregama nukurunguruka akagaruka iwabo
Naam ya sheikh ibi bintu umuryango wa islamu mu Rwanda 🇷🇼 warukwiye kubihagarika ni Rubavu ni uko bo banywa ninzoga kumugaragaro ubaze sheikh Omar imam wa madjengo arabiguhamiriza umwaka ushize barabikoze twe turi gusari kuri mangharibi
Umuryango watereranye Abaslamu wigumira mu bureau gusa niyompamvu nibitaraza biri mu nzira😢
Allah azaturinde ibyo bindi ntibizaze tukiriho kuko twazabazwa byinshi impamvu tutabihagarikaga kdi imani yacu yabaye nkeya rwose.
Ya sheikh nukuri pe ibyo uvuze nukuri
Chehk ibyo uvuga biriho pe Niko bimeze rwose
T
Najye sinemeranya nokwikoza isoni kubabyeyi binyonga imbere yukamera kenshi baba arabagabo
Ahaa
Allah azabibahembere kunyigisho nziza kuduha
Abo bigize inshuti za shitani
Sheikh kuki izi nyigisho mutazitanga mu misigiti kenshi kugira bicike
Banasigaje no gutingana
These are home wreckers , kdi ikinababaje mwe aba sheikh ninamwe mubarongora mwitwaje ko bazahinduka subhanaAllah , reba nkibyo bakoze Ramadhan indoa haikudumu hata 3weeks bahita batandukana 😢
ibi byo mufti mushya nabyo abyigeho
😁😁ibi birashaje cyanee rwose bigenda ahubwo bikura hari nigihe kizagera bakazana nababyinnyi bataziko Allah abaho ubwo mwibaze uko bazaba bambaye namwe, njyewe ibibazo cg igihunga nibindi abanyafrica babamo mbona bituruka mumaboko yabo birababaza kumenya Allah ukamenya nicyo yaziririje warangiza ukirengagiza urwibutso mwibukeko aribyo byoretse umah zabanje, abazungu niki baturusha ntuzabona umuzungu washotse ubu buyobe doreko ubu buyobe buganisha nokwangiza umutungo
Abazungu bafite Umuslamu icyo babura ni Shahada !
Ikindi bafite Uburere batozwa n'Ubwenge kdi bakura barya neza naho African bafite Igwingira ryo mu mitekerereze niryo mu magufa!😊
@@NYAMPINGA12 exceeeeeelllenttt mbana nabo rwose ariko 🤝🤝🤝😇umva abanyafrica ibintu babamo 10000000% nibihimbano kugirango uzabone umunyafrica witekerejeho byakugora, naha hanze ushaka kubaho neza wakwirinda société nyafrica rwose kko ibitekerezo byabanyafrica ntanakimwe byakugezaho rwose komera Nyampinga12. Barangiza bakarirango ubukene nkamafaranga uyumukobwa yahawe kombona yayamariye mubabyinnyi ikindi hano niho hava inzangano watanga nka $1 ngo ntacyo watanze kko ibi birori budget yabyo iruta ubwitange abantu bazatanga😇😇
Ahubwo se iyo mibyinire niyo waba wihereye wayibyina , kubyina umudamu kumudamusibibi ariko ahaho ntamuntu muzima wokwigira gutyo mbona
Turi mwidini nziza aho turi umma nziza niko Allah yatwise! Agakomeza akatubwira impamvu turi umma nziza nuko turi imbonera mu bantu igituma tuba imbonera nuko tubwirizanya gukora ibyiza tukabuzanya ibibi. Ahandi kandi na none Allah akatubwira akarahira ku gihe cyi gicamunsi aho avuga ko mwene adamu ari mu gihombo usibye abameye Allah bakabwirizanya gukoresha ukuri bakabwirizanya kugira kwihangana. Nshingiye kuri ibyo rero twe ntidukwiriye kumera nkabandi bari mu buyobe tuvuga ko batagomba guducira urubanza. Ahubwo twemere ko tumaze igihe dukosa dusabe Allah adufashe gukosoka
Nn c nikuriya idini idutegeka gukosora bagenzi bacu
Ko hari Hadith zivuga ko ntawemerewe gushyira undi hanze ngo yakoze iki kabone nubwo waba ufite ibimenyetso
Nubuhe burenganzira bwo guca urubanza ukita umuntu ibirisi kweli ibyo wakoze nta ilimu irimo nukur. Sinzi ngo baragumiwe ese imyaka baba bafite urayiz ko nziko umuntu agumirwa bitewe ni myaka cg ukavuga ko nta bagabo bazabona what kind of this nonsense abagabo batangwa na Allah knd ntibikwiye kubwir umuntu ngo iki cyintu ntuzakibona ese woe uri nde ninde wasabye Allah akamwima
Njya numva bavuga ngo iduwa mbi igarukira nkirayo ejo cg ejobundi bahinduka ark ibi wakoze byo gushyir abantu hanze sibyo
Ubu urabamamaje
Nibatangira gushakwa ngo babashyire mu yandi ma video bakabikora icyaha kizagarukira wowe kuko ubu ura bamamaje
Ushobor kuba ufite aho mwahuriye pe ndabyumva kuko ntiwatekereje kubita ama ibilisi ntakindi biturutseho hari impamvu biturutse kuk mu idini yacu nimba ufite ubumenyi suku rikorwa
Izivido zitarimo bavuko akwiza ibihuha ukurikuragaragazwa
Sinibaza ukuntu umubyeyi muzima yirirwa yandagaza abana babantu hariya wabonye Bari mukabari babyiniraha mubagore
Urabishyigikiye?
Ese user waba uzi icyo umugore wa Luti yazize ndumva ubashyigikiye rwose uburaya koko ubushyize imbere ese ba mama wacu ko batabikoze ntibatubyaye neza.
Nn c nikuriya idini idutegeka gukosora bagenzi bacu
Ko hari Hadith zivuga ko ntawemerewe gushyira undi hanze ngo yakoze iki kabone nubwo waba ufite ibimenyetso
Nubuhe burenganzira bwo guca urubanza ukita umuntu ibirisi kweli ibyo wakoze nta ilimu irimo nukur. Sinzi ngo baragumiwe ese imyaka baba bafite urayiz ko nziko umuntu agumirwa bitewe ni myaka cg ukavuga ko nta bagabo bazabona what kind of this nonsense abagabo batangwa na Allah knd ntibikwiye kubwir umuntu ngo iki cyintu ntuzakibona ese woe uri nde ninde wasabye Allah akamwima
Njya numva bavuga ngo iduwa mbi igarukira nkirayo ejo cg ejobundi bahinduka ark ibi wakoze byo gushyir abantu hanze sibyo
Ubu urabamamaje
Nibatangira gushakwa ngo babashyire mu yandi ma video bakabikora icyaha kizagarukira wowe kuko ubu ura bamamaje
Ushobor kuba ufite aho mwahuriye pe ndabyumva kuko ntiwatekereje kubita ama ibilisi ntakindi biturutseho hari impamvu biturutse kuk mu idini yacu nimba ufite ubumenyi suku rikorwa
@@kettynelly5573 bo ubwabo nibo bishyize hanze kuko biri uploaded kuri CZcams!
Ase ko mbambona aba sheikh bo murwanda muba mwigize nkaho arimwe muzatanga ijuru 😅 mwicishe bugufi kuko simwejuru rizacaho kugira ngo abantu bazaryinjiremo muzabanze mwigire kubando ba sheikh bo hanze murebe ubwo bujajwa ntabwo bajya babwigisha nimugakabye ngo mugaragaze k mwebwe ntabyaha mugira
wowe umutima wawe waramunzwe uratinyutse uvuga ayo magambo ntakibazo ufite kubera amarangamutima koko?
Dawa iri gukora kbsa sheikh komereza aho Barak Allah fikum
Nywa amazi birashira
Walda Allah akworohereze
Alhamdulillah ndabona kuri wowe umuti ukoze kabisa bagukoze aharyana
Walda we!, Umuti uvura urarura nawe ihangane ahubwo ufate umwanzuro wa Kislamu, Sheikh mwe mukomereze aho, kuko abenshi muba badamu bikigihe kuvugira mumigani nacyo byatanga,naho ibyiyi myito y'ingoma byo birakabije cyane pe!.Allahu aturinde.
Wowe nirihe dini ufite ryo guharabika abantu muruhame ujya gucukumbura abantu utazi??? Ugakwira kwiza amashusho yabo?? Mubyo wize nibyo birimo byo kujya mubintu byaba gore urumuntu wu mugabo! Ese urimo kwigisha Cg urimo gusebya??? Wowe idini ufite mubyo urimo ukora nibihe isebyanya shekhe yasin we yego?! Aba shekhe namwe maybe ko mubamuri gushaka za maso views pee! Nimba uvuga ko urimo kwigisha ugatajyira inyigisho usebyanya ukwirakwiza amashusho ya bantu ndumva nawe aho nadini ririmo pe!
Nkumunt wumumeny nago warikubakosorer kur social media warikubashak ukabeger nkumunt ubarush ubumeny utabandagaj knd wicir mugenz wawe urubanz nkumwemer Mana knd niwarigukoresh imvug nyandagaz ngo najur bazabon ngo nabagab bazabon nkah ari oe ubigena
Nibyo byiza kurushaho knd bifasha
@@kayirangabadru6813 bifash ik ubunik bigufashij ncuti
Nta juru nta nabagabo bazabona soma surat Nur aya zibanza urebe uko abantu bashakana nibyo sheikh avuze kuri nabi Ibrahim niko yabwiye umwana we hindura igikingi kirembo.
Kuki utababajwe nuko ari bibi😅
@@user-cl3ho8nn4pushobor gusang abavug bo bakor bib kurush kubyina
Birababaje kweli kuba waba ufite ubumenyi ark bukaba ntacyo bukumariya sinibaza ukuntu waca urubanza nkaho uri umwunganizi wa Allah knd nziko ntawe utunganye imbere ye ndetse na rashly llahi swalallahu arayihi wa salama adatungany gute woe waca urubanza uwo nguwo uri gushyira hanze bishobora kurangir neza ark woe bikarangira nabi ibi. Ntibyemewe mu dini habe na gato wa kwicara ukamwegera uka muganiriza bya kwanga akazibarizwa na Allah
Wigererankije nka phalao wiyise imana kuk ukuntu uciye urubanza bisankaho uri Allah taara
Ukuri kuraryana
Turi mwidini nziza aho turi umma nziza niko Allah yatwise! Agakomeza akatubwira impamvu turi umma nziza nuko turi imbonera mu bantu igituma tuba imbonera nuko tubwirizanya gukora ibyiza tukabuzanya ibibi. Ahandi kandi na none Allah akatubwira akarahira ku gihe cyi gicamunsi aho avuga ko mwene adamu ari mu gihombo usibye abameye Allah bakabwirizanya gukoresha ukuri bakabwirizanya kugira kwihangana. Nshingiye kuri ibyo rero twe ntidukwiriye kumera nkabandi bari mu buyobe tuvuga ko batagomba guducira urubanza. Ahubwo twemere ko tumaze igihe dukosa dusabe Allah adufashe gukosoka
Kettynelly urabishyigikiye koko
Ikibazo kirihe ko muba mwishyize kukarubanda muge mureka babakosore
Iyo uteye ibuye mumbwa imotse niyo uba uhamije😊
Wabera.
Asalam alaikum yego amawayiza abaho pe ariko nawe kubawafata abayisiramukazi Bose ukabadhyira kukarubanda sinzi inyungu ubifitemo wari ikujya kumusigiti ugatanga hutuba ukabigisha nibyo byari kuba byiza kurusha uko utambaza umusiramu kazi kwisi twese byaratubabaje ariko kuri yutubi siyobokamana gutanga ahubwo uradusebya ihangane rwose videwo nkiyo uzayisibe turagusabye ibibintu biba biri ahihererre ariko umuntu wakuzaniye iyi videwo numugome pe Kandi inda ibyara mweru namuhima kubivuga gurya siko kubigisha ahubwo begere widukwiza isi
Asalaam alaikum ww shekhe wee umudamu kumudamu kwishima nakibazo kibirimo ahubwo se wowe ujya gucukumbura ibyabereye aharabagore ute??? Urumugabo ahubwo nawe ndibaza ubikunda niba wifashe ugashyira hanze amashusho yagore gusa namugabo warubirimo naee ufite ikibazo! Ikindi kandi wibukeko bihanirwa gukwira kwiza amashusho yabantu muruhame utabifitiye uburanganzira! Nimunigisha mujye munakoresha ubwejye pee! Ibyo wibwirako urigukora kwaribyo bizima wibike kowenda ibyo wangije aribyo byinshi!
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuhu nutihishira Allah ntazaguhishira ABA ntibihishiriye niyo mpamvu bagaragajwe ubwo nimba harimo umugore wawe umuburire kuko ejo bazanabipfiramo ntamaranga mutima mwidini Kandi iyo utaza hano kuri dawa TV ntabwo warikubimenya twisubireho twicuz bijyishoboka
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuhu nutihishira Allah ntazaguhishira ABA ntibihishiriye niyo mpamvu bagaragajwe ubwo nimba harimo umugore wawe umuburire kuko ejo bazanabipfiramo ntamaranga mutima mwidini Kandi iyo utaza hano kuri dawa TV ntabwo warikubimenya twisubireho twicuz bijyishoboka
Asww
Iyividio atayishyizemo bavugako akwiza ibihuha ukuri kuravugwa
Nibabashyire hanze basaza bacu baba diaspora bababone kumugaragaro, kuko aba hano barabatobanze barabahaze, ahubwo baririrwa basenya ingo zaba vacancies
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuhu nutihishira Allah ntazaguhishira ABA ntibihishiriye niyo mpamvu bagaragajwe ubwo nimba harimo umugore wawe umuburire kuko ejo bazanabipfiramo ntamaranga mutima mwidini Kandi iyo utaza hano kuri dawa TV ntabwo warikubimenya twisubireho twicuz bijyishoboka