Umuti wo

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 21. 06. 2024
  • Waba ufite umwana unyara ku buriri arengeje umwaka n'igice? Waba witegura kubyara? Waba uzi inshuti cg umuvandimwe ufite umwana unyara ku buriri byananiye kumufasha ngo bihagarare?Waba uzi umwana wenda kwicwa n'inkoni kubera kunyara ku buriri? Waba uri umwe mu baganga bafasha abantu ukeneye tekinike zo kwifashisha? Kumva iki kiganiro biraguha amakuru yose yatuma wifasha cg ugafasha abandi. Turagushimiye.
  • Zábava

Komentáře • 17

  • @MukasangwaLossa
    @MukasangwaLossa Před 23 hodinami

    Ese Hari imiti yihariye umwana yafata usibye izongamba

  • @lucieuzamushaka4360
    @lucieuzamushaka4360 Před 18 dny

    Waramutse neza muga! uwanjye afite 13 kandi nawe biramubangamiye cyane,kuko aba muri internat abandi baramutoteza cyane!nakora iki buriya?

  • @bernardtity6708
    @bernardtity6708 Před 18 dny

    Waramutse neza? Igihe azagaruka muri vacance, uzakoreshe ubu buryo bwose twavuze muri iki kiganiro. Mu gihe bitarahagarara, ngewe najya inama ko mwashaka uburyo yakwiga ataha kugirango mu mwiteho cyane kuko bigoye cyane kureka kunyara ku buriri uri mu bantu bagukwena, bagutuka, batakwitayeho, kdi unafite stress y'amasomo. Igihe bitaba bibashobokeye kumubonera ishuri yakwiga ataha, mwafata umwanya mukajya kuganira n' abarezi be, mukabasaba ko bamufasha akajya yubahiriza izi nama. Murakoze cyane kuri iki kibazo cyiza.

  • @jackymahoro726
    @jackymahoro726 Před 12 dny

    Ndahamanya namwe mubyo mutubwiye byose💪 kandi Murakoze cyane tugiye kubahiriza Inama mutugiriye🙏

    • @bahosmileinstitute4801
      @bahosmileinstitute4801  Před 12 dny

      Urakoze cyane nawe rwose. Tugushimiye tubikuye ku mutima uburyo uduteye umwete wo gukomeza

  • @tuyishimerebecca8666
    @tuyishimerebecca8666 Před 18 dny +1

    Murakoze , Kandi inama zanyu ziradufasha

  • @user-lk6jy4jj6v
    @user-lk6jy4jj6v Před 18 dny

    Murakoze cyane ku mama zanyu!
    Mukomereze aho kuduhugura

  • @NiyondoraGenevieve
    @NiyondoraGenevieve Před 16 dny

    Dukeneye kumenya niba nta muti unyobwa wavura kunyara ku burrito.

  • @twagirimanaremy4832
    @twagirimanaremy4832 Před 13 dny

    Izi nama ziradufashije, hari abantu benshi tutari tuzi icyo gukora ariko tugiye kuzigerageza

  • @joannah128
    @joannah128 Před 17 dny

    Urabeshya pe.
    Ubuvuzi bwawe ntibwumvikana.
    Ngo kumushyiriaho alarm?
    Ubwo koko urumva ushyigikiye kumukangura?
    Ingaruka zo gukura umuntu mu bitotsi burya ntabwo uzizi wowe?

    • @bahosmileinstitute4801
      @bahosmileinstitute4801  Před 16 dny +1

      Uraho neza? Tugushimiye ko wagize umuhati wo kumva iki kiganiro. Ndetse no kumva ibyo wise ko ataribyo. Ariko nibyo rwose ndabishyigikiye kandi ibyo tuvuga bishingiye kuri #science ntabwo ari igipindi. Umwana unyara kubiri ni byiza cyane rwose kumushyiriraho alarm imukangura nibura buri masaha ane kugirango ajye kuri toilet noneho gahoro gahoro bizatuma amenyera kutanyara ku buriri ahubwo yibyutse. Ni byiza kandiko ababyeyi babigiramo uruhare kuko hari n'igihe yavuga ntabyuke. Mu bihugu byateye imbere bagira ibitwa "Alarm Therapy" aho bamwambika icyuma kimenya niba uruhago rwenda kuzura kigasona akabyuka. Ariko iwacu ntabwo biragerwaho bityo dukoresha uburyo bushoboka. Nukuri rwose wakoze cyanee kuzana iyi debate turabigushimimye tubikuye ku mutima.
      Niba wumva icyongereza nakurangira ubu bushakashatsi nshyize hano munsi, kugirango ubone amakuru arambuye kubyo gushyiraho alarm nicyo ubushakashatsi buvuga.
      www.frontiersin.org/journals/urology/articles/10.3389/fruro.2023.1296349/full
      www.ncbi.nlm.nih.gov/pmc/articles/PMC8453315/

  • @NiyondoraGenevieve
    @NiyondoraGenevieve Před 16 dny

    Dukeneye kumenya niba nta muti unyobwa wavura kunyara ku burrito.

    • @bahosmileinstitute4801
      @bahosmileinstitute4801  Před 16 dny

      Turagushimiye cyane kuri iki kibazo cyiza. Nkuko twabisobanuye, umuti unyobwa utangwa ushobora gutangwa igihe icyateye kunyara ku buriri ari uburwayi bw'umubiri. e.g. nko kubura cg kugira umusemburo muke witwa ADH, kugira uburwayi mu nzira y'inkari. Ibyo byakwemezwa na muganga ubifitiye ububasha (Urologist). Ushobora gutanga umuti kandi igihe ikibazo umwana kimutera kunyara ku buriri/ cg umuntu mukuru giterwa n'uburwayi bwo mu mutwe nka depression. Ibyo byemezwa n'umuganga ubifitiye ububasha abaze gusuzuma (Psyhologist/psychiatrist). Ariko rwose inshuro nyinshi kunyara ku buriri biba ari impamvu zisanzwe cyane cyane kubura affection, gukwenwa...Ukurikije izi nama byakirira.

    • @bahosmileinstitute4801
      @bahosmileinstitute4801  Před 16 dny

      Wasoma iyi nyandiko niba wumva icyongereza kugirango igihe wajya kwa muganga wamenya niba iyo miti bayifite. Murakoze