Impamvu n'ingraruka zo kuba mu rukundo/muryango

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 6. 07. 2024
  • Ni kenshi abantu bisanga mu rukundo rubavunisha, bagasa n'abakora bihohora, abacakara b'urukundo cg b'umubano. Ese ibi biterwa n'iki? Ese ibi bigira ingaruka zihe ku buzima? Kurikira iki kiganiro. Menya neza ko kumenya impamvu biri mu bituma ubona n'umuti wabyo. Murakoze.
  • Zábava

Komentáře • 2

  • @christinen8291
    @christinen8291 Před 8 dny

    Ibyo uvuze byose ni njye😢 nabibayemo imyaka 17.nagerageje kwiyahura inshuro nyinshi. Byanteye kwanga abagabo bose aho bava bakagera.abagabo nabagome ,mfite ubushobozi nabashyira muri gereza ya burundu. Bakazapfirayo bose.

    • @bahosmileinstitute4801
      @bahosmileinstitute4801  Před 2 dny

      Murakoze cyane kubw'iki gitekerezo cyiza. Gusa nagirango nkubwire ko ntabapfira gushira. Ibuka neza hari abagabo bakiri kwa muganga bavura bagatuma abantu babaho, hari abagabo benshi bakora ibyiza bigamije impinduka nziza. Iyi si ifite Milliyari 4.08 billion by'abagabo. Ni ukuvuga 50.2% by'abatuye iy'isi. Umuntu waguhemukiye ni umwe muri aba ariko byashoboka ko nuwatumye usohoka aho ari umugabo. Ongera mama ufungure amaso neza, urebe abagabo hirya no hino uwo umwe waguhemukiye ntazamire ineza y'abandi bagabo bariho.