Numenya IBI BIHE 5 URUKUNDO RUNYURAMO, nta kizahungabanya urukundo n’urugo rwawe!
Vložit
- čas přidán 15. 12. 2019
- Urukundo runyura mu bihe bitanu by'ingenzi. Ibi bihe, abakundana bashobora kubinyuramo batararushinga, cyangwa se bagatangira kubinyuramo baramaze kurushinga.
Uko byagenda kose, kumenya ibi bihe bitanu no kubyitwaramo neza, bituma urukundo rw'abantu babiri bakundana cyangwa babana rusagamba, rugashora imizi.
Mu gihe kandi babinyuzemo nabi, rimwe na rimwe kubera kutamenya cyangwa kutabyitaho, hari igihe biganisha ku gusenyuka kwarwo cyangwa kuri gatanya.
Fata umwanya wo kureba iyi videwo witonze, kuyisesengura no gusobanukirwa ibihe bitanu urukundo runyuramo kuko bizagufasha mu buzima bwa buri munsi.
Urakoze.
Kanda subscribe.
Ibuka gukora share.
Murakoze cyane kubwimana nibitekerezo byanyu mudahwema kuduha kubijyanye nueukundo Nasabaga ngo muzatubwire uko umuntu yakwitwara kumukunzi we igihe akunda kurakazwa nubusa ntampamvu bikamutera kuvugana nabi .
Ndagukunda cyane Emma uraduhugura pee ❤ Imana ige iguha umugisha
Umugore wanjye aranshimisha bihebuje ntawundi nakenera bibaho.
Uratwubaka pe imana ijyikongerera imigisha itagabanyije ni orelie gisenyi
Murakoze cyane nukurijye murapfashije kbs 😭
Urukundo ni rwiza ariko hageze gushwana wumva wabivamo burundu
Shangazi imana ikuzigame ikomeze nokukuha Ubundi bumenyi bwishi
Merci, merci et courage pour les encouragements et les conforts, uha les couples. Ukwiye Champagne muriyiminsi mikuru. 🙏
Urakoze cyane shanga
Urakoze cane kukiganiro wadukoreye
Urakoze cane.tweho twibereye mukuvumburana kwaka umuriro nsinzi ko bizodusiga amahoro
Ndagushimiye bikomeye cyane kuko wateguye aya masomo abiri akurikiranye afite byinshi asobanuye kuri ngewe gusa ndakunenga kuba utabasha gusubiza ubutumwa kuri facebook gusa aya masomo arimo kugera ahantu
good
Yego mana wagirango urerekwa reka ntegereze ko nzongera nkamukunda🤣🤣🤣
Uraberewe shangazi
Urashoboye pe
Aha rwose ndumva noneho harimo ubutumwa bumfashije pe
Uvuga ukuriii peee umengo umvuzehoo😂😂
💞💞💞💞
Urakoze
Shangazi we njye ndabona noneho urwanjye rugiye gusenyuka kuko ibibihe turimo ntibyoroshye.
Muvandi Ihangane twese ibyo bihe tubicamo ariko ntamvura idahita nibikunda tuzahure tuganire.Urugo rwawe Ruzaba Ijuru rito nzakumenera Ibanga Rizakubakira uryoherwe n'urukundo kuburyo utigeze utekereza
kbsa uvugishije ukuri
Uri umwigisha mwiza !
Shanga urakoze caaane gose mpise mbona periode ndimwo ndazi ko bigiye kudufasha
so we broke up because we were on the second stage🙄wtf
S'il vous plait madame. Ndagusavye ncuti yanje uzibterefone kuri 2074500536. Ndifuza ko tuyaga ibiganiro nkivyo kuko biramfasha cane thank you and love
Shangazi nakanjye yisinga ibintu kumunwa byumukara wp sibyiz ahubwo yareba irindi bara umukara simwiza p nukur.
Ni choice ye
Biramubera
Ntarib icyangombwa nubufash aduha💚🙏✔️
Placide Niyonsenga biramubera
Ese bibahokoko gushakana numuntu mutarigeze mukundana byibuze 5 months?
Wambaye neza cyane