NTUCIKWE: Aborozi b'inkoko n'andi matungo ibi biryo ntibisanzwe/ Uko bikoreshwa n'umusaruro bitanga
Vložit
- čas přidán 17. 06. 2021
- Aborozi b'amatungo yose kimwe mu bibazo bafite harimo ibiryo by'amatungo yabo, Dr Emmanuel Asobanura ko igihe kigeze ko izo mbogamizi ziva mu nzira aborozi bagakoresha ibitabahenze.
Ubwo twamusuraga, yatweretse uburyo ibi biryo yikorera abivanga n'ibisanzwe bikoresha bigafasha mu kuzamura intungamubiri zikenewe ndetse n'ubushobozi bw'amafaranga bukagabanuka
Niba nawe wifuza ko tugusura tukagera ku bikorwa ukora waduhamagara kuri 0788685090 cyangwa se0737079035 tugakomeza guteza imbere twese hamwe ubuhinzi n'ubworozi bubyara umusaruro.
TWIWIBAGIRWE GUKORA SUBSCRIBE unakande ku kazogera kugira ngo amakuru mashya ajye akugeraho ako kanya.
Murakoze
Dr. Dukeneye nimero ya Tel. ye
Iyo mutaduhaye Numero ze za phone ngo aduhe imbuto, iki kiganiro twe tureba ibiganiro byawe ntacyo uba utumariye mubyukuri.
Ese ko nshaka nomero ya muganga?
Mfite inkoko 10 gusa ese wangurisha arge kurangahe
mukomere cyane agroco tv, muduhe addresse z'uwo Docteur kuko azatugirira akamaro twese abanyarwanda. Thanks
AGROCO TV KUKI MUTADUHA ADERESI Y'UWO MUGABO, TELEPHONE YE
Akorera he
Mwaramutse muduhe nimero zuwo mworozi dushaka kumusura twamwigiraho byishi
Nkeneye contacts zawe Dr.
Kuko ndashaka kugusura tukaganira.
Número yanjye ni 0788504919.
Thanks.
Turashaka inkoko
Naziduhe izonimero
Mujye mutwakira Numero murakoze
argue wazigurira he?