Gusubiza Rutagengwa. Mujye mwitondera abanyabinyoma baba Pastor bababeshya kugirango mudashaka ukuri
Vložit
- čas přidán 12. 11. 2022
- #Rubangisa_Sulaiman #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Allah ajye abongerera ibyiza n'ubwenge n imbaraga.
❤ Ok
Murakoze kumunsubiriza yari yambabaje
Asarm arayikum ndimuying iburund uwumunyamakur barikumw muzamutumeh mumusigurire Iman ibongere
YESU ARAJE AZAHAGARARA MUBICU AMASO YOSE AZAMUBONA AMAVI YOSE AZAMUPFUKAMIRA INDIMI ZOSE ZIZATURA KO YESU ARUMWAMI NTUZABIHINDURA NIKO BIRI 100/100
Uyu mugabo naze yigishwe amenye areke ibihuha hato atazahura nibihano bya Allah
Uriya mugabo ngahunda ariho niyo kudusebya ariko ntiyasebya izina rya Allah ngo agire amahoro isilam nidini ritarimo igihimbano
Jazakallah thair
Assalam alaikoum warahmatullah wabarakaatuh!!sheikh,Si wanyu numugabo cg umuhungu uvukana na Papa wawe!!!!hanyuma umugabo uvukana na Nyogosenge,ariwe mushiki wa Papa wawe yitwa Nyokorome!!shukran Allah abongerere,mukomeze mujijure izo njiji
mwakoze cane gusubiza iyo njiji yu mukristo ngo ni Pasteri Rutagengwa
Allah Abishimire abahe byose byizaaa nukr murasobanutse
Manshallah Mirasa neza
Mura munsubirije pee ndishimye yari yambabaje peee nyagasani abongerere ❤
Muravuga ubusa YESU CHRISTO UMWANA WIMANA AGIYE KUGARUKA AZAHAGARARA KUBICU IJISHO RYOSE RIZAMUBONA KANDI NIWEMUCAMANZA WABOSE NTA₩BWO WAVANAHO
Ubwose bamusubije iki koko hhhhhhaaaa
@@irakoz3etechofficial woe uri dajyee
@@chrismugisha8665 warasaze
asalam alykum www abo biyita aba pasteur nabateka mutwe baba bishakira amaramuko ababeshi nizo mamvu abakristo bayovye
Uwanyereka umunyamakuru urikumwe na Rutagengwa nawe tukamureba rwose ukuntu akora akazi Kd ntabumenyi rwose uwambwira icyo azamarira umuryango we birababaje ukuntu abantu batunzwe nibinyoma
Ahubwo uwo Rutagengwa yajy imbere yubutabera akabazwa iryosebanya nabyo ni ukurema urwango mubanyarwanda Kd bihanirwa namategeko
Allah amworohereze amuhe umutima wokwiga ibimufitiye akamaro areke gusebanya amukuremo umutima wamakimbirane
Ark Imana ntago bayiga ahubwo barayimenya
Ikindi abantu bakwiriye kumenya Ni uko iyo usebya ikintu , utuma abantu barushaho kugikoraho ubushakashatsi bakarushaho kugisobanukirwa. Nibakomeze basebye.
Impamvu bamutumira akanga kuza nuko azi neza ko ibyo avuga aribinyoma byambaye ubusa azaze hano tumubone
Bishop ntanubwo azi gusoma kiswahili kuko nibisobanuro atanga ntabwo abizi ,uwo Bishop Allah azamuyobore kuko ibyarimo ntabwo azi
Nsomye kuruwo murongo wo muri yesaya 29 ,koko Muhammad yarahanuwe ariko kubantu biziba amatwi ngo batamenya ukuri,musome Icyo give cyose ahari mwakizwa muramutse muhishuriwe
Urakoze cyane muvandimwe Isaie kuba utarahwemye gukomeza gukora ubushakashatsi kubyavuzwe nabaislam Imana ikomeze iguhe umugisha ndetse nimbaraga zogukomeza gushakisha ukuri
*Vuga (yewe Muhamadi) uti “Uwaba ari umwanzi wa Malayika Jibril (kubera ko ari we wakuzaniye ubutumwa), mu by’ukuri (amenye ko Jibril) yayimanuye (Qur’an) akayishyira mu mutima wawe ku burenganzira bwa Allah, kugira ngo ishimangire ibyayibanjirije (ibitabo), ibe umuyoboro n’inkuru nziza ku bemera.”*
Vuga uti " uwaba ari umwanzi wa malayika jibril, mu by'ukuri yayimanuye akayishyira mu mutima wawe kuburenganzira bwa allah, kugirango ishimangire ibyayibanjirije, ibe umuyoboro n'inkuru nziza kubemera.
Mansha Allah Allah akomeze abishimire ❤️
Abahinduye quor' an mukinyarwanda nibo baduteje ababagabo ububigize abamenyi bayo kumbaraga
Yatubwira omuntu umwe gusa yichiwe mumsigiti muri genocide
Allah akbar ❤
Abakristu mujye musoma ibitabo mwitonze ibyo mudasobanukiwe mubaze mureke fanatisme niba avuga ukuri azaze hano kuri Dawa Rwanda abivuge ku mugaragaro kuki bamuhamagara akanga kuza umunyamakuru nawe yanga kuza niba biyaminiya bazaze hano tubahe urubuga babisubiremo imbere yabasilamu
Icyiza nuko mwemera ko Kristo ariwe Jambo w'Imana ' nimukomeze mutandukanye ijambo na na nyiraryo muzahura n'akaga gakomeye, ikiza nkundira Imana nuko umuntu yamuhaye amahitamo , naho guterana amagambo ntibyatugeza mwijuru
Bishop mumumenere umuceri akure amacakubire aho
Harukuntu ureba mumaso yumuntu avuga ugahita umubonamo ibinyoma gusa.Allah bavandimwe niwe uyobora.azaturinde gusubira inyuma.sinzi niba rutagengwa namusabira ko Allah yamuyobora kuko mpamya ko ukuri bagufite ahubwo bashaka gusebya ubusilam gusa.ariko twarajijutse ntagotukiri abokubeshya.suko uzabona abayoboke wapi.kdi ibyiza birivugira.nkunda abasilam bagira urukundo ibikorwa byiza......
Alah ni ikigirwamana cyahoze muri arabie saudite mwebwe kuba yarababwiye ukuri mukabyanga mukomeze inzira yanyu yubuyobe ariko ni umuriro muri kwiyakiriza muwenyegeza ngo muwinjirero sawa reka tuve mu magambo kumunsi wurubanza muzicuza kwanga guca munzira y'ukuri
ALLA abongerere ubumenyi nonese rutagengwa mwazamutumiye nkuko mutumira abandi
Uwo Mugabo Ndumva Ibyo Yavuze Byarabacumise Mumitima.Rero Namwe Mushingiye Kubyo Yavuze Niba Muri Abanyakuri Nimwerekane Ukuri Mudasebanije
❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Muri iyi video kuri 1:49:29 aho mwasomye Luka 19 : 27 ntabwo Yesu yivugaga yacaga umugani w'umwami, numusome ibibanza. Yego uwo mugani wavugaga ku bihe by'imperuka ariko muri kubishyira out of context. Uretse ko n'ibindi byanditswe byo muri Bibiliya mwakoresheje byari uko aho musoma umurongo umwe mutitaye ku bibanza n'ibikurikira, mukawukura muri context yawo, kugirango muwuhuze n'ibyo mushaka aho kuba ibyo uwo murongo usobanura muri Bibiliya.
Vamubuyobe usome nezaaaa uzabona ukuri saba Imana iguhe umutima wogusoma ukamenya ukuri uzakubona rekagukurikirwa namarangamutima yae
Uri out of context woe
Ndabona uyumugabo yarazanywe nogusenya islam,ariko ntimugire ubwoba ahubwo arikuyamamaza.arigutuma turushahokuyikunda
Ahubwo ibyo atazi bible izamushinja kumunsi wimeruka nakayibeshyer
Ibibintu bya ba pasteur RMC ibikurikirane Ku kobizakurikiraho kuba bakwiya mbika idiini ba kicya abantu bakiyitirira idiini
Ariko kuki igihe umuntu yarenze imipaka hatitabazwa inzego za leta zireberera abanyarwanda muri rusange. Ntimugashyigikire ibibi. Ururimi Rubi Ni nk'uburozi.
Ariko narumiwe umuntu nvuga ukuri ntimukamuteranire Nonese mwebwe mutemera yesu kristo nimwe muvugukuri
Sha mugiye gutuma nkurura
App ya koro ani pe
Sheikh uwomugobo mukore ibishoboka Cyn mwikicara muharanire ukuri kwimana nuko intambara itangira
Amahoro bavadimwe mubwire koyesu yasengeraga abantubatewe nabadayimoni mwebwe mwemerako abadayimoni abaho ese mwebwemwabasengera mukamenyako arabandayimoni
Uwo mugabo nikijuju.Mumurondere mumwigishe.Hama nashaka mpanure aba kirisu baze barareka gukinishwa.Abakirisu bafatwa nk'ibijuju.
Uyu mugambo ibyo avuga ntabwo yigisha abantu ahubwo na machakubiri ashaka kuzana .ibyo avuga byose nta nakimwe kili murikoroani.uyu mugambo ntashaka kuvugisha ukuri ahubwo we inda niyo imuvugisha.umugabo nkuyo uvula atukana nta nuburere afite.imana izakubaza uko Wigishije abantu .ntugira nu bwoba kuvuga ibinyoma mu zira yi mana.imana ikubabarire..rutagegwa uri gicucu kweli.uyu muntu mumwigishe ntabwo yigeze yinga .nukwiha amapete adafite nu mwana ibyo uvula ntiyabivuga .huyo mugabo ateye isoni. Nikigocyi kweli.cyewe na verefiye saga ntibirimo ibyo avuga .sizi ibyo avuga abikura hehe.nu ngufodafoda.
NIMUSABE UWITEKA ABAYOBORE INZIRA HAKIRIKARE MWABAGABOMWE NDABABWIZA UKURI PFUKAMA USABE IMANA UKUHISHURIRE YESU CHRISTU UWARIWE::NDABAKUNDA SISHAKA KO MURIMBUKA
Ariko uyu mu pasteur nuyu munyamakuru,ahubwo bafite ikibazo gikomeye cyo mumutwe!!!kuko ntamuntu muzima wakwihandagaza akavuga amateshwa nkaya,kumugaragaro
Ese ninde wabagize abacamanza? Inama nabagira nimwigishe abantu bareke ibyaha basenge kuko umunsi wurubanza uri hafi, kandi Kristo niwe uzahagarara kuntebe yurubanza kuko Imana yamuhaye ubutware bwose
Ufite ikibazo
kuki mupfunyikira abantu mubabeshya ko Rutagengwa akoresha koro ani mwebwe ntimuyisome urugero
umupadiri mwavuze ko yavuze ko muhamadi azaba intumwa uwomurongo urihehe
mujye mureka gupfunyikira abantu amazi
Hadjiii yasomaaaa imirong ya Bible na Qor'an abiz adategwa ndifuriza abanu biyitirira ngo na ba pastrer bazanushake abinjyushe kuk abarusha Bible yabo peeee nukur Hadjii ndamukunda azikwinjyisha rwose peeee aba Dawat bose Allah azabamper Aldjana abahe kubah neza ahaaa no kumuts wimperuka
Ese ahubwo kuki islam itamurega kubiba urwango mubantu ibi bintu ndumva bikabije pe
Sheikh huyo shetan kwanini asichukuliwi hatuwa yakisheriya mumush.taki ash.takiwe huyo laana naomba mfanye hivo achukuliwe .apewe funzo
Uwomugobo muzamurege mubuyobozi arikurema urwango
Nukurema urwango se gute muba Christu naba Islam? Kuvuga ukuri bitandukanye no kurema urwango? Mumve ukuri mureke gutsimbarara ariko ikibibatera ni amagini abuzuye kuko ntiwagera kuri izo title zanyu udafite amagini muri islam
Umwami Yesu Kristo ahabwe icubahiro kubwa Bishop Rutagengwa kubwo kwerekana ibinyoma vya isilam. kuko tubaravye ivyabo biteye amakenga
Jyewe sinamutega amatwi kuko mumvugoze arabongama rwose plaster nakuri kumurimo ajye amenyako abeshi twabanje mubukirisitu ntakatuyobye
Muzadusubirize n’uyu muntu In Shaa Allah. Turambiwe abantu bagenda basebya Islam banabeshyera Qur’an: czcams.com/video/rE5xhMuEqRM/video.html
Ese yayimanuye nka za nkware? Ko muhamadi atazi kwandika, ninde wanditse?
Ase bibiriya yaba ivuga iki kuri muhammad ushaka kumenya idini yukuri irebere nawe czcams.com/video/SdhNasQqhOU/video.html
Muracuriki jambo
Islam igomba gutanga ikirego muri RIB uwo paster agaragaze ibimenyetso byuko batekesha ipirawo amazi yimirambo nizereko bitarangiriraho pe mwaba mudusuzuguje
Rutagengwa n umugabo pee.muriko mubesha mwaba islamu nivyabindi shetani yabahumye amaso,mufise amaso,ntimubona,mufise amatwi ntimwumva
Ese muhamadi yize he? yiga iki? kuruhe rwego?
Abantu babagabo bicazwa nokuvuga ubusa😗Ntakintu Rutagengwa yavuze wubwe ahubwo ibyomumushinja ni coroan yanyu yabivuze namwe murabizinezako murikubeshya abanyarwanda
Ubwo ubuze iki koko nkawe
Ntabwo ari ubusa , muvandimwe nuko nawe uri mu bataramenya ukuri. Iyo ukiri mu bujiji niyo ubonye cg ukumva ibikorwa cg ibivugwa na bajijutse , ntacyo ukuramo.
Ariko mwajya muba inyangamugayo abigishije babeshye iki kigaragaze
Huuu!!l ko ubirakariyemo se???
Imana yonyine niyo iyobora uwo ishatse ikanaduha kujijuka no kumenya ukuri aba bavandimwe babeshyera Islam ntacyo mwakora kugirango iveho cyangwa ukuri kubure kumenyeka byose ni kububasha bwImana ndetse nta mu Islam uzaza kubatuka cywangwa kubabeshyera tuzabanira neza nkuko Allah abidusa I'm Muslim Alhamulillah inzi uburemere bwikinyoma imbere y' Imana
Ndatangajwe na babashehe batemera Qur- an 9:111 3:142 8:39 5:51 nimwizere Yesu muronke ubugingo buhoraho
Qoran ntabwo imeze nka bible mugenda mujogoramo imirongo bitewe namaranga mutima yanyu . Iyo usoma qoran usoma inkuru yose kandi umurongo usobanura uwundi qoran imirongo yayo ntivangavanze kuburyo ukuramo uwo usaka ahubwo usoma inkuru yose kugirango umenye icyo umuru usobanura byukuri . Bavandimwe batrisitu mureke mureke kujonjora imirango muri qoran kubera ntabwo muzi uko yanditse kandi ntimeze na bible yuze yemo akajari .
Ni mumureke ntazi ibyo avuga ni ukugirango abikure mu maboko
Rutagengwa nimumureke ivyo yavuze vyosu nukuri kuko yabisomye muri Qur- an Abo bababajwe nivyo yavuze nibihangane ntakundi kuko UKURI kurababaza
😳😳😳😳😳😳 ntacyo umurusha uri nkawe ni mukanguke mureke kubangikanya Imana ni ibyo yaremye
Cor an arayizi?muvandi ninjiye ubuyislam nkuze,mazekubonako islam ari ukuri nakoze ukoshoboyekose nigisha data kuko niwe nagiragagusa.iyo namubwiraga kubuyislam nasozaga mubwirango data,ndagukunda,islam ijyana mumuriro sinagushishikariza kuyijyamo.kdikoko!sinabyaranabanango bagemo!nabarekankarimbukajyenyine.ariko kuberako islam ari ukuri nifuzako nuwonkundawese yaba umuyislam.usakore ubushakashatsi ntamarangamutima uzamenya ukuri.icyonzicyo wahita uyoboka.ese wibwirako abapasteur cg abapadiri natwemurirusange twinjira islam tutamenye amakuru kuribwo?
Avuga ukuri kuhe x ko abachristo muriyi minsi biharaje ibintu byo guhimbira Islam
Ndabagaya cane rwose, ni mureke gutukana,ahubwo ni mu defendez votre religion kuko asoma korowani ntabwo Ara amajambo yiwe bwite!!!nimuduhe des preuves convaincantes,intumwa ntabwo itorwa na padiri,Garagaza aho abesha bishop kugira tubemere mwa aba islamu. Yabeshe heheee?
Islam niyo ntandaro y'iterabwoba Ku isi
Nikoo babigishije kbx.
Ibisasu bya Nagasaki Ni Hajj wabiteyeyo se?????
Alishabab, alkayida, Islamic state, nizindi ntavuze zose zakomotse kuri Islam, ubihakana nansubize
Ubivuga ubikuyehe ubifitiye gihamwe?
Hahaha we !!! Ufite intambara ikomeye kko ntuzahasha gusenya Islamu
Hahaha we !!! Ufite intambara ikomeye kko ntuzahasha gusenya Islamu
Genocide 94 ?????????? Nayo ni Islam🤣🤣🤣🤣 Allah azakuyobore muvandi ntimukabike inzika nurwango ku Mana kuko niwowe uba wihuguza jya umenya amateka unasobanukirwe va mukigare czcams.com/video/n4RpWltL8fs/video.html
czcams.com/video/n4RpWltL8fs/video.html
Fungura iki kiganiro wuve ukuntu abaislam bakora iterabwoba🤪
Uriya mugabo ngahunda ariho niyo kudusebya ariko ntiyasebya izina rya Allah ngo agire amahoro isilam nidini ritarimo igihimbano
Ubuse Icyo mushinja rutagengwa Niki? Ahubwo namwe nimwakire Yesu kuko namwe yarabapfiriye mureke kwinangira
Yaradupfiriye nonone iyodupfuye x tubatugiyehe
@@Abdourkalim_knowless uyu mubiri twambaye ntibishoboka ko wabona Imana niyo mpamvu upfa ariko twe abizera tuzambikwaundi mubiri udapfa ,Izere Yesu Ibindi uzagenda ubisobanukirwa buke buke
Natwe tuzawambara nyine arko ngoyaramfiriye ibyontibibaho yaramfuriye sinajyampora numva abapfuye ubundise uzambikwa umubir udapfa ryar kand uzaba warapfuye