Ariko Veve yagiyehe ko hari udu scene mbona ya kwa actingamo neza akaba atakigaragara. Sinzi impamvu nketse ko ariwe wabwirwaga muri ya Episode yasaga nkincyurira uwavugaga abandi muri Papa Sava😂😂😂😂
Indaya abatazizi ni uku bigenda. Ubundi se umugore nk'uyu mwabana? Cyakora kujya gusezera na byo ni umuco mubi. Bagiye basezeranaho kera (usibye ko na byo atari byiza), ntibarindire ku munsi w'ubukwe? Ese ubundi ibi byo gusezera byavuye he, babivana he?
Papa sava akantu ashyizemo ka icara wige ohhh ky2 wabagayi nawe yashimye papa sava rwose ibi nibyiza papa sava best creater 👏👏👏
Uwa mbere hano...
From Burundi 🇧🇮
Ati kujoginga nukugira gute😂😂😂enewe Fofo uransekeje....abakobwa rwose iyo bari hamwe😂😂😂
Inshuti yawe niwe mwanzi wawe koko mbega Fofo.Harimo inyigisho😮
Fofo ubundi uwo munwa wawukuye hehe madederi yakwanduje umunwa 😂😂😂😂
Kidomange mujye mumukure munkundarubyino mumuhe Role zabamama😂
Sumukobwa c???
Iyi episode ni sawa, singombwa ko Niyitegeka azajya agaragara muri episode zose.
Papa sava nubwo iyi film ariyawe ariko rimwe ujyureka abakinnyi bawe bakine bonyine ahubwo uba direct
Subukoko inshuti nyanshuti umuntu azaza azibwirwa niki koko😢😢😢😂
Igisiga cyamuneye ku mutwe🤣🤣🤣😊
Fofo azafungure youtube channel ye wa
Madudu she is very nice actress ❤
Hejuru cyane
Fofo umwana mubi sana 😂😂😂😂mutu mubaya urab ib wakiny ntibiz bigushikir mubuzima woba umenje
Ako mana ka Sasa nikeza uúuuuu😋
Sasa sha beautiful kba
Mbega ubujajwa bwa fofo mana yange.. Uzi ko Hari abantu bameze kuriya neza neza😂😂
Mana yanjye amashusho aragaragara neza peeee 😘😘
Nomber 16 mumpe like
Gutwara inda ukiri ku kiriyo hhhh mbega Fofo😝😝ku kiriri
Ariko narugaba aba yahuze gusa sasa cute❤❤😂
Waaaoohh mwakinye neza cyane. Mbe nyene papa sava, Uwo mwigeme yambay, umupira w,umweru, aza yarishyuye muri "Subiza"? Yitwa bamwita nde mu buzima busanzwe?? Akina neza.
Ntabwo arasubiza.
Ariko papa sava ùzambarize Manou kandi azansubize mubuzima busanzw akora iki😅
Fofo aremeye biramwahagiza😅
Kidomange na Fofo ni bya makuzungu kweli😂 category E
Mbega umutipe mwiza nanjye ndamukunda mbanza yitonda
Cyakora fofo iyi role arayishoboye😂😂
Mbega urushako
😂😂😂utunyashiduto nibinyashi binini😂😂😂❤❤❤papasava ubahwa❤❤❤🎉
Muri bose Sasa niwe mukobwa mwiza setu.
Kidomange arakuze cyakora😅😅😅😅😅😅
Ka Sasa Ni keza
Afite amenyo agerekeranyee😂
@@Ibra_001woe x ufite ameza ikilo ugurisha angahe?
@@jeanfxjeanfx ko ubirakariyemo se bro!
@@Ibra_001 Oya mugabo si ukurakara ahubwo buriya twese twisesenguye wasanga dufite intenge,,,,so we try to be positive minded
@@jeanfxjeanfx yego nibyo ariko kuza ugahita usubiza kuri comment yange uba ubangamiye uburenganzira bwange bwo gutanga comment nisanzuye, ahubwo numva wowe wari kwandika indi iyivuguruza ariko udakoze reply! Kd kwari ugutera ubuse ntabugome nari mfite.
Fofo numunyamenshi
Akantu ko gushwekura niko kanyishe 😂😂😂😂
Comedy zawe zabaye ndende cyn uzazigabanye ugire nk' iminota 20
Nkumbuy mamadederi❤😢
Fofo azi gukina weee😂😂😂😂
Àhwiiiiiiiiiiiiiii.Fofo yakamejeje neza neza.
Kidomange we ndakwanga pe
Narimaze iminsi ntahari ariko aka kantu karanyishe Abakobwa bameze Nka Fofo ndabasuhuje muriyi Episode😢
Mbega ubujajwa we😅😅😅😅
Ndabemera kbs team papa sava
Gufata feri kuri dodani se bisigaye byica 😂😂😂
Fofo❤ wakinnye neza kbsa
Imbavu zange Fofo arampa Aya sauna kbs
Ariko Veve yagiyehe ko hari udu scene mbona ya kwa actingamo neza akaba atakigaragara.
Sinzi impamvu nketse ko ariwe wabwirwaga muri ya Episode yasaga nkincyurira uwavugaga abandi muri Papa Sava😂😂😂😂
Iyihe ngo ndebe aho byashyushye
😮😮😮😮😮
Dukumbuye Madederi
Fofo ndakwemera uzi gusebya mana yanjye tabara
Big up my Brother,Madudu wacu
Sasa wacu❤
Nabera mpageze kare
Courage papa sava❤
Papa sava irangiye papa sava atanyuzemo
Uwambere from 🇷🇼
Mubuzima busanzwe Fofo buriya ntazi gusebaya ?
😂😂fofo naringukumbuye kabisa
Muzaduhe TWE TWENYINE turagukunda saana
❤❤❤fofo imbere cyane❤❤❤
Ewe ncuti ziki gihe.
Fofo aratwigishije ❤
Akantu ko gushwekura karanyishe
Papasava we nawe urarenze ka icara wige utambitsemo nikeza
Kidomange arakuze ni team yabamama apana utwo twana duto
arko akakagofero ka manudi kariho nicyuma karanyica pe🤣🤣🤣🤣🤣
Ndavuga uwo yambaye umupira w,umweru yakinye mu gicye cyi 1028 mwise ngo :Tuba tubeshyana.
igisiga camuneye mu mutwe😂😂😂
Indaya abatazizi ni uku bigenda. Ubundi se umugore nk'uyu mwabana?
Cyakora kujya gusezera na byo ni umuco mubi. Bagiye basezeranaho kera (usibye ko na byo atari byiza), ntibarindire ku munsi w'ubukwe? Ese ubundi ibi byo gusezera byavuye he, babivana he?
Hhhhhhhhhhh😅😅😅😅 abakobwa baragwira egoko fofo we
Nange nazindutse kbs
Mbega fofo
Ngo urabeshya hhhhhhhhhhh😅
😅😅😅😅😅Muturuburane mwenyine.
ATI,arashaje ntazi inyasha😂
Abobakobwa nobo nabambere pe
Madudu yashyizemo agakoni Yaba areba neza
Ubundi fofo ni we wanjye ati tugashaka Kd yarabisoje
Madudu I love you
ariko fofo nzakugirente😂😂 ngo abana bameze nka escarie,😂😂😂😂 ndasetse ndahwera😅😅😅😅😅aka datarume niko kanyishe😂😂😂😂😂😂 ahwiiiiiiiiii😂😂
Ndavuga Fofo muriyi Episode kuko atariko asanzwe
Ndahabaye😂😂😂😂😂
Number 12
Mwabyara igikuri😂😂😂😂😂😂
Number One as always ❤11 seconds
Fofo ati: we ubwe ni nyabingi hhhhhh”
Sasa I Love You ❤️🧡💜🙏🙏🙏
Cyakora narumiwe😂😂😂😂😂 fofo 😏😏😏
Madudu bara mucuraguriye karabaye
Mbega Fofo😂😂😂😂😂😂😂
Dodo nawe avuye muri sport c Kd mbona stomach iri gu stomaching hhhhhh
Ariko papa Sava imibare yakunaniy, none se papa Sava 1027 irih ko dusimbiy kuri 1028 ra?
Ubwa 3
Ntukavuge iwabo winganahantu niba udashaka kucya kuriyi cano ntukavuge nabi nyagatare wabirerewe
Cyo?!ubwo bakuvuze wavuga angana iki?!ngo wacika kuri channel?nizereko wibana,😂
Kidomange ari kuganira na shangazi
Fofo akabare aratwika
Kidomange niwane..
Ndifuza subiza ya Manudi
Hhh ngo baragukingiye?!😅😅😅😅
😂😂😂ariko mana fofo waretse ivyobintu ww ntufis uwawe madudu mbona ariw abarenzeho
Ariko kidoma wagiyufunga ibyobisuko ukareka kuguma urwananabyo
Madudu Mon amour the rush
Muratesa ❤❤❤
Sasa niwe wanjye 💕🫶
Niba ushaka kwandika ibitabo bivuga ku buzima bwawe, kwandika inyandiko zitandukanye zijyanye zo gushaka akazi, ishuli, visa. Uri kwitegura ikizamini cyo kuvuga icyo aricyo cyose. Ukeneye inyandiko iyo ariyo yose yanditse kinyamwuga. Kanda kuri iryo zina cg iyo shusho urabona uburyo twavuganamo, ubundi dukorane neza. Murakoze.
Number15
Abasa kano ntabwo gakoze
Fofo bulya urasetsa pee