Murakoze cyane.nifuza ko mwampa ya Episode Madederi yakinaga baje ku musaba,Digidigi ariwe Mugabo we.nuko Digidigi ATI uzaze wujuje ibisabwa byose.ati nta ba Nyogosenge ufite. Icyo gihe yaje Digidigi yarisomye,ubundi afite ibyatsi byubuoko buose harimo ni into bo.muzayisubizehi cg se muduhe numero yayo tuyishake.Murakoze.
Sha maraine wa sasa burya yibitseho impano ikaze buriya muri papa cava buri wese arashoboye
Ariko uyu mugore ngo ni Marene nimwiza shenge🥰
NImwiza cyane kbs.
Mukunda kubi❤
Suzana ni mwiza cyane byagera ku gikara cye bikaba agahebuzo umukonyine kazi mwiza
yanakinnye neza cyane kbsa
Abakumbuy ma dederi bari heh ❤❤❤🎉🎉
Turahari ❤❤
Turahari peee
Ndihanu😅
Turahari nukuri
@@minoabdulaziz516827:29 jibbbbkjjjiujjjjjjjjhjú😊😮b.
Abakunzi ba Papa sava murihe njemubambere abazanyuma yange musige Like 👍👍👍
Suzanna uzigukina pee ❤❤❤
Suza,ntabwo nari nziko uzi kwikaza bigeze aha!Chapeau kabisa!
Umva malene yabikoze neza pe ...
Wagira nibyo nyabyo si film.
😂😂😂 banyemeje kbsa😂😂
Mbega akavuyo ndikumva narwaye umutwe😂😂😂😂
Aka urikubona hano gakubiye gacye
😅😅 CYAZE ABANTU BO MURI PAPA SAVA BARARENZE, UZIKO BARIRA AMASO AKANATUKURA SE
Nkunda madudu yivugira nkumutesi❤❤
Nindoro iratese 😊
Abaza nyuma bafite umutima wakimuntu ndabinginze munkandire kw foto kandi lmana ibamere umugisha mwese yaba ababikoze nabagiye kubikora 🤲🏿😰❤️❤️🫂🙏
Abaje mbere bafite uwa kinyamaswa se
😂😂😂😂😂
ibamere?
Ariko rero ndeba igihuru nkamenya icyihishemo jyewe ndabona papa sava wena Sasa hazashya
Bamurebeye imari
Nanjye pe 😂❤
Umuhoberano mutagatifu 🤗
Suzana arimo marraine w'umurimo apana uwifoto
Muvadi Sha nanjye sintera amagi ariko amahuri ndayareba nkayamenya Papa Sava na Sasa hazashya byanze bikunze
Rugaba rugaba muma chorus turamukumbuye😢
Musanze uriya mukecuru atari Tanazi mungaye!
Ngewe ubu nasetse napfuye🤣🤣🤣🤣 mucecuru Tanazi😅😅😅
Mbega kujagarara weee😢😢😢 ndumva nanjye njagaraye mu mutwe😂😂😂
Susan uyu munsi wakinnye neza cyane kabisa 👏👏👏👏👏👏👏
Uyu mu Maman Suzana rwose ndamukunze cyane ni umu Actress mwiza. ❤❤
Marene ko mbona yenda kwica Umuntu daaa😅😅😅
Suzana yaba marraine mwiza❤
Madudu yamugoreweho😅😅
sha uriya ni tanazi cg atanazi witsimbye mumaso,nabanje kugirango ni gitariro,ariko mbonye amaso ari aya tanazi😂😂😂😂😂
Mwokabyara mwe noneho papa sava weeeee,you are my stress killer
Munzanire Digidigi ndamukunda cane ncuti.
Susan is so beautiful ❤
😢😢😢😢😢❤😢😢😮😮😮mumaze iminsi munkanga mwebwe😮😮😮
Ariko marene ndamwikundira❤
Suzana hejuru cyane 🙌🏿🙌🏿🙌🏿
Team sasa...madudu.. suzana mukennye neza...
Neza neza mujagaraye nkumujagararo uba mu bukwe sha biransekeje weeeeeee
Wagira ngo nivyanyavyo😅
Nanjye binyibukije ubwanjye hhhhhhh mbega ukuntu ubukwe bujagaraza
Action yanyu ili hejuru nkabikunda,rwose umujagararo wo mubukwe muwulimo for real 😂😂😂,nsuhuje Suzanna ushinzwe imilimo
Wabibonye nawe?!Ni kuriya biba bimeze pe!
cyakoze uri marene mwiza pe🥰😍🥰😍🥰
Suzana arashoboye cyane hano aranyemeje peee nuwambere❤❤❤❤ arks Madudu koyanze kwambara kare buriya ntacyo yarabiziho?
Ambaaa😂😂😂😂😂Athanase wa njiji we😂😂😂😂undi mwana yaririnze
😂😂😂
Didaciene shahu ukuntu ababareba ahwiiui😂😂 cyaze arasa na Kavatiri wo kwa Gerard Mbabazi
Gushika uyumusi papa niyo team mfite imara agahinda😂
Number One as always ❤11 seconda
Hhhhh😂😂🤓🤓 TANAZI GENDA UZI GUKINA PEE
Hahaaa! Fofo na écouteur niwe wanjye!
Uburyo se yagiye kuniga Athanase wagirango yamwambikaga chainette 😂😂😂
Voyeuristic disorder ,ni indwara irimubantu benshi ariko igomba kuvurwa twirinda kureba blue movies😍
Noneho Fofo ukuntu yigize busy😂😂 muri phone nama Eqwuter hhhhhhh mbega muransetsa kweli
suzana amashyi kbsa you nailed it
Mareine ararenze
Abakobwa bumvireho banga kwipima imyenda,kare😢 then bakaza bateza,akavuyo😢
Athanase disii❤
na Digidigi arakumbuwe
Abakunzi ba Madoudou na Athanse agwaye kureba ubwambure bw'abakobwa mumpe like 😂😂😂😂😂😂
Reka nshakishe agatebe kwanza
Inkayange Athanasius se knd akoze iki 😂❤❤ murijije Sasa wacu Mukunda😢
Number 12😋😋😋🤨🤨🤨🤨like plz
tanazi abineyemo pe
Ese ubu Fofo ashinzwe iki muri ubu bukwe😂
😂😂😂
Akakantu ni sawa kbx😂🎉
Bayagaye😂
Ubundi didacien ntukabure ark na gitariro yabuze
Flowers 💐 to marene yabikoze neza cyane rwose
cg abarongore mwese kuko yababonye😂😂
Mwabonye uriya mushumi wisutiye ya didasiyene😂😂
Papa Sava,mugani w'ababivuga,ukunda Sasa!!!!
Athanas na Manu papa sava abaha Role zinsetsa rwose gusa Uba ubona bazimerita
Maraine niwe wajye abikoze cyne
Fofo iryobereeeee nshaka fofo abariwe agira ivarivugako
Mwesee👊💓💕💓💕💓💕💓💕💓
Ushaka kwandika ibitabo bivuga ku buzima bwawe, gutegura inyandiko zitandukanye zijyanye n'inzira yo gushaka akazi, ishuli, visa. Uri kwitegura ikizamini cy'akazi cyo kuvuga icyo aricyo cyose. Ushaka inyandiko iyo ariyo yose yanditse kinyamwuga. Kanda kuri iryo zina cg iyo shusho urabona uburyo twavuganamo, ubundi dukorane neza. Murakoze kudushyigikira.
Sha thanasi kazi gukina pe😂
Suzanaa❤❤
Thanazi aransekeje peee😂😂😂😂😂😂
Egowakavuyo weeeeee😂😂😂😂😂😂😂
Tanazi yabarookoye😅😅😅😅😅😅
No 1
Nkuyu yajyaga mubagore gukor iki koko bakwice😅
Cumi nakarindwi ndazindutse cyane papa sava ndabakunda❤
Mwomenya yagiye hé?
😂😂😂 Athanas rwose
Murakoze cyane.nifuza ko mwampa ya Episode Madederi yakinaga baje ku musaba,Digidigi ariwe Mugabo we.nuko Digidigi ATI uzaze wujuje ibisabwa byose.ati nta ba Nyogosenge ufite. Icyo gihe yaje Digidigi yarisomye,ubundi afite ibyatsi byubuoko buose harimo ni into bo.muzayisubizehi cg se muduhe numero yayo tuyishake.Murakoze.
Nibyakin arabishoboye
Veve yarabuze ubundi aberwa nugukura ibyinyo nokubeshya abagabo
Ndamukumbuy
Mu byabaye byose niboneye Maraine🤷🏻♂ mumpe numéro ya Susan mbere ya byose🤔
Susan nshaka numero yawe🤭 ubu koko ndayikurahe ko nshaka ko wazambera Marraine?
Iyi episode yatumye rwose mfata umwanzuro.😂
Marraine ikibazo ararwana 😂😂 madudu niwe wanjye
Ubwo musanga mutabonyeko banditse graien kuri title 😅😅😅
Mbaye uwambere😮🫣🙂
Abakobwa nkaba nanjye bantera isereri 😭ukumva saa tanu ngo aracyari muri Saloon nkaho ariwe warongowe
Ntabukwe bujyabuburamo abakobwa nka madudu😂
@@jojo2992 ntibabura pe ariko ndabyanga kuburyo iyo mubonye numva namusubizayo nuko kubona undi uri tayali biba bisa nibigoye
Atanazi yararushe nkewa
Yewee ibaze
Cyakoze papa sava numuhanga ndamweye nibwo nibwambere ntanze comment
Ese uriya wibitenge ninde
Madederi ari hehe
kuri title mukosoreho gato izina "Graien" riburamo "t"
Courage
Thanazi mu bagore byamucanze!
Uyu mu maraine ndamushaka😂
Nteye agatebe
Ndahari
Uziko ababakonwa akavuyo bafite batuma umuntu adakora Mariage mbega shiiii uziko mundishije umutwe
Niyo mpanvu mu bwajye ntabo nashyizemo 😂😂😂😂
Nduwa 7 😢😢natinze
Sasa rwose nawe ni isi! Ubu ararizwa niki?
Mbega madudu
Pp sava yakunzepe
Ngibi ibiba mu bukwe pe!
Madederi na rugaba wangu
Sasa arabukoze
Noneho tanazi aranyumije pe!!