*Kugira ngo tumenye neza ko isi tuyisenya kurutaho bitanakwiye Reba gusenyuka k,urugo rwa Ezk ababikoze ho ikiganiro ba mbere ni inshuti ze magara kugeza aho mumutera iwe muri salon yambaye isengeri 😢amafaranga we asimbuye ubucuti ubu muntu ubu pfura ariko se ndabagaya nyirabyo we sinabonye arikubishyira kuri channel ye kweri*
*Hanyuma mwebwe si ukubanga ahubwo ibiganiro mukora birasenya cyane ni ubwo bitanga ukuri ariko byatukishije izina ry,Imana kurwego mwe mutanatekereza!ikindi ni ukuri nta muntu ndabona umuntu wurira umuntu w,Imana ngo bimugwe amahoro!umuntu w,Imana aramutse arize kubwange ndatabara ngaca bugufi kuko nzi icyo bivuze mu mwuka*
*
Apuuu!!!nicyacyibwa!!!
*Kimwe mugomba kumenya ni uko hari abantu wataka(uvugaho) ukaba wirangije kuko abamwemera bose baba abanzi bawe mujye mutoranya hari abatavugwa*
Justin mwamwitondeye, si muzima
Ejo bundi warizwaga Niki kwa Ezekiel uziko aramarira yingona we Ezekiel uragowe kbx
Ur umugambanyi, injajwa
Ezeckiel nubugome bwe rekayumve😂😂😂nabandi mwigobe bagiye gukurikiraho ndabarahiye😂😂😂
Muraho?akebo ugezemo abandi Niko nawe ugerwamo.ahubwo nasabe IMANA imbabazi akizwe
Yewee Ezekiel Reba ishuti ufite zigutaramana
Kabara nkuru you mugabose ahubwo Ezekiel akwirindepee
*Imana ibarengere kuko mwese ntawe uzasarura imineke yarahinze indimu*
Wagiyeyo ugiye kureba inkuru uzaza kubara
Paccy ujye uhana abo bagabo uko bitwaye byerekanaga imiriho y, abagore babo barakabya cyane gushyushya inkuru no kwishimira ibibi by, abandi pe
Ngewe Ezekiel muhaye pole rata ihangane umusa abagusuye Bose suko bavukunze baje kukwishima hejuru
Niba ari ukuri rwose mureke Ezekieli.Mumenye KO utararuha araruhekeye.Ikindi kdi umugore we areke ubwana.areke kumva ambwire atahe yubake
Wamfurawe uwo nimfura nyabaki ma
*Kugira ngo tumenye neza ko isi tuyisenya kurutaho bitanakwiye Reba gusenyuka k,urugo rwa Ezk ababikoze ho ikiganiro ba mbere ni inshuti ze magara kugeza aho mumutera iwe muri salon yambaye isengeri 😢amafaranga we asimbuye ubucuti ubu muntu ubu pfura ariko se ndabagaya nyirabyo we sinabonye arikubishyira kuri channel ye kweri*
Ikintu cyose gikoranywe ubujiji nokudatekereza ngo urebe kure gitera ikibazo kuri Societe nyarwanda ndetse nokurinyirubwite
Niba ibi bintu bya Ezechiel Atari prank
Jyewe numva yakagombye kwicara agasoroma kumatunda amaze iminsi abiba ,dore yari yeze none mwamuretse agasarura koko
Ariko buriya muzi amarira mumaze muriza bariya babyeyi ndetse n,abandi babaga babireba kuri camera ?erega umutima ninkundi ,twese turababara
Reka nizereko nasenya nawe azitwa indaya y,umugabo 😢
Nigeze numva anavuga ngo ntiyatandukana ntiyakora divorce nibindi byinshi
Gusa ni injiji 100%
ubwo. ukaba. umuvuyemo. uramwihaye urishutiye. juste .wakijije
Akabwa karaho karasuzugura umugore kagakavya koko?umugore mumufata nkiki koko?Ezekiel asuzugura umuntu wese ageze kumugore ntamurisha akanyina?
One hour mwabonye umutubuzi ubaha
Amafaranga ntimugipfuye
Imana ihora ihoze nabandi irabibikiye yabatumyeho kenshi ntimwunva
Uyu mugore yari. Yaraboze
Uzi umunwa agira iyo abandi bahuye nibibazo
😂😂😂! Ko ijuru ryamutabaye murajya he! Umugore yagarutse Ariko ni byiza nubwo kariya kantu cg akagabo nkazira kubi
Justin nawe uraje ubone ugira ibigambo bitari byiza si wowe waraye ijoro ujyayo wiha kwiriza.
Naho wowe wakoreye amahano kuruhimbisera urabyibuka kuri kwiha Ezekiel
Kuruhimbi!! Yampayinkadata.menumuceri tumenye ibyo cyskoreye kuruhimbi
Mwababaje Mutesi yabuze fiance we nagahinda akirira ngo aririza Mana ntimuzoroherwa mwababaje Imana nabantu .
hhhh,sha murasetsa kbs! Ngo Ezekiel atera pompaje,ngo burya ajya anakubitwa!!!!!!
Imana ihora ihoze kdi mwaraburiwe nti mwumva vital yari urugero rwiza naho ubundi Ezechiel ,Claude abanzi barabagwije ndetse abareba ibiganiro byabo nabashungera kuko iyo umuntu yambaye ubusa urarunguruka ark nkubwize ukuri Claude yitonde ntago amarira twarize ari amazi,hari abo mutesi yabereye umugisha mutazi nabo bararize mu rumba byarangira gutyo?mufite abantu mwakomerekeje mutazi kdi social media zirabashuka ingaruka yibyo mwakoze izagera no kumiryango yanyu kuko twese ntitwakira ibintu kimwe
Nawe karosi aragufite nagasaro nureba nabi rurasenyuka tu
Nubwo mbona bakwijunditse gusa noneho ukubise Ezechiel ahababaza, Ezechiel numunyamafuti ntagaciro yahaga umugorewe muburyo bwose
Exactly 💯 ingaruka zizabaho zizabakurikirana kuko byanze bikunze iyo umutwe uhuye nikibazo nahandi hose harangirika ,aba bagabo baratubabaje ataribyabindi byo gufana kuko nka Mutesi sinamuzi mubona kuriya ,ariko bamwambitse ubusa barangije banabizana muri rusange igitsina gore baracyandagaza ,bajya kwa Theogene witahiye ,basigara bashinyagurira madamu we 😰 yewe nibyinshi bazasubire inyuma barebe niyi lmana yakwirengagiza bararengereye biyigeraho nayo ubwayo ,bageranaho bayikora mujisho
Nibahame hamwe rero nuwabafashije wese inkoni y,lmana irabaziye
Nataniyahura harabazamwahuranya
Ubundi mube muretse gato ibyo mwigize aho ngo muri aba CZcamsrs ,mwirirwa musebya abandi ,mwigira indakoreka ,harabo lmana ije kwanika kukarubanda nibindi bizamenyekana nibibando biri munzira ak,lmana nabayiyitirira babeshya karaje gashoboke
Justin ntacyo utakora kw ifaranga
Harukuntu Claude yigiranyoninyinshi kdi mbambona nawe abizi ko lmana bafitanye ikibazo iramwibikiye uriya we kuko usibye nokubabaza imitima y,abantu hari nibindi yinjiyemo bitaribikwiye umuntu uvugira lmana uragijwe umukumbi ,yewega yewe ntabwo byoroshye namba
Imana ije gukosora mumurimo wayo
Ntawe mukunda muba muri kwishakira umugati ntarundi rukundo subwo umuntu yaba arizwa naziriya ndushyi umuriro yatsaga kubandi nawe nibawumwatseho
Karosini agashitani kihishe mumana
Justin ubutaha ni wowe. Ezechiel ari kwishyura ibyo yakoze. Kuko ibyo twohereje nibyo bigaruka. Kuko Ezechiel yabaye ho yandagaza Abagize ibibazo mu nshako abibasira. So nasarure kbsa.
Uravugaye uramwihaye yewe Ezekiel nawe ufite ishuti nugasekwe
Jyuvuga uziga wakigabowe
Imana imutabare arambabaje
Mushumba ni shyaka sab mbandikuzikora
Ezekiyeri ntaco yobona😂😂😂😂😂😂
Nubundi mutuzwe no gusabiriza babandi bayahaze nibayatange
Kugeza uyu munsi ikosa nirya ezechiel kuko nta communication bagirana,yasuzuguraga umugore rwose,sha umugore ntazamwizera
😂😂Mutesi yitqngarije ko umugabo yapfuye baramwota ngo yariyishimyeee none Ezechiel we harya ntiyari yishimye ko madame yagiye
Arikwiyamamaza aba diaspora bamutore ahubwo agende bamuhe igitunguru kwa Sabin😂😂😂. Erega ivyo mwavuze bibagarutse natwe biraducanga none tworirana namwe gute namwe mutariranye nabo mwota. Ka ntere agatebe niyumvire
Urarivuze pe
Waretse kwigirisha Justin, amagambo wavugiye kwa Laila
Cyura
Uwanyeleka uwomugole nkamugulila niba yabikoze koko iyombwa yatayagakiza ikayoborwa numwukamubi agakomeza kuyobyabantu yiyita umuhanuzi
Ikibazo ikiremwa muntu tugira ubwenge bucye nanjye nishyiremo.Ubu ibi bibaye kuri Ezekiel birahita gutya gusa nta somo bidusigiye!Ezekiel yagiye ashyushya inkuru za bene se abashyira hasi ngaho ba Mutesi Boaz Nibishaka n'abandi none dore ibibaye.Aba CZcamsrs cyane cyane nimushaka mureke gukunda views cyane ahubwo mutekereze ku ngaruka.Uko ushyira mwene so hanze cyane niko nawe ejo bizagushyikira.
Nimba harikintu canezereye nukumva iyinkuru😂😂😂😂😂😂💃💃💃💃😜😜😜🤣🤣🤣🤣🤣👍👍👍
Muzabona nibindi biracyarinyuma
Ewee uziko uyumu Justin ntantugu agira😂😂
NIBWO wabibonaze
Ese yirirwaga uvuga ubusa arindushyi yoo ndumiwe aringanzwa
Claude ni virus abamurwaye nibenshi kuko yakomerekeje imitima myinshi y,abantu ,Claude niyo yakwihana uyumunsi niho hahandi ingaruka zizabaho pe ngaha aho nibereye
Aba bagabo barakabije ibyo bita showbis babifashe ukundi bishakiye baratandukira ninda Nini irabaruta
Inkoni ilubise mucyeba sha niyihangane akebo kajya iwamugarura
❤❤❤❤❤❤
Niyicare bamwoto esubundi uryamushiha yamana urabona harumugore yowihanganira
Ahha!muraza kureba akimana nabantu
Kurujyejuru
Ngo yiyahuyeeeeeeeee
Hakuricyiye wowe jiste
Uwiteka andegere
Justin ,mumwihorere mbona ameze nka Dawidi muri bibiliya ,hhhhh
Nikimwamwanya ,iyo abonye bikaze lmana yamurakariye ajyenda numutima umenetse akambara ibigunira kdi lmana
ihita imubabarira 🤣🤣🤣🤣
Bose abarusha ubwenge ikindi ntawamenya uko yibanira n,lmana ngayo nguko
Uwomugabo agaragarako atari mwiza
Ayo mafaranga niyo yatumye murerwa
Ake o kajyiwamugarura
Nagatwiko mushaka views
Ndumva bitoroshye da
Umucyo Kitchen TV nyamuneka mudutere inkunga ❤❤
Ju
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Wahamagaye Mugeni Ute wavuze ko nta phone afite bayimennye!!!!! Uri kubeshya
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ahubwo yatinze abiyahurase sa bantu mkawe,abo yirirwaga asebya ko batiyahuye umva nawe uko bimera