NUBWAMBERE UMUPASTEUR YEREKANYE KO 1/10 ARI MAFIA AMWE MUMADINI AKORESHA ACUCURA ABAYOBOYE,BIRAKIRWA
Vložit
- čas přidán 20. 06. 2024
- YADAH TV NI URUBUGA RWO KURAMYA IMANA MUNYIGISHO NZIMA Z'UBUTUMWA BWIZA BWA YESU KRISTO KUTUVUGISHA INAMA NDETSE NIBINDI BYOSE TUBONEKA KURI TEL;0785216618 ON WATSAP whatsapp.com/channel/ MUDUSURE TUBANE UMUNSI KUMUNSI
- Zábava
Ntabwo avuze ko gutanga icacumi ari kibi ariko avuze igitera abantu kugitanga ,kuko benshi bavuga ngo batanga kugira babone umugisha.Ndemeranya na Pastor ko gutanga icacumi ataribyo bituma umuntu abona umugisha ahubwo umutima agitanganye niwo Imana ireba igahita itanga umugisha.
Murimo rwose
Robert Njye nzi yuko uyumusi aba pastor birirwa barwanira icyacumi ngo bari kurwanira Imana ishyaka,ndagirango nkubwirenti Ijwi rivugiye mukirere ngo Icyacumi ntikizongere gutangwa,abo ba pasteur bose babivamo.ariko ko kera bibiliya itubwirako abagore na bakobwa batajyaga mu iteraniro bari mumihango,uyu musi abo bashumba ko batabibwiriza.
Icyindi abantu bitanga mu nsengero bakitanga bijujuta rwose nibashaka bajye babyihorera kuko nasanze ariya batanze nta mu maro ku Mana cyakoze idini ryo rirakureba neza ariko Imana yo ntacyo biyibwiye kuko beshi bibeshya ko Aribyo bibaha ijuru ariko nu kwishuka
Abenshi barishuka ko kuba watura neza ugatanga icya 10 ari ko gucyizwa abandi bakaroga abantu bababwira ko kwitanga meshi murusengero ariko gakiza noneho haruwo numvise yigisha abantu ngo umuntu wese utaratanze 10 kugirango Imana Imubabarire nuko azagitanga akubye umubare ntibuka yavuze jyewe nahise numirwa pe ndavuga ngo nkahantu abyigisha urumva batararembye koko isi ifite ibibazo bya bigisha ibantu bafite mission gusa abantu banze gusoma bible ntibashaka kimenya ukuri niyo mpamvu barogwa
Sha nihatari
Pastor turi kumwe uko ni ukuri
Ivyacumise. Tubirekenone?
Oyaicokintu. Kijanyenikigiracumimugisigureneza?
Ivyacumise. Tubirekenone?
Oyaicokintu. Kijanyenikigiracumimugisigureneza?