UBWOBA: Uko Umuntu yanesha ubwoba | Ntucikwe n'iki kiganiro niba uri umukristo - Dr. Samuel
Vložit
- čas přidán 19. 09. 2020
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Amen ,urakoze Samuel kuduha inyigisho y,imana ,Imana ijye iguha umugisha
Urakoze mukozi w'Imana
Dushakishe imbaraga zitumara ubwoba ku Mana
Samuel komera ku murimo w'Imana, kuko ubuntu n' ububasha bwa Ndiho buragutwikiriye 🙌
Urakoze bwari bwaranzoze ubu niho bugiye nabumeny kwari satani natinyaabantu nkatinya nabakozi nkoreshya ubu yoooooo barambona bakiruka kuko nizeye Imana
Bt
No murukundo ugakundana umbwoba ugo surukundo
Ubwoba n'umwanzi ukomeye w'umuntu.
Umva,uransekeje pe!Nanjye uruvugo rurampabura simbeshye!!
Hallelujah 🙌 Uhezagirwe mukozi w' Imana, ku bw' iyo nyigisho Imana yagushyize ku mutima yitwa" ubwoba". Nukuri Imana irebera icyarimwe hose, yaritegereje isanga abana b' ayo baruhijwe cyane n' ubwoba, ariyo mpamvu yashimye kugutuma, kugira ngo tubohoke. Ewe Samuel warahezagiwe, kubona Umwami yarashimye gutuma wowe.
Amen murakoze ku bwinyigisho muduhaye ko urukundo bw,imana ariwo muti.
Ndabyunva mukozi wimana
Yesu ni adutabare adukize ubwoba pe!!
Murakoze kudusobanurira ubwoba ark munsobanurire iyo ngize ubwoba umutima umera nkifu kuburyo niyo ngerageje kubyikuramo biranga ahubwo bukomeza kuza, mfite ubwoba bwinshi cyn.
Imana iguhe umugisha . Uvuze ukuri rwose. Nabaga mubwoba ndi umurokore ngirango ni ubwenge . Yesu ni mwiza .
Iyo nyigisho uyitange mu cyongereza abantu bararushye. Yesu aguhe umugisha Dr. Samuel
Mwakoze mwigishije muburyo bwarusange
Muzigishe nubwoba muburyo bwumwuka
URAKOZE CYANE NANGE NABONYE ABAKRISTU BATINYA IMISEREBANYA INYOYAVUGA NGOKARABYE YESU AGUHE UBWENGE BWOGUSOBANURIRA ABANTU INGORARE YUBWOBA KUBANTU BIMANA YESU MWIZA AKONGERE AMAVUTA
Dr ndabashimiye cyane kurizinyigisho zokubohoka kubwoba kandi ndemezajya namwe ko arukuri rero icyifuzo cyanjye nuko izinyigisho mwazishira mucyongereza kugirango tuzibunvishe kuko ahontuye abantu batuye mububata bwubwoba kandi birinogufata abimukira murakoze Yesu abahe umugisha.
Ndagukunda Samuel Ni desire umwana wa mwanukundwa ndabakumbuye cyane
Urakoze Mukozi w’Imana kubw’ibisobanuro uduhaye ku buerekeye ubwoba. Hari icyo nizemo. Ahari ubwoba, nta kwizera kuhaba. Ahari ukwizera, nta bwoba buhaba.
Ikibazo: ko ngira ubwoba bwo kubona ibikorwa byo kwicana, kubona abantu bapfa.😭😭
None ni gute nakomera mu kwizera singire ubwoba mbona ibyo bintu by’irupfu? Murakoze, mugire amahoro y’Imana
Aba journaliste ba zaburi nshya, nabo mbasabiye Imigisha myinshi ku Mana, murimo gutera imbuto y' ukwizera mu bw' uko bw'Imana. Uwiteka abiteho hamwe n' abazabakomokaho bose, mw' Izina rya Yesu Kristo, Amen
Zaburi nshya murakoze imana ibahe umunjyisha none njyewe kunjyira ubwoba ndigusega hamwe nabandi naba ndinjyenyine ndigusega nanjyera hagati nkamokorwa bwamvamo ute ESe ubwo biterwa nicyi
Buzanwa na bahanuzi bibinyoma
Murakoze docter mukuri izi nyigisho tuba tuzikeneye
Urakoze mukozi wi lmana gusa ubwoba butumereye nabi mbwikuramo bikanga
Nanjye pe,Imana ibudukize mwizina rya Yezu
AMEN Imana ibahe umugisha
Murakoze
Good
Very informative thank you!
Amen
Uranyubatse urakabyara uheke ibikura.
Ni jye ubwirwa
Shitani arikububiba ashishikaye ahubwo mudufashe gusenga da!!
Into uvuga nukuri pee
Ibyo uvuga nukuri pee
Hahahaha urimfura ngo nsinokwiga sinabivamwo