Sobanukirwa: INYIGISHO ZADUTSE Z' UBUNTU ZIDUSHISHIKARIZA GUKORA IBYAHA ZAFASHE INTERA - Dr Samuel
Vložit
- čas přidán 16. 10. 2019
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Abanyamadini bazirikiye abantu mubiziriko byamategeko bakibwirako aribyo bituma bakiranuka Ariko bitava mugukunda yesu kristo niyo mpamvu iyo ubabwiye kubabarirwa kw'Iteka bumva ubabwiye gukora icyaha kuko baboshywe namategeko ariko ntago arurukundo baba bakunze yesu kristo!!
Dr Sam urakoze cyane. Ngirango abantu bavugako Yesu yabababariye bagakora ibyaha uko bashaka bari mu buyobe bukomeye, ntitwatinya no kuvugako no kwizera Yesu baririmba mu kanywa bitigeze bibaho. Uwizeye Yesu amaukunda urukunda rumuhata kuyoborwa n'umwuka wera, rumuhata gukora ibyo ijambo rimusaba. Abo bantu bazisuzume urukundo bakunda Kristo bazasanga nta rwo pe, icyo kizababere ikimenyetso y'uko bayobye, bagaruke. Imana iduhe ubwenge.
IMANA Iguhe Umugisha..kuko Uzi no gusobanura meza❤
Erega icyo nikinyoma cyamadini babeshya ngo barabwira abantu gukora ibyaha wanababaza ngo bazane uwabivuze bakamubura ikindi ntawakwigisha undi gukora ibyaha kuko nubuntu butaratangira kwigishwa cyanee abantu baribasanzwe bakora ibyaha kandi ntawabaga yabibigishije tuvuga kubabarirwa kwiteka rero kuberako abantu bumvira muri kamere bakumva ko arinkaho babahanguriye gukora ibyaha ariko siko biri Rwose
Abaroma 6:1, mbese dukore ibyaha ngo ubuntu busage oya Rwose ntibikabeho!!
Nyamuneka mukuremo music kugirango twumve neza. Kuko kino kiganiro ningenzi cyane nshuti zanjyr
Mbisubiremo @ubuntu twabuherewe ubusa, ABEFESO 2:8 MWAKIJIJWE NUBUNTU KUBWO KWIZERA NTIBYAVUYE KURIMWE AHUBWO NI IMPANO Y' IMANA,
The Message is powerful
Tugeze mubihe bigoye
Zaburi nshya koko kuki mushyiramo muzik umuntu arimo avuga bituma tutumva iki kubaha biruta ibitambo
Iyi music ra😢...ifite na volume nini😢,, Kandi Iki kiganiro kirakenewe ku buryo bwihariye
IKIGANIRO NICYIZA ariko nyamuneka kuberako dushaka kumva cyane UZAKUREMO MUSIC PLZ
Ariko umuntu aravuga nawe ugashyiramo indirimbo
Abaroma 3:8 ( paul aragira ati ngo niko batubeshyera ngo twigisha abantu gukora ibyaha ari sibyo) kuko abantu bumvira muri kamere iyo ubabwiye ubuntu bumva ko arugukora ibyaha sibyo Rwose!!
Muraho neza munyamakuru? Ndabashimiye kubwiki kiganiro, nashakaga kuvuga kuruyu mutumirwa wazanye, mubyukuri nidusobanura Ubuntu tutitanduksnyije namarangamutima, yamadini dusengeramo, bizagorana,
Ibaze aravuzengo Ubuntu buvugwa ntabwo aribwubusa? Ikinikinyoma! Ikindi kinyoma nuko avuze NGO bamwe mubanyabuntu bigisha bahereye MU @abaroma 8 ariko arabeshyaa sibyo,
Umunyabyaha usanzwe ukora ibyaha. None ngo hadutse inyigisho zigisha gukora ibyaha😂😂😂😂.
Please @ZABURI NSHYA or theo, iyo background music uba washyizemo ituma umuntu adakurikira neza. Noneho uba wanayihaye volume nine kweri. Nakoresheje uburyo bwose ngo nyi blcke biranga, kandi nashakaga kumva iki kiganiro. Next time ntukayishyire mo please.
Ni ko bimeze 😢
Hhhhhh zibashishikariza gukora ibyaha koko????cg iyo ubwiwe ko wababariwe umutima wawe ukubwira ko ugomba kubikora kuko niko uremwe:Umutima w'umuntu urushya ibintu byose gushukana(kandi umushukanyi ni satani)niyo ufite indwara(icyaha)ntiwizera ko urakira!!!!Nuko uremwe!Ngo uhereye mubworo bw'ikirenge kugera mu mushokoro nibisebe gusa nibisebe bitigeze komorwa
Umuntu bazabwira ngo Inyigisho z,ubuntu ni Inzaduka sibyo peee ahubwo nitwe tutamenye ngo dusobanukirwe ko aribwo butumwa bwiza christo yahishuriye twe abanyamahanga ngo abutubwirize dukizwe Act 9:1-35 ndetse na 22:1-16, &26:9-19 Hanyuma Ikindi Ubuntu bw,Imana ntago bwigisha abantu gukora Ibyaha ahubwo bwo ubwabwo bushoboza abantu kureka kutubaha Imana ,Hanyuma Impamvu abantu baburwanya Nuko ubuntu buvuguruza Imyinshi mumigenzo Iva mumategeko Imana yahaye mose ariryo sezerano rya kera bukayisimbuza Christo ariwe muhuza Wisezerano rishya Hebrews 12:24 ,tito 2:10-12
Nukuri namaze Igihe kitari gito peee ariko nanze kwinangira Ntega amatwi nkanasenga ndetse ndanasoma cyane nza gusanga ntabundi butumwa uretse ubutumwa bwiza bw,Ubuntu bw,Imana act 20:24 ndetse Na Garatians 1:6-7 nukuri dusabe Imana abatarasobanukirwa n,Ubuntu bw,Imana Ibakureho Igihu peee murebe kandi Ibi mbivuganye urukundo rwinshi
NI byo ubuntu nibwo budukiza, si imirimo si amategeko namba, ariko uwakijijwe n'ubuntu arangwa no guhinduka akaba icyaremwe gishya, iyo umuntu adahindutse, pire encore bakamushishikariza kwitwara uko ashaka. C'est là où est le probleme, ni uburyo bwigishwa butanga liberitinage
@@IM-uc7kv Muvandimwe ntawe bashishikariza kwitwara nabi uwitwara nabi nubundi biba bisanzwe bimurimo ntawubawabimushishikarije!!
Muraho neza munyamakuru? Ndabashimiye kubwiki kiganiro, nashakaga kuvuga kuruyu mutumirwa wazanye, mubyukuri nidusobanura Ubuntu tutitanduksnyije namarangamutima, yamadini dusengeramo, bizagorana,