Abakristo Benshi ntibazi ibi bintu: IBINTU 4 BIGUFASHA KWIKORERA DELIVRANCE UGAKIRA NEZA - Prof. SAM
Vložit
- čas přidán 19. 02. 2024
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Mbegaaaa, Ni ubwambere numvise ikiganiro nkumva ndi kurira kubera kumva nari narayobyeee😢😢😢. Yesu wee,Kora ku maso benshi bamenye ukuri ko ariko kuzababatura.
Abantu nkaba bavuga ukuri kwijambo rya Kristo nibwo dukeneye.Kristo aguhe umugisha mushumba iyaba bose bakoraga nkawe
Iki kiganiro kirimo amakuru yose umugenzi ujya mwIjuru yakenera. Nzajya ngisubiramo ibi bintu byiyandike muri jye. Tuve mubufana bwamadini, tumenye ukuri (Kristu) bya nyabyo tubaturwe
Uyumugabo arimo umwuka wimana
Nukuri ibyoyavuze byose mubiganiro yakoze bimbaho! Ariko ntashima konamenye ukuri bimuciyemo kandi nacyiriye kubohoka kuko nabashije kumenya ukuri kwijambo ry’Imana. Ufasha benshi muburyo wowe utazi uzabikomeze.
Umwigisha mwiza cane Yesu amumpere umugisha
Yebabaweee iyi niyo nyigisho nari nkeneye rwose
Hashimwe Yesu 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌 nsubijwemo imbaraga 🙏🙏🙏
Imana iguhe umugisha Professor! Ndafashijwe
Ndashima imana kubwumukozi wayo unyunze nimana menye neza uwondiwe ndisobanukiwe ibyakera birashize ninjiye muyindi idantite
Mana yanjye ndafashijwe pe
Mbegaaa nu bwambere numvuse buhoro
Ndifuza guhishulirwa kurushaho .
IMANA ISHOBORA BYOSE IBAHE UMUGISHAAAAA
NA MAVUTA.
MANA TUJIJURE TWUMVE DUSOBANUKIRWE.
BWA MBERE❤❤❤
Good teaching! Iyo uwizera yize neza igitabo cy'Abefeso arasobanukirwa kdi ubuzima bugahinduka. Be blessed
Plaisir, uyu Dr wazamubwiye agashyiramo amenyo ko nabyo ari délivrance yaba imugezeho.aracyari muto kandi mu Rwanda bakora neza amenyo.
😅😅😅
Cyakora uyu mugabo yasoma kweli! Respect papa! 2colintians 5:17...I can understand this now! So much better!
Ukwo nukuri kwakira Yesu ukizera uba urose ubutware bwose ucukoze urizera
Babandi bajya bavuga kumena umuceri batarumva iki kiganiro abajyaga baca amafranga akabo karashobotse😂. Hallelujah Uwiteka akomeze ku kwagura
Prof Samu ,mbuze icyonguha gusa Imana iguhe umugisha nabagukomokaho nawe plaisir wamutumiye uwomugisha ndawugusabiye ,Imana idakiranirwa ihaze kwifuza kwanyu.ndafashijwe kdi ndasonanukiwe.
Ndasobanukiwe,Imana ibahe umugisha mwinshi kuko ndisobanukiwe uwo ndiwe.
Muhezagirwe ni vyishi nungutse. Uyu Mukozi w'Imana ndamukunda weee❤❤❤❤❤
Muhabge umugisha .
Mana we hazagire utwuka twu mwijima tuzongera kunyera ubwoba ndi sobanukiwe muri kristo yesu ✅✅✅✅
Agahinda kanyishe, kubera kutamenya😢😢
Ndagukunze mukoziwimana usobanuye ijamboryimana neza
Dr Sam habwa Umugisha mwinshi....utuma duhishurirwa byinshi 😊
Mukozi w'Imana Byiringiro Imana ikumpere umugisha mwinshi, mwinshi, mwinshi! Ndanyuzwe pe! Imana ibampere umugisha mwese mwagize uruhare ngo izi nyigisho zitugereho.
Peeeeeeeee
Imana igukomeze
Iguhe umugisha
Na mavutaaa
Komeza komeza UWITEKA weee uhabwe icyubahiro
.Imana ikuzigame twese twige.
Imana iguhe imigisha nukuri Mr plaisir ikindi ndifuza guhura na DR sam
Urakoze cyane, Yesu Christ aguhe umugisha myinshi.
Kuganira ufite ubugwaneza
Nurwo nurubuto
Imana ibahe umugisha
Imana iguhe umugisha cyane rwose.
Iki kiganiro kirimo ubwenge
Cyakoze pe!! Ndasobanukiwe birenze uko nabivuga! Ibi nibyo biganiro biba bikenewe rwose!!
God bless u so much
Mbega ndize weee....ibi nari maze iminsi nkeneye kubimenya
Yesu weee. Uziko Sam azi ubwenge wana....umwana wigikondo
Ikiganiro ciza. Cane Dr Samuel and plaisir, be blessed
Imana ibahe umugisha cyane iyi nyigisho iranfashije cyane.
muraho neza nagirango mbaze nti kwizera yesu gusa nta kindi kintu ukoze nibyo bigutabara ko nasomye bibiliya nkaba narabuze ahntu yesu yatubwiye ko ari Imana mwamfasha mukansobanurira ko nabuze ahant yatubwiye ngo tumusenge musobanuriye nabashimira cyane , Imana ibahe umugisha
Ruka 24,53 mukinyarwanda handits kumuramya mukirundi baramusenga
Yohana 1,5 nibaze ko barikuvuga Yesu
Harahari henshi none nakubaza iyo bibiriya wasomye niyihe utabonyemo ko Yesu ari Imana koko ese waba warasomye Ubutumwa bwiza bwanditswe na Yohana igice cyambere
Mbere na mbere ....Kandi Uwo Jambo Yari IMANA❤
@@ibihe_nubuhanuzi jambo ni iki wansobanurira? Nonese uwo yohana wanditse ubwo butumwa we wamunsobanuira uwo ariwe? Nonese niba yesu ari Imana kuki yavuze ngo iki nicyo gihe ngo bakumenye ko ari wowe mana yonyine na yesu chrito uwo watumye? Ni Imana hanyuma Imana irangije yiha ubutumwa????
Amen
Yesu abampere ivyiza vyose vyo muriwe 🙏
Yesu wanjye ndafashije pee
Uwiteka asubize aho ukuye nukuri
Amen Haleluya 🙏
Amen amen webale yesuuuu 👏👏🙏 🙏
Uyu mugabo ariguhindura ubuzima bwanjye ahabwe umugisha
Ikiganiro ngisubiyemo inshuro 5😢. Prof. Uwiteka akomeze aguhishurire byinshi biruhura uwizera wese😢
Our Blessed Dr Samu
Yatayaya ndafashijwe pe Imana ibahezagire
Murakoze canee God bless you
Yesu ashimwe bene data shuti yumusaraba harabura iki ngo utangire ivugabutumwa ryokujijura intama zabuze nanjye ndimo kuko ikibazo kiriho nsanze arukudasobanukirwa ijambo mwuka wera umbehafi umpure ndebe ibyushaka kondeba
Nukuri iki nicyogihe cyacu cyogukora
Ndanyuzwe pe. Kandi ndamwnye
Imana ibahe umugisha
The next part please 😢😢😢😊😊❤❤❤...
Ameen ndafashishwe
Nishimiye kwongera kwiga mbifashijwemwo nuyu mwenedata ,amashimwe ku Mana umuremyi
Amnee❤❤❤
Imana iguhe umugisha Professor Samuel! Nta gushidikanya wari uyobowe n'umwuka wera, nukuri usobanuye kubohoka neza. Next part Turayitegereje
Ndagira ngo mbashimire ,kuko ibi biganiro birikumpfungura amaso ,ngasobanukirwa kurusha ho.
🙏
Ameeeen Ameeeen
Nkunda ingigisho nkizi peeeee
Ndafashwa byimbitse
yebabaweeeee,,ndafashijwe uyumuntu azagaruke
Dr nkunda uburyo usobanura ugatanga ingera😂😂nuwaba atumvise ahita yumva neza ndetse neza .Uti umunyamwanda numunyesuku bose bandura kimwe urongera Uti gufata umukobwa mwiza uka mutera Make up kandi asanganywe ubwira karemano . Uwiteka aguhe imigisha myinshi Dr uri umuhanga kandi Ufite Imana muri wowe
Uyu mwene Data mumpe number ziwe rwose kuko yamfashije birenze ibi avuga niko kuri kuzuye
Ndumiwe noneho sonarinzi ko nyabingi yari umuntu😅
Nonese Pastor, ko bavuga ko ngo Adam na Eva batigeze babaho?
Amen