HARI IBINTU ABANTU B'IMANA TWANYAZWE - Ev.Boniface SINGIRANKABO
Vložit
- čas přidán 19. 08. 2019
- / @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Urumukozi w, Imana ndabihamije urashoboye Yesu akogere amavuta
Amen
Boniface , Imana iguhe umugisha.
Allelua ijambo ry'lmana nirizima. Amavuta mukozi w'lmana
Indirimbo zo mu gitabo rwose mwarazishe muhindura uko ziririmbwa.kera zari nziza cyane
Past Masumbuko
Mbega umuntu Uzi gufata igisekuru cya Yesu mu mutwe! Wow, ndemeye
Uri umunyabwenge mukozi wImana.uraduhezagiy caaane.na wewe uhezagirwe caaane.
Nanje yanyemeje! Yesu Aguhe umugisha!
eeeeeeeeeee wamugabo urafata basi wemeje abantu igisekuru cyose hahah maze hari nabati icyabo gisekuru nokujyeza ku wa 3 ariko wowe uzi icya Yesu cyose
Imana iguhe imbaraga n'amavuta
Ndafashijwe pe. Mana ujye umpa gushishoza no kukugira umujyanama wanjye rukumbi
Wamugabowe ewe siwewe wishizeho ndumiwe yesu aguhe imigisha
Eeeeee
Imana igukomerezee amaboko rwose
Ohhhh