Antoine RUTAYISIRE - Dore IBINTU 3 Bituma Uba UMUNYAMUMARO👌 Barababeshya Nta Muntu Ukore DELIVRANCE😲
Vložit
- čas přidán 26. 04. 2023
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
My favorite pastor 🎉🎉🎉
Imana izaguhe kurambana nabawe .hamwe niherezo ryiza.Mukozi w'Imana
Rwose sijya mpanga kukumva uvuga ijambo ry’Imana kandi turi inyuma yawe natwe turashaka gukorera umwami wacu
Murakoze cyane kutubwira kumenya yesu
Yesu ashimwe Pastor! Wibare kubwi imirimo myiza🥰
Yesu aguhozeho ukomeze uhindure benshi mwizina rye.
Uvuzukuru nkunda ijambory,imana uvuga kuko urivuga neze
Ndashima ubwitange ugila komerezaho uraturokola
mwakoze cyane kwinyigisho nziza
Mungu akuzidishiye muchungaji ❤
Unkora kumutina pe
Murakoze
Thanks
Intego yicyo mbereyeho narisohoza nte ntamafaranga ngura.
Imana y'amasezerano ijye iguha umugisha mubyeyi mwiza 🙏
Right👍
Mana weee ndagukumda kubwubutumwa bwiza utugezaho imana igukomeze
Amen Amen Amen
Imana ujye iguha umugisha inyigisho zawe ziradufasha cyane Yezu aduhe kumenya ko Ari muzima mubuzima bwacu
Ubutumwa bwiza babutwigishijenabi?
Inyigisho ihinduy ubuzima bwanj urakoz pasteur
Amen
Uradukomezape lmana ikomeze ikuzigame
Ark mwokabyara mwe mwambabariye mukampa number yuyu mubyeyi koko
Siwowe nkudape ahubwo nkunda ibikurimo
Nkukunda nte ?🥰
Past iman'iguhe imigisha
Ngira
Murakoze kunyigisho nziza
Amen
Amen