ABAGORE baransajije😥Mba i Washington ariko NDASHAVUYE😭Nashatse kwiyahura kubera UMUGORE|Steven...
Vložit
- čas přidán 6. 06. 2021
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
ISAHA Y'IMANA: czcams.com/video/9G5_9S0pMMg/video.html
Yooooo ihangane nshuti nibaza abantu nkabo bapfusha ubusa amahirweee sha wanyikundiyeee
Subu nakubona gute koko
Bdakwibuka disi
Bdakwibuka disi
Ko ngushaka nakubona
Steven nkusabye imbabazi,banza wihe umwanya usengere urushako rwawe,ntabwo umukozi wimana agyendera mumarangamutima ye,ahubwo uhe Imana yawe umwanya
Waoo mbaye 30 mvuye Iburundi njeniruka mumpe like murakoze hama uyu mupapa yihangane burimuntu wese agira ubugararwa bgiwe acamwo mpore ncuti yumusaraba
Uzanyiki
Umutima mwiza Amiel
Nubwo ntakuzi ariko yshobora kuba waba imfura. Uraganira neza cyane.
@@niyonizeyechantal1366 😂😅😂
Hahahaha kuba ifyura nivyumuntu wese ncuyanje Niyonizeye
My humble advisor bro. You should take a breath. Just relax for some Years. As you say that you are a God servant......just pray.....take your time.....focus on your job and your children......emotional life put it aside for some years
Poresanancutiwarababajwepe, wanyikundiyejewedisi
True he should use his brain instead of being controlled by emotions this things of love life nawauuuh..... and give it to God otherwise u are going to be Mad.
Thank you for advising him!he should take a breath!
Paster ihangane abo ntubari rwawe uwawe imana iriko imutegura
Nice message
Imana nibyose iyo uyizera🙏🏻komeza utegereze uwawe arahari. Gusa iyo uhuye n’ikibazo ufata igihe cyo gutekereza kubyo uvuyemo. Komera ...
🇨🇦
Nyijyirire umugore nzagukunda bikurenge nzagutetesha bikurenge nzakujyana kuri muhazi nkubwire urwo ngukunda nkwereke inyereri akazuba karenze ngusasire urukundo nkorose kukubaha impore impore mugabo mwiza❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Hhhhhh hhhhh ahwi undwaje imbavu mibuzima
Ahubwo nakwihere urukundo ujye ukora munganzo nukuri wamenya imitoma😃😃😃
Ahubwo nakwihere urukundo ujye ukora munganzo nukuri wamenya imitoma😃😃😃
Nahonaho yeeee
😀😀😀😀😀😀😀😀😀😀 sha aba Diaspora twaragowe kbs icyonabagiraho Inama nikimwe ntawubona amafranga atayavunikiye ukobyaba bimeze kose, noneho utuzi twohanze ukuntu tuba tugoye arko Imagine nguhembwa kusaha? Isaha ugomba kuyibyaza umusaruro, mujye mutugirira nimpuhwe please
Babyita gukurwa ibyinyo,Pasteur urambagiza abantu bambara za mini! Jya mubo mukwiranye.
Anambara birebire se nibo shasha? Nturabona abayihishemo?
Imana ninziza ibihe byose.
Ibaze umuntu ubabaza undi kujyeza aho ashaka kwiyahura.bagore namwe bagabo mubana cyangwa mwenda kubana,mwirinde kubabazanya.
Umugore mwiza umuhabwa n'Uwiteka! Genda gake uyoboze Imana inzira! Reka kwirwanirira!
Iyo nkuru warayimbwiye jyirango urambeshya none nukuri koko disi ariko ihangane Imana niyo kuru
I know him 😭😭 Imana imwomore ibikomere byose afite
Pole sana PST Steven. Imana izaguha undi uzaguhanagura marira. Don't give up brother!!!
Yooo pole sana kabisa warababaye cyane ariko humura bibaho Kandi Imana igufitiye igisubizo cyiza utazi ibyo uvuga ntayibimenya.
Ndakeka uyu mugabo ikibazo agira giterwa no gufuha cyane. Gufuha cyane ni bibi ntabwo byubaka. Uramutse wumvise n'abo bagore bose batandukanye nabo bakubwira impamvu bagiye bamureka. Ikindi si byiza ko avanga abandi bantu muri story ze n'abakunzi be ntiyarakwiye kubarondora ngo atange details zabo zose.
Kbsa. Abagabo bafuha cyane nta muntu barambana.
Abashi weee 😂
Ese ko yatinye kuvuga icyo yapfuye numugorewe muri uganda bikamutera kwahukana akagaruka murwanda uribanda kubibi byabandi ariko byagera kubyawe ukabyorosa nukuri ntimugace imanza mutarebye kumpande zombi. Ntago abagore batatu bakunanira bose nawe. ikigaragarara nawe ufite urundi ruhande rubi wiyiziho rwakunaniye ntago umupastor anyura mubuzima nkubwo wanyuzemo ari n'umukozi wimana? Ese ubundi wasenze Imana ikazakwihera umugore muzima akwizaniye utagombye kwirirwa uraruza kuri Facebook? Icyo muba muzi nukwiruka mwitangazamakuru muvuga impande mbi zabandi mwagera kuzanyu mukazorosa mwiruka. Ahaaaa
@@nanzirebernadette4884 Wumvise neza n'uko yatandukanye n'umugore we wa mbere na nyirabukwe akamwanga urunuka bigaragara ko bageze muri Uganda ashobora kuba yaragiranye ikibazo n'umugore we gishingiye kuri uko gufuha akamutesha umutwe bigatuma ahitamo kumuta Uganda akitahira.
@@carineumwegakazi9214 Ibyo uvuga ni ukuri, ahubwo se wamugani umu pasteur urara adasinziriye atereta, agahora umutima uhagaze kubera abagore kandi afite Imana koko uwo ni Pateur nyabaki. Cyakoze ahubwo baracyamusaza kuko uko mubona nyuma ya kino kiganiro noneho haraza benshi bamubeshya kuko bamubonyemo ubuzanga.
@@Sandra-ww8wi mujye mubareba nka twe twese ,pana ngo ni aba pasteurs
Ihangane nyabusa niko isi iteye barakubabaza natwe bakatubabaza yooo kereka Imana ituye hafi tukayibaza
Yoooo mpore ncuti yanje sivyo mwijuru hari Mana
Pole sana Imana irabireba yibereye mw’Ijuru igaceceka kugirango irebe ukwihangana kwawe.
Uuhh ituye Hafi? Ntabwo ituye Muri wowe se? Emmanuel Imana turi kumwe
Uyu ntamu pasteur umurimo.Muzashake abagore be bazababwira yigira mwiza imbere yabantu naho nikirura cyambaye uruhu rwintama.Ntakabeshye.Muzabashake.Atanga iki?umutindi mubi cyane.
Abenshi baza gushaka abakobwa mu Rwanda à 80% baba nta situation bafite ino aha. Umuntu ugera ino akiga akabona akazi keza ntabwo aba akeneye kugaruka mu Rwanda gushaka abakobwa kuko arababona no mu gihugu arimo. Njye abo bakobwa badashiturwa n abagabo ba diaspora ndabemera cyane.
Ariko Mana udahuye n umugabo mubi ahura n umugore w icyago!! Ariko Imana ibikora ibizi ntankuba ebyiri mugicu kimwe. Sorry rwose Ntacyatuma wifuza gupfa urushako siho isi irangirira
Sha ihangane
uradidimanga disi, Yesu agutabare, aguhindure,akugire inama wongere amasengesho there's power in kneeling, Nuyikomezaho (Imana )nayo izagurabara,subira uko warumeze ugihamagarwa
Subirana na maman wabana kuko mwancanye ahakomeye cyaneeee .kd uzirinde kwiyahura utazarimbuka kd warakoreye Imana
Bibaho Pastor! Si wowe wenyine wahuye n'ibibazo nk'ibyo! Ni ukwitonda ugasenga Imana,ikazaguhoza!
Wamugabowe uratwengeje cyane. wabuze ibyo utwikamo no gutega indege noneho ama terme ukoresha aragushyira kurwego rwo hasi( ngatega indege, i cyangugu,nga perereza, n'iki n'iki,abana banjye turasa,uburimi,...) uravuga side y'abandi ukigira innocent umu nyamasengesho rwose sinciye urubanza
Uri umuhanga cyane pe
@@salimradjab1011 naramubonaga rwose
nibuka ubukwe bwawe mamawe pore 🇧🇮🇧🇮
1st of all ur story is touching. Even if u say u gave her love, care , and everything and still left you. It's because ur too jealous. Reduce on ur controlling and jealous u will get a good wife.
Unva, va kuri "fessebook" subira kumavi bro !!
It's soo sad but one sided story is sometimes confusing.
What did you get confused about?
Huuuu mbega.ntacyo mvuga hano .Imana niyo nteze kumva icyo izavuga nyiteze yombi .
Humura Imana izagushumbusha ufite umutima ugukunda
Pole sana uko Imana yagutabaye ni nako uzabona umugore mwiza ugukwiye.
Sabin I live in the US since 2016 and I am in one of the Christian ministries. Birashoboka ko uba umu pastori uhembwa na neza ariko bisaba college degree muri theology. Most of African pastors didn’t go to school and they don’t qualify to be ministers in this country. Ubwo rero bakorera muma african churches ayo nayo ntahemba kuko nta mafaranga bagira
Ibaze pe
Thx for sharing your experience🙏
Be strong paster Imana izogushumbusha umufasha mwiza
Sabin uzadushakire abagore babiri bamaze gutandukana nuyu tubumve nabo kuko njye uyu ndamuzi rwose ntashobotse
Nanjye ndamuzi ntashobiste
Ari gusebya aba Nya Bugarama
@@alinejoiejoy9638 😂😂😂nari ngizengo ndabeshye 😂😂uyu ntashobotse abamuzi turamuzi
@@Hozianaa jeune El Patrone ndeba fcbk njye ndi kugu searching nkabona benshi
Subirana na mama w'abana bawe muvandi
Wazize guteretesha amadolari. Ni gute uha umuntu $700 nyuma yi minsi gusa, ubwo waraguraga kandi icyo waguraga waragihawe for sure. Ugize Imana ubimenya kare ataragera aho amerika. Nta mugeni uba kuri facebook mugabo, uzashake umukobwa wi wanyu, uzi cga uzwi nu muryango wawe.
Abiwabo abafata nkabanyacyaro injiji abaturage kd nibo bakubaka banga kwiteza abo kwifishi bakiteza slay zishakira $
Anna uwa ese wumvako umugore ataruwiwabo imana niyo yubakira abantu naho ntabwo adamu yarazi ababyeyi ba Eva iwanyu ntabantu buzi batanye Kandi barimumuryango!!
Reka nzifatire uyu mugabo.ndunva ari numunyacyangugu wiwacu.mumpe numéro ye
@@muhozaariane2949 Sha nukuri nashake azaje gushaka uwiwabo mucaro kko ndabona nawe atabaruta nubwo yaba umu diaspora incuro 40 wapii
Nukuri ndumva mbabaye ntarabyumva noneho isi niyo kwitondera kbs
Ko bikaze
Biragaragara ko uri sincère cyane mubyuvuga kandi ufite n,urukundo rero biguhe isomo kuko abanyarwandakazi benshi ni nryarya , n’ababeshyi urumva ko uwo ntarukundo afite uretse ibintu yarebaga. Ariko abazima barahari da ikibazo nukubageraho. Pole wahuye nuruva gusenya.
Ikindi ntimugatete cyane imbere y'abagore mujye muhora muhanze amaso k'Uwiteka,abantu barahinduka kandi mu gitabo cy'Imigani bavuga byinshi ku bagore.
Imana irikumwe nawe irerere abana bawe ugire urukundo rwabana bawe ntagikuru nkacyo uzabibona Imana izagusubiriza munkoko 🙏🙏🙏
Wingane ariko imana yitanga umugoremwiza ntuzasubire gikuru senga yesu nimyichu kandintazanke abavyaye kuko sitwese wihangane imana izogusumbucha umugore agukuda
My brother pole sana warahemukiwe cane!! Ariko wibuke ko dufise umukunzi adukunda cane kandi adahemuka ni Yesu christo!! Amahoro n'umunezero bitangwa na Yesu wewe guma kumavi Yesu azoguhoza amarira!!
From Burundi🇧🇮🇧🇮💓
Urukundo ntirugurwa rurizana shuti samafranga
My brother wihangane
Ihangane pe!!! Uwiteka azi byose Kandi uzabona umukunzi mwiza . Pole sana
Inama
Ntimukihute guhita mujya muzindi Relationship mukiva muzo mwari murimo you guys ,you need to take time yokubanza kwitekerezaho
- sibyiza gushyira hanze amabanga yuwo mwarikumwe
- one more thing mujye mufata igihe gihajyije cyokumenyana kujyira mwirinde kuzababara
Mana jyufasha abantu bawe
Sabin we do like you💞🇷🇼🇵🇭
Nibyo pe
Pole sana pe!! I feel so sad for him 😫 be Strong💪🏾
Ayiweee wari waramukunze kweri, urukundo nihatari . pole sana
So sorry bambe Kuva uzi Imana.
Ariko nubu wa mugabo we ndabona bagiye kukongera.ugera mu rwanda ugakodesha v8.nugenda gutereta na v8 ukerekana kufise ama cash uzongera uhure nikijura cyo kigukuremwo amenyo.
Exactly
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Ahwiiiiiiii 😂😂😂😂
Ariko nubwo kukazi bakwizera bakaguha uruhusa cyane ntibivuzeko wajya urusaba burigihe kuko bizarangira wikuye amata mukanwa! Buri mezi4 uba watse uruhusa,kubera abagore,
Ese ko wiyita umukozi WImana aho kuyiyoboza inzira ukaba wirirwa uyoboza Facebook,urabona utazandavura koko???
Pole saana Steven komera c'est triste mais c'est la vie.
Imana izoguha uwuguhoza ku mutima kuko niwe ukwiye.vuba biraba
Polen sana🙏🏿🙏🏿🙏🏿
Imana izaguha uwawe.
Ngo ujya mungo gukora control yuko package 📦 zagezeyo😁😁😁😁tracking number se zigakora iki??? Computer se zigakora iki 🙆♀️🙆♀️🙆♀️🙆♀️🤦♀️🤦♀️🤦♀️😁😁ndumiwe koko ere ga akazi kose nakazi iyo gatunze nyirako ummmm pastor 🤔🤔🤔🤔abashoferi nibubahwe🙏🙏🙏
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣ahuuuu uwagiye yarihuse koko, cyakora iriya company yakodeshejemo imodoka bakodeshya imodoka nziza nanjye muyindangire😄😄
Komera si urwumwe muvandimwe.
Pore kbs inkuru yawe irababaje ariko komera kd wihangane imana izaguha uwawe ufite urukundo nyarwo uzangukunda bikakurenga mukabana mwishimye mwese wavuzeko ukunda nogufasha imana izabiguheramo umugisha nange uzandemere umpe nkibihumbi 20frw niteze imbere
Ihangane cyane kandi humura Imana izaguhoza abagore nkabo bariho barasaza uzasome Imigani:5:1 igice cyose
Komera Steven , inama nakugira : 1.Ntuzongere gukunda umuntu ngo ushidukwe wese umwimariremo ;
2. Ubu witege ko uzabona benshi bakubeshya ko bagukunda kubera intambwe Imana yaguteje , Ubu uzagukunda ukaba wabyizera nuzaba ari ku kigero kimwe nicyo uriho ,cg se wawundi udashonje ibyo utunze kuko nawe asanzwe afite uko abayeho neza, cg uba iyo muri USA cg se uzaba atazi ubutunzi ufite akagukunda atazi iby'imitungo.
3. Ntuzongere kubarekurira byose kugeza naho muvanga umutungo kdi mutaranabana;
Imana Ishimwe cyane kubyo yagukoreye
Pole sana ncuti......uyu mugabo arakeney psychologist follow up for trauma healing......
nibyo
Sabin mbanje kugushimira pe
Ariko ngirango nkomeze uyu muvandimwe wanjye sha duhuje ibibazo pe ariko humura igihe kizagera wowe iyubake bashiki bacu barahindutse pe abenshi birebera mumufuka wowe korera imbere Imana izaguha uwawe
Pole sana kabisa burya uwawe ntimurahura hama sha igikuru nuko utahemutse buriya uwaguhemukiye niwe azobabara kurusha uko wababaye pole kandi courage
Ikikiganiro kiranyubatse pekiranyigishije urukundo sagahato kandi uwukunda siwe agukunda.
Hello, pole sana pe!!! None ndumva ugenda cyane pe! Ndashaka kujya nkukatira amatike y'indege twanakorana kuri Organization yo gufasha abababaye kandi twese Imana ikabiduheramo umugisha. Murakoze
Sabin waduhuza niba bishoboka.
Merci
Uyagurisha make c?😂
@@jojoafrican5509 make rwose pe!!
@@gashaijaemmy2302 nkeneye ticket nange. I need to compare with a company I have been using.
Komera wihangane brother nukuri bibaho p Ariko Imana igushumbushe p,Ndumva waramutakajeho byinshi Ndagusabye ndemera kdi nzakwitura.Nkubere umuntu wumugabo
Akhee😢 mwaretse guhubuka murukundo ariko,wari wamwizeye pe,
Ungera amasengesho naho kwurirwa utereta ubireke sibyawe.
Mumbabarire ariko uyu mugabo yashyize ibintu imbere kuruta ubwenge??nigute naha umuntu debit card yange ntamuzi.....Hahhahha, never never ..., byonyine nange uyimpaye nagirango urashaka kunkangisha amafaranga pe. Icyogihe urukundo ruhita ruba fake. Pole uzabona umuzima. Ikindi ntugatange details z amazina y abantu mukiganiro especially nkaba b abastar bazwi, nukubicira izina. Thanks
Ariko rero uyu type ikibazo afite mubuzima bwe nikimwe , arakabya mubintu byose avuga ibyo akora arakabya kdi gukabya nibibi cyane mubuzima , mugifaransa baravugango "tout excès est mauvais" , arakunda agakabya agatekereza agakabya akaganira agakabya , agafuha agakabya, rero iyo uwo bakundanye adakabije nkuko nawe abikora ahita yumvako byacitse........., Muri make bagabanya gukabya ubuzima akabworoshya bizamugwa neza kurusha.
Umuntu ukabya ntabwo atanga umutuzo kubo babana cg kuwo bakundana.
Ariko hari ikintu maze kubona!! Ushaka ukeneye kubaka, ugahura nudatekereza ku mushinga w'urugo. Rwose bibaho! Gusa buriya umwigisha w'umuntu ni: ibihe aba yaranyuzemo. Gusa Pasteur komera, usenge kandi ndabizi Imana igufiteho umugambi mwiza!! Nongere nti BAHO!!
Gose cane Imana yamukoreye vyinshi nibi izabikora aronke umufasha
Urukundo ntirugurwa wangu
Urukundo ntirugurwa iwacu barutanga gusaaa!
Umuvandimwe komera urabizi ko mpora nkusenjyera humura Isaha y'Imana izagera
Ooooh pole sana bro hakuna mapemzi duniani nikwambie Mungu tu ndie anaependa watu na watu hawampendi Mungu Sasa wewe nitafute nikupatie mtoto mmoja mzuuuuri atakae kupa Raha na kukupenda pole usilie we ni mwanaume
Nyine uri babalao love , abantu bakunda cane barahababarila , ikîndi ubutaha uzagabanye imbaraga zarwo , maze nae utegereze uruguha, Sabin Story wumve ko isaniyumuntu 👉🏼😭👈. Uzampuze na pastor akeneye guhugurwa ninarahuye mu byurugo cg urukundo , ako urababaye ikindi uruhuke ntiwongeremo inkovu igitonekara,courage 🙏
Aba fille mere mukomere🤣🤣🤣ariko Pasteur akwiye inama zabakuru
Urakoze kudukomeza
@@nzizanyiranshuti1228 yigo arakoze pe gusa natwe haribyotudakunda😂😂😂😂abagabo bafuha gutya noooo🙅🏼♀️🙅🏼♀️🙅🏼♀️🙅🏼♀️🤸🤸🤸🤸
@@ingabirejosianne8754 nanga muntu umfuhira kbs nkuko NAnjye mbantamufuhira harigihe umuntu arenzape ukumva wamureka🤣🤣
manawe nanyifatire nanjye abagore bantesheje umutwe kb
kd wihahangane uwawe ntaraboneka kd ntukave kumana
Guhoza izo bluetooth kumatwi bitera ibibazo kubwonko, ama electronic waves yazo ni mabi cyane!!
Ese mama nanjye ndiyumvise
Simbikunda nabana sinkunda kobabikoresha cane.
@Real And Honest : ubwo nkunda kububonana abatwaza ibikamyo
@Real And Honest oya iyi niyo bitabiraho telephone iyo utwaye imodoka cg utari hafi ya telephone urakambara wenda uri nko muri sport
@@dianevan nonese hano mukiganiro akeneye kwitaba nde 🤣🤣 yayigumijemo for fashion 😭
Ihangane,ndumva duhuje akababaro,nanjye abagabo barampemukiye nkuko,reka twihangane Imana yavuganye natwe izadusubiza.
Humura Imana byose ibibireba utazi Divorce age yicecekera naho wamwima barayimuha ikindi ngo kubona abana uko ubishaka birangirira hariya agahinda kokubura abana ubareba ndakumva gusa komera ntakitagira iherezo.
Igituma abagore bakwanga ntakuri ugira,one you can’t claim someone above 21 years old,how will you claim your parents?2nd halya ngo utwara imodoka nini wize muminsi 3 ? Iki nacyo nikinyoma,ikindi akazi kawe ni nyakabyizi ntiwahora uzerera ufite akazi kari permanent,finally urirarira
Nange ubwo ndumiwe umuntu yiga imodoka iminsi itatu agahita ayitwara en plus muri America Atari no muri africa😀😀
Sha uvuze ukuri kweli uyu mugabo arabesha cane ahubwo Imana imubabarire kubinyoma byiwe kuko siwe ariyo wenyene ivyo ngaha USA turabizi
-Yavuze ko yayize iminsi 3gusa
Ariko ntiyaronse permit muri nya Minsi!
-Imodoka woyiga isaha 1 gusa iyo ur'umuntu afata ningoga. hasigara kwimenyereza nivyo biteba.
-kandi imiduga myinshi ni automatique muri USA
-
Mungu wangu Uyu si wa mupasitori wabaga Uganda acuruza ubuhanuzi we numugore we Claire!!!!! Aho niho ugeze pasito??!!! Satani ni uko ahemba!!!
Nanjye ubu numiwe😏🤔
😂😂😂😂😂😂😂kagire inkuru sha
Turaza kumenya nibindi 😂
Umwe azane Ayo afite nundi azane aye tumene umuceli hasi ,🙅ntibakajye bananirana ngo baze gusebya GORE hano
@@carineumwegakazi9214 hahhaha ni batwihere amakuru twiyumvire😂😂😂
Past, umugore mwiza umuhabwa n' UWITEKA nukuri ubwiza si aya mavuta (skin) oya.
Pole sana, umugore cg umukobwa utagukunze, niyo wamuha ijuru cg ukamugaragariza urukundo rutigeze rubaho, birangira akwanze tu..
Ni umugabo ni uko ,niba hari icyintu nabonye cyitagurwa ni urukundo
Uyu mugabo nawe nuwo gusengerwa pe Imana imuhe ihumure
Uyu mu diaspora aratwika!!
Amagambo ye agaragaramo ibinyoma byinshi pee(ngo namuhaye debit card yanjye)!!!!!
Ariko mujye mureka kuvuga amazina yabantu hano kuri isimbi.uzavuge uwo mufitanye ikibazo ariko abandi mubihorere.sabin uzajye ushaka nuyo bavuga nawe wumve story ye.kuko hari uwoza gusebya umuntu
humura mukozi wImana mwijuru har lmana igiraneza Imana izaguha uwisezerano
Yewega mwarahuritse gusa murukundo iyo umuntu ababajwe rimwe murukundo ubutaha ntuba ukwiye gukunda cyane ngo ubimariremo ugenda gake kugirango urebe niba uwo mukundana nawe agukunda byukuri impore kandi abaza komora ibikomere barahari.💪
Uyu mugabo arabeshya mba hano mu Usa Ntushobora kubona permis de conduire mu kwexi kumwe. Kuyiga no kuguprograma kujya gukora examen
Nanjye byari byancanze
@@TastyCooks2 ukwezi kumwe bro utarigeze na rimwe ukora kuri volant?
Byashoboka kndi murwanda yizeho gake 🙄
Cyeretse Niba yarayijyanye Yaguze mu Rwanda 🤷♂️
Birashoboka kuko njye nabonye temporary permit muri one week menya imodoka muminsi 3 gusa urumva ko permit kuyibona byari ako kanya kbs. Kdi nanjye mba muri usa 🇺🇸
Ugira urukundo ni byiza pe! Ndakubashye rwose nk' umushumba! Ariko gufuha nabyo ni indwara mbi! Gufuha bikoresha amakosa! Gusa gutendeka ni bibi! Ariko na none gufuha nabyo ni bibi cyane
Pole rwose..
Gusa nubwo bibabaje ndangije icyiganiro ndi guseka
Nibigushobokera wige kucungana n'amarangamutima cyane kuko harubwo atuyobya cyane, akenshi iyo umuntu yabonye ahari intege nke za muntu, bazibyaza umusaruro. Ucungane n'amarangamutima n'utugambo twiza
Ariko narumiwee abagabo nkabo baracyabaho 😃😃😃😃😃 ndumiwee Koko mwambwiye aho mubakura.
Unva nagye numiwe pee,
🤣😅😅😅😅
Sabin watubabariye wo kabyara we ukazatumira Rachel akatubwira kuri Side ye uko bimeze, kuko uko asa numutima we biratandukanye. Any w, Sorry Pastor your time will come...
Manaweeeee 🙆♀️😭 mbonye umuntu duhuje ikibazo abantu dukunda cyane gurya ntago dukunda kugira amahirwe murukundo ndagukomeje mugabo nakugira inama yokwegera uwiteka cyane akaba ariwe uzaguhitiramo nange niwo mwanzuro nafashe kandi bitanga namahoro
Mwihangane
Ngwino nkurangire umu fille mere utuje ,usenga ucabugufi cyane,turaturanye,iyongira musaza wanjye nari kumumushimira pe,njyamusengera Imana izamuhe umugabo mwiza kand aracyari muto
Nifuje kuzuza comments yi 100
Urakoze imana iguhezagire
I live in USA 🇺🇸🇺🇸🇺🇸but nta mukobwa haba ino cyangwa Kigali nakwitaraho gutyo !! Boy u crazy !! Did u really send her your debit card ? To be honest iyo uri umugabo ukitwara ku mugore gutyo ntiyanagukunda ! Ngo ukamubaza ese mfashe , ese ngure iyihe gift , ese mfashe mama atabyemera ukabireka ? You need balls brother, women love competition iburishe , murye seen sometimes, act like u don't care nubwo u care, don't let her control every move ! Bazongera babigukore you need to grow and stop this nonsense !! You are in charge don't let ur lady run everything as ur CEO !! Just saying !!
You are right,yaba umugore yaba umugabo ,umuntu wese umwirutseho ni iyo yaba yagukundaga abona ko wihebye
U are verry clever just dat's good advice i love it...... Ufte mumutwe hazima ndagukunze
@wowe nanjye ,, iyi comment irabaga ntakinya 😁😁😁
Cyakora Imana imbabarire gusa kumugore watatatu warizize wahemukirwa kabiri nuwagatatu uje ukamwizera bigez aho yewe uwizera umwan wumunt avumw
Pastor pole warahuritse. Ariko kuvuga amazina y'abantu mu itangazamakuru byagukoraho. Isubirire ku mavi wisangire itaguhamagaye uyiringire uyitegereze irakuzi kurusha uko wiyizi kandi iragukunda izaguha ugukwiye.
Abagabo babakozi bimana mugira amafuti menshi mususzugura abagore banyu,ntago mubaha agaciro,icyo kibazo wita gito nikinini mubiziranyeho
Injiji ihimwa ninryamirizi sha
Ahahaha I love this Channel so Love Ziragwira Uyumugabo Bite Byiwe
Toka mujinha ofite olugambo luli nosense na valu valubanza umenye no kuvuga
Umugore ararambagizwa, byaba ngombwa hakaba nu muranga, waba uri umunyamasengesho ukabisengera, waba utari umukristo ukamuraguriza.
Ntabwo ari ukubona inkumi kuri social media cyangwa muhuruye mu muhanda ngo uraringoye.
Umugore mwiza umuhabwa ni Imana.
Kandi nabakobwa ni uko ni ukurambagiza ukamenya nuwo mugiye gushakana.
Pole Sana kubyakubayeho.
Ababonako kurira birimukazi mumpe utwotuntu
Pole sana
Ariko ntukarire.ahubwo washima Imana yagutabaye ikurinda uwo mugore wajya mubagabo.warukwiye gushima Imana izaguha uwo yakugeneye