Asalam aleikum ww, Ramla pole kabisa gusa hamwe no gusenga Allah azaguhemba ibyishimo birenze uko ubitekereza kuko ndumva ibyakugwiririye ntaruhare wabigizemo gusa ninkimpanuka , Ihangane Allah azibyose kd ashobora byose. Wowe tumika swaala Kisha utapata baraka za Allah
Saben please uzamugarure. Let her tell us more about her marriage. Birababaje sana kubona umuntu ashakana numuntu utashobora kuhamubera ibintu bikomeye.
Gereza is the second home for everyone anytime uwariwe wese yakwisangaye so umuntu ufunzwe cg ufunguwe ni umuntu kandi akwiye kubahwa,gukundwa no kubaho neza kabandi bose
NUMERO YA RAMLA: +250 788 210 310
ĺ
Assalam alaikum wa rahmatu llahi wa barakaatuh
Asalamu alaikum ww ma chérie
Amakuru yiminsi Ramla we
Sha pole sana kabisa gusa icyangombwa nkwifurije Inallah maswabirina 👏
ÇM mxjj iixixxick m mm m mm💐😅😭😅
Ababona ko ajya gusa nka Tonzi, mumpe like nanjye numve uko ziryoha😂
ndaziguhaye zose chr
@@siffahhassan6977 yego chr mwizaaa, merci
Uzikureba kbc
My sister,igifite agaciro si uko abantu bagufata ahubwo ni uko wowe wifata kd icyizere kingenzi ni wowe ubwawe ubanza kukiha abandi bakaza nyuma.wowe shikama uri kurugamba kd iyo uhaye umwanzi wawe icyuho arakurangiza ubuzima bukarangira,rero shikama urwane kd uzatsinda nanjye igihe wari I Mageragere narindiyo ndakuzi kd nabonye uri sociable ntacyakunanira hamwe n'Imana.
Sabe uraho neza cyane rwose uwomumama ntakihebe kuko byose ni lmana❤
She is so wise 👌I can see ❤️ uri mwiza kd uri umuhanga ibyo wanyuzemo ntibiguce intege komera
Uyu mudamu urets no kuba ari mwiza inyuma biragaragara ko ari na mwiza imbere kuko agaragaza ikigero cy'ubwenge bwinshi. Gusa ubuzima arimo burambabaje cyane ndumva anteye agahinda ndasaba Imana ko yamugirira impuhwe ikamusubiza umunezero agashaka agahirwa akibagirwa ibibi yanyuzemo.
Yooo humura imana izagushumbusha
Imana ikunda abihanganye, humura ubuzima bugoye tubunyuramo ,ariko uwiteka niwe mutabazi , humura uzasubira
mubuzima bwiza.
Courage Ramla wacu ibyiza biri imbere kubera Imana🙏 we love ❤
Asalam aleikum ww,
Ramla pole kabisa gusa hamwe no gusenga Allah azaguhemba ibyishimo birenze uko ubitekereza kuko ndumva ibyakugwiririye ntaruhare wabigizemo gusa ninkimpanuka ,
Ihangane Allah azibyose kd ashobora byose. Wowe tumika swaala Kisha utapata baraka za Allah
Nyagasani nagushumbushe umugabo ! Uri mwiza , uri umunyabwenge! Jugement z,abantu nibazireke gufungwa buri wese byamubaho turi mu isi! ❤
Imana igutabare ikigisibo kibe igisubizo kuri wowe kdi rwose abafite ubumuntu turagufasha gusaba Allah aguhindurire ubuzima bube bwiza🤲🤲
Imana ibahe umugisha 💕
Sha komera RAMURA ubushake bw'Imana bube kuri wowe!! Niyo izi intambwe dutera, nanjye narababajwe ntagira uwo ndirira nubwo ntafunzwe, ariko Gereza yabaye iwanjye munzu mfunzwe n'umugabo nishakiye!! Ariko ubuzima burakomeza, kuko mu ijuru hari Imana itabara!! Baho wongere ubeho shenge! Gira umutima ukomeye, kandi Imana ikwishimire mubyeyi mwiza 🙏🙏🙏
Ancwiii she's so beautiful giseka neza peee
You’re right, she’s so pretty
Ariturije disi, courage Allah yumve gusaba kwawe
Ndamwikundiye disii ❤ umwe wese afite ukwo vyamukendekey mubuzima😭
❤
🇲🇫
Love you
😂😂😂😂😂😂 ati noneho ngewe hakubiseho nagereza, ihangane mama
❤❤
Subwo koko abakurebera muriyondererwamo, bo amafuti bakora bihishe angana iki 😳Konabo bagongana nitegeko 🤷🏼♀️ courage Mama iyubake abo bacantege Imana yonyine niyo izabitaho !!!😊
Wow,nuwiwacu disi kiramuruzi ahaganahe?komera mama ntarirarenga your tomorrow is better than today 🥰
Uri mwiza humura uzabona umugabo mwiza kdi ugukunda❤
Impore !!❤ Impore ❤ impore ❤ komera. Ndagukunda cyaneeee Nukuri pe!!!
Ndakumva cyane ramula ariko ndumva nyuma yiki kiganiro ubuzima bugiye kuba bwiza humura ugiye kwishima .nzishima umunsi nzabona ugarutse ushima lmana
C'est une belle femme très intelligente
Humura mama icyangombwa nubuzim iyo ugihumeka byose birashoboka iya kuremye irakureb iyubakem icyizere ubiture Imana iratwumva kandi radukunda
Urimwiza 💯💯💯
Aslam alaykum wallahmatullah wabarakatuh Allah abanine nawe worohereze umutima wawe kandi wumve ko ntaco Allah atakore umuntu re
Uri namwiza Imanizoguhozamarira kko yoyo ntirengana,uranashusha na Maman Nabily
Iturize urimwiza uzabona undi rwose ❤❤❤
Asalam alaykum warahmatullahi wabarakatuh
Inallaha maswabilina Allah arakubona imbere niheza
Ramadhan karim
What a beautiful woman!!!!! Uzamubona p kandi mubigaragara uratuje, ufite ubumuntu, uri mwiza, kandi ufite n'amasomo menshi y' ubuzima
Mama wihangane kandi humura. Umuntu arakwanga ariko Imana ifite icyo igupangira cyiza. Soyez forte. Soyez courageuse. Mungu yupo.
Doudou mwana wiwacu komera cyaneee kdi courage nyagasani murikumwe!
Ubwo buzima ndabuzi narabuciyemo ndakumva cane ma sœur ndakumva gusa jewe nafunzwe umwana yarakuze yarafise 20 ans
Assalam aleykum warahmatullah wabarakatuh dada.Humura Uwiteka Azobikora bizogenda neza inshaallah.
Humura uzabona umugabo mwiza cane , agukunda aguha agaciro kawe. Stay blessed 🙏
Ukuntu uri mwiza mama.humura uwawe uzaza Kandi akwemere
Ntukihebe bucya bwitwa ejo, ubuzima bwawe Imana ibuzi kuva utaravuka.
Oooh nkunze ijambo yagarutse ho kenshi "Amahitamo!" y' ubawe!
Saben please uzamugarure. Let her tell us more about her marriage. Birababaje sana kubona umuntu ashakana numuntu utashobora kuhamubera ibintu bikomeye.
This woman is so intelligent kbs! Kndi uyu ndumv nubutunzi bwa society ahubw nuko abeshi batabizi.
Nitwa Farida nimvuga irindizina aramenya nitwa mujedi chou yooooo pole sana
Sabin nukuri uy'umudamu uretse yahuye nibyago ariko ninamwiza
Imana imuhe 1 umugabo
Witonda umukunda kko
Nawe ashobora kubaka
Urugo rugakomere
N.B: Sabin plz wamuhuje
Na Tucara kabendera
Bakaganira kko sinzi
Impamvu byiyumvamo
Murakoze
She’s a sweetheart honestly may allah bless you with a man
Ikintu dufise n icizere n igihe Ivyo iyo ubitakaje biragoy Kugira ubigarure ariko naho warababaye , warakomeye wigakubana n ibibazo humura Muvyeyi Imana iraharii Kandi ndizeye Kuva uyumusi kugiye kubona impinduka y ubuzima bwawe humura haracari ivyizigiro.
Olaaaaaaaaraaaaa ndababaye cyane nukuri ariko ndakwihanganishije humura Mwana wanjye nkunda cyaneeee yooo ndababayeeeee!!!
Abakuvuyeho bo sabawe ntubatindeho ahubwo uhite wumvako bagukundaga kko haricyo bagushakagaho noneho rero mwana wamama iyejyereze Imana yawe abantu ubareke niwojyera kuzamuk abazigarura nawe umenye uko nawe uzabafata Allah arikumwe nabihanganye humura
Sha naje namukunda nimwiza pe nuko amafaranga nfite ndabona atoncikaa🥰🥰🇧🇮
Uzikwaribwo ndangije ikiganiro nari nahagaritse gusa arisekera pe amahirwe aracyahari pe ntukice intege pe vuba cyane uramubona
MAN SHA ALLAH TABA RAKA LAAH
Humura wizere Imana izagutabara kandi irakuzi uyizere igisubizo kirahari 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Nkunze ukuntu avuga atuje, courage.
Allah be with you 🙏 ♥️ fo all time
Yego shahu, humura dufite Imana Ishobora byose....
Pole Ramla
Yooo!!!😔Humura Mama Allah akorohereze.
So sorry my sister❤
Gereza iraryana mana
Komera wa ntwari we : hayo yote yatapita na kila kitu kitakuwa sawa. Everything will be alright believe me !
Turazinye kuva cyera nimfura
Ramu humura uwawe naboneka azagukunda kandi cyanee kuko gufungwa nibyago umuntu wese yacamo muminota micye cyaneee humura rero lmana niyo nkuru nabishe bararongowe baranarongorwa upha kuba uhuye nuwawe gusa
Pole sana mama utarahabaye ntiyabimenya.gusa komera
Btfl, intelligent, humble so so so nice woman. Trust me my sister ibyawe Imana ibirimo cyane kdi biraje bikemuke.Gumana n‘ Imana.
Uyu mu mama ni Mwiza Disi nzokwisurira kandi uzishima disi!
Usshaka kujya kwirira agatunda mwana
@@aberthbob Uragirango tutazagonganirayo se?
Gufungwa c'est normal ntawutafungwa burya pe mushiki wacu bamuhe amahoro rwose
Courage lmana ikube hafi.
Uyu mu mama yarakubititse umutima we warababaye cyane! Aho kumushyiraho amagambo akomeretsa mureke twifatanye tugire icyo tumumarira! Tumuremere rwose buri wese icyo afite asubire mu buzima busanzwe!
WOOOOOOOOOOOOOOOOF. MAN SHA ALLAH
Buriya se n’abayisilamu ko nzi ko bafashanya ubwo wabura umusilamu ukumara agahinda?Umudame mwiza cyane gutyo koko,uzababona Ahubwo uba warababonye iyo wenda uba utatoranya bishingiye ku myemerere.Kuko uko nzi,nta musilamukazi ushaka utari umusilamu,kandi wowe ndabona urimo ndani cyane.
Poleni bls ibyiza birimbere imana niyo nkuru
Mukomere👏
Isimbi tv ❤️🥰♥️
Orara umu mama mwiza wahuritse pe
Ihangane imbere niheza
Icyambere nuko nyagasani yakurinze pe
Arababaje disi❤️courage
Insha'Allah ubwo buzima urimwo buzoshira🤲🤲🤲🇧🇮
RAMLA komera ukomeze Allah azi byose byawe
Komera nshuti y’Imana!humura kd abantu niyo bagutera ibuye ariko Imana yo ntikureka.gutandukana muri société yiwacu ni ikibazo kd kitirirwa umudamu ariko ndaguhumuriza ko byose Imana ibasha kubihindura.sinafunzwe ariko naratandukanye nyuma ndongera ndashaka so ububabare ufite ndabwumva.kd ndagusabira ngo igukomeze kd iguhindurire ayo mateka.Gusa ntugakangwe namagambo yabo,komeza ubuzima kd Imana nimara kuguha agaciro bazizana.
Icyo namubwira cyambere Impore komeranukuri ibyiza birimbere
Imana izomuguha kuko vyose biri mubiganza vyayo...👏 Yizeere urushe gukora ibiyihimbara nayo izoguha ivyo wumva bidashoboka
Ariko nimwiza pe🥰🥰👌
Allah abane nawe
Ntarumva byinshi wa mu mama we!1.uri mwiza
2.gereza tuvuyemo ni university
Icyufuzo:icyampa ukamenha YESU KRISTO 🎉
Uyu mudam ni mwiza kbsa
Allah amukomeze kandi umugabo azamubona tu uyumwaka utararangira
Pole nyagasani ajya ahindura amateka
Ihangane Mama, ndumva haribyo duhuje nubwo njye ndi umugabo, gusa imbere niheza noneho kuva wageze ku isimbi, biraza gucamo. Nta bihe bidahinduka
Nubwambere sab atumiye umuntu w'ubwenge kwi simbi lmana ikube hafi chr urimwizaa mfurakaziii❤️❤️
Urakabije p😂 hari nabandi bari intelligent baza hano ...but Yes she is intelligent too😂
Turabakurikira cyane mubiganiro mukorana n,abantu batandukanye.
Uwo mubyeyi Ramla ubuhamya atanga burubaka.
Niba mwaduha number ze byadufasha tukazaganira nawe.
Murakoze cyane twizeyeko muzaziduha.
Nyagasani akurengere pe
Sabe mumpere nimero yanjye azamvugishe ndababaye cyane
Ahubwo wowe fata ize umuhamagare
Oooooh ndamwibutse disiiii igihe Sabin asura gereza ya Mageragere niwe watozaga aba miss bo muri gereza
Humura Uwiteka aza gukorera Byishi cyane bisumba uko ubyifuza.
Sha yabaye umugabo gito kubera nawene yojayo yarikukwakira hama nyamusi akakwereka urukundo kubura uwukwakira uryamusi birababaje
Dudu pole sana kbs bibaho bikarangira ugatangira ubuzima bushya
Njye burya narinziko umukobwa yifuza kurongorwa igihe hari umugabo umukunda cyane cyangwa abagabo benshi barikumwirukaho bumva bamukeneye cyane badashobora kubaho batarikumwe agafata icyemezo co gutoranya murabo bagabo uwabona nawe akunze muri abo bamupfiriye bakajya kwibanira akaramata yaba atabonetse akituriza akibera ingaragu
Waje gusanga bimeze gute se
Ariko mana we😮 ndamukunze uno mudam birabonekako afite indangagaciro z,umugore 100% uzabona umugabo pe ntuwihebe Allah niwe mukuru
Pole nasa 🇧🇮🇸🇦😘😘
Wamumama ntuzabyicuze kuba wara divorce jyereza yakubereye ikiraro rwose biveho uwo ntiyaruwawe buriya uwawe arahari kbs😪😪mwihorere rekana nawe
😊
Ihangane RAMLA nyuma yibigeragezo, harubuzima.
Gereza is the second home for everyone anytime uwariwe wese yakwisangaye so umuntu ufunzwe cg ufunguwe ni umuntu kandi akwiye kubahwa,gukundwa no kubaho neza kabandi bose
Oooooh Doudou komera sinaguherukaga
Nge nakwemera
Ariko ni uko abantu bigize abacamanza ba bagenzi babo,uyu mubyeyi biragaragara ko atari icyihebe .ndabona ari umudamu mwiza rwose .Gusa aravugana agahinda kenshi.
Imana ikugirire neza rwose ikumare agahinda.