Indwara yo kudashyukwa neza ku bagabo (Uburemba), Ni iki kiyitera, ni gute ivurwa?
Vložit
- čas přidán 28. 01. 2021
- Nguhaye ikaze ku isomo ryacu rya 2 mu ruhurirane rw'amasomo yigisha ku bibazo abagabo bahura nabyo ku buzima bw'imyororokere. Aya masomo muyategurirwa na Docteur Muzungu Hirwa.
Ubushize rero twarebeye hamwe intangiriro ku bibazo abagabo bahura nabyo mu buzima bwabo bw'imyororokere. Uyu munsu turatangira kukuganiriza ku ndwara imye ku yindi duhereye ku ndwara yo kudashyukwa neza ku bagabo. Ni indwara benshi bamenyereye ku izina "UBUREMBA".
Mu gihe ufite ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire muri comment.
Murakoze kutugezaho ikiganiro kiza nkiki ariko mwaduha nember twabashakiraho
Wifuza kuvugana natwe, duhamagare cyangwa utwandikire kuri whatsapp kuri 0786944426.
Mwaduhaye numero twabashakiraho
Wifuza kuvugana natwe, duhamagare cyangwa utwandikire kuri whatsapp kuri 0786944426.