Guca imyeyo bishimisha abagabo | Babikorera mwishyamba | Cyirimo ubusa utarabikoze
Vložit
- čas přidán 6. 06. 2019
- Twasuye Nzanzabera umaze imyaka 20 yandika ibitabo bigendanye numuco atuganiriza byinshi ku bijyanye no guca imyeyo. Yigisha abagore nabakobwa kubikora..
This video strictly for Education purpose
Nukuri murakoze cyane Kd dukunda umuco nyarwanda babyeyi
Wamugabo we ubu escro bwawe gusa Imana yonyine izabikubaze. Nziko ubyibuka neza neza abantu barenga 100 wahemucyiye uturya utwacu sha simvuze byinshi ariko aho kugirango wicare aho uvuga ibyo urikuvuga, wakabanje gusaba twewahemucyiye imbabazi. Uri buhemu cyaneeeee...wa mugabo we ahaaa mpise nkwibuka kbs muri 2008 nubujura bwawe.
Ibi, jye, mbifata nk' amateshwa, impuha, no gutesha agaciro igitsinagore, iyo kiva kikagera! Ntabwo natera ibuye ababikoraga aho hambere, cyangwa, abakibikora... Ariko se, umuntu arihanukira ngo " Imyeyo ni yo ituma abashakanye badacana inyuma", ngo " Iyo umugore abyaye kabiri, akaba adakunye, igitsina cye, kiba gisa nabi (ni akumiro!)" , ngo " Iyo umugore yakunye, abyara bimworoheye (ni akumiro!)... Ariko, uzi umwari, cyangwa, umutegarugori wakunye, ntabashe kugira isuku y' ikirenga, kubera impamvu, wenda, zitanamuturutseho? Mujye mwibuka ko umuco, nawo, ukura... Umuco wacu, muri rusange, ni mwiza pe! Ariko, ibi, ntibivuze ko ibyakorwaga aho hambere byose, byari byiza... Dukwiriye rero, kuwuvomamo ibyiza, kandi, ni byinshi, ibibi, cyangwa, bitakijyanye n' igihe, bigasezererwa ku manywa y' ihangu... Ibi rwose, mbigereranya n' abahora baririmba, cyangwa biterera hejuru, ngo iriya myambarire ntabwo ari umuco Nyarwanda! Ese, abo hambere aho, bambaraga bate? Iyo myenda yabagaho? Ku giti cyanjye, ntabwo nashyigikira umwari , cyangwa umutegarugori wiyambika ubusa! Habe namba! Ariko, rero, urwo rugero rw' imyambarire, ni ikimenyetso ko umuco w' igihugu n' iterambere bigomba kujyana n' igihe, mu buryo butagize uwo buhutaje!!!
Ibyakorwaga hambere nyine byose byari byiza, hanyuma gukura k umuco uvuga rero ntibivuga kureka ibyambere cg gushyiramo iby abanyamahanga ahubwo bivuga guhimba ibishya ugashyiramo, ni nko kubaka inzu nyine ntago ushyiraho itafari ngo ukureho iryo hasi icyo gihe uba uri gusenya. Ahubwo wowe ufite ikibazo cy uko utabikoze bityo ukaba wumva ari wowe ubwirwa, naho iby isuku uhimbyemo byo nonese ubaho utoga? Icyo gihe rero hari n uwakubwirako ahubwo udaciye imyeyo n uwayiciye batoze uwanuka cyane ari utarayiciye kuko ntago ibintu byaba bibona akayaga nk ibifite imyeyo.
Ibyuvuga nukuri papa komerezaho uwaciye imyeyo aba ateye neya kandi aba different 80%.
Warabikoze none?
Imyeyo ni happynss international #Ababita injajwa n inzererezi barayobye. Courage.
Cyane ❤❤
Mureke gutukana we arikuvuga umuco. Ahubwo mutange ibitecyerezo. Kurinjye gukuna no kudakuna ntatandukaniro ririmo niba uzi gushimisha umugabo uramushimisha
Nonex mubwire u wacie imyeyo ariko agaca mito harikibazo muvwire
😁😁😁😁😏😏😏🤔🤔🤔Afrimax muragakorakabisa.Bakite you are hard working.
Harya ngo muri INZEREREZI????? Barabeshya kuko muri ABANYAMWUGA dufite akazi kenshi Kandi gakomeye cyane ko kubakurikirana!!!!!!!!
Mwakoze ikiganiro cyiza cyane
Kwakurahe umuti wokuyicax? Ese mudusobanurire uwabyaye yayicabigakunda
Ukwiye icupa 🤝
Thanks 🙏 guys
Imyeyo nimwiza cyane gusa harabanyarwanda bafasha abadamu kubikora najye nabikoze mfite imywaka 35 ariko byari bigiye gutuma nsenya urugo
Gute wari ugiye gusenya?
Ubwose yaraje we!?ko batubwiragako iyugiye imugongo utarayigwiza ko iba itakije?
Hello ese tubwire byarakunzekoko
Nice
Ngo uri intiti itekerereza ingoma?izihe cg iyihe ngoma mugani wa Madam Ingabire Immaculee😅😅. Ab isi murikuza mukishyira hejuru koko
Uyumugabo numuhanga arigisha ibyazi kbs
Guswerana❤
Amasomi meza kbsa
Uratubeshye kbs, nabyaye bitangoye knd shimisha umugabo neza cyane😁😁
😄😄😄😄
Ntago abeshya kuko ntumeze nkuwayiciye,iyo nimyumvire yawe
Uribeshya ntumeze nkabandi
Warongoye umugore waciye imyeyo nago warongora utayifite .imyeyo ifombata imboro itayifata neza.
Urumusazi wowe ubuse imyeyo iranyara??inzi icyuti nyishyi zayicyiye ariko abagabo babo bashatse abandi bagore inzi nuwo umugabowe yamujyanye kwa muganga barabikatagura ubundi mujye mureka gukabya ibyimyeyo ababikunda na banyarwanda nabo ntabwo ari bose babikoraga hoyaaaa uzingene bishisha urimo kubiraba byaguye hasi wicaye 🤮🤮🤮
Bact mubazi ko ibyavuze Ngo uwaciye imyeyo abyara bitamugoye? Arabeshya ubuse abakorerwa césarienne ntabwo Baba barayiye? Ansubize
gukuna nibyiza cyane niyo uri gukora imibonano urabyumva ko biryoshye
TUYISHIME Patrick
Ubizi ute ?
Uyu mugabo numuhanga kd ibyavuga nukuri
afrimax tv ndabakunda mutujyezaho ibintu byiza uyumutsiho biranyuze
ngucimweyo nibyiza rwose biryosha imibonano mpuzabitsina mujyemubibigisha abari bu rwanda 🇷🇼
Nibyo
Abakobwa.baciye.imyeyo.bubaha.abagabo.babo
None imyeyo nibiki??
Imyeyo numwambaro wigitsina cyumugore kuko uyifite ntikiba kirangaye cyane,naho kuryoha ho byose ni mumutwe upfa kuba wamuteguye neza kandi midafternoon stress kandi ntekereza ko abana biki gihe benshi ntabyo bazi .
Ngo umukobwa waciye imyeyo ntabyara bimugoye?
Ababyara babazwe ubwo baba bataraciye imyeyo! Icyinyoma cyicyinyoma! Mujye muvuga ibintu birimo nubwebjye ! Turabinginze!
MCI!@ijisho ryanyu
Maria Nishimwe uvuze ukuri rwose. Ngo umukobwa waciye imyeyo ntabyara bumugoye?? Natuze ntakajye avuga ibyo atazi
None se bireshya nurutoki bikuruye cga ?!
Mutubwiruko wawubona nigiciro
Wa mugabo we uri injajwa iryo Ni ibanga rya kigore uko biri kose ntibikwiye ku mbuga nkoranyambaga
MUKANIYONKURU Dorcas aribyo ntabwo hari kubaho abaganga babagabo babyaza ,arikwigisha kuko biology ntiyatoranyije umugabo cg umugore kandi buri wese afite imyumvire ye
Niwowe njiji ahubwo
Urabeshya cyane siko biri
ngagushyigikiye Esperance. uwo mugabo. ahubwo nkuko abyivugiye yashatse kwiyerekana kuri you tube. naho. ibaya abacha imyeyo ntacyo abisobanukiwe ho. ntanaho bihuriye no kubyara bitagoye kuko hariho nabapfa bayara kd barayichiye.
Gupfa no guca imyeyo naho bihuriye, ko uko uwayiciye nutarayiciye ntibameze kimwe mujye mwemera
@@uwingeneyeshadia7697 unva iyo avuga ko batameze kimwe aho sawa ariko.ntabeshye ngo bituma. babyara neza. aho niho na subije. bajye bareka. kubeshya
Amakariso yaraje di
Ngahoo
nubwo mufite akazi keshi ariko abeshi ntabwo bari bazi ibi bintu pe
Guca Imyeyo nibyo bita gukuna bikaba ari umuco nyarwanda Umugore wabikoze aba asa neza numwambaro wumugore utarabikoze inama namuha yagana uyu mushangazi umaze kubaka izina wumuhanga ngewe ndamutangira ubuhamwa yabinkoreye nkuze maze kumenya ubwiza byabyo ubj ndumunyarwandakazi waciye Imyeyo contact 0784551996
None c aragukorera bikamara igihe kingana gute?
Dufite akazi kenshi Kandi gakomeye!! Back T nakwemereye amazi y'abagabo kuko uri umugabo uzampamagare. Nkubu urabona ko utugejeje no mu muco gakondo ndagushimiye
Dorere ubwose nkuyu arikuvugikikoko komwatayumutwe numuco nkawe kutarumugore uraza kwiyesuraha urumvantasoni urabona abagore bokubyigishabarabuze intamutwegusa mbahaye 0/💯
Uhobigera
bacti,hanyuma abakobwa b,iyi minsi murababwira iki¿??
Ubwoc utarakunnye Ntabwenge agira? Ibyo ntabyo tuzi
Kbsa nibake babizi kdi subujajwa kuko ntacyo abeshye bitera kwizihirwa kdi ukabyara bitakugoye
Uvuze ukurirwose
Nones muguca imyeyo bakoreshiki
Ndashaka number yawe
Niba utaraciye imyeyo hamagara shangazi agufashe cyangwa umwandikire kuri whatsapp akugire inama contact 0728354067
Toni ibintu hano byakomeye
😁😁😁umugore wakunnye aryoshya agakino😆😆
kbs kbs
Hahhhhhhhh abubu imyeyo tuyiguramwisoko nabyokugakuyica nashyambarikibaho ibyonu kwi compliqué mumutwe .
Singombwa amashyamba ahubwo nubushake buke kuko nomunzu birakunda kuwubishaka
Ubanza ariyo mpamvu zisigaye zisenyuka buri munsi
Mubure ubuca imyeyo , dore byashyizwemo ingufu kuko bisigaye bivugwaho cyane.
Nukugirango mubikore
Nuko mutarimo kubyumva.
Hhhhh kbs olivia
@@3mtvdignite565 njye ndumirwa iyo nunva ibyo imyeyo. Nyuma nakunva icyganiro cya famille cy'abashakanye ukuntu babigisha, abandi babaza ibibazo yarabashobeye.
Nareba ninyigisho za shangazi, emma nkumirwa!
Nkibaza niba umunyarwanda azi aho ahagaze mumibonano ye? Dans sa sexualité!
Nukuri bazabashyirireho isomo ryo kumenya imiterere yabo, nuko bikorwa munzira nziza nimbi.
Biri mukavuyo.
Mbahaye ubuhamwa mwabyuka mwese mujya gushaka uyibacira imyeyo nimwiza cyane turenze nibyo ngumuco ifasha umugore wayicite gusa muriyi minsi irigusenya Ingo nyinshi cyane najye byari bimbayeho ariko narabihagurukiye mbishyiramo umwete ngana umubyeyi ufasha abanyarwandakazi Ubu narangwije ntimugakinishe ibyo bita umuco muzagane uyu mubyeyi abagire inama cyangwa musabe umuti mubyikorere ngewe narinziko iyumuntu yamaze kubyara bidakunda ariko biremera peeeee contact zashangazi ni 0788780209
Icyokora abanyarwanda , ibintu by',imyanya ndangabitsina ,muzi kuragira abantu ,ibyo guca imyeyo ntacyo bimaze , biri mu muco gusa ,ubishaka abikore sinzi niba ahari abana b'ubu bakibikora
Jane Hope ntacyo bimaze rwose,ahubwo bafata ubugoryi bashaka kubwigisha abana.aho ubera injiji ngo uwaciye imyeyo abyara bitamugoye,warabyaye ngo umenye ko umugore abyara bitamugoye????imbécile se uri gynécologue ?
Ahubwo mwamamaza uburaya mugatuma abantu bibaza ko abagore babo batabikoze ahubwo bakajya gushaka ababikoze.
Ahubwo se DIVORCE ziri hanze aha ziterwa no kudakuna,njye hari unzi wabikoze ariko yabuze aho yajya ngo babikate kuko iyo agiye urugendo n'amaguru agerayo yababutse,Mureke kuyobya abana mwigishe ibifite AKAMARO merci.
@@fifikany ahubwo njye nta ni ubwo nemera ko bikura kubera kubikurura
@@3mtvdignite565 nibareke kubeshya ,abobaginga nsinzi aho babikuye,izobwa Ngo nabahabo bashaka kwamamaza uburaya
Ntimukabeshye puuuuuu
😆😆😆😆
Nukubeshya abanyamahanga iyo babonye ibyo bintu birabashisha. Kandi ngo bigora abadamu kwambara string.
Mujye mureka gukabya! Muri gusenya abatarabikoze. Mugasenya ingo z'abandi.
None se ibyo bituma gatanya itaba mu Rwanda?
MCI!@UMUCIVILE W'ABACIVILE MU RWANDA; IJISHO RYANYU
Abanyamahanga se ubajyamo kubera iki uri umunyarwanda? urumva ra ,byonyine ibyo uvuze byerekana ko utikunda kuko wikunda uribyara, bisobanuye ko ubyarana na mwene wanyu kuko nibwo bwonyine ubyara umunyarwanda, ishusho yawe izagusigariraho utakiriho, none wowe nyumvira uzanyemo abanyamahanga ute?guca imyeyo byo rwose ni uburyohe bwisumbuye. Naho abo banyamahanga nubajyamo uzamenyeko wayobye kuko burya uba umeze nk ukenyutse kuko ntiwibyara.
Inkozi y'ibibi ubwo se wigisha iki?
Part 2 iracyenewe
Guys hari imico njye ntemeranya nayo rwose,ibyo si ibintu bya hatari bikwiye gutesha abantu umutwe
Ushaka guca imyweyo yagana shangazi akabigukorere muminsi icumi uba wangwije 0784551996
Nibyo iminsi icumi aba abirangije?
Ahhhhhhh ntibyoroshye
None umugore yavyaye aba yararenganye guca imyeyo
Ubwose mana abanya rwanda twari tuzi ko arabantu babika ibanga none inomyaka wagirango amabanga yabo ubungubu kuyanicyira kuri karubanda ntacyo bibabwiye hhhh cyakora genda urabeshya yewe aba damme dukoze kwishyi gutandukanye kandi ntabwo waburiye bose ngo ubone uko wabatandukanya vraiment Vraiment tu es un vrai menteur🤫
Ubu goryi gusa mbese abanyarwand komwasaze ibint nkibi bimaze ik 😏😏😏😏😏
Falina Lom ni wowe wasaze, ahubwo ese uri umunyarwanda?
Ni wowe wasaze ahubwo, burya umuswa yita ubusazi ibyo adasobanukiwe aho gusobanuza.
Ayiwe Ubu se uzi abanyarwanda bose ku buryo wabita abasazi? Uko ni ugushira isoni bikabije! Hano halimo abantu bakuze bashobora kuba bakubyaye. Burya iyo udafite icyiza uvuga, jya wicecekera, kandi twubahane hano twese.
uyumugabo. ndamuca. inzoga. yatandukiriye nonese. iyo. abwira. umugotewe. akazagutang ikikiga. niro
Yeweee uziko uyu
Nsanzabera jean De Dieu yanyishije muri segonderi ikinyarwanda weeee greetings
Ese nabagabo babyaza urabona