AMARIRA KWA Wa Mubyeyi Wari Umaze IMYAKA 9 Atwite😭 MUTABARE😭 BIGEZE AHO GUTABAZA ABAHISI N' ABAGENZI
Vložit
- čas přidán 29. 08. 2023
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#MAMA_GASARO_0782979590
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Plaisir aha niho Imana igushaka. Yagutoranije muri chanel zose ngo Imana ijye ivugwa mu mwimere wayo bitarimo pilatage! RERO, Plaisir haguruka urabagirane, ibindi ubirekere Yesu akubere akanwa
Plaisir mujyane Muri Ecography tumenye Ukuri?
Uku kwezi kwa 9 kuzarangira ubyaye mwizina rya yezu.humura uwo musozi ugiye kuwumanuka.
Amen
AMEN
Amen
Amen
Ameeeeen
Amen 🙏
Ihangane mubyeyi! Turi mwisi dufashe igihe muntambara ariko mugihe gito kandi tutarimo twebwe kumenya Imana ije gukora kandi nukuri abarozi bababarire wowe humura Imana irimukazi komera ❤
bamubaze bakamukuramo iki kintu ko njye niyumvisha ko atari umwana nyamwana koko😭umwana umaze imyaka 9 mu nda se ubwo azaza ari umusaza azaza ari ruhinja😭abaganga batabare kuko ntubazi neza ko azabyara wenda bizakomeza gutya
Duciye bugufi Mana Ishobora byose kubw'uyu mubyeyi,tugusabye ngo wiheshe icyubahiro Umutabare ,nukuri tuzagushima,urakoze Data kubikoze mw'Izina rya YESU Christo,amen Halleluaaa
Nyagasani umva gutaka kuyu MUBYEYI umutabare nukuri urashoboye nukuri,ntawe Wenda kwiyambaza dohora ugabanye igihe cyo kubabara mana.🙌🙌🙌🙌🙌🤲🤲🤲🤲🤲🙏🙏
Mana ndagushimye ko Ushobora byose kdi ndagushimye ko Ushyizeho iherezo kuri iki kibazo cy'uy'umubyeyi.👏👏👏👏👏🙏
Mana ndakwingi ujya wuva gusenga niwitekuruyu mubyeyi Kandi zaburi namwe imana ibahimigisha
Akira kubyara mumbaraga za Yesu wavuye murupfu rwiminsi itatu YESU NTACYIKUNANIRA KIZA UYU MUBYEYI YESU!!!!!!WEEEEE!!!!😢😢😢😢😢
Yup hug duty the itoppoygiiiu
Komera muvyeyi Imana ntabwimeze nkabantu knd izogutabara knd ntiyicay irikumurimo komera muvyeyi knd iraje ibigenzeneza
Yesu Mwami w'abami tubabarire utabare uyu mubyeyi
Turakwinginze twicishije bugufi
Tabara ubwoko bwawe Daata.
Uy'umubyeyi ararushye YESU
Yesu akurengere maman nukuri Yesu agutababare muvyeyi
MANA tabara umukozi wawe MANA mutabare turakwingize kubwubuntu bwawe nyakwubahwa uri mwijuru😢😢😢😢
NOONE ABAGAGA TIBASHOBORA KUMUGURIRA OPERATION.....?...??
Bamukorere operatioon
Operation bayikoze Ntabwo yabaho pe!
@@dativemanariyo3451kereka niba Imana yarabimubujije ,naho ubundi nanjye ndabona aribyo byamuruhura .
Humura Imana numukozi w'umuhanga kand twizeye yuko izagutabara maman kand Imana irakor iyakuye abisilayeli mubutayu irackora nanubu ❤❤❤❤😢😢😢😢
Mana isumba byose,ishobora byose,Mana nyiribihe nkuciriye bugufi ,ndagutakambiye ukize uyu mubyeyi abyare kdi aheke tuzagushima kdi tuzaguhimbaza mu izina rya YESU Amen
Mama Gasaro humura wowe numugabo wawe Imana izabatabara pe.ariko nshimiye Imana kubwumugabo wimpfura ufite utarigeze kugusiga mukigeragezo.amagambo yabantu ntiyabura ,ikiriho nugukomeza ugatumbira Imana niza izabatabarira hamwe👏🏼👏🏼
Uri Imana yinyembabazi ndakwinginze mwami wabami wowe urihejuru yabyose nkuko yehoshafati yakwinginze yatewe nabanzibe uka mwumva ukonanjye nakwinginze mfite ikibazo gikomeye ukanyumva nibindi ntarondoye wakoze girira imbabazi uyumubyeyi umukize kuko ntakintu nakimwe unaniwe ndakwizeye ku mukijije mu izina rya Yesu kristo winazeleti
Ayi Mana ishobora byose yigaragaze kuruyu mubyeyi nasenze ngo imurengere wowe murengezi wUbugingo numuja wawe itamurure wogahora kungoma we Niko nsenze nizeye Amen
Plaise mutware burundi kwa Chris ndikumana amusengere
Komera Mubyeyi
Imana iguhe imbaraga zingana nigihe urimo kdi izabikorera kwiyubahisha 🙏
Esubu kwamuganga bazamubaze bigaca aho byagaciye konubundi mbona ababara cyane koko uwiteka amurengere nukuri ararushye
Kubaga umubyeyi bisaba ko we abyemera akanabisinyira
Ashobora kuba we atabyemera arko nanjye numva bamubaga pe kuko ararushye
Humuraaa Yesu akwitayeho knd nukuripe agutabare vubaaaa mfashe umwanzuro ko nanjye ngiye kugusengeraaaaaaa ndabivuzeeeee abakijijwe mwese muze dutere ibitero kumyuka mibi dusabe Yesu avuge ijambo rimwe ukire mwizina rya Yesu akira gukira ameeee
Yesu ashimwe bene data ngira ngo uyu mubyeyi ababaye igihe kirekire,none kuki tutakwiyegetanya tugahuza imbaraga akajya mu ivuriro rimwitaho nkaho avuga
Dawe Mana ihorqho watanze Christ akamena amaraso ye ku musaraba kubwacu. Tugirire impuhwe kandi uzigirire n'isi yose. Tabara uyu mubyeyi 😭😭
Mana ntabwo Imigambi y'abana b'abantu iruta iyo udufitiye ndakwinjyinze igaragaze aha hantu 😢🙏🙏
Mana yacu wowe udakuranirwa ngo wibagirwe imirimo y abera wibuke mama Gasaro umutabarure amahoro . Mu izina rya Ysu . Amen
Yesu mwami tabara uyu mwaana wawe
Mana yo mu ijuru, ushobora byose Kandi nta kikunanira. Girira imbabazi mama Gasaro umuhe kuruhuka kuko ararushye cyane.Buri mubyeyi watwite akamenya uko bivuna ari amezi 9 gusa. None mureke dushyire hamwe dusabire uyu mubyeyi Imana imugirire ibambe mu izina rya Yesu. Mana ubikorere kwiyubahisha. Icyubahiro cyose no gukomera ni ibyawe iteka ryose
Imana y'Imbaraga nyishi ubutware,gukomera,Icyubahiro cyose ni icyawe kdi ntawe muzagisangira turagusabye wubahishe izina ryawe kuri uyu Mubyeyi tubisabye mwizina rya Yesu kristo watsinze urupfu Amen
Mana iri mwijuru nukuri uyu mubyeyi nanjye ndamusabiye kugira nez a kwae kumugereho nabapfuye urabazura ukabasubizamo umwuka bakongera bakaba bazima, nuyu ntabwo yakunanira . Ineza yawe nimugereho amen.
Uwiteka weeee nukuri tabara Maman Gasaro ararushye ararenerewe kdi tuziko ushobora byoseeee Mana weee iyubahishe kuri uyu muryango nukuri.
Mana ituye aharengeye wite kuruyu mubyeyi araremerewe Kandi tuziko ntawagukoma munkokora imigambi yumubisha yose utiteshe agashiro mwizina rya yesu Amen
Imana i arenger nukuri
Mama Gasaro komera mwijuru hari Imana itabara ndizera ntashidikanya ko Imana yacu ari Imana nziza ikunda abana bayo komera Imana yacu izagira icyo ikora tuyifitiye icyizere wicika Intege urugamba iyo rukomeye ruba rugiye kurangira
Tukusambira dear mukama sasura sumulula mukwano go🙏🙏🤲🤲🙇♀️🙇♀️😭
Yesu tabara mama gasaro muhe kubyara icyubahiro kikugarukire Yesu humura uzabyara mama
Mushake aba mama nkicumi baba nyamwuka wera wImana baze basengere uwo mubyeyi kuburyo bose bazaba bahuje umutima basenga iminsi itatu yaba itanu ukumwuka azabashoboza , Uwiteka yagira icyo akora
Yego rata nanjye niko nabitekerezaga
Nanjye ndabishyigikiye Kandi Plaisir aba abafite
Imana yomwijuru igugabare. Worohegwe iguture uyomutwar9 mwizina ryayesu
Mana mana yera turambiwe kubona umubabaro uyumubyeyi ababaye mana turabirambiwe turakwijyinze mana nawe birambirwe uturemere ishimwe kuruyu mubyeyi turatuje arikowowe mana ntutuze. Najye ndizeye amena
Mama humura Yesu aratabara tegereza mpaka igihe Imana izagutabarina mbere yigihe sigihe nanyuma yigihe sigihe ikorera igihe hagarara kigabo
Mana uri mwijuru gira icyo ukorera uyu mubyeyi umutabare turakwinginze
Mu mbaraga ,mubushobozi,mu maraso yawe yesu ururuka wigaragaze ukize umukozi wawe.mwizina rya Yesu Amen
Mwizina rya Yesu umwana wi lmana ishoborabyose Kira ariko inama njye natanga uwomubyeyi akwiye kuva aho muricyokiba ajyakuba kumasengesho murakozecyane
Kuko Imana ishoboye byose uzabyara neza kdi abana bibitangaza bumigisha nizeye kugiye guyabarwa nijuru mwizina rya Yesu
Mama gasa ndakwijyinze uzansere maze imyaka icumi nabuze urubyaro imana izakumpere umugisha
Maaaana weeeee tabara Yesu,niwowe twizeye
Yewe Yesu Christu,rangera uyu Mubyeyi,umuhe kubyara ni ukuri,muruhure mu izina rya Yesu Christu Umwami wacu. Amen
Imana itabare uyu mubyeyi rwose! Ariko humura igiye kugutabara mubyeyi
Uwiteka Mana yacu turagushima ko ushobora byose,kandi imigambi yawe kuri twe ni myiza turakwinginze igaragaze wongere kwihesha icyubahiro ku bwa m.gasaro maze satani akozwe isoni amware ,tabara uyu mubyeyi ararushye kandi igihe kibaye kirekire ,iyerekane nkuko wiyubahishirije kuri farawo ni ngabo ze ukabaroha munyanja imuhengeri,uko niko turoshye imbaraga za barozi mu nyanja yaka umuriro na mazuku ,tugirire neza wongere utwereke ubwiza bwawe utabare uyu mubyeyi nabana atwite nukuri natwe tuzagushima.Tubisabye twizeye mu izina rya Yesu Kristo umwami wacu.Amen
Pole sana yesu akurengere 🤲🤲🙏🙏👏👏
MANA ISHOBORA BYOSE NTIHAGIRE IKIKUNANIRA KUKO IBIRIHO BYOSE BYAREMWE NAWE NDAGUTAKAMBIYE NKWINGINGA NGO USHYIREHO IHEREZO UYU MUBYEYI UMURUHURE ABYARE NEZA MW'IZINA RYA YESU. 🙏 🙏 🙏
Ndakumva cyane mubyeyi Imana igutabare 🤲🤲🤲🤲🤲
Imana igutabare ubyare neza mw'izina rya Yesu christo
Nyagasani umva twe twese tugutakiye mukizeeeee amahanga amenyeko dufite Imana iruta utwo tugirwa mana mwizina rya Yesu kiraaaaaaaaaaaaaa kiraaaaaa kiraaaaaaaaa mwizina rya Yesu
Mw’izina rya Yesu,tuzongere kumubona hano azanwe n’amashimwe,aya marira ashizweho iherezo mw’izina nya Yesu Kristo Umwana w’Imana ishobora byose amen.
Amen
Amen
Yego nka mama bishop
Mama tubabarire utugirire imbabazi umuhe kubyara umwana uku kwezi kwa cyaneda
Imana ikurengere
Uwiteka Data watwese uri mu ijuru girira neza uyu mubyeyi umuhe kubyara neza kuko uri Imana ishobora byose tubisabye tubyizeye mu izina rya yesu amen 🙏
Mana turakwingize tabara uyu mubyeyi turakwingize cyane🙏🙏🙏
Humura mama Mw'ijuru hari Imana.kandi komeza kwizera mama.ndumva mbuze ico mvuga.
Yesu akwiteho mubyeyi kandi nawe Plaisir Imana iguhe umugisha
IMANA yo mw ijuru dusavye imbabazi kubwivyaha vyacu nibicumuro vyacu utabare mama gasaro kuko ushoboye vyose kandi MANA turahamya nezako Imbaraga zawe ziri hejuru y izindi mbaraga zose .MANA kandi nanje ndagutegereje unkirize umwana yabaye umurara ataco abuze akanka kwiga arara mugahinga urumwana muto ,urabizi benshi bangira inama yokuja mubaganga ba gakondo ayo ndazi namajwi ya satani nubu ndagutegereje nubwo ndushe nziko ushoboye vyose 🤲🤲🤲😭😭
Mana ndakwinginze wongere unyumve tabara umusavyikazi wawe 😪😭😭😭😭😭arababaye mana w tabara
Ark se wamana we kuberiki wemerera abagome bakadusekera waturengeye koko uyumubyeyi ukamuha kwibaruka amahoro ko umusozi awuzengurutse bihagije
Uwiteka Ashobora byose Nukuri ntabwo Aho areba ntituhareba
MamanGasaro icyo Hana Ini yifurije Morodekayiniwe byasohoreyeho humura Imana izaguhorera
Mana tabara umukozo wawe nukuri turakwinjyinze duciye bugufi munsi yibirenjye byawe tabara mama gasaro🙏🙏
Yesu igaragaze kuruyu muvyeyi indwi nihere atabonye amahasa yiw Yesu wew ntakikunanira Uri Imana ishoboye
Ko ababaye igihe kirekire cyane Imana imutabare ikigeragezo ke kimaze igihe kirekire
Arababaje cyane Yesu Amutabare pee
mbega umubabaro we, Mana Nyiribiremwa tabare uyu mubyeyi arananiwe cyane. ubu hariho ubugome burenze ubugome aba Satanic bari gukorera abantu, barikubatwitisha inda zitavuka noneho nabagabo bari gutwita. wasi we uratubabaza cyane
Ese Maman gasaro we wagiye kwamuganga nabo ko Arimana yabaduhaye bakamuguteruramo
Pole mama Mungu Akukumbuke,umechoka mama Ya Allah msamehe uyu mama ,wewe ni daktari ju ya madaktari wa duniya ,amechoka ya Allah ,Wewe nikilakitu kwake , Kumbuka wema aliyofanya hapo zamani ,Ulisema tutkukopeshe utatulipa ,Uliahidi.Bagore muzi ise uko kibabaza nitwibuke mumasengesho uyu mumama❤❤❤❤
Mungu Awabariki
Maman Gasaro va mu mavuriro ya Prive, ujye muri Leta, urugero jya I kanombe Hari abaganga Bari responsable bafata ibyemezo, njyewe nahabyariye Ndi muri condition mbi, iri grave, Cole yanze gufunguka, senga ufate icyemezo, ujye I kanombe kuko ho bafite n'ibikoresho biruta iby'ahandi, Imana izakoresha abaganga bakubage kuko urananiwe, Kandi Imana izakuri da,
Yego muvandi nasenge yumve ko Imana ibimwemerera kuko ninyarutonde
@@noellaharerimana9204 yiii, izamwemerera nayo irabibona ko ananiwe, Imana yatwemereye ntabwo yakwangira Maman Gasaro, rwose Imana izamurinda, ariko na none sinshyigikiye ko akomeza kuguma kuriya ngo Cole ntirafunguka,
Humura Yezu Kristu azogutabara vuba. Imana yo mw’ijuru irakuzi , iragutabaye Muvyeyi, iragukunda caaane kandi turagusengera . Uhezagirwe.
Mama nibyo Koko nurugamba mama humura Yesu na Se baza kurejyera komera komera biragoye nukureba maze no gutwita amezi cyenda nti biba bita mworoheye ariko tuza Mubyeyi mwiza 🙆🏾♀️😭😭😭😭😭
Mana n'ibi urabishoboye. Plaisr Imana ijye iguha umugisha
Yesu ndababaye amarira aranyishe 😭😭😭😭😭😭😭😭💔💔 ndakwinginze tabara uyu mubyeyi 😭😭😭😭😭😭😭
Imana yo ica inzira ahatari inzira nigire ico ikora
Imana imutabari mwizina rya YESU amina
Nukuri Imana nikubabarire ubyare rwose😢😢
Imana ikurengere nshuti
Yezu tukweretse uyu mubyeyi azabashe kubona umuganga uzamuvura umuhe kuzabona ibise azabyare turakwinginze🙏🙏🙏🙏
Plaisir wacu, Plaisir w'Imana n'abantu, Plaisir incuti y'u Rwanda n'Imana. RABAGIRANA! RABAGIRANA, BYUKA URABAGIRANE KUKO UMUCYO WAWE UJE KANDI UBWIZA BW'IMANA BUKABA BUKURASIYE
Imana igutabare muvyeyi
Imana imurengere pe kandi imukorere ibitangaza kandi rwose wihangane Imana irabizi kandi pe Izakurengera irasezeranya igasohoza ibyo yavuze nokubikora izabikora
Ababyeyi twese biduteye agahinda uko mbyumva mwamushakira abanyama sengesho group mukamwimura naho bagacana umuriro w'Imana nayo pe ntizabura kumanuka ngo imutabare mugerageze kumukuraho kdi mwibanga siburi wese ugomba kumenya aho ari
Uzabikorere kwiyubahisha Data wa twese uri mu ijuru tabara Mama Gasaro
Mana wee, aracyatwite se!! Uwiteka mana ishobora byose tabara uyu mubyeyi🤲
Uwiteka nyirimbaraga soze dutabare uyu mubyeyi abyare aruhuke uyu mutwaro amaranye imyaka 9 girira urukundo rwawe wigaragaze kuko uri umunyembaraga Mana uzaba utugiriye neza
Mana rengera uyu muvyeyi umutabare wizina nya yesu
Ayiwee Komera bambi Imana yantabaye nawe izakurengera natwe tugufashe kuyishimira
Imana ishyireho iherezo mwizina rya yesu
Mana twizeye tuzi imilimo ikomeye ukora ngwino ukore utabare mama gasaro.ichubahiro nichawe.kandi tukwingize murukukwezi kwa 9kubushake bwawe ubikore ameeeeeeeen
Mumunjyane kwapasita erize isalo tvi
Mana ry'ijuru 'isi, Mana ishobora byose, se w' umwami wacu Yezu Kristu, turakwinginze, tabara uyu mubyeyi. Rwose muhe kuruhuka amahoro aterure abana. Tuzagushima
Kugera kure siko gupfa ngo imana itanga ikigeragezo ngibona ku kouzshobora kukitura ariko iki kirarenze mana mutabare ababikoze bakorwe ni soni.kandi imana irahari turagusengera.mubyeyi.
Yooooo😭😭😭😭😭😭😭 Uwiteka akurengere wamubyeyiwe😭😭😭😭ndakumva imyaka9 nimishi😭😭wamanawe 😭😭😭😭. Subu konarimfite kubyara 24.6 ark nabyaye le 7.7 ark kwiheba narimfite byaribikomeye
Imyaka 9 nimyishi manawe nukuri Yesu agutabare😭😭
Nukuri ndababa muga wizere Imana niyo ishob8ye vyose
Mana ndakwinginze reka umusozi mama gasaro uriho urangire
Turasengeye uyu muvyeyi Imana imutabare yi baruke
Mana nziza wowe nyirububasha n'ubushobozi, tabara uyu mubyeyi umuvane kuri uyu musozi. Amen
Mana nyirimpuhwenimbabazi tubabarire uyumubyeyi umuruhuretwizeyekontakikunanira bikorekugirangobosebabone inezayawe
uzokira mama ndakwizereye koo yesu arumugabo ashoboye azogutabara nanjewe nda babaye nukuri kuko nuvise iyi nkuru yawe haheze ingihe
Mana ndakwinginze ngo utabare uyu Mubyeyi ! Kdi ubwo azabyara tuzagushima cyanee!
Pole UWITEKA we tabara uyumubyeyi MANA MANA tabara.
Pore mama mwijuru harimana izogutabara