Intwari z'i Nyange: Abarokotse ibitero by'abacengezi baravuga uko byagenze
Vložit
- čas přidán 5. 02. 2020
- Hashize imyaka 23 mu ishuli ryisumbuye ry’i Nyange hiciwe abana b’abanyeshuri bazize kwanga kwitandukanya bakurikije ubwoko nk’uko babisabwaga n’Abacangezi. Basabye aba banyeshuri kwitandukanya bavuga bati: “Abahutu bage ukwabo n’Abatutsi ukwabo”. Abanyeshuri basubiza bavuga bati: “Twese turi Abanyarwanda”. Ni bwo abacengezi batangiye kubarasa. Bamwe muri bo barapfa abandi barakomereka. Umva ubuhamya bw'abaharokokeye.
Camera & Editing: Richard Kwizera
Angelique ndagusuhuje cyane! Ubutwari bwanyu bwaduteye ishyaka!
Angélique disi 😘😘😘
Yooo Mwarimu wanjye Angelique disi. Love you so much.
Wanyibukije uko murumuna we yitwa, twariganye
Angeligue ndagusuhuje
Ubutwari buraharanirwa
Intwari za i Nyange aho kuba Intwari za Nyange. Cg Intwari z'Inyange.
Ni intwari z'Igihugu ,Nyange niho zerekaniye ubutwari bwazo! Much respect 🙏
Mwabaye intwari ntimuzatezuke
Mukomere mwagize ubutwari pe.
UMUKOBWA MURI
GARIYAMOSHI
YAHAYE UMWANYA
WO KWICARA UMUSAZA,
NYUMA Y'IMINOTA MIKE
IBYO YAKOZE BYARIJIJE
BURI WESE || Reba Inkuru hasi
czcams.com/video/3f46OzUUyDM/video.html