kuki Pst Julienne Bivugwa ko AGENDANA INZOKA MU ISAKOSHI😳ibyabereye ku GISIMENTI NUWO BIGANYE?Ukuri?
Vložit
- čas přidán 12. 05. 2023
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/Dv6tUgVsF8O...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Pasta Julienne muzoshake mumuvuge nabi nzokomeza kumukunda kuko yigisha abantu gusobanukirwa abaribo bakisengera batarinze kuja kubabarambikako ibiganza muze mwumve ubuhamya buhaca benshi babona ibitangaza vyabo atabakozeko aribo bisengeye benshi bagasengera abana babo ibibaboshe bikabarekura umuntu wese azogukundisha Imana ukagir nimpinduka mubuzima bwawe kubwijambo ry'Imana avuga uzumukunde Chris ndikumana wo muri kanguka nawe baravugako akoresha imbaraga zikuzimu ariko numukozi w'Imana pe bivanye nijambo ry'Imana avuga ntamuntu yokwumva kanguka buri musi abure impinduka muriwe wisanga wakunze Yesu rero twirinde guca imanza ahubwo twumve abavuga ijambo ry'Imana rizima nayo gutanga amahera birasanzwe kuk Imana iradusaba gutanga ahubwo nuko benshi batanga kubera iterabwoba ariko iyo wigishijwe neza nivyiza bizana umugisha ndabihamya
God bless you
Bien dit 👌
Ndafashijwe 😢 harigihe tuzitira abantu kubera imbuto mbi tuberera. Help us God 🙏
Ishyari ni karande mubanyarwanda nugukubita uwo muzimu mw'Izina rya Yesu
Uvuze ukuli
Christine ongeraho uti ishyali n'akagambane?!
ibyo ni ukumusebya gusa mami wacu aradufasha ndimo gufashwa amen
Mana we ndagukunda Mam Julienne,imana ijye igukomeza uri urugero rwiza rwumukristu wukuri utabeshya.bless u alot.
Ngukunda mumabara yose,kuko ntujya uvuga ibitabaho,cyane ibyakubayeho,mugihe abandi bigira abamarayika,nibitangaza ariko wewe uvuga urukundo rwukuri kuko ntiwiyemera kuko imana niyo ikomeye muri wowe,imana ijye ihora igukomereza amaboko kuko isi ntiyifuza abantu nkamwe,imana izaguhe ijuru kuko yivugiye ubwayo ko umuhate wacu atarubusa.
Uvuze ukuri pe . Oneness in Jesus Christ is the key to all we need as Christians.
Amen, uvuze neza Umuntu w'Imana, ibyo umwifurije nawe Imana ibiguhe ugukubuye 7,Imana iguhe nawe abakuvuga neza, erega ibyo tubiba nibyo dusarura
ark imana ishobora byose
Amena Imana iduhe imbaraga zogukomeza benedata Amena
Nukuri ndagukunda❤ urima uravuga ibimbaho gusa arko mdite icyizere bizarangira😢
Kbx
iyo nzoka nabo bazayishake maze bakizindwara da ariko ibibintu bikwiye kuvaho umukozi Imana izamuye bavuga ko bakoreshwa nimyuka mibi bose koko?
Bagusubize numvireho pe kuki
This woman ohh my God I love her sooo much ❤
True true pastor Julienne
We have familiarity the house of God as well as his word
God have mercy on us
God bless u 🙏
That's why I love this woman of God
Oooh past wapendeje utunwa tres Rouge umutuku nari nararetse ngo Imana iravyanka none Iyo Mana yawe iravyemera asante pasta
Amen
😭😭😭😭😭😭ndafashijwe nubwobuhamya yesuweeee ndarize nukur dusab Iman iduhe kwer imbuto
Good preaching Pastor Julienne ❤
Pst Julienne j'aimerai vs contacter personellement Mais JE NE sais pas comment vous voir. Vous enseignez la vérité vraiment.
Pastor mbere na mbere wambaye nezaaa peeee🥰
Ariko satani ararahiye azahorashya nabuzukurube bose nabandibamukomokaho .imana ikurinde mukozi wayo ndagukundacyane.
Pasta bareke bavuge imana ibabarire harusi bazifuzako ubashirako ikiganza
Igiterane cyamezi abiri! Areweeeeeee,
Abanyafurika barahabye. Babure gukora bashaka ibibatunga, birirwe munsengero, ntukabashuke. Afrika yadindijwe namadini
Hahahaha kweli kbs Amen
Ariko ibyo bitambaro abitwa abakozi b'Imana bamwe basigaye bagira ngo birimo (????)🤔?🤔
Birimo imbaraba zibafasha gukora ibitangaza @coucou
Ahaa! Abana b'Imana bakwiye guhumuka umwuka w'Imana ukabahumura, kuko ibyera byose ni amata !! Muve mu bujiji abo mwita ba Dadi na ba Mami babatwaramo buhumyi !!
Nanje narumiwe 🤭
Rwose uyu mudamu naramwemeraga ariko iyo hajemo ibyokugwa hasi wapi sinaba nkigiyeyo mama mignone niwe utaratangira kugwisha abantniho nzigira c u se
Uwakubwira ko julienne ari mukuru cga murumuna wa Mignonne mu mbaraga z'umwijima@Davina Muhizi
@@kayitesiclothilde6725Imana ibabarire nukuri, ntabwo ari byiza kuvuga nabi abantu utabifitiye ubuhamya hagera ku bakozi b'Imana bikaba ibindi. Yesu abagumbire 🙏
@@inna7803 ahubwo rubanda bashira ubwoba ese ubwo bazi ingaruka zabyo babaye bababeshyera cg nugupfa kuvuga gusa??!aha!!!
@@nyambochristelle7640 nukuri narumiwe, Imana itubabarire cyane idukize kwisanzura mu gucira abandi imanza tutanazi n'ubuzima bwabo, bifite ingaruka mbi rwose.
@,kayitesi icyayereka icyo wita umwuka wImana
Uri mwiza ufite amavuta ufite igikundiro mbese nakubuzeho inenge n,imwe
Uvuze neza Umuntu w'Imana, nawe Imana iguhe abakuvuga neza, ibyo tubiba nibyo dusarura
Uramaze rata flow
Ndafashijwe weeée. Mwarahezagiweeee
hhhhhh pole sana kbsa Satani arwanya Ibyumumaro
Reka mbabwize ukuri hari abantu tuzatungurwa ni tugera mu ijuru kandi abanyarwanda baravuga ngo nta nduru ivugira ubusa ku MUSOZI mujye mutwihera twirebera twiyigire naho ubundi bamwe ibyo bavuga bihabana nibyo bakora. Setu
@ Mutoni,Uvuze ukuri mwene Data,Hera kuri biriya bintu byose biri hariya imbere Ku gatuti,icyo gitereko cy'amatabaza bifite icyo bisobanuye mu isi y'imyuka bakorera,ongeraho ko uyu mugore,afite za mbaraga zitura abantu hasi kdi zikomoka mu isi y'umwijima.
Ese nshuti wowe uvuga isi yumwijima urayizi ibyo bintu wabibonyeyo?
Cg mwihuta guca Imanza ?
Basi wowe niba Uzi Imana fasha nabatayizi kuyimenya
Ngo aranaryoshye ariko abamusw*r ngo ni sw cyane ngo ntahazwa na 🥒 imwe! Mutubwire...😂
@@nyandikirahari umgani w'ikirundi uvuga ngo:"umutindi arota ico ababaye"
I can't stop laughing 😂😂😂 ngo warwanishaga mudomo 😂
Julienne mama hezagirwa
Yeweeee! Biravugwa pe kuko tubona uburyo ASENGERA abantu kuri camera ibyo baruka hari ababifata nkaho atwika cg afite imbaraga za Satani gusa njyewe nikundira ibi story aba ariho hari nibyo avuga ukumva bimeze ukuntu nkiyiyo couple yatandukanye ivuye mubukwe 😂
Ari imbaraga z'Imana n'iza Satani kuki mwumva ko iza Satani ariko zishoboye gukora ibitangaza?
Ese ukekako iyo nzoka ayigira yafata umwanya wo kuyivugaho?? Abanyarwanda mukunda ikinyoma kurusha ukuri
@@hagenimanajeanclaude1712 abantu niko babaye ngo burya ntamuhanuzi iwabo koko uwabivuze ntiyabeshye
@@kezanoella3114 suko
Nn se Imana nta mbaraga ifite? Mwagiye mureka guha satani imbaraga adafite koko 😌Imana yacu ishoboye byose
Aba ba pastors bo muri za Church nanjye ntawandambikaho ibiganza, baba bafite imbaraga bavanye kwa sekibi nizo bakoresha bakurura abakirisitu, bababeshya ntibamenyeko bari kubabeshya.
Ariko byibuze wemera ko nImana ifite imbaraga zikiza indwara akoresheje abakozi bayo. Niba Satani akora ibikomeye kuko Imana yo byayinanira? Ariko unyumve neza simvuga ko abiyita abakozi b Imana aribo! Ni gushishoza tugasaba Imana ubwenge kugirango tudashyira abantu bose mugatebo kamwe!
@@emuw2916 Ndabyemera Rwose ko Imana nta kintu cyayinanira ariko ntabwo ibereyeho gukora ibitangaza. Ibitangaza Imana ibikorera abanze kwemera ngo bemere ariko siyo mission ya Yesu ku isi. Mission ya Yesu ku isi ni uko abantu bihana bakazabona ubugingo buhoraho. Satani we akoresha ibitangaza nk'inzira yo kuyobya abantu, igitangaje nuko ubu nawe akorera mu nsengero. Yesu ari ku isi yazuye Lazaro wenyine, kandi Hari ibihumbi n'ibihumbi byabapfuye, ubaze abo Yesu yakijije n'abari mu isi barwaye wasanga ari bake cyane. Biratangaza rero iyo umuntu akoresha igiterane avuga ngo come and see miracles, nkaho ibitangaza ariwe uzabikora. Nta muntu ukora ibitangaza, kereka Imana yonyine.
God bless
Yesu ibitangaza yabyitaga ibimenyetso, doreko atashimaga yuko bamwita umunyabitangaza
𝑷𝒓𝒂𝒊𝒔𝒆 𝑮𝒐𝒅🎉
sinzi niba comment yanjye mutayisiba gusa arakoze kubivugaho rwose impamvu nanjye narabyumvise ikindi cyantunguye ni umunsi uwitwa Prophet Erneste aza murusengero akinjira akamuha agatuti agatangira kwitangisha amafaranga Rutayisire niwe ujya ubivuga ngo ntiwajya murusengero runaka utangire wake abantu amafaranga utabitumwe rero mugiye kujya muduha ukuri gusa Imana itabare umukumbi wayo
Cya Ernest cyonnii ni ki error nigeze kugihamagara NGO kinsengere kibanza kumbaza icyo nkora naho nkora
Uzayabime, amagambo uyareke, ubishaka ayatange, harayo babakura mu mufuka?? Mujye muvuga muzabisubiramo, hhhhh amagambo cyakoze aroroha kuyavuga, yamaze niba yaritangishije ama frw
Imana iguhe abazajya bakuvuga nkibyo uvuze kumuntu w'Imana, ibyo umuntu abibye nibyo asarura, bazagucritika bikurenge
@@uwimanakarikireclaudine6289 o