Sobanukirwa uko wakirinda ko uwo ugiye kuguriza amafaranga azagusiragiza mu nkiko yanze kukwishyura.
Vložit
- čas přidán 2. 04. 2023
- Niba hari ikibazo cyangwa igitekerezo ufite kuri iki kiganiro twangikire kuri Email yacu: amategekoyacu@gmail.com, cyangwa utwandikire kuri WhatsApp: 0788566872.
Urakoze cyane Mm kuri kino kiganiro, ukomerezaho ibi bazafasha abanyarwanda kukudahora mumakimbirane noguhora munkiko. Abantu baratwambuye baratumarije kubera gutanga amafaranga kukizere umuntu nyuma akakwambura urebera kabisa
Komerezaho urimo neza kabisa.
Uri mwiza pe
Murakoze cyane kudusangiza icyo amategeko avuga! Mukomereze aho.
Nonese ni kizito umuntu akwibye ukamutzinda murukiko umuhesha wurukiko agasanga wamujura afite inzu yonyine abamo numuryango we biremewe kuyigurisha iyo ibanditseho cg harikindi amategeko ateganya
Muraho neza.., Murakoze cyane kubumenyi muri kutugezaho..!!, nimukomerezeho rwose..!!!, ndabasaba ngu muzadukorere ikiganiro kindi mu kwishyuza insurance companies..!!, ndetse mutubwire n’ amategeko wakurikiza kugirango umuntu Abe yabakurikirana murakoze
Amahoro turagushimira cyane mfitanye urubanza numuntu twafatanyije ubutaka turi bane muburyo bungana atwandicyira amasezerano yu bufatanye ariko aduha kopi ajyana orojinari ariko tumusinyisha ho kurizo kopi none avuga ko impamvu afite orojinari ngo nuko ntacyo twamuhaye wangira iyihe nama
Birasobanutse rwose
Waduhaye draft ya contract se yemewe
Urasobanutse
Amategeko menshi nayo asenya Societe ndakurahiye kuko uburyo ubisobanura ubanza utajya uguriza abantu nyamara Munyana yigeze kunguriza
Murakoze,niyihe ngano yamafaranga wakorera inyandiko kd ikajyayo umukono wa Notaire?
Yego ikiganiro no kiza. Ese umugurije kdi y'amasezerano akaba yujuje ibisabwa yemwe afite n' umutungo wakwifashishwa kuzavamo ubwishyu igihe bibaye ngombwa, ariko wamutungo agahita awikuzaho agamije kuzakwambura hakorwa iki? Murakoze
Mwaramutseneza ese banoteri bigenga batangiye gukora
Noteri yishyurwa angahe?
Me ko hari amasezerano inkiko zanga kurangiza kdi ariho kashe ya Noteri waduha ingingo ibivuga neza! Thx
Muraho umugabo washatse abagore 2 umwebarasezerany amazekwitaba imana asezerana nuwakabiri hashize umwaka umugabo arapfa none umuzungura wuyumugabo ninde? Murahoze.
Rwose ahubwo kudakora kuri subscribe ni ugucikanwa
Ndashakako wazatugezaho principles zomumategeko ariya yomururimi rwikigereki
Mwatwandikiye Numero zanyu ?
Nanjye mfite umuntu umbereyemo umwenda umaze imyaka 5 ese namwishyuza gute?
Ese Notel ntabishyuza Menshi?
Birasobanutse byuzuye
Sinjya njya mu bintu byo kugurizanya kuko sinaka inguzanyo no kuri bank sinjyayo.
Umuntu yarambwiye ko muha amafaranga ngo mugitondo aranzanira imari nkuko bisanzwe ntiyayizana ntiyanayansubiza nzabikore gute?
Hello,waduhaye number yawe
MURAHO IBIGANIRO BYANYU NI BYIZA UMUNTU YARATSINDIYE UMUTUNGO UTIMUKANWA BAJYA KUWUMUHESHA BAGASANGA YARAWUBARUJE KUBANDI BANTU HARICYAKORWA BADASUBIYE MUMANZA?IBYANGOMBWABYABWOSE UBWO BYABONEKA GUTE?MURAKOZE
Ramber yururimi igira agaciro
Ikiganiro turagishimye mukomerezaho @@parfaithoualakoue9227
Urasobanutse
Muraho umugabo washatse abagore 2 umwebarasezerany amazekwitaba imana asezerana nuwakabiri hashize umwaka umugabo arapfa none umuzungura wuyumugabo ninde? Murahoze.