Impamvu udakwiye kuguriza inshuti n'abavandimwe || Don't lend money to family and friends

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 29. 08. 2020
  • Niba ushaka inama z'umwihariko ku gucunga amafaranga yawe, twandikire kuri Whatsapp +250790697003
    Kuyi iyi channel tunyuzaho ibiganiro bishishikariza abantu kwiteza imbere, inyigisho n'impanuro z'abahanga mu byo kwiteza imbere. Twibanda cyane ku gukira ukiranuka. Indangagaciro tuvana muri Bibiliya nk'Ijambo ry'Imana nizo ziyobora ibiganiro byacu, tukongeraho n'impanuro ziturutse mu bunararibonye bw'abategura ikiganiro bayobowe na Pastor Aimable Nkuranga, umaze imyaka myinshi ayobora ibigo by'imali. Iyi channel yitwa UBUKIRE NYABWO TV kuko twemerako UBUKIRE NYABWO bugira agaciro muri ubu buzima bwo kw'isi ariko umuntu akazanabwambukana no mu buzima bw'iteka. Ntugende udakoze SUBSCRIBE / @ubukirenyabwotv Kandi nugira ibyo ukundamo ukande LIKE ndetse na SHARE kugirango n'inshuti zawe bizigereho. WIBYIHERERANA #Family&Friends #LendingToFF

Komentáře • 54

  • @UbukireNyabwoTV
    @UbukireNyabwoTV  Před 3 lety +2

    Niba ushaka inama z'umwihariko ku gucunga amafaranga yawe, twandikire kuri Whatsapp +250790697003

    • @kaielisha3485
      @kaielisha3485 Před 2 lety

      sorry to be offtopic but does someone know a trick to log back into an instagram account??
      I was dumb lost my password. I love any assistance you can give me

    • @futurevisionagency4518
      @futurevisionagency4518 Před 2 lety

      Murishyuza? Ni angahe???

  • @hakizimanaeugene5267
    @hakizimanaeugene5267 Před 3 lety +4

    Rwose Mwanyigishije ko amafaranga ugurije umuntu aramafaranga wabura nahungabanye umutungo wawe!!!! Oooooo!! Wowu!! Very nice 👌 kbs

  • @semucyojeanclaude7548
    @semucyojeanclaude7548 Před 3 lety +4

    Murakoze cyaneee pastor muzanatumire Rwema Pascal

  • @joyofsalvation8630
    @joyofsalvation8630 Před 3 lety +5

    Habwa umugisha Pastor Imana ikomeze yagure uyumurongo kuko uri gutanga umusanzu ukomeye mubanyarwanda byumwihariko mubakristo

  • @glorioseumugwaneza3456
    @glorioseumugwaneza3456 Před 3 lety +4

    Ohh izi nama n’ingenzi ! Biroroshye ko incuti cg abavandimwe amafaranga yabatanya, ariko rwose habamo n’unyangamugayo mu kwinshyra ideni..,

  • @bigirimanaclaude8199
    @bigirimanaclaude8199 Před 3 lety +2

    urakoze cyane kukiganiro cyiza rwose, ubu n ,ubuzima benshi babamo kdi bigatuma rwose umubano w,umuntu nundi urangira nabi so uratwubatse kdi uraduhuguye cyane

  • @jeandukuze1103
    @jeandukuze1103 Před 3 lety +5

    Urakoze cyane Pastor,izi nama iyo nzimenya hakiri kare hari limits mba narashyize ho ku bijyanye no kuguriza inshuti.
    Kuko abo nitaga inshuti abenshi ubu twarashwanye kubera amafaranga.

  • @jeannemitavu8529
    @jeannemitavu8529 Před 3 lety +2

    Murakoze ku mpuguro nziza mudusangije. Imana ibagirire neza

  • @UBUKIREACADEMYTV
    @UBUKIREACADEMYTV Před 3 lety +4

    Urakoze kuri iz’inama nziza ,kubantu bakurikira bigira akamaro.

  • @techsavy6077
    @techsavy6077 Před 2 lety +3

    Muzatuganirize uburyo umuntu yabana nabandi adakoresheje amafaranga menshi nko mubukwe, muri anniversaries, gusohoka nibindi

  • @AntoineMuhirwa
    @AntoineMuhirwa Před 2 lety +1

    Urakoze cyane, Pastor. Gusa kuri bamwe, famille niyo Banque ya mbere yunguka (biturukana n'imico ya family members + urukundo mukundana). Iyo mukundana murishyurana.

  • @rukundoinnocent468
    @rukundoinnocent468 Před 3 lety +4

    Umwami Yesu abahe umugisha

  • @AimableNkuranga
    @AimableNkuranga Před 3 lety +2

    Murakoze cyane

  • @twagiramunguemilien7585
    @twagiramunguemilien7585 Před rokem +1

    Ndabashimira ikiganiro cyuje ubwenge n'ubuhanga biribujye biturinda ibihombo by'amafaranga ndetse no guhomba inshuti.
    Sogukuru yigeze abwira abagabo ati nusha guca umubano n'umuntu uzamugurize!
    Mukomerezaho turabashyigikiye rwose.

  • @theophilemupenzi2308
    @theophilemupenzi2308 Před 3 lety +1

    Nakunze inama zawe zuzuye ibyubwenjye bw'uje urukundo muvandi nkunda cyane uburyo ubivugamo n'ukuri turakwishimiye tubahaye ikaze knd mwarakoze kudushyiriraho iyi chano.Ibahe umugisha.

  • @user-sb5hz3hy2s
    @user-sb5hz3hy2s Před 4 měsíci

    Tugushimiye ku nama uduhaye.

  • @MugangaDamien
    @MugangaDamien Před 9 měsíci

    Murakoze cane

  • @vincentlion7487
    @vincentlion7487 Před 11 dny

    Urayasa muvandimwe

  • @johnrurangwa6864
    @johnrurangwa6864 Před 3 lety +1

    Nibyo ndamufite wayantwaye mugihe cya guma murugo kugeza ubu amaso yaheze mukirere Kandi menshi

  • @eshopping9741
    @eshopping9741 Před 2 lety +1

    Murakoze kurizi nama mutanga🙏

  • @amanirutayire8972
    @amanirutayire8972 Před 3 lety +2

    Murakoze cyane,ibyo ni Ukuri pe,nakwitangaho urugero hari umuvandimwe mwangurije amafr mubyo nagombaga kuyakoza yarabizi twabiganiyeho,cyane ko ibyo napangana iyo bikunda nari kumwishyira najye nkamufasha niyo gahunda narimfite,ariko naje guhomba kuburyo ntasobanukiwe biturutse kubyo nari nashoyomo amafr abantu baza kumpangika bampa ibitujuje ubuziranenge nakoresheje ayanjya agera kuri 4millions nawe anguriza 900.000frw yose ndayahomba gusa najye byarambabaje kuko Cousin wangurije twarakundanaga ariko ubu wapi,Imana izamfashe mwishyure nubwo we ajya yibaza ko ntacyo binbwiye

    • @UbukireNyabwoTV
      @UbukireNyabwoTV  Před 3 lety

      Urakoze @Amani ku buhamya udusangije. Amafaranga atandukanya inshuti n'abavandimwe rwose.

    • @amanirutayire8972
      @amanirutayire8972 Před 3 lety +1

      Mana,amafr atandukanya inshuti n'Abavandimwe cyane gusa njyewe murinjye mpora nishinja guhemuka ariko na none nareba uko byangendekeye nhabyereka Uwiteka gusa ntibyoroshye cyane ko,iyo nambaye Cousin wanjye abona ko niyitaho nkibagirwa kumwishyura,ntago tukivuga rumwe gusa narangije kwakira ikitwa Guhemuka kurijyewe ariko najye mbifite k'Umutima nzamutungura mwishyure ariko byampaye isomo umuntu ukunda utifuza gutakaza wamufasha ariko ukirinda kumuguriza amafr...wanayamuha ugateganya ibintu 2,kwamburwa no kwishyurwa ukabyiteguramo mbere

    • @ntakirutimanasamuelgaston7624
      @ntakirutimanasamuelgaston7624 Před 3 lety

      Urakoze cyane ntugacike
      Intege kuduhugura

    • @assielkaruranga6330
      @assielkaruranga6330 Před 3 lety

      @@amanirutayire8972
      Imana igufashe cyane, ariko ubwo wumva bikubavaza ko usa n'uwambuye uwo cousin wawe ariko utabishaka, nib'ari ukuri kandi ukaba usenga wubaha Imana, ubwo ubitekereza ko uzamwishyura, ugumye ubisengere buriya Imana n'umutunzi w'imbabazi ishobora kuzagutungura, ukabona urayabonye ukamwishyura. Gusa wiwe niba atari ukwikunda, uka koko ntayo ufite, ujye ufat'igihe usenge Imana uyisaba amafaranga yo kwishyura uwo cousin usenge ibyatura mw'izina, niba unabishonoye ube wareka no kugira ikintu ufata cyo kurya no kunywa mu gihe runaka, icyo gihe Imana nayo izabona umubabaro wawe n'ikikubabaje iguhe ubwishyu.

  • @M1N7NA
    @M1N7NA Před 3 lety +1

    Uko ni ukuri kbs

  • @nadineneza5732
    @nadineneza5732 Před rokem +1

    Ibyo rwose nu kuri nuko ntawisama yasandaye nyine😭

  • @futurevisionagency4518
    @futurevisionagency4518 Před 2 lety +1

    Very true 👌

  • @rugambachristian7587
    @rugambachristian7587 Před 3 lety +1

    Thank you

  • @NIZEYIMANAAugustin
    @NIZEYIMANAAugustin Před 3 měsíci

    Murabantu bingenzi

  • @giantsgfr4691
    @giantsgfr4691 Před 3 lety +2

    Yewe ubanza inshuti n'abavandimwe bari barabazengereje. Ukuntu iki kiganiro mwagikurikiye birerekana ko bitari byoroshye!!!

    • @josephuwimbabazi3732
      @josephuwimbabazi3732 Před rokem

      😆😆😆 ariko se ko inshuti cg abavandimwe aribo bantu bashobora kugutabara wahuye n'ikibazo gikomeye ahubwo twashishikariza abantu kuba inyangamugayo

  • @SereineNziza
    @SereineNziza Před 3 lety +1

    Iki kiganiro nibwo ncyumvishe ariko kirimo ubuhanga bwinshi

  • @techsavy6077
    @techsavy6077 Před rokem

    I wish you can comeback talking about financial literacy only not Crypto currency.

  • @rukundoinnocent468
    @rukundoinnocent468 Před 3 lety +2

    Iri ni isomo

  • @tuganireliveshow8262
    @tuganireliveshow8262 Před 2 lety +2

    Nibyo Cyaane,,Rwose Kwishyuza Umuvandimwe Biravuna ariko Biba bibi iyo akwambuye akanakwerurira Akanavuga ngo Ugira Inzara wishyuza nk'abatwa,,Hanyuma Ukibaza we aguza akanishyura nk'icyi.🤔🤔🤔🤔

    • @ikibotv5145
      @ikibotv5145 Před 2 lety

      bireke nanjye byambayeho muriki cyumweru! umuntu twarinshuti magara twarashwanye ngo kubera ku mu ishyuza !! 😂😂😂

  • @HPTTvkabootar
    @HPTTvkabootar Před 3 lety +1

    Good

  • @denisekandondo5525
    @denisekandondo5525 Před 2 lety +1

    numéro ou mail kuyitanga nivyiza kuko umuntu uokurondera kugire uzotange inyigisho nabadafise accès kwikorana buhanga

  • @emmd1234
    @emmd1234 Před 3 lety +1

    Abavandimwe ubaguriza Frw cyangwa ukamuguriza ka business ngo azamuke akayakoresha nk'aho atari aye, ntakwishyure business igahomba. Si bose ariko iyi myumvire yo kumva ko mwene wacu azatubeshaho, azadutunga, arakize (nk'aho ayabona bitamuvunnye), iyi myumvire izashira ryari?

    • @UbukireNyabwoTV
      @UbukireNyabwoTV  Před 3 lety +1

      Niyo mpamvu dukora ikiganiro nk'ikingiki

    • @jmvhitimana2635
      @jmvhitimana2635 Před 3 lety

      Niyo ugerageje kumuha akazi nk'uko ugaha abakozi bandi araguhombya ntagakora nkaba ndi we ntagaha agaciro ngo agakore ahubwo agashaka ko umwihera atanagufasha kuyakorera sibose gusa nibo benshi

  • @patienceniyonshima6426
    @patienceniyonshima6426 Před 2 lety +1

    Murakoze cyane