Impamvu udakwiye kuguriza inshuti n'abavandimwe || Don't lend money to family and friends
Vložit
- čas přidán 29. 08. 2020
- Niba ushaka inama z'umwihariko ku gucunga amafaranga yawe, twandikire kuri Whatsapp +250790697003
Kuyi iyi channel tunyuzaho ibiganiro bishishikariza abantu kwiteza imbere, inyigisho n'impanuro z'abahanga mu byo kwiteza imbere. Twibanda cyane ku gukira ukiranuka. Indangagaciro tuvana muri Bibiliya nk'Ijambo ry'Imana nizo ziyobora ibiganiro byacu, tukongeraho n'impanuro ziturutse mu bunararibonye bw'abategura ikiganiro bayobowe na Pastor Aimable Nkuranga, umaze imyaka myinshi ayobora ibigo by'imali. Iyi channel yitwa UBUKIRE NYABWO TV kuko twemerako UBUKIRE NYABWO bugira agaciro muri ubu buzima bwo kw'isi ariko umuntu akazanabwambukana no mu buzima bw'iteka. Ntugende udakoze SUBSCRIBE / @ubukirenyabwotv Kandi nugira ibyo ukundamo ukande LIKE ndetse na SHARE kugirango n'inshuti zawe bizigereho. WIBYIHERERANA #Family&Friends #LendingToFF
Niba ushaka inama z'umwihariko ku gucunga amafaranga yawe, twandikire kuri Whatsapp +250790697003
sorry to be offtopic but does someone know a trick to log back into an instagram account??
I was dumb lost my password. I love any assistance you can give me
Murishyuza? Ni angahe???
Rwose Mwanyigishije ko amafaranga ugurije umuntu aramafaranga wabura nahungabanye umutungo wawe!!!! Oooooo!! Wowu!! Very nice 👌 kbs
Murakoze cyaneee pastor muzanatumire Rwema Pascal
Habwa umugisha Pastor Imana ikomeze yagure uyumurongo kuko uri gutanga umusanzu ukomeye mubanyarwanda byumwihariko mubakristo
Asante Imana iguhe umugisha
Ohh izi nama n’ingenzi ! Biroroshye ko incuti cg abavandimwe amafaranga yabatanya, ariko rwose habamo n’unyangamugayo mu kwinshyra ideni..,
urakoze cyane kukiganiro cyiza rwose, ubu n ,ubuzima benshi babamo kdi bigatuma rwose umubano w,umuntu nundi urangira nabi so uratwubatse kdi uraduhuguye cyane
Urakoze cyane Pastor,izi nama iyo nzimenya hakiri kare hari limits mba narashyize ho ku bijyanye no kuguriza inshuti.
Kuko abo nitaga inshuti abenshi ubu twarashwanye kubera amafaranga.
Niko bimera ariko bikubere isomo ntibizongere...
Murakoze ku mpuguro nziza mudusangije. Imana ibagirire neza
Musanze bifite ishingiro se?
Urakoze kuri iz’inama nziza ,kubantu bakurikira bigira akamaro.
Muzatuganirize uburyo umuntu yabana nabandi adakoresheje amafaranga menshi nko mubukwe, muri anniversaries, gusohoka nibindi
Urakoze cyane, Pastor. Gusa kuri bamwe, famille niyo Banque ya mbere yunguka (biturukana n'imico ya family members + urukundo mukundana). Iyo mukundana murishyurana.
Umwami Yesu abahe umugisha
Urakoze cyane
Murakoze cyane
Ndabashimira ikiganiro cyuje ubwenge n'ubuhanga biribujye biturinda ibihombo by'amafaranga ndetse no guhomba inshuti.
Sogukuru yigeze abwira abagabo ati nusha guca umubano n'umuntu uzamugurize!
Mukomerezaho turabashyigikiye rwose.
Nakunze inama zawe zuzuye ibyubwenjye bw'uje urukundo muvandi nkunda cyane uburyo ubivugamo n'ukuri turakwishimiye tubahaye ikaze knd mwarakoze kudushyiriraho iyi chano.Ibahe umugisha.
Urakoze gushima Theophile
Tugushimiye ku nama uduhaye.
Murakoze cane
Urayasa muvandimwe
Nibyo ndamufite wayantwaye mugihe cya guma murugo kugeza ubu amaso yaheze mukirere Kandi menshi
Murakoze kurizi nama mutanga🙏
Murakoze cyane,ibyo ni Ukuri pe,nakwitangaho urugero hari umuvandimwe mwangurije amafr mubyo nagombaga kuyakoza yarabizi twabiganiyeho,cyane ko ibyo napangana iyo bikunda nari kumwishyira najye nkamufasha niyo gahunda narimfite,ariko naje guhomba kuburyo ntasobanukiwe biturutse kubyo nari nashoyomo amafr abantu baza kumpangika bampa ibitujuje ubuziranenge nakoresheje ayanjya agera kuri 4millions nawe anguriza 900.000frw yose ndayahomba gusa najye byarambabaje kuko Cousin wangurije twarakundanaga ariko ubu wapi,Imana izamfashe mwishyure nubwo we ajya yibaza ko ntacyo binbwiye
Urakoze @Amani ku buhamya udusangije. Amafaranga atandukanya inshuti n'abavandimwe rwose.
Mana,amafr atandukanya inshuti n'Abavandimwe cyane gusa njyewe murinjye mpora nishinja guhemuka ariko na none nareba uko byangendekeye nhabyereka Uwiteka gusa ntibyoroshye cyane ko,iyo nambaye Cousin wanjye abona ko niyitaho nkibagirwa kumwishyura,ntago tukivuga rumwe gusa narangije kwakira ikitwa Guhemuka kurijyewe ariko najye mbifite k'Umutima nzamutungura mwishyure ariko byampaye isomo umuntu ukunda utifuza gutakaza wamufasha ariko ukirinda kumuguriza amafr...wanayamuha ugateganya ibintu 2,kwamburwa no kwishyurwa ukabyiteguramo mbere
Urakoze cyane ntugacike
Intege kuduhugura
@@amanirutayire8972
Imana igufashe cyane, ariko ubwo wumva bikubavaza ko usa n'uwambuye uwo cousin wawe ariko utabishaka, nib'ari ukuri kandi ukaba usenga wubaha Imana, ubwo ubitekereza ko uzamwishyura, ugumye ubisengere buriya Imana n'umutunzi w'imbabazi ishobora kuzagutungura, ukabona urayabonye ukamwishyura. Gusa wiwe niba atari ukwikunda, uka koko ntayo ufite, ujye ufat'igihe usenge Imana uyisaba amafaranga yo kwishyura uwo cousin usenge ibyatura mw'izina, niba unabishonoye ube wareka no kugira ikintu ufata cyo kurya no kunywa mu gihe runaka, icyo gihe Imana nayo izabona umubabaro wawe n'ikikubabaje iguhe ubwishyu.
Uko ni ukuri kbs
Ibyo rwose nu kuri nuko ntawisama yasandaye nyine😭
Very true 👌
Thank you
Murabantu bingenzi
Yewe ubanza inshuti n'abavandimwe bari barabazengereje. Ukuntu iki kiganiro mwagikurikiye birerekana ko bitari byoroshye!!!
😆😆😆 ariko se ko inshuti cg abavandimwe aribo bantu bashobora kugutabara wahuye n'ikibazo gikomeye ahubwo twashishikariza abantu kuba inyangamugayo
Iki kiganiro nibwo ncyumvishe ariko kirimo ubuhanga bwinshi
I wish you can comeback talking about financial literacy only not Crypto currency.
Iri ni isomo
Nibyo Cyaane,,Rwose Kwishyuza Umuvandimwe Biravuna ariko Biba bibi iyo akwambuye akanakwerurira Akanavuga ngo Ugira Inzara wishyuza nk'abatwa,,Hanyuma Ukibaza we aguza akanishyura nk'icyi.🤔🤔🤔🤔
bireke nanjye byambayeho muriki cyumweru! umuntu twarinshuti magara twarashwanye ngo kubera ku mu ishyuza !! 😂😂😂
Good
numéro ou mail kuyitanga nivyiza kuko umuntu uokurondera kugire uzotange inyigisho nabadafise accès kwikorana buhanga
Uzatwandikire kuri Whatsapp +250790697003
Abavandimwe ubaguriza Frw cyangwa ukamuguriza ka business ngo azamuke akayakoresha nk'aho atari aye, ntakwishyure business igahomba. Si bose ariko iyi myumvire yo kumva ko mwene wacu azatubeshaho, azadutunga, arakize (nk'aho ayabona bitamuvunnye), iyi myumvire izashira ryari?
Niyo mpamvu dukora ikiganiro nk'ikingiki
Niyo ugerageje kumuha akazi nk'uko ugaha abakozi bandi araguhombya ntagakora nkaba ndi we ntagaha agaciro ngo agakore ahubwo agashaka ko umwihera atanagufasha kuyakorera sibose gusa nibo benshi
Murakoze cyane