Urarira nubona ibyo umupfumu SALONGO akoreye wamusaza utegereje gupfa | ibyishimo byamurenze ararira
Vložit
- čas přidán 8. 12. 2021
- Twasuye wamusaza wimyaka 95 akaba amaze imyaka 60 arwaye uburwayi bumubabaza cyane nkuko yabitubwiye mu kiganiro kirambuye yagiranye na Afrimax TV.
#Gad_0782450508
Hamagara 0782450508 niba hari icyo wafasha uyu musaza ni numero ya Gad umuhungu wuyu musaza.
None mumumbarize sarongo avura bamwe abandi akabihorera
Kbsa Salongo Imana Ikomeze Iguhe Umugisha Igukubire Inshuro 100
Salogo imana ikumpere umugisha kubufasha utanga
Salongo Uri umuntu wagaciro kuburyo bushoboka bwose ojara nabo bapasiteri nirirwa basakuza bakoraga nkibyo wowe ukora wowe sí Uri umukozi wimana mubikorwa👏👏👏👏👍👍👍👍👌👌👌👌👌
Urumuntu wumugabo cyane ureke bayongwe birirwa batwara naducye abakirisitu bafite nibibuke nabacyene ahubwo bakirirwa barata amamodoka atagize icyo amariye sosiyete nyarwanda.sarongo sinkuzi sindi nomurwanda ariko abakuvuga nabi nibazonjyere guhabwa ijabo
Salongo imana iguhe umugisha igusubirize ahomukuye 🙏🙏❤️❤️
Salongo imana uzajye iguha umugisha
Salongo mumuveho mwabanya rwanda
Mwe Yesu arakuzi uxokizwa
Umuntu azisubira kuvuga salongo
Uyu mubuzi artwork imbuto yi Mana
Jew
Nepo twakwishimiye kugaruka welcome
Salongo ahubwo nabwo arumuganga wagakondo gusa, ahubwo ni intumwa y'Imana Kbs solongo komerezaho imirimo myiza ukomeza gukora uzayihemberwa ,urekane na yongwe utazi ibyo avuga asengera abantu aruko ba muhanye amfranga
Sarongo.numugabo.mwiza cyane nange ndamukunze. Nzamusura.namva mumahanga naramukunze cyaneeee
Sarogo utamwita karumugabo yaba arumusazi nka yogwe
Salongo Imana isubize aho ukuye
Kandi ubufasha bwawe ubukomeze Imana izabiguhembera
Yongwe ngwino urabe😜😜uguma utubura abantu,ugaca wiyemerako ugaburira imbwa'''''Kubona Umuntu nka Salongo abasumvya ibikorwa vyiza!!!Mana yanje urashoboye kndi ndabizi ufate Salongo umuhindure igikoresho caw👏👏 Amen 🙌🙏
Nepo yarabyibushye umusaza imana imukize
Salongo ikiganiro yakoze simba nkirambirwa urumuntu wumumaro🇧🇮🇧🇮♥️
🤝🤝🤝🤝
Nange mukunda kubi
Nkunze gukurikirana ikiganiro ce
Mukunda kuko ntiyirata nkazangirwa bisambo ngo niba Pasitori
Imana ikomeze ikube inyuma ikurinde abanyeshyari kd ikomeze ikwagurire ubumenti nibikorwa byiza Allahm amin
Salongo niyubahwe imnana ijyigukubira ishuro nyishi umutima ugira uradushimisha komeza wuvahwe salongo 💪
Salongo turagukunda komera cyane ureke yongwe uvuga ubusa❤️❤️❤️
Salongo mu bikorwa ntaho ahuriye na Yongwe uvuga gusa
Salongo lmana ikomeze imwagure kuntinza arigukora nda muchima🙏🙏🙏🙌🙌
Ngaho bamwe bajya biyemera ko Ari abakozi bimana bakavugako bafite amafaranga bagapinga salongo nibajye bakora ibikorwa byubufasha nkibyo salongo akora tubirebe! Muvandimwe salongo courage kbs
Mbega umugabo wumunyakuri,Salongo rwose uri umuntu mwiza,imana iguhe umugisha.Nanjye uyu musaza namubonye hano kuri Afrimax birambabaza,nongera guseng'imana nyisaba ko yafasha uyu musaza agacira ubu burwayi arwaye.
Wampa Salongo Mukama akuwe omukissa👍 Yongwe yagiye mwigunira too!! Salongo hejuru cyane👍 Yongwe nave mumagambo? Areke kwirata imitungo idafitiye abantu akamaro?
Oyogende bulungi nnyo munkwano nsimye nnyo
Iyi ndwara y'uruhu Ntabwo ijya ivurwa .
Kuvurwa amaso muzabukuru akongeta kureba Ntabwo byoroshye.
Ariko kuba yarya neza, akanywa kandi akatyama neza byamufasha cyane . Abonye akagare nabyo byaba byiza
Hama ngo bapastori ba Gitwaza n'abandi!!!
N'abo kwirira ibigiracumi Aho gufasha batishoboye bakarutwa nuwo banka Salongo ngo numupfumu.Imana ikugirir neza Salongo
Nabo burya barafise ibyobakora gsa ntawafasha bose ariko ntaguca imanza
Yoo nibyiza rwose salom agize neza muzehe rwose akeneye ubufasha 🙏🏽🙏🏽
Ntureba Salongo 👍 ureke wa mutekamutwe ngo ni YONGWE udashobora no kurihira abakene mutuel de Sante!! N'amaturo yirirwa yidagaduramo, ntanafashe abababaye!!
Erega yongwe numuteka mutwe
Salongo, ntabwo nkuzi nkubona muri social media ariko iyo ndebye mbona uri imfura cyane!! Ntihazagire n'umuntu wongera kukugereranya na Yongwe, ntuzongere no kwemera kujya muri discussion n'uriya mutype tutari twabona afata na 5000FRW ku maturo abona "niba koko afite itorero avuga ko ayoboye" ngo byibura tubone hari n'umukene n'umwe yishyuriye Mutuelle!! Salongo mbonye ko uri ingirakamaro muri Society nyarwanda.
Salongo uzajye mu Ijuru urakoze wa mfura we.Imana igusubirize aho ukuye
Salongo afite umutima mwiza(umutima w'umuntu nyamuntu) Salongo vraiment Imana izakwikururire iguhembe ijuru.
Salongo avurumutima, umubiri, ubukene. Girumusha🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️❤️❤️❤️
Nepo.Welcome Back to Afrimax .We Love you!
Sarongo urumuntu wumugabope♥️♥️♥️♥️🌺
Mwabantu mwe,nukuri ndabashimiye cane kuri uyo mutima wurukundo mufise imana rugira vyose ibahezagire cane. Murakoze nanje ndashimye cane
Ntureba salongo IMANA usenga irumva reka yongwe uvuga gusa ntabikorwa anenga numwirato mwinshi Salongo hejuru👌
Amen! Mutama imana ni rukundo ivyo navyo nibaza ko ari inkurikizi yivyo wigeze gukorera abandi. Uyo numuhezagiro w'imana
Disi Salongo afite urukundo niyo bagiye kwivuza iwe arabakurikirana akumva ubuzima busanzwe babamo disi! Imana imukomereze imbaraga kuko mukunda kubi hanyuma turindiriye kaka Yongwe nako tuzumve ibyo kavumvura nyuma yibikorwa bya Salongo tumaze kwibonera namaso yacu
Yoo salongo disi Imana ige ikongerera .babandi birirwa bakuvuga ubusa ko badakora nkibo ukora
Nkunze ukuntu avuze ngo ibi ntibiri mubuvuzi bwa saloongo. Mubyukuri uyu musaza akeneye frw akajya kwa muganga wa kizungu. Salongo ntiyiyemera rwose. Good job!
Sarongo niwubahwe gose Uri umuntu w' Umugabo 🤝
Imana yongerere Bwana Salongo mu byo akora!!
Salongo IMANA imuhezagire iteka ni iteka!
Gira neza wigendere, imprimons dukora niyo izaduherekeza. Imana ibahe umugisha
Muzomufate amajwi yimivugo yiwe. Yandikwe. Yigishwe abana 😍😍😍🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Murakoze,yihangane kubera imana azakira yongere yishimire iminsi asigaje kwisi ariko arebe ijwi ryabarangi bamuvura agakira
Gewe sarongo ndamukunda😍😍
Arko uy'umugabo ngo Ni salongo Ni muntuki ubundi? Jyewe ndeba ibikorwa bye akora birarenze pe Imana imuhe umugisha
Imana imuhe umugisha ♥️♥️🙏
Nepo wagarutse disi Imana ibahe umugisha.
Sarong oyomuzeyi feabotubayitabarongo bamwokya mwebare kuyamba mukama abawe omukisa sarongo mwenkanyabambi🇺🇬🖐️
Ariko koko ururimi ntacyo rupfana n'umuntu🤭 gusa imana ige ibakomeza
Nepos habwumugisha n,Imana
Salonga imana iguhezagire naho uri umufumu ngira imana irabona ibikorwa ukora ko ari ibikorwa vyubuntu nurukundo.
Nepo museni warukumbuwe
Salongo imana imuhe imigisha myinshi kuko ibikorwabye byerekanako afite umutima wakimuntu
Salongo ndakwemera
Ndababaye imana izamuhe umugisha
Salongo mukundirako uburwayi bumunaniye akohereza kubaganga. Bacyizungu.ntameze nkababandi bigira nkabashoboye byose bakakurya utwawe
Bamushakiye chaise roulante d'urgence. Imana ihezagire abafashije
Salongo rwose nukur Imana izakwibuke nkuko wibuka abababaye naho abanyamagambo gusa baveho
Sarongo imana imuhe umugish
Abantu Imana yatije ni barushanwe mu bikorwa bave mu magambo
Dr Sarongo Habwumugisha muribyose Kandi Umwamimana abiyereke uzabihemberwape ndanezerewe kubona Nepo yaragarutse mukazi kenshi
Sarongo nubwo urumupfumu ujyira umutima mwiza rwose
Salongo imana imuhe umugisha😭😭😭😭😭akomeje gukora pe naho bamwe ngo ni ba yongweee 🤮
Ni abakene erega
Umusaza wifura cyane...
Salongo .
Tura kwemera.
Uri umunyakuri
Sarongo imaniguhumugisha👏👏
Imana ibimuhere umugisha
Mwisi hacyenewe abantu nka salongo .ureke bamwe birirwa bavuga ubugambo gsa NGO nabakozi bimana
Salongo imana injyiguhera ibiryo nubumoso kuko uratangaje pe kd turagushyigikiye pe tukurinyuma umusaza salongo
Komera Papa wa twese udufitiye Impanuro
Salongo Imana iguhe imigisha
Imana igukubire inshuro7
Sarongo ndagukunda p
Uyu munyamakuru wakoze iyinkuru nari naramubuze hose nahoraga mwibazaho 🤷🏾♂️💪🏾💯🤛🏿
Azubwenge. Nukongeraho zéro😍😍😍😍😍😍😍
Yongwe ntazongere kuvuga ubusa gusaaa salongo ramba ramba imana ikwagure kbs
Icyaba kibyihishe inyuma cyaricyo cyose? Yaba arumupfumu yaba atariwe simbizi? Gusa Salongo arusha umutima mwiza 👍 Yongwe 👎
Karibu nep turakwishimiye cyane
Urakoze cyane slongo gusa urimfura cyane gusa ngewe ntabuze ukuntu nakubona
Ngo numupfumu mukomeze muvuge gusa bene Adam Niko bateye iki gikorwa Sarongo akoze konarabona wawundi wirirwa wirata imitungo na ma Television ngo Ni Yongweubufasha bwe konarabubona narimwe? Reka Salongo ajye avuga ngo murabwejura Koko
Abagira impuhwe Imana izagye ibakubira 7×70
Sha. Sorongo. Imaniguhumugisha. Urafasha.
Mbega byiza
Sarango we,narinarakwanze kubera amafaranga mwandiye,Ariko mpise nkubabarira kubera iki gikorwa.urakoze!
Ese njyewe ko najyiyeyo banyibye rwose ibyanjye byaragarutse pee 🙏
Salongo imana iguhe imigisha naho benshi bakugwanya
sarongo imana ikuje imbere mubikogwa vyawe
Umubiri rwose ubyara udahatse lmana ikorohereze
Salongo yubahwe. Ark mwazansobanuriye impamvu ibikorwa bye byose afrimax ariyo yonyine ibivuga?
So tauching
Salongo,uri umupfumu woherejwe nijuru.uraruta abiyita abakozi bimana 1000.birirwa bavuga gusaaaa,barata imitungo gusa,imana ijye igukubira inshuro70 aho uba wakuye.
Ese jinalangu uracabino
Sarongo imanikonjyerere
Igikorwa ukoze imana izakiguhembere kdi izakwibuke mugihe bikwiye
Hello amakuru yiminsi chanise medicine center ikomeje kubifuriza ubuzima bwiza .yabashyiriyeho promotion yogusoza umwaka neze..
God bless!!awesome Job there guy's
Salongo komeza,Ufa she abatishoboye pawuro aravugango,ntumara gukomera,uko meze nabandi
Sarongo numusore narinziko urumusaza
Uranakeye kbsa
Ooooh, my God
Salongo imana ikomeze igufashe kandi nahukura imana ijyigukubira 7