ANTOINE RUTAYISIRE abisobanuye neza - Uko akora DELIVRANCE IMYUKA MIBI igahunga🔥UKO BIRUKANA KARANDE
Vložit
- čas přidán 31. 01. 2024
- #SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Iki kiganiro mugisangize benshi bamenye ukuri kuri DELIVRANCE
Nabikoze Plaisir ! Ubwo ntegereje agasoda!
Pasteur Rutayisire urakoze, ahubwo muzatubarize atwigishe kumbabazi, gutanga imbabazi ku umuntu wakugiriye nabi kandi mukomeza guhura.
Muzehe Pastor Ritayisire ndamukunda PE!
IMANA IKUTURINDIRE CYANE PASTOR ,NYUMA YA PASTOR MPYISI NI WOWE DOYEN SPIRITUEL NYAKURI DUSIGARANYE.IMANA IGUHE KURAMIRA MU BWIZA BWAYO
Nukuri p Rutayisire niwe uzaziba icyuho cya mpyisi🎉❤
Urakoze pastor! Muzagaruke vuba mutubwire ku kurwana intambara yo mu mwuka. Nsanze delivrance nyirikibazo afite uruhare rwo kuba dilivered at 95%
Murakoze cyane kuriki kiganiro!
Icyo mbona nuko abayoboye intama, kenshi ntibafite umutwaro wo gutegura umugeni wa Christu!
Cyane ko naboyoboye harimo benshi bakora kubwimpano bahawe, ariko bataritayeho kwiyeza ! Bihutiye umurimo bataraba abashyitse!
Shalom! Ni ukuri koko deliverance ikorwa bitewe n'igice cyabaye affected (mind, heart-emotions or body). Ikindi ni uko hagomba kubanza ikiganiro, keretse igihe yaba ari ihishurirwa umuntu ahawe ku wundi mu buryo bwihariye. Aha Yesu Kristo araduha model
Mariko 9:21 BIR
Yezu abaza se w'uwo mwana ati: “Ibi abimaranye igihe kingana iki?” Undi ati: “Byamufashe akiri muto.
Nibwira ko atari aya magambo bavuganye gusa, ahubwo ikiganiro cyabaye kirekire
Wapi Yesu niwe wenyine ukorera abamwakiriye n'umutima. Wabo wose akaguturamo mu bwonko nk'uko muzehe Mpyisi yasize abivuze ibindi nugushaka amatiku umuntu ntabyo yashobora dufite uwaducunguye niwe tugomba kwereka ibiri muri twe bya karande niwe udukoraho tugakira Yesu niwe wenyine witanze kubw'ibyaha byacu aratuzi neza Izina rihabwe icyubahiro tenderize kubwira ibyacu no kumukunda tutamuharika.
Yesu Ashimwe cyane
Humura Arashoboye.
Imana ibahe umugisha.mwasobanuye neza turanyuzwe.ariko plaisir nujya gukora ibiganiro ujye utegura n Amazi yo kunywa.c est mieux birafasha surtout kuwo wakoreshe ikiganiro.murakoze
Paste mufite amagambo y'ubwenjye nukuri nanjye ndasobanukiwe neza
Delivrance ni kwatura ibyaha byose nta na kimwe wisigiye kandi ntuzongere kubisubiramo burundu
Umwuka Wera Azabidufashamo❤
Murakoze imanayongeraho mwakuye ndashaka musobanurire kuri Derivaresi yibitekerezo umuhanuzi akakubwira ngobazinzimigisha yawe ngotanga Fr yogukuzaho gwigitambo bagutanzeho ibyobyo bibaho cg nubwesikoro mrakoze
Yesu ashimwe ba kozib'Imana .ahubwo nuruhija rwukwezi iyutinze kuruha libre ukarimuha kararizira kagakomeza kurira.
Narahombye cyane Iyomba narabyawe nuyu mubyeyi pe
Plz uzamutumire vuba atubwire kuntwaro z'umwuka imana ibahe umugisha
Imana iguhe umugisha Pastor umwanya uduhaye ni uw’ agaciro
Ujyuhora umuzana Paster kuko aratwigishaaa cyane , Imana izabahe Kurama ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Murakoze cyane kubw'ikikiganiro Imana ibahe umugisha
Paster Rutayisire ndagusabira kurama kuko uracyarimo ubutunzi bwimana.mwizina rya Yesu
Thanks you my Pastor uri imfura urakabyara Yesu aguhe umugisha no kuramira muri we❤❤
Amena irambire muvyeyi mwiza Imana ikomeze kuguhezagire
Mbega inyigisho nziza!!Imana ibahezagire caane bakozi b'Imana.
Murakoze cyane ndasobanukiwe neza
Imana ibahe umugisha .Paster uri Umugisha kur benshi ,Imana ishimwe Yo Yaguhamagaye
Mubye Imana yaguhaye ubuhanga mubyayo rwose,Igutize ubuzima unjye uhora uduhugura
Imana ibahezagire cane gose
Disi we nimufashe Aline nabana be
Yesu ni abatabare weeee
Linda chérie nizere ko urimo utabarwa
Blessings upon you Plaisir!!!
Gukomereka mu marangamutima n'ishyano😥n'intandaro y'ibibi byinshi
Murabajyanama babashakashaka Imana none nagirango mbabaze umuntu Asabye komumusengera ariko atavuze ibibazo bimutera gusengerwa mushobora kumurikirwa numwuka mukamenya ibyifuzo yarafite Imana ibateze iyo ntambwe ndabakunda
Rutayisire na gitwaza baranyubaka nababyeyi peeee lmana ijye ibamera umugisha knd ibahaze uburame
Umugabo nkunda cyane❤ nigeze kukurota urimo kumpanurira ibintu byiza weeeee❤
Pasteur Imana iguhe umugisha rwose.Ariko mfite ikibazo ,none se burya iyo umwana mutoya apfuye ajya hehe?Ararimbuka ko aba yaravutse ari umunyabyaha?
Urakoze mushumba Imana
Iguhe umugisha
Yego wee🤔 true delivalence ni mu mitekereze bishingiye ku kutamenya icyamugirira umumaro
Mukomeze mugubwe neza Uwiteka abashyigikire
Murakoze peeee birumvikanye neza
Pastor twaritugute geteje komeza waguke
Yesu asimwe nimutabare arine
Mbaye Nr 1🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Twaritubakumbuye cyane
Manawe ndasonukyiwe rwose
Mwahawe kubuntu mutange nubundi
😂😂😂😂😂cyane rwose uvuze ukuri pe