Antoine RUTAYISIRE - Dore IBINTU BITUMA ABAROZI BATABASHA KUKUROGA / Uko usenga wirukana Abadaimoni
Vložit
- čas přidán 10. 03. 2022
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Uyu mukozi w'imana nuwukuri aratuma duhindura imibereho yacu mû bintu mvinshi ,turamusabiye yesu abandanye amukomeza mû butumwa bwiwe
Nsanze nanjye meze nkizo nkoko, naraciye umugozi ariko uracyanziritse ku kuguru imana impe imbaraga😢😢
Turabashimiye cyane kubwo umwanya wanyu mwafashe mwese, mwadusobanuriye, mwanatwigishije. Twanyuzwe uwiteka akomeze kubarindira ubugingo turacyakeneye kubigiraho byishi.
Murakoze muzadusobanurire uburyo Imana yemerera imyuka mubi kuyikorera nka Ahabu Umwami Sawuli ijambo riravugangoumuwuka mubi wavaga ku Mana bigenda gute? NiguteSawuli yashite Samweli muzadusobanurire please uzongere utubarize Pst Rutayisire
Pasteur Rutayisire Antoine turagukunda cyane .Njya nkumbura ikiganiro kiza uyu mupasiteri yagiranye n'umusore umwe witwaga Ka kuri contact FM avuga kuri Pahuro imbere ya Agripa na Festo haciyeho imyaka irenga cumi n'ibiri ariko ndacyabyibuka .Nari nkiri umobwa none abana bange b'uburiza bafite imyaka 11.Rwose byaba byiza cyane Pasteur dukunda yongeye kutwibutsa ibigwi bya Pahuro
Hari abakristo bakizwa ark bagakomeza gukora ubwesikoro nkubu Hari haruwo nagurije amafranga none yaranyambuye kandi ngo ni mwarimu mwitorero iyo mubonye ari kwigisha ndabyibuka nakoriki ngo mubohokeho
Yesu akongerere imbaraga ubutumwa bwawe buranyubaka komerezaho
Murakoze Cyaneeeeeeee turabakunda
Murakoze cyane Pasteur Antoine ufite ubumenyi but buturuka kuri Yesu muzima. Zaburi Nshya mukomere cyane muradufasha.
Mfite ubuhanya bwafasha muzansure mbabwire uko yesu yankuye ikuzimu akanshyira ibuzima nkamwirahira
Yesu abahe umugisha Mukozi w’Imana
Ngukundira Inama ugira umusaza
Panfield and Pastor murimpano y'Imana ku Rwanda 🇷🇼 na Africa nisiyose.Amen
Murakoze cane muntu W,Imana ngiye kwihagararira murwizera ntegekabadayimoni bahunga mwizina ryuwanesheje 👏
Amen pastor Antoine. Muge muhora mu mutumira jyewe mwigiraho byinshi inama nziza ubutumwa bwiza atugezeho turafashwa cyanee. Nda mukunda Imana imukomereze amaboko uburinzi bwayo nimbazi zayo bihore bimugose mwizina rya Yesu.
Ndagukunda Imana iguhe umugisha
Yesu kristo Ashimwe cyanee mureke mbabwire erega Abantu dukeneye ubutabazi kuko nibisekuru bifite Amadini niyo mpamvu Dufata Ikemezo Cyogukurikira Yesu kristo iyo ugize Ingorane ukayobera muri rya torero umwuka waho urakumenya ugahita ugusubiza mugisekuru cyanyu ubuzima bukarushaho kuba bibi kuko bagufashe warubacitse Nawe ukanjyirango warahunze kandi kandi Aribo bakurera ntubimenye mwabantu mwe narabimenye ndumindwa ndarwara
Ndagukunda Kandi Imana yawe yomwijuru irakwishimira.
Imana Igukomereze amaboko mushumba nukuri abakurikirana inyigisho zawe ninama zawe turbans dutsinda ibyintambara zinaha kandi tugyendana na Yesu nk Umwami wacu. God bless you Pastor Antoine.
Gusa abavandimwe bacu baratwanze