abakobwa bose kwisi mwige kubaha akazi akariko kose njye ndi Saudi Arabia 🇸🇦 nkora murugo Rwumuntu ariko bingejeje kuribyinshi nofuzaga Thank you so much mama amora🙏
My God 🙏😭😭😭uziko ndiko ndarira binaniye kwakira👌Mama Amora ufate umwanya usenge IMANA turonke uwundi Tantine wamahoro,canke Amora aje kwa Grand ma💐la fois passé nararize ndahera umwuka ndevye vidéo muri Tanzania Umukozi yishe Umwana😢😢😢
Mama Amora will u please stop crying 😩 am begging u please u making me cry to ,u so emotional like me , now y am I crying even 😭, Janet u really amazing person thanks for being a good lady ,may God help you find another best baby sitter ,u deserve all the best.
Yoooooooooooooohhhhhhh,disi mama amora uri emotional cyane Kandi which is good bigaragaza ko uri imfura cyane 👏 imana iguhuze nundi muzahuza agukundire umwana cyane
My God😓😓 I cried too watching this one, it was so emotional😥😥😥 love u the Legend Family❤️❤️❤️❤️
❤❤❤❤❤
Nibyiza cyane ihangane mama amoha
I'm the first ! Burundi turabakurikirana! Ntihagire uwundengana atampaye like 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🔥🔥🔥❤❤❤
Yoooooo yibaye abagore Bose bakwiga gushimira abakozi babakoreye neza♥️♥️♥️
Oooooooh mama Amora disi anteye agahinda, nanjye amarira aranyishe😣😣😣 Monique nawe soit béni vrmnt warakoze cyane kugaragaza umutima wakimuntu muri famille nkunda❤❤❤❤
What?? Ooh my God Monica mubyara wange 😭❤️❤️❤️🥰
Nange ndumva amarira anyishe , Mama Amora nagukunze cyera arko noneho birandenze 😭❤️🥰❤️❤️kuba mwabanaga na cousin wange😭😭😥Imana yonyine ibampere umugisha 🙏 kdi naho agiye Imana izamubere byose
I'm speechless 😭😭😭 abantu beza disi baracyabaho Imana izaguhe umugisha nukur mubyuzakora byose disi uwomutima uzawukomeze wokwicisha bugufi nagukunze 😭😭
Njyewe ntanubwo ibyo muvuga mbyumva ndikwirebera Amora gusa mbega igi chr cyiza weeee🥰🥰🥰
abakobwa bose kwisi mwige kubaha akazi akariko kose njye ndi Saudi Arabia 🇸🇦 nkora murugo Rwumuntu ariko bingejeje kuribyinshi nofuzaga Thank you so much mama amora🙏
Ihangane mubyeyi mwiza Imana izaguha undi ugufatira umwana neza
ndabakunda guys ❣️ amora yabaye inkumi disi
Nishimiye kubona Amora rwose ateye imbabazi nukuri🙌❤️❤️.
iyi video iri very emotional 😢 kuyireba ,Tantine tumwifurije ihirwe muburezi agiye gutangira ,,,disii Amora azamukumbura ,ninde Ukunda uyumuryango wa Fleury & Janet nkanjye💘❤️❤️❤️👌💯💯🙏
Here we are❣️
My God 🙏😭😭😭uziko ndiko ndarira binaniye kwakira👌Mama Amora ufate umwanya usenge IMANA turonke uwundi Tantine wamahoro,canke Amora aje kwa Grand ma💐la fois passé nararize ndahera umwuka ndevye vidéo muri Tanzania Umukozi yishe Umwana😢😢😢
Maman amora urandijije 😭nanjye vrmt ndababaye rwose nibyiza kushimira abatuna nabo kdi tugomba kubafata nkaba vandimwe bacu badufasha byinshi gusandagushimiye cyanee 💕 kurukundo weretse uwomwa igihe mwabanye cyose,kdi lmana Ikomeze irinde amora azakure neza
Tatine asuhuje ababyeyi gusa😔😔😔twebwe c urubyiruko kwatwibagiwe😥nukuntu yaturereye umukobwa Amora neza 😍😍😍 tantine bye! Bye! Tuzagukumbura Kwa bahavu much love Monica mwiza🥰😍
Iyomba murwanda mbanisabiye akokurera Amar nanjye nkunda abana biranezeza iyondikumwe nabo😘😘😘🥰🥰
Sinkumunsi uwanjye yajyiye sha sinzi pe mumaranye imyaka 3 ark numwana mwiza ankundira abana cyane 💕 yasanze mfite umwana umwe ark nabyaye uwa 2 turikumwe,ark yanyitayeho cyane kd nanjye ndamukunda pe
Ohhhh uwo mu sister ni mwiza cyane nukuri mama amor uri umuntu udasanzwe ufite ubumuntu nukuri njyewe uranyubaka pe ndagukunda cyane 😘❤️❤️❤️❤️❤️
Mutumye ndira pe 😰😰😰 gusa Imana ibahe umugisha muryango mwiza kd na monique Imana imuhezagire naho agiye azahgirire umugisha 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Oohhh! Mama amora wirira nukuri lmana izaguha undi mutantine knd lmana ihe umugisha uw'omutantine nukuri lmana imuhe Umugisha mwinshi! Amora turagukunda cyanee
Twishimiye kubona Amora akomeze akurire mu buntu bw'Uwiteka Amena 🙏💞 Tantine aussi amahirwe masa yarakoze cyaneeee 🙏
Mama Amora will u please stop crying 😩 am begging u please u making me cry to ,u so emotional like me , now y am I crying even 😭, Janet u really amazing person thanks for being a good lady ,may God help you find another best baby sitter ,u deserve all the best.
Very touching and empowering word 🍓❤️
Yooooo mama Amora 😭😭😱 Nanjye NDAGUKUNDA cyneee ura motiva nukur 🙏🙏🙏💪❤️❤️
Ndabakunda mama amora urimubantubacye bashimira umuntuwabanye numuntu 😭😭😭 abandi bamama bajyebakwiraho🙏🏼
Mbega umutantine mwiza Mana no kwisura nimwiza kumutima nakarusho nukuri nisomo ryiza kurubyiruko nanjye yariyo gahunda ubwo nari ngeze s5 numvaga ntazigera nicara ubusa nakazi ko murugo numvaga nzagakora nubwo imana yaciye indi nzira ariko umuntu ugambirira ibyiza mumutima we ntagire ubunebwe no gusuzugura akazi imana iramushyigikira thank u mama Amora abamabuja benshi bajya batuma umuntu arushaho kwanga ubuzima ariko kugirira amahirwe mumaboko yawe uri imfura God bless u 🌷💕🌺
😭😭😭😭❤️❤️warakoze nawe janet kumubanira neza bikora bake babaho 🙏😭❤️
Uraturijije M.Amora😓
Uzoronk uwundi arera Amora ameze neza
Yoooo nukur may God bless you 🙏murabantu neza cyne muha agaciro ikiremwa muntu .ndabakunda cyne❤️❤️
Maman Amora uri umubyeyi mwiza nkubaze ukuntu wubaha umukozi wawe bière isomo aba maman nukuri bamwe badaha agaciro ababafasha murugo .burya umukozi aha umwana urukundo nawe yahawe nabanyiru rugo.tantine wa Amora nawe Imana igihe umugisha mukazi ugiye kujyamo izaguhe .
Oooooh Mama Amora ndushijeho kugukunda nukuri Imana ikomeze kwagura umutima wurukundo muriwowe Monique nawe warakoze kuba umukobwa mwiza
wowo ndarize disi😭😭😭turagufash gusenga mama amora uraronk uwund mwiza kandi amez nkawe 🥰🥰kuko abantu beza kurino si baracahari turabakudna cane ♥️💓🥰🥰
I love this family for really, mama amora nkunda uburyo uri imotionale Imana ijyiguha imigisha myisnhi I love so very much, you made cry as well
Yooo numukobwa mwiza masikini aranitonda cane Amora Imana izoguhe undi ugukunda kibondo ukwitaho neza🙏🙏
Mama Amora unyibukij umwari wandereraga umwana wambere agiye kugenda ndimo kumusezera yararira nanje nkarira
Mama Amora nukuri ndagukunda cyaneee urimfura kweri nawe azagukumbura kuko umusezeye neza
Ohhh my God i can't stop crying 😭😭😭😭 Mama Amora ndishimye gs akokazi mukanyihere nange nkunda abana❤️❤️
Oooh my God I can't hold my tears Nukuri imana ibagirire neeza ndabakunda kyane
Yoooo! Imana ijye iha aba tantine nkaba umugisha! Nanjye murandijije nanjye ndamufite ark jyanibaza umutima agira nkumva birandenze sinziko nagenda nabyakira
May God bless you Monique ijambo ryimana riravugango hahirwa abanyambabazi kuko aribo bazazigirirwa iyo ugizeneza ineza uyisanga imbere
My God bless umuryango wa Amoha nukuri muribeza kumubiri nokumutima kandi nibyo imana idushakaho mama Amoha unkwihangana turagusenjyera imana irabakunda izabashakira undi mwiza nkuwo
Manawe ndabakunda cyane shimishijwe nibyo mukora
Nahora nfite amatsik yokubona umu tantine urera Amora noe ndamubiny Imana imuh umugisha ahagiy hose naw Mama Amora ugire kwihangan uzaronk uwund mu tantine akunda amora natw turabakunda can❤️❤️
Yooo Iman izaguha undi mwiza bambe Iman imuhe umugisha
Maman Amora,be strong chr .birababaza cyane gutandukana numutantine wagufatiraga umwana neza aba maman turabyumva cyane,ariko komera Imana iraguhuza nundi mwiza
Biba bibabaj ndabizi
amora yarakuze shenge.mama amora Imana izaguhe undi tantine mwize rwose agufatire umwana neza kdi akubere mwiza .ariko ni mwiza tantine wa amora birenze.Imana izamugeze kurehashoboka kdi imuhe umugisha kubwo guca bugufi
Mama ndagukunda ariko bibaye cyane ugira urukundo nukuri nanjye uzampe gift♥️😍♥️♥️♥️♥️
Yoooooooooo birababaje.😭 Arikonanone birashimishijep 🥰 uwomwana w'umukobwa. Imana imuhereze. Umugisha kubwo ku babanira neza kd na mam. Amora imana yongere iguhuze numukobwamwiza!
Yooo n'umukobwa mwiza cn disi 😔😔, Imana ibandanye ikugirira neza mukobwa mwiza, abana n'umugisha warakoz gufata Amora wacu neza Imana izabiguhembere♥️♥️♥️
Ikindi nabandi batanga akazi bisubireko,bigereho kumuryango wa Freury&Janet👌kko ukufata umuntu agufasha imirimo Niko nawe yifata.Usanga harabafata abakozi nkinyamanswa nabo bakabazo
Ohh mbega agahinda disi gsa mwari mwibaniye neza, shn murandijije nukuri 😭😭 amahirwe masa aho ugiye Monique, Amora Imana ikomeze igukuze mu mpuhwe zayo kibondo you're loved🥰
😥😥😥ndikurizwa n'iyi video nkr mur'abantu beza uwiteka abakomereze uwo mutima w'ubupfura Kandi ahezagire umu Tantine❤️ ndabakunda
Pole cyane Mom.Amora,lmana izaguhe undi mwizaa,kdi I understand your tears pe😥😥😥
Mbega mukobwa ukubaganaweee Amora hejuru cyane hhhh. Gusa muri imfura knd kubananamwe ni umugisha knd uyumu tantine Imana izamuhe gukomeza kuba imfura nkamwe ndabakunda
Oooooh ihangane mm amora lmana izaguhuza nundi wumumaro pe cyanga nanjye unyitwarire nanjye nkunda abana cyane bigahita bihuzako mm amora nawe ngukunda Ubundi bikaba uryohe pee🙏❤️❤️❤️💋
Iyo uhuye n urubuto ruzima Nawe uba muzima mwarakoze kumubera abakoresha beza ayaba aba boss n abamabuja bari bameze nkamwe isi yakwibera nzinza muri imfura cyane Imana ibahe umugisha cyane
Agakumi kacu kakuze disi🥰🥰gakur gashimw n IMANA n abantu🥰🥰🥰
Ooooooooh 😭😭 M.Amora warakoze cyane wowe numutware wawe Imirimo myiza ukora Uwiteka azaguhembe pe kd ikiruta byose Azaguhe ubugingo buhoraho peeeee kd nuwo mwari mwiza uwiteka azahire Imirimo yamaboko yiwe👏👏 gusa mba nifuza guhura nawe pe kuko Ndagukunda cyane pe
Amora pucuri yarakuze kabisa ❤️🥰
Yoooooooooooooohhhhhhh,disi mama amora uri emotional cyane Kandi which is good bigaragaza ko uri imfura cyane 👏 imana iguhuze nundi muzahuza agukundire umwana cyane
mana we birande nzepe cg My Amor imana yomwijuru ijye iguhaimi gisha mubyukora byoxe abamama boxe bakore Sha abakozi nka we hafivyatwexe twaterimbere kubagirinama kunvako ugomba gukunda akzi arikokoxe ga sho Bora kuza kuge kukandi mbexe bya nde nze nda gukunda cyanepe ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Yoooo wowooo!! Mbega nukuri nimwiza pe yarakoze kurera neza Amora kd namwe mwarakoze kumufata neza kuko agara gara neza cyn nkumuntu wari ufashwe neza.
Hi,nabakundaga cyane gusa ndushijeho kubakunda muri beza imbere n'inyuma !abamama bose bajye bigira kuri mama Amora.God bless you.
yoooo Beauty baby♥️, waretse nkamusimbura
Wow mbakunda byimbitse nukuri Jeanette wanyemerera ukazajya wihangana nturirere nshuti yimana unkora kumutima cane nasanze duteyekimwe disii urarira nkariraaaaa mbese nibibazo hahaha ariko nabonye nabandibenshi bamezenkajye ntibizoroha kabisa gusa uwo mwana Monique imana imuhe umugisha mwinshi turawumusabiye mama.
Sha Je wagiye ureka kurira ko utuma nanjye ndira😭gusa Ndishimyeee kandi ndababaye,Monique courage chr uzajyera kure.
Mama amora disi ararize gusezera umunt birababaza ikindi kubona umunt witaho umwana wawe biragoye cane abavyeyi turabizi cane
This is Soo nice banange Janet thanks for love mama🇺🇬🇺🇬
Humura shenge Imana ibahuze nabandi bumumaro amora blessed kumu tantine wawe❤️
Akomana amora yarakuze cyakora munteye kurira yooooo pole maman amora birumvikana ubuze uwingenzi pe gusa teta keza azabona undi mu tantine gusa utakubanira neza yaba akoze muri matiriyo itabaho amara bebe pole ♥ ❤ 👌 💖 ♥
Ako Mana,nanjye uwampa kubarerera ndabakunda cyane! Ni uko ubu nyine akazi kabonye nyirako!
This is so emotional 😭😭😭😭 tantine wa Amora azahirwe muri byose,Imana izamujye imbere n'inyuma!
Mwakampaye ko nange mbishoboye kko
Imana ihe umugisha Monique. Nakora ubukwe uzatubwire tumutwerere. Ntidufite uburyo tumushimira ariko nk'umuryango mugari wa Fleury and Jeannette tuzamushyingire. Tumutwerere tumutahire ubukwe nawe Abe umwe muri twe yishimire ko yungutse abandi bantu. Uzamutumire muri Chill with my friends
Don't cry maman amora imana izaguhe Umeze nkawe.
Uvuze ukuri rwose. Umukozi mwiza kumuhomba birababaza kandi byakanejeje ko yiyunguye
Maman Amora ngukunda vyo gupfa urumv urimw kurira bituma nanj ndira😭pls zurek kurira so Tantine wa Amora imana ikuj'imbere iy igye hos
Urandijije gusa ntubuze byose!Monique Yesu azaguhe umugisha
Mama Amora Imana izaguhe undi mu Tentine mwizi,Kandi amahirwe Nuri cyose who agiye
🥰waooo beautiful baby Amora ❤❤❤Ihangane Maman Amora😭we love uu too❤
Wow Monique ndamukunze maze ajye aza kudusura rwose, mama Amora hope ko wongera ukabona babby siter mwiza nka Monique uzatwitira kuri our princess
Yooooooo humura Mami uzambona undi mutantine ugukundira umwana kok nanjye baby 💝ndamukunda cyane nta utakwifuza kubana namwe murabantu beza cyane 💝❤️💖
She is so cute. Sha wagize amahirwe Maman Amora. Njye mfite umwana w'amezi icyenda ariko nan'ubu sindatangira gukora kubera ukuntu mbona abantu b'iyi minsi batari abo kwizerwa. Gusa Imana yumva amasengesho ababyeyi basengera abana babo kandi irasubiza. Izayobora abantu beza bameze nka Monique baze.
Uzamuronka jewe ndumurundikazi nareze umwana wumubosi kuva kumezi a3gushika akwije imyaka 5nahavuye ndose akandi kazi komurugo kandi ariko kampemba amafranga meshi cane kuburyo nubakiye inzu nziza mama wanje nkAnagura namasambu nukuri ariko vyose mbikesha abobavyeyi kuko ntibafata nkumukozi bafata nkumuvandimwe wabo yaba boss nari nka mushikiwe cange mabuja nari murumunawe ahotwaja hose ntawamenyako ndumukozi
Ahondi naho ngira ndahamare imyaka 6ndahakora
Ceceka sha ni amahirwe atagira uko angana twese twabaye nkawe.
@@hora1255 yoooo njye ndabikundira cyane💓gusa Imana irahari humura izaguha undi umeze nka monique humura🙏umubeby rwose akomeze akurire mubuntu bw'Imana🙏
Ni patience rwose njye mbigiraho byinshi kandi mur abi igikundiro💓💚🧡💛
Ohhhh mbeg umutantine ukund aban dis Amora arahomby ark dis yarakoz Imana imuh umugish muby akor byose
Yooo maman Amora mwarakoze kubanira tantine Monica neza. Monica nawe Imana izaguhe umugisha kd nawe ikwagure muri byose.
Ayiweee m Amora wumve ngo urandijije disi ark manawee nigacye cyane umuntu abana numukozi akamufataneza yagenda bakarira kd nabo bakamukunda ibyobintu sibinunguye kuri woe najyagambona urumuntumwiza none ndabyemeye koko
Mama mora uri imfura ndabakunda cyane muri abantu beza mukomeze uwo mutima
Maman Amora urandijije peeee 😥😥Gusa Imana izahe Monic umugisha🙏,kandi Imana izagufashe ubone undi Mu tantine ugukundira umwana cyane🙏♥️
ooooooh Sorry mama Amora Imana ikuzanire undi tantine wa Amora mwiza.
We have the same case Janet. Najye yagiye kwigisha.mbese ubu najye ndimo kurira
Nazakami nuza turagakora sha kazi ni kazi nanjye nkunda abana cyane mumpe ako kazi
Umwana wange angana nuwawe shenge muzajya muduha aga cakee🥰🥰🥰 turabafana
Ndaryohew cneeeee,ndabakunze ukundii,
Tantine Monique,ukomez ube umugisha lmana iguhezagire cneee
Natwe iyo leçon twayibonye kuhungu,yaragejej arko aravuga ngo sinokwicara aca aza gusaba akazi,ntitwari tumuzi,arko nawe yatuberey ikimazi cneee
Amora très jolie. Uwo mu tantine nawe Imana imukomereze uwo mutima wo gukunda umwana arera kuko si ivya bose.
Pole sana mama Amora imana iguhe undi kd nawe mwiza! Monique nawe congz imana ikomeze ibane nawe aho ugiye kd ineza yawe niyo imana ikwituye
Warakoze mukobwa mwiza kubwitage wakoze utitaye kumashuri wize ugakora akazi komurugo uhaye benshi isomo rikomeye Imana igufashe nomukazi gashya utangiye
Uwomutatine rwose ndamukunze kd Imana ikomz ibane nawe ark amoh Niki bb gishimishije nawe utamurera
Imana izaguhe undi mukozi w'umugisha nukuri kdi nawe ntukababare narimwe turagukunda
May God protect Monique wherever she will go.. mostly may God bless you for caring everyone at your home .
Mama Amora yooo Urarize nange untera MOTION p gsa uw mu Tantine Imana Imuhe Umugisha
Wawoo congratulation Monique,umutima mwiza nukuziho cyana kuva S1_S3 ,kd imana ishimwe ko yaguhuje nabantu beza kd nkunda cyane .ngino utere ikirenge mucyacu turere abana bacu kd burwanda
Yooooooooo disi maman nukuri yrumubyeyimwiza cyane ntawutabananawe ihangane imana uzaguha undi ugujundirumwana gusa najye nukobitashoboka twakwibanira
Nukuri mama Amora Imana ijye ibaha umugisha kubwo guha agaciro ikiremwa muntu cyose
Biragora cyane iyo umu Tantine agiye umwana yari amaze kumenya birababaza kdi bisubiza umwana inyuma ariko humura