NTABUDAKEBA AJE YARAKAYE🔥MWITUBESHYA IKI GITERANE NI IGIHAMYA CY'ANTIKRISTO💔ISAIE UKOZE AMAHANO CYAN
Vložit
- čas přidán 17. 04. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Pamphi nikundira Ntabudakeba cyane.
Nkunda ukuntu avugisha ukuri kandi nyakuri.
Umwuka w'Imana amugumeho.
Kandi nawe Pamphile ndakwikundira mba mbona Roho w'Imana akurimo.
Jya ukunda kutuzanira Ntabudakeba aduhugure.
Nikundira ukuntu ahora yisekera.
Uko niko kuri mubyeyi. urakoze cyane,Imana iguhe umugisha, Kandi ushaka kumenya ukuri kw'Ijambo ry'Imana azakumenya.
Twari tugukumbuye umuvyeyi wacu Yesu aguhe umugisha hamwe na pamphile ndanasuhuje mwizi rya Yesu watubambiwe turabakunda cyane kk kuri Beulah muhembura Imitima yacu mwarahezagiwe Yesu abankomereze kumurimo muriko mukora Yesu abarinde imitego yumwazi satani
Benedata Yesu Kristu ashimwe cyane
Ikiganiro ni cyiza rwose! Ariko muzagenzure iyo abantu batandukanije ubwenegihugu( nationalité) Mu buzima busanzwe murabana,ariko iyo habaye ikibazo kidasanzwe,buri gihugu gitwara abacyo,niyo mwaba muvukana Ku mubyeyi umwe ariko ubwenegihugu mwahisemo mumaze kumenya guhitamo butandukanye,ntimujya hamwe rwose!
Natwe abahisemo Yesu Kristu,babaye ibyaremwe bishya!
Ivy’Imana biragoye kabisa
Kandi umuntu niwe azi ko yakijijwe kuko Ubu hari amanya nga meshi niyo mpamvu nahisemwo Yesu kristo Ngwambere umuco murugendo
Ndabasuhuje mwizina rya Yesu ✋✋gusa uyu mubyeyi wacu yarabyibushye disi😅
Yesu yadimbyemo rwose
Nahubundi nukuba maso
Kuko ibyahanuwe ntabwo bizasohorera kubiti n'amabuye
Erega nimubwire bantu buri wese akizwe ku giti cye,agakiza ni personnel si ishyirahamwe.kuki murebera
Ku bandi ?kizwa neza ubundi wubahe Imana
Imana niyo yokudutabara naho ubundi yesu araje kbs ibirigukorwa mumandini nibyororeshye
Ariko murapfa ubusa niba Ari iby' Imana bizarama ariko niba ari iby' abantu bizisenya.
Ijambo kuguma uko wari uri ugihamagarwa abanyamwuka wera nibo barisobanukirwa .ugitangira inzira yagakiza uba ufite ubushake bwinshi bwo guharanira gushaka kumenya ibyo umwami ashima akunda kwirinda ibyaha atoborwa n'umwuka wera agatinya icyaha yanacikwa akumva ubwoba akumvako yagushije ishyano ko yagomeye Imana nuko guhamagarwa ukaguma gutyo
IMANA iguhe umugisha uyobowe numwuka WIMANA m
Mugabanye,
ahubwo twese twisuzume.
Ari ibyo byose muri kuvuga ari no kwica igikomeye ni ikihe.
Ko Imana yanyeretse umu pasteur wamaze abana abicisha imiti ya onapo , ikantuma ku bantu benshi cyane , abinangiye bose ingaruka ubu bari kızı feelinga.
Imana ishimwe kuko itanga chance to kwihana naho ubundi ibyo muvuga buri wese afite agasaraba kamunaniye kwikorera.
Imana irihangana ntihutiraho nkatwe naho ubundi iba yaratumaze.
Imana iguhezagire Maria nukuri ikwongerere imbaraga zokuvuga ukuri
Barekere nibatitaho iryo jambo Ryo mu Migani uduhaya uhabwe umugisha nu Uwiteka Imana mw'izina rya Yesu Christ waducunguye
Ntabudakeba aje yarakaye Koko uwaduha abagore twese tukagira ifuhe nkiryo Ntabudakeba afite Imana yo mw'Ijuru yakwishima Beulah uwashyingiwe Muhabwe Umugisha Turabakunda
Wamubyeyi ndagukunda Imana iguhe umugisha ngukundira ko icyera uvugako cyera icyumukara ikakivuga ukogisa.nicyo Imana ishaka kubavuga ko bayizi niwowe ukenewe muriki gihe nubwo wakwumva numwe ntacyo btwaye
Yesu ni ashimwe !mwikerezwa n'abishakira imitsima baryohewe n'ibyo barebesha amaso nk'abari mu marushanwa y'ubutunzi kandi bazabusiga nimutumbire umusaraba wa Kristo Yesu mwishakire iby'umwuka bizabatunga mu minsi mibi y'ubuyobe yamaze gutangira.
Mureke ibyahanuwe bisohore kugira ngo Yesu agaruke(indunduro y'ibihe)kuko nibitari ibyo bizaza,ikidukwiye ni ukurarama tukarebe mu ijiru niho gutabarwa kwacu kizaba.
Iyo ntego ntajye nimukayimbeshyeshye , amateraniro aba ayere iyo abayirimo nabo Bera
Pamfire !iyo ufite impano yo guhugura byemezwa nuko uhugurika nawe uwo mudamu ni muzima
Ariko mwihweze neza namwe nka plaisir asigaye afata abamahereni abisize ibirangi akabakira ngo bariko barahanurira kuri youtube yiwe ngumuhanuzi wibogari mube maso
Nanjye narabirebye ngira ikibazo!
Witwande? Tukaraba ko tukubona mwijuru kuko atamarangi mwisize? Hora ivyobitambara vyo mumutwe nivyo bitwemeza ko mukiranutse😂 urinde wewe uca urubanza ? Uri juge womwijuru? Izo doctrine zanyu nizo zituma tutabakunda puu
Kuba arabahanuzi bambay amahereni, cank amabogare, ntivyobuza kobazoba ikiraro cabandi, mu gihe ciherezo ngobazovuga ngo mwami ngotwavugishwa mwizina ryawe, ngo twasenga mwizina ryawe, ngo Yesu nawe ngazobishura ngomumvireho mwankora biziramwe ngosinigeze mbamenya, rr burya plaisir afite ubwenge kand ashobora kubikora na ubwenge atawe ashishimuye, intama nimpene birabana ariko hazoger igihe nyene umukuku yicagurir
Have you seen too that zaburi nshya has became entertainment like others😢God have mercy on us
Have you seen too that zaburi nshya has became entertainment channel like others outside😢God have mercy on us
Njye nsigaye nyoberwa ibyo ari ibyo .ntacyo bitwaye yabaye mwagirznaga nibura urukundo idini cg itorero rigira ubumuntu none ni bandebe kandi ni babakundufite . Mana we iyo mwikaraga cyane nyamara bene so inzara yzbishe biteye agahinda .ese harya bazin riche 😮 nlmodoka bihurira he nagakiza cg igihembo cy lmana muzansobanurire
Nkunze aho uyu mu Maman akubajije ati ese ubundi izo bibiliya bagiye gukora nizo? Cyangwa bagiye kuzihindura? Kandi nibyo koko kuko ziŕ guhindurwa, ni projet ihari...nonese kuki twifatanya nabo muri ibyo. Ikindi mbona aho bucyera n'intore ziri buyobe. Kuko byose biza bisa neza bivuga icyiza maze natwe ntitube maso ngo tugire amakenga. IMANA idufashe cyane.❤
Imana Ibahe umugisha cyane ndaje numve bakozi b'Imana❤
Nimushake Imana buri wese ku giti cye iby'amadini mubivemo. Buri wese ni ikinege ku Mana
Imana ibahe umugisha benedata ndaso banukiwe
Murakoze kuduhugira ngiye kujya jya kuririmba niteze igitambaro😢😢
Iki nicyo gishushanyo cy 'inyamaswa cyahanuwe. Uyu mu mama Imana imuhe umugisha
Muve muri Babiloni kuko Bibiloni iraguye iraguye Babiloni ikomeye. Ihindutse icumbi ry'abadayimoni, aharindirwa imyuka mibi yose n'ibisiga byose bihumanye Kandi byangwa. Ibyahishuwe 18:1-2. Muve mumadini mwubake itorero rya Kristo. Itorero ntago ari idini, Kandi idini naryo ntirishobora kuba Itorero. Abantu nanze itorero babaka amadini kuko badakunda Imana, badakunda Yesu Kristo. Aya madini na nyina wayabyaye gaturika yose afite umurongo umwe, wo gutegura guhishurwa kwa antikristo. Muve mu madini mushake Kristo abahe agakiza ke. Kandi Yesu ntari kure yumuntu uwari wese, unamukabakabye wamukoraho. Imana idufashe.
Iyi mpuzamatorero nimbi cyane niba mugeze aho mwiyunga nabo mwari mwaratandukanye,ubundi se ibyo mwabanenganga ntabyo bagifite?Nta budakeba nari ngukumbuye,nkunda ukuli ugira❤
Ntabudakebwa afite umwuka w,Imana nzima.bitijijisha ubundi icyabavanyemo cyari iki?ese cyarahindutse
Erega mureke ibyandiswe bisohore ariko uwahamagawe n'Imana akomeze kuba maso
Pamphile umengo Imana izomubaza abo ijana mw-ijuru.Amazi tubatizwamwo canke tubatirishwa ni ikimenyetso.Tubatizwa muri Mana Data ,Mwana na Mwuka wera.
Icakora uyu madam IMANA yamuhaye ubwenge no kuvugisha ukuri buri wese twari dukwiriye gusaba ubwenge no kuvugisha ukuri
Ndabaza ikibazo pamphile unsobanurire , ese abisiramu bavuze bati muze duhamagare abakiristu baze mumusigiti tuzabaha imfashanyo yo kwandikisha bibiliya , ziboneke kubwinshi , ese pamphi muzajyayo ?
None kuki mwivamze , ese murarwanira ishyaka ijambo ryayo ?
Pamphi ijambo ryiMana yacu ni rizima rizahoraho Kandi si ubwambere barwanya ijambo nyamara ririho kigeza nubu .
Hallelua hallelua hallelua hallelua hallelua hallelua
Ntimugwe mumutego wo kwivanga nabana bumubi .
Ntabudakeba uvuga ukuri rwose ijambo ry'Imana riravuga ngo ntimukifatanye nabatizera mudahwanye *2abakorinto **6:14*
Uyu mubyeyi ndamwikundira pe. Imana igukomeze
Mwiriwe neza Pamfi yesu nashimwe wampaye nimero zanabujyi naramwikundiye na Akimana Claudina
Umubyeyi uvuga ukuri pe ima na iguhe umugisha
Noneho NTABUDAKEBA yaje yakamejeje...😊😊
Ngo mbwirira mugenzi wawe...
Ngo ajye atubwirira hamwe, tubyumvire hamwe...😅😅
Ndemeranya nawe Mukozi w’Imana.❤
GUMAMO NEZA!❤
Mbakunda cane gumamo
Ndagukunda mubyeyi uravuga ukuri Kandi ntutinya kuvuga byerekana umwuka ukurimoko aruwukuri
Ndabasuhuza Pamphile Maria yarakumbuwe hama icompa bikwumvwa nabobitahura kuko akaba karabaye ariko Mpwemu wlmana atabare abiwe
Imana ikomeze iguhe ubwenge
No gushira amanga uteshe
Ntabudakeba wee
Humura bambe Ntamubyeyi utamenya abana be aboyahamagaye yarabatoranije kdi ukobiri kose Imana izabayo izakomeza iturengere
Impuzamadini=igishushanyo cy'inyamaswa niko ubuhanuzi buvuga kandi uzakiramya wese ntabugingo bazabona
Uyu mu maman mukunda kubi nta miyaga ntani ikidini kiri muri we afite kristo 🙏🏾
Komeza mubyeyi ibyo uvuze ni ukuri ahubwo Pamphile nawe acunge neza atazagwa mu ruzi arwita ibiziba pe
Bambarize, jye narumiwe
Nikaribu mubyeyi twari tugukumbuye Imana ibane namwe
Ibihe byanyuma byo twabijyezemo byararajyiye ariko umwuka wera wImana natange kubamaso kuri buri muntu wese wakurikiye yesu kristo
Nukuri imana itabare abantu bayo kiko isi idutwara habi cane mana dutabare umujinya wawe
Ubu gukorera gushimwa n'abantu byatumye abenshi bahitamo kureka gukorera gushimwa n'Imana kuko abantu babareba bakomeye,nitwitandukanya se barabifata bate...,nzagira agaciro se muri société...byagaragara nabi...
Ariko twibuke umuhanuzi Mikaya,uburyo yabwije Umwami Ahabu ukuli (1ABAMI 22:14-28)
Imana iturejyer
Uko nukuri Imana iguhe umujyisha
Ntabanga nyamara abarozi ibyabo babikora mwibanga tubuze kutamenya ukuri Imana itugirireneza
😅😅😅Uyumuvyeyi afite u wenge, ayobakotesheje alena iyo bayagura izo bibiriya zihari, cank bakubakisha isale akaza barahuriramo, muka Wera aragukoresheje mama❤
Ubyuvuga nukuri ibintu byimpuza madini bifite ibintu byinshi bibyihishe imyuma ariko abazi IMANA yabo bazakomera bakore ibyubutwari.
Yemwe wanabatizwa 10 arko ntampinduka Yesu keretse yakwifayiye
Bariho n'abakozi b'IMANA aribo Bibiriya ivuga KO ari Intama zizoja iburyo n'impene nazo zikaja ibumoso
Abarokore kuki babona ko ari intungane ,abandi bakaba abanyabyaha.
Wowe uri umuki? Imyizerere yawe ni iyihe? Yubakiye kuki?
NTABUDAKEBA Ndagukunda cyane
Ariko nukomeza kubona ikibi Kirimuri ADEPR Ukakivuga witegure Gusohokamo cq kugendera mukwaha kwidini Umwuka Wera Yigendere umere nkabandi Bose Nukuri Ibyamadini Arigukora Arabizi Ahubwo nukotwayanambyeho Aho kunamba Kwijambo Ry Imana.
Ndakubwiza ukuri ADEPR nayandi madiniyose Uzi Arikuyoborwa na leta Aho kuyoborwa n Umwuka Wera
Mbese Babuloni urayizi Tusabwa kuyasohokamo Tukinjira Mu Ijambo Ry Imana nahubundi izinyubako turiguteraniramo ziraturimbujepe.
Iyo kubatizwa mu mazi menshi vyaba bikwiye, ntawuba abatizwa kenshi.
Vyiza nukubatizwa mu mazi no muri mpwemu. Ubundi kubwanje amazi menshi siyo akura ivyaha.
Nabo ba pasteurs muvuga b'ibinyoma babatijwe mu mazi menshi.
Niba dushaka kugendana naYezu Kristu nitubatizwe mu mazi no muri Mpwemu.
Ibindi uvuga, harimwo bimwe bimwe duhurizako.
Ariko kandi amadini dukwiye kuyasohokamwo, umwe wese akagira urusengero rwo mu mutima wiwe.
Nta dini rizotujana mw'ijuru ; na cane cane ko haje ibintu vy'ihuzamadini. Udafise urusengero rwo mu mutima wawe rwubakiye kuri Yezu Kristu, uzohungirahe ubwo buyobe !
Mary be flexible!!
Ntury Iminwa urimo Umwaka muzima pe!!.
Naringukumbuye cyane peeeee
Pamfile we nibabikora tuzibera mubyumba byamasengesho gusa urusengero two mumutima nzarugumamo izindi nzirke
Mariya yakarishye kabisa 😂, Imana imuhe umugisha
Nkunda uyu mubyeyi avuga adaca kuruhande yesu ni ya mamare
Pamphi, nujya uvuga ibintu ijye uduha aho tubisoma kuko calendar yaba isiraheri itandukanye niya abandi kuburyo 15 Aug twamenya ko ibyo uvuga aribyo njye ibya catholic church simbizi ariko nemera ko harimo umugeni wa kristo pe.
Icyambere nukwera, kdi ijuru si iry'idini rya Adpr.
Ibyo bya ADEPR se ubizanye ute?
👌👌👌❤❤❤❤❤
Ntibyoroshye
Muri nyobozi ya Adeper dufitemo abafite ibitekerezo nkibyuyumubyeyi nka 5 umwuka wera yakongera akuzura mubantu imisiyose
Mureke ibyahanuwe bisohore kuko ntibizasohorera kubiti bizasohorera ku bantu ahubwo dukwiye ku bera maso ubugingo bwacu
Murarushye disi..
Vuga Ukuri
Nari ndakwikumburiye ncuti Mariya,
Kandi ngukundira ingene uhagaze neza mu gakiza
Maria ndushijeho kugukunda uyu munsi wahuguye Pamphile 😂😂😂❤
❤❤❤❤
Iman iturenger🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦
Ntabudakeba yarakumbuwe na Muhire azaze nawa mukobwa wi Kibungo
Erega nibihe bigomba gusora ntimuzabibuza muvuge muziko bigomba kubaho nimusenge gusa ibibi bigabanuke cg se binaveho kubwisengesho rivuye kumutima kd ryagutse
Cyane rwose ntabwo imbuzamadini bayirukana ngo: toka satani....reka reka...ibi ni ibihe byahanuwe. Buri wese ni ukurinda izamu rye nta kundiii
Ese Pamfile kubatizwa mumazi menshi ko njya mbigiraho ikibazo niba ari ubujiji bwanjye simbizi ariko njya nibaza amazi menshi abarwa hashingiwe kuki? Ase abasha kurengera umuntubyose yitwa menshi?
Nonese ubatirizwa muri pisine n'ubatirizwa mumugezi utemba bombi baba babatijwe mumazi menshi?
Iteka uvuga ukuri
Ikiganiro ca NTABUDAKEBA kiri muri bike ndangiza kuraba. Afise ipfuhe ry'umurimo nkabikunda. Kuko abantu nkawe ntibagwiriye. Igice ca 2 kinyaruke please
ADEPR yivanze nayandi Moko yameze imvi zurutarutaru Isaiah yahamagawe ntande se????
Yewe Mariya we, erega ibyo mu madini bimeze nk' ifi irimo kuva mu mazi irenda kurenga inkombe nigera ku butaka rero nta buzima na bukeya bazemera byose byose.
☺️☺️☺️
Ntabudakeba aravuga ukuri paphile nawe wemere guhugurwa . Kiragiterane nanjye mbona arinzira zidini rimwe , reka babamenyereze buhoro buhoro
Wowe uravuga abagiye bavuye muri ADEPR ,ko hariho se uwivugiye ko ADEPR yamuhaye recommendation yokubwiriza muyandi madini ,😮ntacyo mwari mwabona, abapasiteri bagiye kujya basurana mumudini (kudututi) nkabasurana mungo zabo, Kandi ntibaziko Hari nyirumurimo wabashyizemo Kandi ko azababaza ibyo yabasigiye, nubwo Hari nababyiyitirira cyakora nabo bazumirea😮😮
Kweri muri. Adpr nuko bimeze ntabwo ari abapantikote ahubwo ni adpr nyine kuko iyo utayoborwa numwuka ntabwo uba uri umwana wimana
Nibyo abakiristo bakwiye kugira robinet mungo
Ibyaziraga byose barabiziruye ibyo babuzaga abandi ngo nibyaha nibo babikora ubwo ibyahanuwe ntabwo bizasohorera ahandi
Kurya sikwihuza kwama Dini, kuko twese duhuriye muri christo twitwa aba christo ayaba haje aba muslima na yandi Alameda christo nibwo mwovuga ngonkwihuza kwa madini. Kubwanje na matorero yihuje
Pamfiri, uzatubwire ko kugeza ubu haridini rizima nawe utsimbarara kwidini?
Ntabudakeba niwe wange utuye he ngo nzaze twituranire?
Imbunda murusengero?nagahinda 😢😢😢
😂😂😂😂😂😂 ukonukuripee ntabudakeba azagaruke😂😂❤
Wiriwe benedata shuti zumusaraba mubivuge mukomeye kuko yesu araje ntatinze niyompa mvu bibaye nyishi tubemaso
None se nimudahura n’abanyabyaha ngo mubabwirize mukagumana n’abanyu mwe muzaba muvuze ubuhe butumwa? Na Yesu yavuze ko yazanwe no gukiza abanyabyaha
Ariko Marie wagiye ureka tukumva ubusobanuro bwimbitse koko