AZIZA ARABITINYUTSE💔GITWAZA URI KUJYANA ABANTU GIHENOMU😭BITEYE UBWOBA MUHUNGE😭NIMUTIHANA MUZARIMBUK
Vložit
- čas přidán 1. 05. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Uyu mubyeyi ankumbuje inzozi nange nagize nkiri umwana wigaga muwa 6,nukuri Imana ni nziza kuburyo wowe kubera ko uba uziko uri umunyabyaha utinya kuyegera pe,nange ndi umuhamya wabyo.reka ntange ubuhamya ho gatoya ,nari umwana uri gusoza primary nari umuhanga cyane kuko sinigeze njya kumwanya wa 3 nashoje umwaka mba uwa 2,rero mukizami gisoza primary nza gutsindwa kandi nari umuhanga cyane,rero ndakarira Imana ukuntu insebeje maze nigira inama yabaswa yo kutazongera gusenga 😢😂mbese nayigumuyeho.aho rero sinongeye no gusenga ngiye kuryama cg mbyutse kandi narimfite ububyutse bwo gusenga cyane kuburyo najyaga niyiriza ubusa iwacu bakambwira ko nkiri umwana ntagakwiye kubikora,gusa ngewe numvaga mbikunze cyane hari unwarimu wacu wabidukundishaga cyane ndetse haba ari no mugisibo akatubwira gusenga cyane,Imana izabimuhere umugisha kuko yamfunguye amaso yo gukunda gusenga.
Ubwo rero maze kwivumbura ku Mana nibwo naje kurota izo nzozi ngo abamalayika bansanze ahantu hari ikibuga hafi yahaberaga agasoko mbona bamanuye urwego rwiza cyane nahise nibwiriza mbona ndugiyeho gusa bavandimwe sinakubwira ngo baranteruye cg naruriye gusa nibonye narugezeho turi kuzamuka,umumalayija 1 yari iburyo uwundi ibumoso ,ntawamvugishaga kandi nubwo twazamukaga hejuru sinananirwaga ahubwo numvaga nuzuye ibyishimo gusa,ikindi kandi nabonye ari hafi cyaneee❤,nuko bangejeje kumuryango wijuru nahasanze umugore gusa nawe sinamubonye mumaso ahubwo yahise ankorera nabyita nka protocol anjya imbere ankatisha munyubako nziza cyaneee ,ubwiza bwaho ntaho nabugererenya nukuri,ankatisha ahantuuu nuko angeza aho Imana iba yicaye.hhh bavandi uyu mumaman avuze ukuntu uwo mumaman bajyanye gusenga kumusozi ngo uburyo yabonye Imana nange nabonye ari ngari cyane kuburyo utayiheza amaso,gusa ntabwo nayibonye mumaso kuko byonyine uwo mugore angejeje muri icyo cyumba nahinze umushyitsi ndetse kubera icyaha nari maze iminsi niyiziho ,urumva nari nkiri umwana sinakubwira ngo hari ibyaha byinshi nari mfite kereka wenda byabindi byabana,gutukana nabyo sinabikoraga cyane pe gusa numvaga ikiri kunshinja cyane ari uko kwivumbura ku Mana.rero nakozwe nikimwaro mpita nivugisha ngo yooo ubu se ndayisuhuza koko😂😢😢,nahise nkubita ibipfukamiro hasi nubika umutwe,nuko mu ijwi ryiza rikanganye kandi ryuje ubwuzu ihita impereza ikiganza iransuhuza gusa sinatinyuka kuyireba mumaso gusa narebaga ikirenge cyayo nacyo kinini cyaneeee nuko imaze kumpa ikiganza irambwira ngo genda ubwire abantu bihane bave mubyaha.
Ubwo nahise nkanguka nisanga hahandi babamakayika bansanze gusa tutakiri kumwe nabo.beneda nabyukanye ibyishimo kugeza nubu iyo nibutse izo nzozi ndaryoherwa cyane,kuva ubwo nahise nongera ntangira kujya mumisa buri cyumweru gusa kuko iwacu ntabwo ibintu byo kwerekwa nkuko bari babisobanukiwe,kuko maman yadutozaga gusenga ariko nyine biri aho ari ukujya mumisa gusa ibindi ntabyo twari tuzi.
Ubwo rero mbyutse naribajije nti mbese ndakora iki kubutumwa Imana yantumye sinumvaga ko binarenze gusa nigiriye inama nti sinzi aho najya kubivuga reka mbibwire abo tuvukana nuko mbe nsoje ubutumwa Imana yampaye,mbabwira inzozi naraye ndose ndangije ndababwira nti rero muve mubyaha byanyu mugaarukire Imana,barasetseeeee benda gupfa nange ndekera aho nyine.
Kugeza ubu rero ubu nibwo mbashije kuba nabona aho mbivugira benedata Ijuru ririho kandi si ukubeshya pe,nukuri Imana idushoboze tuve mubyaha tuyigarukire kuko nkuko uwo mumaman yabivuze serious ntabwo tuzacirwa urubanza(sorry niko nabibonye ubwo nari muri izo nzozi Kandi nuwo mumaman niko yabivuze)ahubwo ngewe kuko nzi uwo ndiwe nzarwicira ,gusa sinabihamya cyane kuko sinabisobanukiwe cyane gusa ngewe nararwiciriye ntinya kuyegera,bavandimwe rero ushoboye kumva ubu buhamya bwange bugukomeze ku Mana kandi uyisabe imbabazi uko ushobojwe maze uzibonere Imana nta rubanza wicira.
Imana ibahe umugisha kandi nubwo iri koranabuhanga ari ribi ariko hari nabazarikirizwamo icyabatandukanya nubwiza bw'Imana.
Sorry for the long message.
Imana iguh'umugisha
Ego wanzozi we Ngaho abafite amaso musome
Yooooooo,Imana iguhe umugisha mwene data ndafashijwe kdi Imana ikomeze kutwungura iby'umwuka .
Urakoze cyane kubwubuhamya bwiza cyane .Bavandimwe uwavuga iby IMANA ikora kugira ngo igarure abantu bose kumurongo mwiza wo munzira igana ageza hategereje abakunda IMANA ntamaranga mitima ,bayikunda kuko ali IMANA, bayikunda mubantu yaremye nwishusho ya Yo Ikabacunguza Umwana wa Yo w Ikinege ali WE KRISTU MWAMI wabantu bose ,Umwana w IMANA na MARIYA NYINA WA JAMBO nti yabirangiza .Igihali nuko IJURU liliho n UMULIRO ( ILIMBUKIRO) nawo uriho ,ni notre LIBRE ALBITRE IZACIRA MUNTU URUBANZA BITEWE N INZIRA YIHITIYEMO ,NUKUVUGA URUPFU CYANGWA UBUGINGO ,AMAHITAMO NAYAMUNTU .NIDUHARANIRE UBUGINGO NIKO GUHITAMO NEZA .IMANA IBAHE UMUGISHA
Iryo yujuje si Itorero ni idini
Hirya hariyo abari bashinzwe kwakira abava muri urwo ruganda. Bene Data mwe, burya amakamba araharii.
Nk'uko turutana hano mw'isi. No mw'Ijuru ubanza tuzarutana.
Amakuru y'inzozi ni menshi cyane mfite.
Gusa tubere maso ubugingo bgacu, IMANA Data ibidushoboze mw'izina rya YESU KRISTO.
AMENA 🙏🙏🙏
Uyu mubyeyi arimo umwuka w,Imana ndamukunze
Kigali yo irimo abahanuzi benshi b,inda ariko Imana izabatsemba nibatihana .
Be blessed
Mukora umurimo mwiza kdi usaba ubwitanjye ariko mujye mureka umutumirwa abanze atange msg yose.Hari igihe yayoba kubera kumuvugiramo cyane
Mana uzampe iherezo ryiza nk'iryabakiranutsi
Ndabona ari Imana yonyine izadutabara😢
Haas😂 abazicungura bazashake ijuru ryabo.biteye ubwoba kwisanga wasigaye 😮😢 Imana imfashe ikintu cyose cyatuma ntazajya mw'ijuru niyo yaba ari indamu zisi izabikureho ariko ubugingo nzabubone
Turemeranya
Wowe turi kumwe ijana kw'ijana
Amen ijuru rirenze byose byiza kurigeramo n'umugisha mpora ndisaba nanjye izarimpe 🙏
Uko nukuri burya ntiwavuga kurumuyobozi witorero ,hamukemera ko abambaramakabutura ,amapantaro ,ibisuko meshe ,abagabo batayabagore babo ,abagore bataye abagabo .Hama ngurikubajana mwijuru wapi. Uwumuvyene nukurari kuvuga ❤❤
Mubyeyi mwiza Yesu Kristo aguhe umugisha kuko ubuse ibyo benshi batinya kandi bananga kuvuga, ariko ujye ukomeza uyoborwe na Mwuka Were uwo kumva yumve utumva azarorere kuko umwana wo kurimbuka ntakizamubuza kurimbuka
Mama azize Imana ishimwe konogeye kukubona.ubuhamya bwawe buramfasha,bintera kwifuza kuzakubona
Ndakengurukiye ku kiganiro mudushikirije, YESU Kristo abampere umugisha
Gitwaza nabakora nkawe n'abakozi b'igituma Rero bageze mw'Ijuru ry'IMANA y'ikigihe ari nawe mwami w'isi
Mama ,nawe pamfille ibi mutinyutse ,rwose , Uwiteka abahe uburinzi ,uyu ni abandi bihisha mu intama kandi ataribyo baba bafite abafana ni ababakorera bakomeye ! Uwiteka abarinde kuko arabaruta🎉
Nta kindi bazi nyine ni ukugirira nabi abavuga ukuri kwa Kristo Yesu.
Ntuzi se ko na Yesu yagambaniwe n abafarisayo? Iterabwoba ryabo ntirizahoraho. Uyu mubyeyi Uhoraho amukomeze
YESU Mwami wAbami unyezeshe amaraso yawe
Amenn amenn
Ukuri ni ukuri kdi ntakizagusimbura, kdi burya kuraryana.
Ubu abafana ba Gitwaza bagiye guhita bahaguruka baburane bamurwanirire bitinde!!
😂
Habwa umugisha mubyeyi ❤❤❤❤
Ivya gitwaza nanje ndemerako afise impwemu iyovya nigeze kwerekwa ivyiwe ngo azokwisanga muri bamwe bazobwira yesu ngo twavugishwa N 'Imana mwizina ryawe
Nshuti wowe wisanze mu gihe gice?akenshi turarota ngo tweretswe kd hari igihe inzozi zibeshya,gusa buri muntu acunge izamu rye naho abayobotse iyo kwa satani bo bazi ibyo bakora kd bariyemeje
Yesu akomeze kubaha ubwenge uvuze ikintu gikomeye ikuzimu iubisobanuye neza isi yimyuka mibi niko kuzimu kd ikorera mu isi dutuyemo birasaba kugira amaso yumwua wra
Uyumu mama nkunda ukurikwiwe kandi arahuguracyane gusa kubya Gitwaza nukuri kuko nimvugo ziwe zirabigaragaza nuko abantu babaye abafana biwe bafite amatwi ntibumve bakinagirwako bagomba kurokora ubugingo bwabo Imana ibahe umugisha kuduha ikiganiro cyiza ❤🙏🏾
Mana wee pamphile niba abatumirwa bose mwagiraga ari nkuyu mubyeyi menya twazarokoa turi benshi❤
Yesu adutabare dukeneye ububyutse nukuri 🙏, Kristo aguhe umugisha mubyeyi 🙏
Mama Anziza Imana uguhe umugisha burimunsi uvuga ubutumwa burimuntu akanyurwa ndagukunda pe
Aziza we Ndagukunda ukuntu uvuga Imana neza(cane cane nkagukunda uburyo w'ishima useka!nanje bintera gutwenga.ubarikiwe
😊
Nukuri Murakoze cyane kudukumbuza ijuru.
Naringukumbuye maman kdi ndagukunda cyane
Ndabasuhuje,
Nanjye narinzi ko hazabaho abazacungurwa ni amaraso yabo.
Beulla waziye igihe❤
Gusa ikorabuhanga nubwo ririmo satani iyo rikoze neza niryiza reba ukuntu mutugejejeho inyigisho nziza
Numvishije ikiganiro,nanje numva nasengerwa kuko uyumunsi ndezwa ejo nkarwa,Imana imbabarire,Impe imbaraga nkomere,kandi nihane pe
Imbaraga z'Imana ziri mwijambo ryayo gura Bibilia uze uyisoma 3 kumusi hama usenge ubwira Yesu aganze muri wowe uzasanga icyaha cyakuganza Yesu agushoboza kugitsinda.
Nange ndashaka kwakira krist nk'Umwami n'umukiza nihane
Imana ibahe umugisha kudukangura rwose umwuka w'Imana ari murimwe
Uwo mu mama ndamukunze pe, arisekera by'umunezero w'Imana. Nanjye iyo nabaga Imana yangendereye, naranezerwaga cyane, n'abandi turi kumwe bakabibona, nfite n'imbaraga nyinshi, umwe ati iyo ameze gutya,mujye mumwihorera aba ari muri speed, akora akazi bikwiye.ikiza kibyo nuko uba ufite umunezero uvuye mw"Ijuru. Utanababazwa ndetse n'uwagutuka.
Mama uraho cyane twari tugukumbuye cyane turagukunda gusa uri umunyakuri pe wakunze Imana iragukunda ujyudusengera uduhugure tuzakumvira Mubyeyi mwizaa❤
Mwiriwe neza Ndagushimiye Kuriki kiganiro Muginye na AZIZA lmana lbahezagire
Shalom udukumbuje ijuru kbs mm
Imana ibahe umugisha kukiganiro kiza hari nabo musengana utahanura bakakwita umupagani
*Mama AZIZA, urakoze ku mpanuro zawe.👏👏*
*Uri mu Muhamagaro w’Imana kweli.👍*
*Imana Iguhe umugisha kandi Ikomeze Igukoreshe mu murimo wayo.❤*
*GUMAMO NEZA❤*
Yesu arihafi kugaruka twiyeze benedata
Yohana 14:6 yesu niwe nzira yukuri nubugingo
Imana ibahe umugisha hari ahomudukuye naho mudushyize.
Hari umwuka wateye mumadini wo gushaka icyubahiro ariko nicyakindi kicisha
Nimurebe abakene buzuye munsengero abayobozi bari mubushorishori kandi ntibanyurwa
Mwidukururira umujinya w Imana yayindi yanga ubwibone
Mana nyagasani Uwiteka utugirire impuhwe muri iyisi yikinyoma😭😭😭
Imana izamfashe nzagusure Mubyeyi urimo umwuka w lmana
Pamphile, ibyo ni ukuri, idini ni irya satani. Yesu ati iyo2 cyangwa3 bateranye banyambaza MBA ndi hagati yabo.muve mu maduni . MUHUNGE MUDAPFA!!!
ariko nuko mubifata nabi buriya Paul nawe yashinze amatorero , gusa kubera hari abavanze ibitavangwa byatumye muzinukwa amatorero ariko rwose sinemeranya nabavuga ko idini ari irya satani kuko abayasengeramo bose si ko bayobye
Imana ishimwe kandi ihe umugisha uwo mubyeyi. Munsobanurire "icyaha n'igisa na cyo."
Munsengere nanjye harubwo nicara natekereza ubukristo bw,ikigihe nkumva ndakamutse imibanire y,abantu bikigihe iranyica abarokore basigaye barutwa n,abanyagaturika
😭
Ukeneye gusengerwa koko wowe witiranya idini no gukiranuka. Ukeka ko urusha abagatorike gutunganira Imana! uribeshya cyane.
Ese abagaturika bo si abachristo?ubundi umuchristo niki?
Ese uburokire ni idini cyangwa ni umutima.Muvandimwe nta torero ritazavamo umugeni no mu katorika barimo.Iby'amadini ni amayeri ya Satani ngo turwanire mu nzira ducirana imanza Kandi tugana hamwe.Nta dini rizajya mu ijuru nk'uko nta n'irihejwe mu ijuru.Ni ko IMANA DATA yambwiye.
Ushatse kuvuga ko abanyagatolika batizera Imana ? no muri bo harimo abo Imana yishimira nk'uko no mu barokore barimo abo imana yishimira nabo igaya. you don't judge
Pamphile mururwo rusengero basohokaga babaha utubizu wagombaga gusohoka wabageraho ukababwira uti gasopo ntihagire unyegera ugahita usohoka ukagenda
Ahubwo iyo ubonye umuntu utabesha uramushaka ukamuburira uko imana yagutumwe ahubwo urikumusebya imana ikunda gusebanya.?mujye mwitonda gusebya abandi
Imana izaturengere tuzaritahemo
Uwiteka ajye aguhagararaho pamphile we ajye aguhisha mumababa ye
Imana ibahe umugisha rwose 🙏🙏🙏
Maman Imana itubabarire twarasuzuguye Imana dusuzugura n'Umwana wayo. Twihane twese.
Paphi nukuri Imana ijye iguha umugisha kutuzanira abantu nkaba dukeneye amateka yabantu babanye ni Mana
Imana ibahezagire,ibiganiro vyanyu biradufasha
Maman imana ikwongere imigisha myishi cyane uyobowe numwuka wera mwitorero bambara ubusa nkindaya imishatsi niya bomery
War’ umeze nka Adam na Eva mu ngobyi ya Edeni bataracumura. Ubwiza bw’ Imana bwari bugutwikiriye.
Kugendana na Yesu ni ibanga rikomeye pe!! Ngo igahita imujyana mu bubiligi 🤔
Mama aziza nakupenda sana kaka mungu akubariki sana mama yangu 😢🙏🙏
Ohhhhh. Imana Ishimwe , Mukecuru ndamukunze
Mr Pamphile, ibijyanye no gutora itegeko ni uko hakoreshwa la majorite', rero ushobora gutora oya ark itegeko rigatambuka. Kuba ryatowe ntibivuze ko ryatowe 100%.
Muhezagirwe n'Uwiteka ❤❤❤
Imana ibahe umugisha kubw'ikikiganiro Uwiteka adushoboze aduhe imbaraga
Abadaimoni munsengero baruzuyeweeeeeeee
Hallelujah Imana ishimwe na mudusengere
Imana ibahe umugisha .
Nkunda lmana nabantu bayo nange Mana ndagusabye uge unyihereka kenshi
Soma Ijambo ryayo uzaba uyibonye
Muvyeyi Aziza Yesu abandanye agukomeze nawe Pamphi komera kandi uhezagirwe uzofate umunsi utubarire ivyawe uwundi musi uduhe uwo muvyeyi atubarire ivyo mwijuru gusa
😂😂😂 aho kd uravuze
Ndagukunda
Mana turagusabye uzaduhe iherezo ryiza
Amen IMANA ihabwe icyubahiro 🙏
Ahaaaa mbivuga tube maso
Amen❤
Imana iguhe umugisha Mama
Aziza adukumbujijuru rwose
Je nahawe iyerekwa mbona Gitwaza aha abantu batatu imirimo ababwira babiri mucaha uyundi acengaho abategeka gukora ibintu atari vyiza ababwira ATI namwe mwaremwe n, Imana
İmana Iguhishurire ukuri
Ndabakunze cane muvugiye lmana neza, nukuri lmana ibahumugisha .
muzamubitwari twebwe twaratinye ibyuriya mugabo imanaihora yerekana ibye abantu bagapinga
❤ komera mubyeyi mwiza ,UKULI N UKULI KANDI UKULI NI KRISTU MWAMI W ABANTU BOSE YACUNGUJE AMARASO YE MATAGATIFU .KOMERA MUBYEYI MWIZA
Aziza narimukumbuye kumwumva disi.
Wakoze kumugarura Pamphile we.
Yesu we
mbega ibyiza mbega ibinezaneza!!!! murabivuga nkumva birandenze
Imana idushoboze gukizwa neza🙏
Muhabwumugisha niMana mwapfuramwe turabakunda
Murakoze matubwilije neza
Yesu n'umwami wabami
Nubwambere Nafashirizwa kuri CZcams. Imana ikomeze ibahe Umugisha
Imana imfashe izompe iherezo ryiza
Ndumiwe noneho😢.Ese ijuru rizajyamo nde???ahaa Mwuka wera adufashe kwezwa neza
Rizajyamo abazi iyo banjya babifite muri gahunda ya buri munsi nukuri abo Imana iraza ikabana nabo Ikabaha imbaraga/ gusa abazi Imana yabo bazakomera Daniel 11:32
Umunsi wu WITEKA uteye ubwoba nukuna maso kuko tutazi umunsi nigihe
Yesu naza amaso yabantu yose azamubona ariko abanyabyaha.bazicwa nubwizabwe bivuzengo bizaba bite ye ubwoba ntawe utazamenya uwomunsi
Ushaka kubona Imana? Ko ngo turemye mu ishusho yayo se! Ubwo isa ni uko usa
Nukuri
Uyumubyeyi avuga ukuri.
Mukomereze aho muduhungure or birakenewe 🙏
Uzokumviiriize pasitorrii claude na bene nyiina mu mwuka ayo bavuga,ngabo ba maman charlene (abo n'aba pasitori,)
Aho amafaranga ari umwuka urahunga ubu abahanuzi bazima n,abakene barasenze baratagangara basengera abandi ibyabo ntibikorweho kuko lmana ibabikiye ubugingo
Mbaye uwambere urebye ikiganiro ibyuvuga nibyo %%
Rinda umutima wawe kurusha ibintu byose birindwa
Disi waruri kuvuga Ibintu byiza ariko gusebanya kwamadini byihorere disi kuko kiriziya iramutse yigisha kutihana ntiyagira intebe ya penensiya
😢yewe koko ntawanjyana abantu aho nawe atajya
Sukoooo se?
Maman Yesu aghumugisha😂❤❤
Nibyoroshye lmana idutabare
Bene Data muri KRISTO YESU, mukomerere muri We.
Njye narose inzozi turi gucishwa muruganda.
Yari imashine nini cyane aho batunyuzaga harimo umuriro mwinshi cyane uteye ubgoba.
Yari ifite umunwa wabaga ugezweho ikasama ukinjiramo.
Yari ifite umugabo munini cyane w'imbaraga wazunguzaga uruziga (umusyi), hari abantu benshi cyane batandukanye, bo mu madini atandukanye, abakomeye n'aboroheje.
Bene Data, mbega uruganda weeee, iyo uri aho, ntutekereza abo usize inyuma (kubana wabyaye, k'umuryango n''ibindi, wapi kabisa), nta n'ubgo wibuka ibyiza wakoze, ahubgo video iza imbere yawe ikwereka ugitangira kumenya ubgenge ibyaha wagiye ukora kugeza aho uhereye.
Incwiiiii Mana ushimwe
👏👏👏