PHAINA BIRAMURENZE AVUZA INDURU😭SI UMUGABO N'ISATANI TWIBANIRAGA😭YASAMBANYAGA ABAKOZI BANSHIRAHO😭
Vložit
- čas přidán 22. 05. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Mbega ubuhamya bukomeye.Umva uri umukristu koko.Kandi biragaragara ko uri umwana mwiza.Aliko Imana ishimwe ko Pamphile yaguhuguye.
Mbega urushako😢Ihangane mubyeyi ukomere kuri Kristo gusa upfa kuba wifitiye abana bawe.
Ariko icyo nkuyemo,nukwitondera imvugo y'Imana.
Imana yarakoze kukurinda.
Mama ushobora kuba utaravangiwe ahubwo warabwirwaga ururembo rwo mu ijuru Imana ikaba igutoranirije gukora umurimo wayo kandi bizavamo kujyana abantu benshi mu bugingo
Komera mubyeyi mwiza warababaye urihangana imana ikomeze ikurengere
Umubyeyi Phaina yubahwe. Imigisha myinshi cyane !!! Ntibaguserereze; Imana yabikubwiye kugirango umugabo atazabona icyo yireguza. Imana yawe yaravuze, ntaho bihuriye na Satani.
ni dange
Fainaaaaaa ndagukunda nukuri Imana ikwagure impande zose
YESU ashimwe benedata, Ndabaramukije mw'izina rya YESU. Pamphile nukuri iki kintu co kutamenya gutandukanya ko ari IMANA ivuze canke atariyo ivuze kiratubangamiye turi benshi. Turagusavye uzodutegurire ikiganiro uko IMANA izokurongora ikakwemerera uzotubwire ico twokora. Kuko harivyo tuzimiriramwo tuvyitirira IMANA kandi atariyo. Mwami YESU unyuzuze Mpwemu yera kuko uru rugengo ntawundi yorunshoboza
Imana ishimwe urasetse Phaina hari ibintu bituma tubona amapete kweli. Imana ikurindire mu gakiza.
Papa Charmant,
Imana yatumye nkumenya nzahora nyishima.
Ngusabira umugisha. Imana ijye igukomereza umuhamagaro, ikugirire neza n’umuryango wawe wose
Mana we uyu mubyeyi afite umutima umenekeye Imana cyane Pamphi ibyo arikuvuga ingo za BAPENDE ku mugani wa SEMAJERI inyinshi Niko zimeze abenshi baba Banga kubivuga ngo nukwishyira hanze bitewe n'imirimo bafite mu masinagogi😂😂😂😂Beulah uwashyingiwe mbifurije kurama❤❤❤❤❤
Yesu weee, mbega ubuhamya! Hashimwe Imana isumba byose idushoboza mu bihe bikomeye.
Mbe umubyeyi wakomeretse wee.. Imana igukize ibikomere mami ❤
Humura mubyeyi ndumva tumeze kimwe. IMANA yacu yakomeje kuturinda, amaze imyaka 16 agiye, ariko YESU Kristo yambereye byose, kdi nkomeje inzira ujya mu ijuru.
Imana iguhe umugisha Pamphile , abarokore bafite ikibazo gikomeye , komeza uhugure yenda abana babo bazamenya ukuri
Imana yo mu ijuru . Ndavuze ngo yo mu ijuru. Ise w'Umwami wacu Yesu Kristo waturemye , ndahamya ntashidikanya ko iyo azi neza ko ntamugabo ufite, umubiri awugira igiti umugabo n'aho yakwambara ubusa imbere yawe utamurarikira habe no kumurota. Mbonereho no kubwira abantu barota basambana. Nturakizwa: umubiri umwuka ubugingo. Murakoze
Kugira ngo umuntu akizwe neza, impanuro imwe womuha ni iyihe? Murakoze
Natubwire kugira umuntu akizwe neza
impore ma, Imana ikomeze igenderere abantu bose babana na satani yiyambitse umubiri kandi Umwuka Wera ayobore abatarashaka batazariganywa bakagirango ni Imana yabahaye.
Mana weeee.Mbabarira Mana mbabarira narinziko arijye ufite urugo rugoye none nsanze mubarushye ntarimo. Yeweee reka nsigasire urwange bwabundi ntacyombaye. Komera mubyeyi ubuhamya bwawe bukomeje ingo zacu
Impore mubyeyi mwiza imana izakomora kd komera humura
Phaina pole pe ! Kurira ntabwo ari bibi birakuruhura kandi byerekana ko agahinda yaguteje utaragakira ariko ubwo urimo kumenya ko atariyo yamuguhaye uzagend ubyakira.
Jyurira biremewe Kandi biravura cyane
Humura imana itubikiye ubugingo
Icyakora ubu ndumiwe mbaye bouche cousu😷😷
Gusa muri byose Imana ni nziza Irera kdi imbabazi zayo n'ubuntu bwayo nibyo bitubeshejeho Nihimbazwwe🙌🙌🙌
Pamphile ,ituro ry'abakene Bari bagenewe kurya ikigiracumi hamwe n'ituro ry 'Imimwe .
Wa mumama we, uri umukristo rwose, noneho byahuye na roho nziza wifitiye, ubutesi, ariko ndabona ahanyuma hawe hazaba heza kuruta mbere, njye mpanura ntatitiye.
Final conclusion:
Musenge ku giti cyanyu, ibyabahanuzi mubivemo nubundi destiny y'umuntu ntaho ijya, ibyo yakwandikiye nubundi bizakubaho. Upfa kutajya mubyo Imana yanga ukaguma mu murongo😢
Intahe yawe iraryoshe, Yesu yarakoze ku kurinda
Imana Ishimwe cane ko Yagutabaye Mama Gira mata.
Imana yarakoze kukurinda mubyeyi
Komera phaina Ubundi umwewe yaravuzengo murundendo ntawabimenya byose Gusa Urimo Imana peeee komera yesu Zaguhanagura Ayomarira
Nuko iyo si Imana. Abahanuzi baravangirwa ntibavyemere nanje nizera ko ata Mana yaha umugabo mubi umukozi wayo. Ahobwo nitwemereko twihitiramwo abagabo na abagore dushingiye ku maranga mutima vyagenda nabi tukabeshera Imana.
Uyu mubyeyi ni umutesi
*Ijambo **#IGISHUBAZIKO** ntabwo ari ryiza, muri versions zo mu zindi ndimi bivugitse neza, naho IGISHUBAZIKO ni **#igitutsi** kweli.*
*Muri BIBILIYA YERA hari amagambo menshiiiii akwiye **#guhindurwa** agashyirwa mu kinyarwanda cyiza nkuko mu zindi ndimi bimeze.*
Nukuri birandenze Imana Igukomeze mama iguhe kuramba
Komera mama Yesu aguhumurize
Sha nanjye uwansubiriza ibihe inyuma nashishoza sinashaka nkuko nashatse
Depression iri hafi kwica abantu
Ubu murabona ko
Faina Ari indushyi yigendera.
Pamphille tks kutugarurira part 2 vuba,
Gusa uyu mugore aravangavanga, ntibiba bisobanutse, avuga menshi
Ngewe sinjya ndyarya unyanga sinakwita cherie reka reka nakwita wowe
Uri umuntu mwiza rwose Phaina ntagushaka2 rwose ndi d'accord %
Amen yarahabaye
Imana iragerageza?gute?
Kandi handitse ngo Dieu ne tente jamais?
Mumfashe nsobanukirwe.murakoze
Urumva icyo Satani aba ashaka ni ugushyira muri confusion . Ukabeshyera Imana ko ariyo yagushyingiye kandi ari Satani
Imana ishimwe yakurinze❤
Gumamo mukozi w' Imana
😢😢😢mpore mama Yesu aragukunda
Harukuntu twumva arugutsindwa cg arubuswa kwemera ko satani yavuze tukabyitiririmana Ako kantu pamfile uvuze yewowe Imaniguhumugisha ukuntu satani afungirabarokore mu bucakara aciye mu buhanuzi ,😂😂😂 umuntu agakubitwijoro namanywa wajya gucika umuhanuzati ihangane ndimana yawe ntugirahujya umva ugakubitwa izayose wowe gusuhategumugongo
warahabaye mana
Abo bana babonye nyina akubitwa barambabaje😢😢
Ahw mubyeyi warababaye pee
Kavatiri number 2
Phaina uri kunyigisha pee kdi komeza uhagararare neza Yesu Kristu muri kumwe✍🏾
Mbe Pamphi umuntu Imana imutegurira umugore canke umugabo ryari?? Kw'Imana iha ingo nziza abadasenga,igaha ubutunzi abatayubaha kandi abayubaha bakenye? None Imana guha umugorotsi urugo rubi canke rwiza? Ahohoho abakijijwe ntakibazo nakimwe abubah'Imana ntantambara bohura nazo,mutahuree Faina urugo car'ikigeragezo kuriwe.nukuri bibaho abantu bubah'Imana barahura n'ibibazo vy'ingo,wewe n'uko Imana yagutabaye Pamphi,ico kigeragezo cokubaho wokumirwa
Pamphile rekanawe kumucintege
Ndunva atarumugabo yarinyamaswa pe
Wamugani Imana ko itabeshya,nigute ikubwira ibintu hakaba contraire?kandi itabeshya?
Urugo rwawe rwari rutuwemo na dayimoni ibihumbi nibihumbi
Pamphile mfite ubuhamya bujya gusa n'ubu ariko njye urugo ndacyaruri mo maze imyaka 17.
Uzamfashe mbone number ye ndumva nshaka ko anganiriza.
Nibe no kubaka urusengero,vuga noneho kubaka hoteri ryubatswe ni itorero
Zébra ni imparajye
Ihangane chr
Idini ry'ukuri ni irifasha imfubyi n'abapfakazi
Yoooh Phaina bambee😢
Ihangane disi hari umuntu nawe usenga nzi ufite umugabo umeze utyo kd ari umuhanuzi yewe birakomeye mungo arko abazi lmana yabo bazakomera
Kubyikururira bimukoze kumutima ubanza atakongera
Uzabagurire mouchoirs
Ntago umubiri uryana kurusha canser cg ibise. Ko iyo ubifite utiyahura se? Rero abantu nibareke kubeshya
Na jye narinkumvise akokantu pe nguzamwubahe ntaguce inyuma?kandi ahora abikora😅
Number one to day!!!!
Yoooooo 💔💔
Yewe uyumugabo arenze
😂😂 ihangane ariko uranansekeje.Pamphile Imana iguhe umugisha usigaye ufungura abantu amaso nkabikunda.Ese inzozi turota umuntu yazikorera iki?tujye tuzireka gutyo?cg dushake abazidusobanurira?
*#IGISHUBAZIKO**, iri jambo mu kinyarwanda barikoreye traduction mbi pe, riragayitse ryumvikana nk’igitutsi, naho mu ndimi z’amahanga ntabwo bivugitse nk’igitutsi.*
Yewe ni hatari
Amadini niyo yazambije ibintu byose 😂😂😂😂
Uyumuda Mana ndagukunze pee
Ninde wabonye ukuntu Phaina asa na pastor Uwambaje Emmanuel ntakintu baba bapfana?
Kandi bombi bavuka mu gace kamwe❤
@@laurence7961 yes bose n'abanyacyangugu.
Uwo mugabo ubwo aba hehe aracyafunze? ariko komera pe
Ariko ubwo nta gereza zabagaho?
Nkunda ukuntu uhugura mpita nsobanukirwa kurushaho mpora nifuza ko wagira itorero umuntu agatangira kuba umukristo bundi bushya pe nahubundi ntibyoroshye
Nshuti yanjye rwose Imana yari yakweretse ko ari umusambanyi pe.ikindi Imana yari yakweretse ko arumuriganya ahubwo Nuko wasenze yari kukwambura ubuzima imbere yabantu bose niryo yerekwa Imana yari yaguhaye