Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
❤❤❤❤❤ reyon kumutima
Aimé wacu komereza aho turi kumwe 100%
Niyibizi wowe ntuzi I byo urimo,rtd azagenda byan😅ze bikunze,azasiga rayon😊😊
Eime ndakwemera.nkunda kunu uvuga inkuru wiraza inyanza wirebesha kuruhande.
Aime ese ko abanyamakuru bababazwa nuko rayon idatangaza abakinnyi hari numwe mubanyamakuru uzi bakandira murera akanyeyeri😅😅
Aime ukunu avuga yirebera hejuru yibaza esembivuge cq byihorere😂😂
Uwo ni jean luck utsimbye😊
Mwizimba mumagambo
Sha aime koko watubwiye ibindi koko
Arko umuntu bita Antha yakoze itangazamakuru akareka rayon koko ubu ajyiye kubuza Richard gukinira murera kbx
Namujyane aho ashaka kumujyana, kuko Antha yajya amugumura. Abayishakira agafu wsna
Cool mmy brother
Uwo munyamakuru ni Jean Luc ntawundi
Tujyereremo ndani
Jya utubwira amakuru kuko uhugira mubiganiro kdi uba uta umwanya.Wowe duhe breaking!
Ntabwo nkwemera
Nice ❤❤❤❤
Izo nizo ntegenye za rtd ibyamunaniye abishyira kubandi agira urwango
Umunyamakuru ni. Antha ninaw yahora amukinishz muriya équipe yiwe
Rero njye nemera umurongo equipe irimo kuko haracyari kare mn reyon izaba ikomeye
Gutese itari kugura abakinyi ntamiyoborerembonye ahoo
Hhhh ntigura ngo umurongo ntamurongo mbonye
Aime mba mvuye kugukorera campaign muna group 15 bakaza uzanyishyura urabina uburyo views iguruka
Uwo munyamakuru si Antha ra cyangwa karenzi
Wowe niyibizi jya ureka gushyigikira ibinyoma
Sha uwo munyamakuru ni karenzi
Duhe agezweho muri murera
Ndakwemera pe wowe ushyiramo ubwenge
Izo nizo ntgenye za rtd ibyamunaniye abishyira kubandi
Aime titre yinkuru muba mugiye kwandika mwagiye mureba ko ntamakosa Ari mumyandikire?
Toka Aime
Ndabera mukomeze mutugezeho ayo muri Apr fc
emme wagiye uduha sure uwomutera nkunga tukamwemeza
Ubu c Rayon izajya iyora ibisigaye
❤❤
Wambaye neza kbx
Aime ndagukunda cyane peee
Ujye umubwir yihangane areke uvuge agabanye amagambo biratubangamirap
Ujyu ukora iminota mike nga 30min niyo itabowaling
Umunyamitwe wa j Fidel rwose gs uzagabanye amatiku kuko iyo uyoboye ikiganiro uba wigize uwadanger kd bakubwira ukuri
Burikintu kigira iherezo
Ntakuntu yaba atari Anther tu niwe wasizoye mu bu commissionnaire atari we yaba ari Denis
Ikibazo si abobantu ikibazo ni Jean fidel utamenya ibye
Muri ibisambo bidukurumutima
Emme ubona iyireyo izakomera
Bon soir!! Aime ntabwo ntabwo njya nandika ariko ndabakurikirana cyane,ntakundi nabona number ya Aime tukavugana umumbarize kbs ndamukuda cyane
Ubwenge bwawe n'ubwaba Rayon Sport nyine😂
Uruwambere
Aime nawe usigaye ubeshya abareyo
Aime turakwemra cne hano buga city
Yitwa Aime wokuri Fine fm
Genda wowe urinkomamashyi ys fideli
Ubutaha ujye ukora ikiganiro byibura kiri hagati ya 30 mins kitarenze 37mins bizagukururira aba followers benshi guy try to summarize
Eme uwo muntu ub ukwicaye imbere
Sinkubeshya ndakwemera kuko udahimba nkababandi
Ntawundi nikarenzi niwe wanga reyon yacu!
Karenzi ibyo ntiyabikora
Ndagufana nyeneye nomero yawe
Hoya ntagwaribyo nonese kuki nomubasimbura atarimo
Ubwose. Uvuze uki?
Aime ntabwo tukwemera uri ikibwa
Ngo ubusa? Nibwo uvuze gusa
Uzaba umugabo nureka gushyigikira retired j mfideri
Nge mbambona avuga ubusa ngo abanyamakuru babujije umukinnyi gusinya intege nke za komite babishira kubandi
MURERA TWIFUZA:Abazamu:-Jackson-Ndiyaye-Abazamu b’abanyarwanda 2 bakiri batoAbinyuma:-Ombolenga-Serumogo-Mitima-Aimable, -undi defender w’umunyarwanda ukiri muto-Umunyamahanga utyaye wa 30M-Ganijuru-BugingoAbo hagati:-Umunyamahanga utyaye wa 30M,-kanamugire-Richard,-Abana 2 bakırı Bato -MuhirekevinAbimbere:-kirongozi,-Hadji-Pascal,-Baale-Umuwinga utyaye wa 50M-Ba Rutaha izamu 2 babanyamahanga uwa 50M n’uwa 30Mİyi list iragororotse.
😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊
Uratangamo angahe hano man ko hari nabatari aba washiporo wibagiwe ibiciro
Skol 200 M natwe twaguze kevin, president azagura undi,Special team bazagura undi bihwaniremo, ubundi turwane nimishahara
Aime basi wowe ntugashake Views jyutubwiza ukuri views tuziguha
Bro urabizi ndakwemera sana courageux
Mureke kuvuga ubusa
❤❤❤❤❤ reyon kumutima
Aimé wacu komereza aho turi kumwe 100%
Niyibizi wowe ntuzi I byo urimo,rtd azagenda byan😅ze bikunze,azasiga rayon😊😊
Eime ndakwemera.nkunda kunu uvuga inkuru wiraza inyanza wirebesha kuruhande.
Aime ese ko abanyamakuru bababazwa nuko rayon idatangaza abakinnyi hari numwe mubanyamakuru uzi bakandira murera akanyeyeri😅😅
Aime ukunu avuga yirebera hejuru yibaza esembivuge cq byihorere😂😂
Uwo ni jean luck utsimbye😊
Mwizimba mumagambo
Sha aime koko watubwiye ibindi koko
Arko umuntu bita Antha yakoze itangazamakuru akareka rayon koko ubu ajyiye kubuza Richard gukinira murera kbx
Namujyane aho ashaka kumujyana, kuko Antha yajya amugumura. Abayishakira agafu wsna
Cool mmy brother
Uwo munyamakuru ni Jean Luc ntawundi
Tujyereremo ndani
Jya utubwira amakuru kuko uhugira mubiganiro kdi uba uta umwanya.Wowe duhe breaking!
Ntabwo nkwemera
Nice ❤❤❤❤
Izo nizo ntegenye za rtd ibyamunaniye abishyira kubandi agira urwango
Umunyamakuru ni. Antha ninaw yahora amukinishz muriya équipe yiwe
Rero njye nemera umurongo equipe irimo kuko haracyari kare mn reyon izaba ikomeye
Gutese itari kugura abakinyi ntamiyoborerembonye ahoo
Hhhh ntigura ngo umurongo ntamurongo mbonye
Hhhh ntigura ngo umurongo ntamurongo mbonye
Aime mba mvuye kugukorera campaign muna group 15 bakaza uzanyishyura urabina uburyo views iguruka
Uwo munyamakuru si Antha ra cyangwa karenzi
Wowe niyibizi jya ureka gushyigikira ibinyoma
Sha uwo munyamakuru ni karenzi
Duhe agezweho muri murera
Ndakwemera pe wowe ushyiramo ubwenge
Izo nizo ntgenye za rtd ibyamunaniye abishyira kubandi
Aime titre yinkuru muba mugiye kwandika mwagiye mureba ko ntamakosa Ari mumyandikire?
Toka Aime
Ndabera mukomeze mutugezeho ayo muri Apr fc
emme wagiye uduha sure uwomutera nkunga tukamwemeza
Ubu c Rayon izajya iyora ibisigaye
❤❤
Wambaye neza kbx
Aime ndagukunda cyane peee
Ujye umubwir yihangane areke uvuge agabanye amagambo biratubangamirap
Ujyu ukora iminota mike nga 30min niyo itabowaling
Umunyamitwe wa j Fidel rwose gs uzagabanye amatiku kuko iyo uyoboye ikiganiro uba wigize uwadanger kd bakubwira ukuri
Burikintu kigira iherezo
Ntakuntu yaba atari Anther tu niwe wasizoye mu bu commissionnaire atari we yaba ari Denis
Ikibazo si abobantu ikibazo ni Jean fidel utamenya ibye
Muri ibisambo bidukurumutima
Emme ubona iyireyo izakomera
Bon soir!! Aime ntabwo ntabwo njya nandika ariko ndabakurikirana cyane,ntakundi nabona number ya Aime tukavugana umumbarize kbs ndamukuda cyane
Ubwenge bwawe n'ubwaba Rayon Sport nyine😂
Uruwambere
Aime nawe usigaye ubeshya abareyo
Aime turakwemra cne hano buga city
Yitwa Aime wokuri Fine fm
Genda wowe urinkomamashyi ys fideli
Ubutaha ujye ukora ikiganiro byibura kiri hagati ya 30 mins kitarenze 37mins bizagukururira aba followers benshi guy try to summarize
Eme uwo muntu ub ukwicaye imbere
Sinkubeshya ndakwemera kuko udahimba nkababandi
Ntawundi nikarenzi niwe wanga reyon yacu!
Karenzi ibyo ntiyabikora
Karenzi ibyo ntiyabikora
Ndagufana nyeneye nomero yawe
Hoya ntagwaribyo nonese kuki nomubasimbura atarimo
Ubwose. Uvuze uki?
Aime ntabwo tukwemera uri ikibwa
Ngo ubusa? Nibwo uvuze gusa
Uzaba umugabo nureka gushyigikira retired j mfideri
Nge mbambona avuga ubusa ngo abanyamakuru babujije umukinnyi gusinya intege nke za komite babishira kubandi
MURERA TWIFUZA:
Abazamu:
-Jackson
-Ndiyaye
-Abazamu b’abanyarwanda 2 bakiri bato
Abinyuma:
-Ombolenga
-Serumogo
-Mitima
-Aimable,
-undi defender w’umunyarwanda ukiri muto
-Umunyamahanga utyaye wa 30M
-Ganijuru
-Bugingo
Abo hagati:
-Umunyamahanga utyaye wa 30M,
-kanamugire
-Richard,
-Abana 2 bakırı Bato
-Muhirekevin
Abimbere:
-kirongozi,
-Hadji
-Pascal,
-Baale
-Umuwinga utyaye wa 50M
-Ba Rutaha izamu 2 babanyamahanga uwa 50M n’uwa 30M
İyi list iragororotse.
😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊
Uratangamo angahe hano man ko hari nabatari aba washiporo wibagiwe ibiciro
Skol 200 M natwe twaguze kevin, president azagura undi,Special team bazagura undi bihwaniremo, ubundi turwane nimishahara
Aime basi wowe ntugashake Views jyutubwiza ukuri views tuziguha
Bro urabizi ndakwemera sana courageux
Izo nizo ntgenye za rtd ibyamunaniye abishyira kubandi
Ujye umubwir yihangane areke uvuge agabanye amagambo biratubangamirap
Mureke kuvuga ubusa