Muammar al-Gaddafi - IJAMBO RYAHINDURA UBUZIMA EP146
Vložit
- čas přidán 23. 06. 2020
- Muammar Gaddafi wari Perezida wa Libya, yavutse tariki ya 7 Kamena 1942 avukira ahitwa Qasr Abou Hadi.
Yishwe ku itariki ya 20 Ukwakira 2011 mu Butayu bwa Syrte, ubu imyaka igiye kuba 10 yishwe. Yari azwi ku izina rya Colonel Gaddafi (Kadhafi).
Net worth: US$200 billion (2011)
Urupfu rwa Gaddafi
Col. Muammar Gaddafi wari umaze imyaka 42 ari Perezida wa Libya, yari azwi cyane nka perezida warindwaga n’abagore, ndetse akanakunda kwibera mu ihema igihe cyose yasuye amahanga, yanakunze kandi gushyirwa mu majwi n’amahanga kuba yarashyigikiraga udutsiko tw’ibyihebe.
Nyuma y’amezi asaga umunani Gaddafi ahanganye n’abigometse ku butegetsi bwe, ku itariki ya 20 Ukwakira 2011 ntiyabashije kwikura mu maboko y’abamurwanyaga bashyigikiwe na NATO.
Minisitiri w’Intebe w’akanama k’abari bigometse ku butegesti bwa Gaddafi, Mahmoud Jibril ku munsi w’urupfu rw’uyu mugabo wabaye igihangange ku isi, yatangaje ko yapfuye azize ibikomere byo ku mutwe byatewe n’isasu yarashwe n’indege za NATO.
Gusa ibi benshi babyamaganiye kure bashimangira ko Gaddafi yishwe n’ingabo za CNT yari ihuriwemo n’abarwanya ubutegetsi bwa Colonel Gaddafi.
Mu buzima bwe bwose, Gaddafi yari akomeye ku myemerere ya Islam, dore ko igihugu cye cyagenderaga ku mategeko ya ‘sharia’, ni ukuvuga ko hagenderwaga ku mategeko ashingiye ku myemerere ya Islam aho gukoresha amategeko ibindi bihugu bikoresha ashingiye ku by’uburenganzira bwa muntu.
Hakunze kuvugwa ko Muammar Gaddafi yaba yarishwe agambaniwe n’abazungu nyuma y’uko yari yaratangiye gahunda yo gushyiraho ifaranga rimwe ku bihugu byose bya Afurika, ibi byari gutuma Afurika itongera gukenera cyane kwishingikiriza ku mahanga mu bijyanye n’ubukungu.
Yayoboye Libya mu gihe cy’imyaka 42 n’iminsi 49, ijambo yagejeje ku banya Libya ku nshuro ya nyuma mbere y’uko apfa, Gaddafi yagarutse ku kuba yarakoze ibyo ashoboye byose ngo igihugu cye gitere imbere mu by’ubuzima ndetse n’ubundi bukungu bushingiye ku mibereho y’abaturage.
Ubwo yapfaga, Libya yabarurwaga nk’igihugu cya mbere muri Afurika gifite abaturage babayeho neza ndetse n’igipimo cy’uburambe cyari hejuru (Esperance de Vie) (Life expectancy) .
Muri iryo jambo yatunze agatoki Obama avuga ko ari mwene wabo w’umunyafurika ushaka kumwica.
Yagize ati Uyu munsi, nugarijwe n’ibitero by’ingabo zikomeye mu mateka y’isi, umwana wanjye w’umunyafurika Obama, arashaka kunyica, ngo yambure ubwigenge igihugu cyacu, ngo atwambure amazu atishyurwa, ubuvuzi bw’ubuntu, uburezi nta kiguzi, n’ibyo kurya by’ubuntu, ngo abisimbuze uburyo bw’Amerika ibayeho mu busambo bwitwa « Capitalism », ariko twe tuzi icyo ivuga n'icyo ashaka, imyemerere iyoboye isi ivuga ko abanyamafaranga (corporations) batwara ibihugu, batwara isi, ari uko abaturage bahangayitse.
Amaze kwitaba Imana. Libya yakomerejeho iba igihugu gihoramo intambara zishingiye ku byihebe bigendera ku mahame akarishye ya Islam.
Udutsiko tw’abarwanyi bo mu moko atandukanye bo muri iki gihugu,byose bimaze guhitana ibihumbi by’abarwanyi ndetse n’abaturage.
Libya yaje kuba igihugu kibi nk'uko ubuhanuzi bwa Ghadaffi bwabigarutseho.
Abemera ko Gaddafi yakoze ibikorwa byinshi by'ubutwari, yaba mu gihugu yayoboye cya Libya ndetse no mu bihugu byinshi bya Africa, batwereke ko tubibona kimwe, nk'uko umunyamakuru abigaragaza!
Nemera uriya mugabo witwa Gaddafi cyane yahaye ubuzima bwiza abanyaLibya
Cyari ikihebe cyagombaga gukorerwa biriya gusa iyo ahunga rugikubita ubu aba ayoboye Ribya
@@emmanueluwiringiyimana3642 uratura imusozi we utar icyihebe🙄🙄
T sales eeezßke @@niyomukizajeanpaul4629
Imana imuhe amahoro n'imigisha. Ibyo atabonye, ntibizabura kuba. Uyu Luther King wa Africa.
Uyumugabo naramukundaga cyane yarambabajeeeee😭😭😭
Urakoze cyane wazaduhaye ikiganiro cya Israel mbonyi
Uyu mugabo yaratwikaga pe ☝️
Uyumugabo nzamukunda ubuzimabwanjye bwose MG yarumuntu wumugabo kbx
Urakoze cyanee Dashim kubwo kumva ubusabe bwanjye ikindi niba bishoboka uzatubwire amagambo yavuzwe nuwahoze uyobora DRC mumbutu sawa urakoze cyanee akazi keza
WAbaye intwari mugihe cyawe ntitwa kwibagirwa warwaniye ubwijyejye bwigihu gu cyawe arko abazungu baranga bara kuvojyers
Urakoze cyane muhungu wacu ikiganiro cyawe kinkozemo umurimo nukuri
Gadafi ruhukira mumahoro
Urakoze cyanee!!
Ariko Ubutaha uzatuzanire umuntu witwa #DASHIM
Thx 🙏🏻muvand unkoreye umuti peee
Habaye Umugabo 🙏 R.I.P Sir
Umusaza imana ikomeze kumutuza aheza dashimu Ndagukunda cyane ariko uzaduhe ijambo ryahindura ubuzima ryavuzwe na bull Dogg
Iyinkuru wayitugejejeh wishimye cane.Butuma natwe tuyikunda.
Yari umugabo intwari y'Africa sinziko tuzagira undi munyafrica umeze nkawe .
Humura turi bato natwe twabikora tuzajyerageza gutera ikirenge mucye.
Kambisa urabasha
Ndawe twabo na arimwjuru
@@niyotech6267 tubyumva kumwe
Ninjye wujuje like 1k ndagukunda dash dash
Africa yabaye ikigwari batererana Gaddafi 😰💔 RIP
Yooo courage nshuti, nubwambere nakumva!!
The true African hero
I love you Gaddfi❤❤❤❤❤❤
Thx kbx dashim wacu yakoze akazi gakomeye
Respect our Hero Gaddaffi! Be with our all might God
I love u Gaddafi❤❤❤❤❤
Intwari ntipfa iratabaruka ibikorwa bye nineza yakoraga nibyo bituma yibukwa nanuyu munsi imana imworohereze aho aryamye
Nyabusa se imbaraga yatakaje yubaka Africa cyane ubuzima bwa Libya ubu wareba icyo bahakoze shawe azutse yakumirwa gusa Imana imworohereze nukuri , Kandi ibyo yifuzaga imana izabimuhe mubundi buzima
Yavuze neza cyane abantu bize bateye ukwabo pe
Kabsa courage kuduha ijambo ryahindura ubuzima!
Thanks so much dashim ❤❤❤
Imana imutuze iburyo bwayo.
Imana imuhe amahoro nimigisha
Urakoze kandi uracyakora Big brother, Kuba wagarutse kuri President wange wibihe byose Mohamed Sheikh Khadafi❤️Abanyafrica twese tuzamukumbura 😭
Asante kuri iri jamba Dash dash
Nubwejye knd nubumenyi💪nimbsraga z'ubwonko
Ubundi woe ufitiye benshi umumaro komerezaho big bro Ddash nukuri urigisobanuro kinini
Komereza aho bo
A greatest man 👨 Africa ever have
Komerezaho msz dashimu ndakwemera sana.
Sha ndakwemera bro wajy
KAGAME poro
You may rest in Eternal peace,I think HE Gaddafi is happy for our son, brother Ibrahim Traore we a happy for our brother Ibrahim.
Dashim, turagukundira amakuru yawe
Niko babaye abo duhakirwa
Ok ni fresh irijambo
Thanks brother I appreciate of your help
Kadftuzahora tukwibuka
Wagirango yarintumwa pe , haraho ujyera ugakomanga ntukingurirwe ugatabaza ntutabarwe pe , nawe byamusohoreyeho ariko nkunda ko yapfuye yizera ko Imana isumba byose ariwe nkingi
Yabaye intwari kbs imana izakomeze imwishimire
Gaddafi waryirango notes🥰
😭😭😭😭urakoze ntakindi navuga
Umwanzi aragakorera abandi
Muamar K. yasize inku nziza imusozi(yakundaga Africa;umugabane wacu)
Nice!!
Ndagukunda prof
Wooow u made my day!!irijambo ni bien thank you much Dash
Hi
Hey beb
Hy
@@rutikangasan3940 bbb
@@tambatv5362!! is
Dashi Kabisa congz kuri uyu mugabo watuzaniye
Igendere twarakubuze waritwari
Africa twarabuze intwari😭😭😭😭
asante kbs uduha ibintu byubwenge
Thank you!
Y'ello! Brothers we ar tgther!
Uratwubaka kubera ibi biganiro .
Intwari y'Africa rwose. RlP Kadafi.abantu nkawe babaho gake mu kinyejana
Gusa twabuze umuntu twakundaga kandi wingirakamaro
Gaddaf respect in paradise
Ngenda ghadafi warintwari ya africa
Ubundi x haraho bitaniye nibyo Umusaza yavuze
My Hero 🦸♀️
Uyu niwe mugabo
Urupfu rwa nkuruuziza
Yagira amahoro ite hari abashaka kuyisahura ibyayo
Watubwiye kur gitwaza konawe nziko atwika
Umwanzi wa Afrika ni abazungu! Imiturirwa y'Imuhanga ngo ni iyinkandagira bitabo.
Kbs uyumusaza yavuze amagambo akomeye knd nawundi uzatera ikirefe mujye nintwari y,Africa
Urakoze cyane
Turagukunda cyane
Wow ndafashijwe
Thank u for this word ! Kadafi he was a good leader!great advice
Wowe ukora kuriyi channel ndagushimiye uri umuntu w'umugabo cyane kuko urakurikira Imana iguhe umugisha.
Wongeye kuntera agahinda dash uyu mugabo nicyo gihombo africa iheruka kujyira knd gikomeye
Ndagukunda cne
Rest in peace gadaffi
Nibyizs
Good
Dash ubahwa
Courage bro
Ibyurukundo byo ntawe ubibara
Never give up so alway stand on your principle
Ndagukunda nkunda ibiganiro byawe gusa narakubuze kuva wava kuri city redio naragukumbuye sinziko nzongera kukumva
Nice advice
Komeza kutubwiraobyaduhinduriraubuzima
wawo dashdash turakwemera
Dash urakoze cyane
Nice msg
Alikuwa mwanaume.
Africa ntizapfa iteye imbere. Murebe ukuntu bishe Magufuri kubera yashakaga guteza imbere Tanzania.
Big up man
Turakwemera
Ndakwemera
Ukorera kuyihe radio
Dash ndakwemer Seiko uzivugeho
Subtotal of you
Mr6 turasavye namabanga ya khadja nin
Super
Turakwemera musz kuk udukorer imiti2
thanks
twaranyazwe vrt
Dash turagukunda nkundagukurikirana inzu yibitabo nitwa eliel muruhango wampayx number yawx