Riziki Chantal Aduteye Ubwoba mu bahanuzi Atumwe/Imana ngo igiye guhorera Amarira y'Impinja ziboroga

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 21. 08. 2024
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap.
    Facebook: Joel Jo Shobiz, e_mail: sengujoe@gmail.com
    Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
    -KCB ACCOUNT: 4402218276 (Joel Sengurebe)
    -Moble Money: 0783103298(Joel Sengurebe)
    Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha

Komentáře • 102

  • @uwimbabazidiane1250
    @uwimbabazidiane1250 Před 2 lety +5

    Uko nukuri Imana yanga onap mperutse kuyijyamo, mvuyeyo ndasenga nkuko narimenyereye, Imana irambwirango recyeraho amagambo menshi kuko wamaze kuba icyizira mumaso yange, irambwirango nzongere kuyiza mumoso nakuye ibizira muringe, mpita nsubira kwa muganga nyikuramo, nongeye gusenga numva amavuta aragarutse, natangiye kugira ubwoba, akokanya ndota ntwite impanga, hashize iminsi ibiri ndatwita koko! Nahisemo kumvira Imana kuruta kurimbuka! Riziki uwiteka aguhe umugisha kuko ubwo butumwa nukuri kuzuye, Imana yanga onapo urunuka

    • @solangegahongayire6231
      @solangegahongayire6231 Před 2 lety

      Kuki wumvise ibizira lmana ikubwiye Atari ibindi ukumva onapo si ukubera inyigisho babatsindagiyemo ? Cg uwabiguhanuriye yari aziko waboneje urubyaro ? Niba umuntu akubonyeho ikizira agomba no kugisobanura icyo aricyo

    • @uwimbabazidiane1250
      @uwimbabazidiane1250 Před 2 lety +1

      @@solangegahongayire6231 sorry Solange, ngewe ntamuntu wabimpanuriye, kdi no kugeza ubu ntamuhanuzi ujya ampanurira, kuko ngewe ubwange nzi ukuntu mbana n'Imana, kdi iyo ubana nayo muramenyana isaha kuyindi, rero ngewe kuri onapo yayimbujije ntarayijyamo, injyana mwiyerekwa, mbona umuganga arikunyinjizamo agakoko kari mubwoko bwa red bug, ngo mvuzinduru ngo kagiye kuncagagura amara, arko muganga agashyiramo, numva ijwi rimbwira ngo iyo ni onapo irimbere yawe kdi mwibwirako muhagaritse urubyaro arko mwikururije ingaruka nyinshi, so nibirebire.. nyuma byabaye ngombwa ko nyifata, kuko numvaga ntacyaha cyirimo, arko maze kuyijyamo ijambo rihita riza nryo muri Corinthian rivuga ukuntu turi ingingo za christo kdi ko tugomba kuba ibitambo bizima byera bishimwa n'Imana, Imana irambwirango recyeraho amagambo menshi kuko wamaze kwihumanya, mpita nibuka rya yerekwa koko! Mara ukwezi nsaba imbabazi ngo tubirenzeho kuko narimfite akimyaka 10, so nanze kumvira Imana ntiyongera kumvugisha namagambo yo gusenga arabura muringe, ntecyereje urugendo nagendanye nayo nsanga ntabuzima nabamo itarimo, mfata icyemezo gikomeye cyo kujya kuyihagarika, so usoma message yange ntanyumve nkaho ndikumubuza kuyijyamo uko ubana n'Imana Niko kugutegeka uko ugomba kuyubaha! Rero ijana kwijana Riziki yavuze ukuri ushaka kubyumva abyumve!

    • @utina5052
      @utina5052 Před 2 lety +1

      @@solangegahongayire6231 nibyiza disi ko wumviye lmana ukarya kubyikuzamo. Nye nibaza abadam bazi ijambo ry lmana byukuri ko lmana yavuze ngo ndabohereje mugende mubyare mwororoke mwuzure isi, none bakabyirengagiza ahubwo bakumvira ibya satan kuko onapo ituruka kwa satan. Mbabajwe na bagore ba ba pasteur bafata 0napo bagera murusengero bagahanura,bakabwiriza kandi ari abicanyi. Nukuri kubona ijuru biragoye ugomba kwanga icyo umwuka wera w'Imana yanga.

  • @ninganzaetienne7748
    @ninganzaetienne7748 Před 2 lety

    Riziki shantar ndagukunda cyane kubutumwa bwiza udushikiriza imana iguhumugisha mwishi cyanne

  • @francoisndaje3377
    @francoisndaje3377 Před 2 lety +4

    Abagupinga nubihoze wewe ivugire ico Imana yagutumye kko na Yesu wakora ibitangaza babona ntibemera ivyo bavuga

  • @francoiseufitinema8405
    @francoiseufitinema8405 Před 2 lety +4

    Riziki Imana ijye ikomeza ikugwirize imbaraga

  • @uwitonzefelicite1013
    @uwitonzefelicite1013 Před 2 lety +1

    IMANA yo mwijuru IGUHUMUGISHA mukobwa wa YESU kristo

  • @musabyemariacecile5068
    @musabyemariacecile5068 Před 2 lety +2

    Ndakeikundira cyane Riziki Mukobwa wa Yesu.

  • @muhozarachel5448
    @muhozarachel5448 Před 2 lety +6

    Twari tugukumbuye cyaneee knd ndagukunda utwigisha neza

  • @dantuyishimire6421
    @dantuyishimire6421 Před 2 lety +3

    Urakoze cyan kumvira umwuka wera wiMANA

    • @assielkaruranga6330
      @assielkaruranga6330 Před 2 lety

      Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana.
      Jya ubabwira bakumva naho batakumva nyuma bazamenya ko burya umuhanuzi yar'abarimwo.

  • @mpawenayochantalofficial1051

    Imana numuvyeyi izotubabarira kuko amaraso ya YESU KRITSU aratwoza ivyaha twakoze

  • @umuhozajojo5758
    @umuhozajojo5758 Před 2 lety +3

    Imana iduhe kwezwa

  • @twagirimanajanvier4418
    @twagirimanajanvier4418 Před 2 lety +4

    Riziki twari twarabuze pp

  • @liliuwitonze
    @liliuwitonze Před 2 lety +8

    Ntacyo Imana iri kuvuga se kubatarabona urwo rubyaro bayinginga amanwa n'ijoro? Yavuze kubaruhagarika gusa. Abarushaka se.nikore transfert se basi🤲

    • @rudasingwaunadege1635
      @rudasingwaunadege1635 Před 2 lety +4

      Lili nukuri niba uri mubadafite abana ngusabiye kubyar hungu na kobwa ncuti yanjye kdi Yesu arakora humura araje abigenze neza

    • @tuyisengeaphias3044
      @tuyisengeaphias3044 Před 2 lety +4

      Mushiki wanjye ,Imana iracyafite ubundi buryo yaha abadafite urubyaro bakaba ba mama babahungu nabakobwa ,niba utegereje nawe ,Imana izagusubiza humura ntirakwibagirwa .

    • @liliuwitonze
      @liliuwitonze Před 2 lety +1

      Amen Imana ibasha kurema nibitariho bikabaho itureme pe.

    • @mpawenayochantalofficial1051
      @mpawenayochantalofficial1051 Před 2 lety +1

      Ndasavye mwizina rya yesu kritsu uronke umwana vuba cane

    • @abimanajeanofficial6742
      @abimanajeanofficial6742 Před 2 lety

      Ntawamenya impamvu Imana itaraguha umwana ariko niba ntaruhare ubifitemo tegereza kandi wihangane uzasubizwa ariko niba ubifitemo uruhare uyegere iguhereze umuyoboro

  • @marima9708
    @marima9708 Před 2 lety

    Ukuri ni ukuri...
    Habwa umugisha gusa.

  • @solangegahongayire6231

    Ndumva lmana yirengagiza imibabaro yo mu isi ariko Yesu we yavutse mu bakene ahari aziho bike. Sindi igipinga ariko sindi ni umufana, ndashaka gukurikira lmana isobanutse

  • @solangegahongayire6231
    @solangegahongayire6231 Před 2 lety +2

    Riziki ndumva wazadushakira umuganga wize ibyo kuboneza urubyaro neza akabisobanura neza kuko mwe mubivuga mutarabyize. Wasanga hazamo amarangamutima. Kuko onapo ikumira ko urusoro rubaho ntabwo yica urusoro. Niyo mpamvu twe abadive tuboneza urubyaro. Dufite n'a à docteurs bakijijwe babisobanura. M uzashake docteur ukijijwe kandi utari umwaka adusobanurire kuko abarokore benshi bari mu buzima bukakaye wagerekaho n, abana benshi kikaba ikibazo. Abana 10 muri Kigali nta kazi uretse kubwiriza, ni isuka twarayijugunye

    • @ariellagirl4673
      @ariellagirl4673 Před 2 lety

      Ndahamanya nawe

    • @abimanajeanofficial6742
      @abimanajeanofficial6742 Před 2 lety

      None se niba atari ubwicanyi abo ukumira ntibaba barakubaruweho? Warangiza nyine ukababuza kukunyuramo ngo ntacyaha? Mumenye uko mugenda bavandimwe Imana ibasure ibiyereke kuko ndumva mutabyumva kuko byanyujijwe muri Riziki

    • @marieclairezawadi6950
      @marieclairezawadi6950 Před 2 lety

      Ijambo rivuga ngo mybyare mwiroroke mwuzure isi ryo murivugaho iki , naho irivuga ngo igaburira inyoni nibisiga bitabiba, ngo bisarure, ngo bigire nibigega ariko bikaba birya rigakomeza rivuga ngo nta nakimwe kigwa hasi itabyemeye iti ese mwebweho ntimuruta Kure ibishwi byinshi? Nuko rero ntimukiganyire mwibaza ibyo muzarya nibyo kwambara.

  • @estellandayishimiye1581
    @estellandayishimiye1581 Před 2 lety +1

    Komera Riziki ijambo turavugan ngo uhanugwa kenshi akagamik'izosi azovunagugwa atagira gitabara .iyo ni Bibiriya .nd'umurundi

  • @everskies_channel7156
    @everskies_channel7156 Před 2 lety

    Amen Imana idufashe tubemaso

  • @jeanninemuhawenimana8165

    Imana lguhe imigisha ,ariko nikore transfer abadashaka abana ibibaretse ibohereze kubatagangariye kumusozi wubugumba .

  • @ingabirejesca2815
    @ingabirejesca2815 Před 2 lety +1

    Mana undejyelle umbaballille

  • @estellandayishimiye1581

    Imana idufashe cane

  • @umuhozamartine5658
    @umuhozamartine5658 Před 2 lety +1

    Uwitekawe utubabarire

  • @ntirenganyatheoneste8653
    @ntirenganyatheoneste8653 Před 2 lety +2

    Komereza aho urimukazi kiMana

  • @munezerokezalauraine6213
    @munezerokezalauraine6213 Před 2 lety +1

    Onaqo kuboneza urubyaro nibyaha mwemere ntimwemere

    • @nsajohn8094
      @nsajohn8094 Před 2 lety

      Nonese kuboneza urubyaro wambara prudence cg ubara akirinda nabyo sukuboneza?

  • @alianewumuntu2124
    @alianewumuntu2124 Před 2 lety +1

    Komerezaho mukozi w,Imana nzima❤️

  • @ntagwabirajeremie3946
    @ntagwabirajeremie3946 Před 2 lety

    god bless you

  • @estellandayishimiye1581

    Ngo nkuko vyari mugihe ca nowa Niko bizoba kuba Kino gihe🚶🚶🚶🚶

  • @evuwimanaviviane8081
    @evuwimanaviviane8081 Před 2 lety +3

    Hamya ukuri uzabihemberwa

  • @evelyneziganya9713
    @evelyneziganya9713 Před 2 lety

    Amen amen

  • @solangegahongayire6231
    @solangegahongayire6231 Před 2 lety +4

    Sinshyigikiye na gato abakuramo inda ariko kuboneza urubyaro ndabishyigikiye kuko sinumva impamvu mubyita kwica. Ni gute wakwica umwana utarabaho. Ni nk, uko umuntu yateka amazi atarashyiramo ifu ugahita usukamo umunyu.ubwo se twavugako yishe ubugari ? Kandi butari buhari ? Ifu iri ukwayo n, amazi agiye ukwayo ariko si ubugari niko bihenda kuri onapo

    • @TheCharity.
      @TheCharity. Před 2 lety

      Iyo intanga-ngore yamaze guhura niy’umugabo bikora urusoro, urwo rusoro ni umuntu.

    • @marieclairezawadi6950
      @marieclairezawadi6950 Před 2 lety +1

      Ijambo ryi Imana riravugango utaraba urusoro munda yá nyoko wakubyaye nari nkuzi. None uwo mwana yamaze kuna urusoro nigute uvuga ngo ntaraba umwana?

    • @marima9708
      @marima9708 Před 2 lety

      N'ko wowe ubyumva kandi ingingo atanga zirumvikana. Ariko Uwiteka we abyanga urunuka... urumva rero ...ni uguhitamo gukurikiza uko ubyumva cg ugakurikiza iby Imana ishaka.

  • @ejohazazaheza
    @ejohazazaheza Před 2 lety

    Urakoze mujakazi udusuhukirize uwiteka n'inteko y'Abamarayika. None twe abarimu twigisha kwifa, kubobyananiye bakirinda bakoresheje akogahanya ariko ikigamijwe atarukubashishikariza gusambana ahubwo arukubagira inama. Imana izaduhana? Nyabuna unsubize.
    Ongererwa amavuta

  • @handfulskilling
    @handfulskilling Před 2 lety

    Lord is the Healer, only under his arms we survive!!!!

  • @muhozarachel5448
    @muhozarachel5448 Před 2 lety +3

    Uwiteka akomeze aguhe ibyo uduha bituma tigendera munzira zayo

    • @agnesakobitoreye4989
      @agnesakobitoreye4989 Před 2 lety +2

      Mbega ubutumwa bukomeye
      Mana Tubabarire kuko turi abanyabyaha.
      Uwiteka Ndakwinginze Ngo Abaguye Ubabyutse Utwambike imbaraga.
      Duhe kwihanira kureka ubwo Uri hafi kugaruka Uzasanjye Tukxiteguye Amen.

    • @constancenakato5946
      @constancenakato5946 Před 2 lety

      Imana nukuri imbabarire ibyaha byanjye byose, amaraso ya yesu antunganye

    • @assielkaruranga6330
      @assielkaruranga6330 Před 2 lety

      @@agnesakobitoreye4989 Nangwa nawe birumvikana ko uciye bugufi, ariko urabona ko hari n'abatagonda ijosi!

    • @agnesakobitoreye4989
      @agnesakobitoreye4989 Před 2 lety

      Yewe abo bihorere utagonda ijosi
      Yaburiwe ntacyo azireguza.

  • @claireniyompamvu5420
    @claireniyompamvu5420 Před 2 lety +1

    Caane vyakunda gose ko bavyara beshii

  • @ndizeyepassi153
    @ndizeyepassi153 Před 2 lety

    Impinja ni inzirakarengane mu buryo bw, umwuka

  • @higiroprotegen9588
    @higiroprotegen9588 Před 2 lety

    Ahaaa izi messages ziva mwijuru rya kabiri aho Satan apangira amayerekwa yibinyoma

  • @evelyneziganya9713
    @evelyneziganya9713 Před 2 lety

    Mana wee turengere

  • @bampireantoinette5346
    @bampireantoinette5346 Před 2 lety

    UWITEKA aturengere.

  • @nkurunzizagasominari571

    Ndagirango nkubwire wowe uvuzengo,ushyigikiye ababoneza urubyaro,uri umwicanyi nkabandi.nonese,utekerezako abo uzabyara imana itabafite kurutonde?reka nkubaze.hari umuntu waba uzi,uzi intanga atunze?ariko imana intanga ufite irazizi.niyompamvu izakubaza burintanga aho yagiye.

    • @solangegahongayire6231
      @solangegahongayire6231 Před 2 lety

      Ntugacire abandi imanza kuko mudahuje kumva ibintu kimwe. None abarokore ko bahindutse abasabirizi kubera kubyara abo badashoboye kurera ? bahindutse aba escro ngo yambwiye itavuze kubera ibirayi by, abana buzuye inzu babuze ibyo kurya nawe bamusohora munzu. Ndabazi benshi twasenganaga mu ma church

  • @doreenmbabazi7976
    @doreenmbabazi7976 Před 2 lety

    Mana umbabarire

  • @Hhhhhjjdd
    @Hhhhhjjdd Před 2 lety

    Amarirayimfubyi yabashyaka nabandi.

  • @solangegahongayire6231
    @solangegahongayire6231 Před 2 lety +2

    Riziki ndagukunda ariko ntibakivuga ikinyendaro uzashake terme approprié. Ikindi uzambarize lmana uti ko wanga onapo ntutubwire impamvu akazi n, imibereho byanze, abo bana bazatungwa n, iki muri Kigali ? Abagore benshi bigurisha ko babikora kubera abo babyaye bishwe n, inzara, kuki Uwiteka yicecekera abireba ?

    • @solangegahongayire6231
      @solangegahongayire6231 Před 2 lety

      Ubushomeri buri mu rda koko, ni gute wabubyariramo buri mwaka ntusare?nirirwa mpamagarwa n, abarokore benshi bansaba bâti abana baraburaye, undi ati bansohoye mu nzu n, abana, agatangira ubwo buzima ku bana 3,azagera ku bana 10 atarabaye umusazi ? Mbariza lmana uti "koko urabizi ko ubuzima muri Kigali bwanze ? Dufite umutekano gusa ariko inzara iranuma. Ko waduhereye igihugu umutekano, ibyo kurya ukabitwara, abana utubwira kubyara turabareresha iki ? Abana benshi ni inzererezi, mayibobo n, indaya kubera ubukene no kuvuka mu miryango itishoboye ntiringanize n, urubyaro.

    • @solangegahongayire6231
      @solangegahongayire6231 Před 2 lety

      Wongere umbarize lmana uti uzi ukuntu igise kiryana wa Mana we ? Nsimbutse urupfu kabiri mbyara nkagarukira ku munota wa nyuma, wowe nturajya ku gise ariko nawe Riziki si kera uzakijyaho icecekere

    • @donathilemukanyangezi1381
      @donathilemukanyangezi1381 Před 2 lety +2

      None se wagaruwe n'imbaraga zawe n'ubwenge bwawe cg n'ubabasha warushije urupfu????Utekereza ko iyakugaruye yananirwa kurera abana.

    • @solangegahongayire6231
      @solangegahongayire6231 Před 2 lety

      @@donathilemukanyangezi1381 none se ko navarukiye ku munota wa nyuma wanyifuriza gusubirayo. Njyewe mbyara banshyizemo n'a bomboni

    • @nsajohn8094
      @nsajohn8094 Před 2 lety

      @@solangegahongayire6231 reka kwirata ntabwo abapfa bose bapfa kubera kubyara ikindi kandi uzarebe abafite amamodoka namazu nibyisi byose nibo bajya muri onapo

  • @solangegahongayire6231
    @solangegahongayire6231 Před 2 lety +4

    Ni gute lmana igirira inzika urugo rwamaze kubakwa? Nibihane ndumva bihagije. Ahubwo se ko utabwira abasore basambanyije abakobwa ntibabatware bakifatira abandi ? Abo nibo bicanyi babi

  • @sneastafrican4998
    @sneastafrican4998 Před 2 lety +2

    My god forgive us😔

  • @christinemukamana6429
    @christinemukamana6429 Před 2 lety

    Yewe yewe wamusoziwe mbese wiyitiki? yewe yewe wamusoziwe mbese wiyitaiki?komera Riziki IMANA igukomeze ibyo nikio biri bimeze nkibyo ku bwa NoWA

  • @solangegahongayire6231

    Murebe film yitwa devenir femme agahinda k, ababyeyi bakennye mukabone

  • @tuyizerefidele7679
    @tuyizerefidele7679 Před 2 lety

    Imana igeranya umuntu n'Imbeba??? abana bimbeba se biriga, barambara, barivuza, baba munzu cg???

    • @joselineinamahoro2776
      @joselineinamahoro2776 Před 2 lety

      Bamuvugamake iyomuguwe neza.mwibagira ubugobe.bwi.lmana

    • @bravekis9095
      @bravekis9095 Před 2 lety

      None se ko Ijambo ry’Imana rivuga ngo imbwa n’iabarozi bizahezwa hanze ugira ngo imbwa zivugwa ni za zindi tuzi zimoka? Uzasobanuze neza !

    • @deborahmukamuhirwa1329
      @deborahmukamuhirwa1329 Před 2 lety +1

      Niba abana b'imbeba babaho batararemwe mu ishusho y'Imana , abawe bazabuzwa niki kubaho?imbeba niba ibyara benshi bakabaho iba ikurishije kwizera.

    • @joselineinamahoro2776
      @joselineinamahoro2776 Před 2 lety +1

      Abikigihe.tuzira.kwihumuriza.nugukomataza.imitima.ahokwina.goduce.bugufi.nukuvuguruza.ivyo lmana ivuga

    • @solangegahongayire6231
      @solangegahongayire6231 Před 2 lety

      Si uko se abana b, imbeba bakeneye mutuel de santé, bariga se wa mugani. Imbeba ko iba hanze ntigire icyo iba cg zo ntizicwa buri munsi zaje kuvumba mungo z, abantu ?

  • @umuragewaberatv9495
    @umuragewaberatv9495 Před 2 lety

    Pastor MUNEZERO ahawe ijambo rikomeye czcams.com/video/UPN__hZrjYs/video.html

  • @munezerokezalauraine6213
    @munezerokezalauraine6213 Před 2 lety +1

    Yewe rekandebe nubwatakijya kuri chano esubumwabayikoresha mumuhanaya fanta? Mukobwa inyigisho zawe ntizindambira

  • @tuyizerefidele7679
    @tuyizerefidele7679 Před 2 lety

    ariko harya ubwo umuntu utagiye muri ONAPO abyara abana bangahe? nonec Adam na Eva babyaye bangahe? iki kintu cya ONAPO muzamugarure akidusobanurire neza atubwire ikibazo kirimwo n'icyaha kirimwo? anatubwire noneho uburyo Inana yemera ? mbese agire inama abubatse aho kubashyira murungaba ngabo? kuko niba Imana yaraturemeye kubyara tukuzura isi ntangumba zakabaye zibaho cg se Nowa, Abrahamu, isaka, yakobo bakabaye barabaye abana 100 umwe umwe!!!!!

    • @jacquesndikumana5883
      @jacquesndikumana5883 Před 2 lety

      Erega Imana s'umuntu ngo ikubwir naw uyibaz ivyo ushats yababuriye uwumva niyumv ukomeza naw akomez azobona ko umuhanuzi yarafis uwamutumy nokur Nowa baraburiw banka kwumva bavyemey umwuzur ubashitseko

    • @marieclairezawadi6950
      @marieclairezawadi6950 Před 2 lety

      Ikibwirwa ni icyumva habwirwa benshi hakumva benebyo