DORE IBINTU BITUMA ABANTU BAKWANGA/ BYIRINDE UZAGIRA IGIKUNDIRO
Vložit
- čas přidán 15. 06. 2022
- ISIMBI RYA YESU TV twiyemeje gutanga umusanzu mu kubaka umuryango mu ndangagaciro za gi christo. Hari Inama wifuza kutugira cyangwa ubuhamya wifuza gutanga bijyanye n' umurongo wa IRISAA TV ? Watwandikira ubutumwa bwa whatsup kuri (+250)788429917.
#ishuri_ry_ubuzima
Urakoze cyane birakwiriye ko tumenya uko tubanira abo tubana niby'agaciro kuritwe .komeza waguke turagukunda
Ndagukunda !!!Wigisha neza Isimbi rya Yesu !!!Kand'uri mwiza ku mutima,mu bwenge no ku mubiri !!!!Ur'intore sha !!!From Belgium !!!N'umurundi !!!!Hezagirwa !!!
Icyo nicyo kbs,yesu akwagurire ibitekerezo
Urakoze cyane ! Imana iguhe umugisha kubwo guhora udukebura kugirango tugaruke munzira nziza.
Yewe harigihe bakwanga bakuziza ubusa pe
Bibaho cyane
Kubera ukuntu ngukunda
Mba numva nzagusura Isimbi rya Yesu we
Izina ni ryo muntu koko
Iri irya Yesu koko
Kbsa uraduhugura muri byose Umwami akomeze akungure ubumenyi muri byose. I love u so much mum
Ukonukuri peee uvuze neza cyane
nukuri iravuga ukurhi ❤ kuzuye peee
U mumama mwiza cyane nukuri ibyo uvuga nibyo 💯
Wow. Urandangije noneho, mbega ubwenge 💪🏿
Cyane peuh ibyo uvuga ni ukuri
Yesu akurinde
Erega mwarimu Kuba muri iyi Society biragoye rwose. Kuko usigaye ugera mu bantu ugakanura mwabize sujet muvugaho. Kandi wakwifata ngo cyanga abantu. So I don't know what to do.
Kwifata nibyiza kuko,muricyigihe nta mukobwa ntamugore,abenshi baravuga
My family my first Minitrie
Abantu bahakana ibyo bavuze cg bakoze sinarinziko babaho ariko ba Rusiferi barahari🙉
Ntago umuntu yemerako haricyo yavuze,olala wapi.kbsa yes barahari.
Trés intelligente chr iri nisomo ryiza pe
😍😍😍
❤❤💋💋
Bîte
Gukererwe ukaza useka bitera umujinya
Hahahaaaaaa
Yego weeee umvugiye ibintu rwose !!
Muvandi I byovuga nibyo ariko harumuntu wangwa Kandi ntakintu yakoreye bagenzibe ahubwo banza haruvukana amarasomabi mukazi bakakwanga murusengero bakakwanga murikariteye bakakwanga uburanya imana ngos enakoziki
Urakoze cyane iyo niyo side y' umwuka tujya tuvuga kuko umuntu ntagizwe n' umubiri gusa cyangwa ibyo turebesha amaso gusa. Aho niho hakora amasengesho kandi iyo bikozwe neza bikemura ikibazo burundu.
Abantu ba bamaraso ya B Bibababho abenshi bagira Icyangiro kuko akenshi
Bavuga nabi
Ibi bintu ni byo pe.ugakora byiza ariko abantu ntibakwiyumvemo pe
Byo pee uvuze ukuri, nzi umuntu abantu banga, bagahora bamuvugaaa , akantu kose akoze bakagahinduriramo ibindi etc kandi disi ari umuntu ugira ubuntuuu , ugize ibyago wese aba yagiye gutabara ariko nyuma yibyo byose bakamwangaaa , nawe yibaza ikintu bamuhora yarakibuze😭
@@Queen-ze1tm yoo ajye asenjyera igikundiro IMANA iragitanga pe nawe agire neza.