RIZIKI Chantal||Mwongere imirimo||Mugiye guhabwa conge|Ubundi butumwa bushya bushobora gutuma apfa
Vložit
- čas přidán 1. 09. 2020
- Muraho, Muraho yemwe!! Nshuti bakunzi b'ivugabutumwa turabasuhuje mu izina ry'Umwami wacu Yaesu kirisito. Amahoro y'Imana abane namwe. Mu rwego rwo gushyigikira ivugabutumwa no kugirango ijambo ry'Imana nzajya ntambutsa kuri iyi channel ya #RIZIKICHANTAL250788713311 ritazajya rigucika wibuke #Clicksubscribe. Ushobora no kumvugisha ushaka kungira inama ndetse no kugira icyo wansobanuza kuri +250788713311
Yebabawe Imana idutabare riziki ndagukunda ukorera Imana pe
Izaza yoguceceka bene data Hallelujah Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah urubanza ruzatsinda bake
Imana ishimwe kdi imbababarire ungire igikoresho cyayo nkuko igukoresha mukobwa wa Yesu Imana imfashe mururugendo Mana ndakwinginze nkoresha kdi ukomeze uyumukobwa
Nukuri ndagukunda cyane uvuga ibyo imana igutumye utongereye cg ngo ugabanye
Komerezaho rizikiwee ntugatinye abantu uzatinye Imana yaguhamagaye abariyo wubaha
Imana iguhe umugisha
Muraho nkunda ukuntu uvugisha ukuri uwiteka aguhe umugisha , ni mama joy ndashakako umfasha gusenga murakoze
Mushiki wanjye komeza ujye imbere ntugire ubwoba kubw'imbaraga ze ufite uzabaho no mu rupfu ukomeze rwose iwacu mu ijuru bari mw'ijonjora, Imana iri gutoranya abera mu ntore, igihe kirihuta vuba kandi kitagaruka rangurura amahanga yose twumve ibyo Umwuka atubwira. uhabwe umugisha mwana w'Imana
Turagukunda mukoziwimana kuko urabwiriza nkumva nyunzwe pe imana iguhe umugisha utagabanyije ndetse kwagurire imbago nkuko yazagurise abesi iguhe nimbaraga
Nukuri lmana igume ikwagure kdi nifuza guhora nyurwa nibyo wigisha, Amin.
Bivuge uwukwanka akwanke kazima ubushikij ubugombe bw'Imana Jew naho noba ndigice nzogukunda kuko ijambo Imana igucishamwo haraho rinkura naho ringeza Kandi bibwirwa beshi bikumva benevyo komera ushikame
Amena cyane uku Niko kuri
Hallelujah nukura nkuko ubivuga is I icitse intege nkuko ubivuze babyebyi ntibakiyubaha isi yararangiye pe Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Uwizera wese ni umutambyi afite inshingano yo kwamamaza Kristo. Kandi Yesu nta nyubako yasize nitwe twabaye insengero. Ibindi ni amaco y’inda! Ubu se Riziki afite nyubako yihe ? Et pourtant arigisha tugafashwa!
Riziki WE uwiteka azakwihere ijuru ndarigusabiye gusa tugeze mubihe bibi pawuro yavuze
Inyigisho zawe zirafasha Imana iguhe umugisha
Imana dusenga itubabarire ibyo twayicumuyeho iturengere. Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Imana yacu izaza yoguceceka koko ntawutazayibona Hallelujah ni Kagabirwa Anety Uganda Hallelujah
Mana yange unyeze kdi untunganye umpindure igikoresho cyawe uhora ukoresha!riziki Imana yo mw'ijuru iguhe imigisha myinci kubw'inyigisho utugezaho.ndagukunda icyazampa umunsi umwe ngahura nawe imbona nkubone
Sinzahwema kukubwirako ngukunda mukozi wimana Imana ikumpere umugisha mwinshiii cyane 🙏
yesa mukomeze cane
Riziki Ndagukunda cyane urabwiriza ngafashwa nukuri hari aho ngeze kubera inyigisho uduha.Imana igukomeze .amavuta amavuta.
Umukristo atangishwa n umutima Icya cumi cyari icyo abalewi batagiraga gakondo. Ubu Twese twahindutse abatambyi b ubwami bw Imana 2 Petero 2:9
Nukuri pe Imana iguhe umugisha
Nukuri Imana iguhe umugisha ku bw'irijambo yagushyize ku mutima ugejeje ku bantu batuye isi.
Murakoze Imana iguhe umugisha
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana kuduhugura ni Ijambo ry'Imana, amavuta ni imbaraga bikomeho ibihe byose mw'Izina rya Yesu Kristo 💕❤
Click this link to join RIZIKI CHANTAL Group's freinds: chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF
Yesu ashimwe cyanee barokore namwe nshuti za RIZIKI CHANTAL. Nifuje kugira icyo mvuga kuko hari ubwo tutaba abantu beza tukirengagiza umurimo ukomeye Team irigufasha chantal iba yakoze. Maze iminsi mbona muvugango ibibwira byatinze kuki ataduha ijambo muri munsi kandi nturamubaza imbogamizi agira kuringo byibura umufashe kugirango ajye atambutsa ijambo buri munsi hari ibikenerwa ngo ijambo rijye kuri youtube hari : CAMERA, INTERNET, EDITOR ,,CAMERAMAN,COMPUTER,TRANSPORT....Ese bene data muziko ibyo byose uwo muvugako mukunda (RIZIKI CHANTAL) abigira, ese abifitiye ubushobozi? Ndashakako ababishoboye bavugako Bakunda RIZIKI CHANTAL baza muri iyi groupe ya whatsap:chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF , tuzasaba na team imufasha kuza muri groupe tumenye imbogamizi tuyikemure cg tujye twakira ibibonetse kuko ntacyo twahinduraho ariko kwirirwa tuvugango yatinze ntakintu tunamufashije , tutazi n'imvune ibirimo yaba ari icyaha turigukora. NSHIMIYE TEAM YITANGA IKAMUFASHA. Click this link to join RIZIKI CHANTAL Group's freinds: chat.whatsapp.com/HkUbA9rkyqbHuqdzekXojF
Uwiteka aguhe umugisha❤
Gumpamo Imbaraga namavuta uko nukuri❤😂😂
Amen . Komera Riziki. Yesu agushyigikire cyane👏👏👏🙏🙏Uranyubatse cyane. Kandi nongeye gutitizwa cyane nuko Uwiteka aje kudusura. 😨😱 Mbega azasanga nsa nte? ??Imana imbabarire ibyaha byanjye nibicimuro byooose. Mana nzi ko utabeshya. Uraje pe .Unyejeshe Ezobu ndera. Amaraso ya Kristo atubeho abashaka kuyubaha iteka ryose. Amen.
Yesu nadutabare
Ndagukunda wa mukobwawe Imana ijye ikumpera umugisha mwinshiii kd rwose jyukomeza uvuge ukuri ,Uwiteka natwe adufashe gukora ibyo adusaba.Riziki love u
Uri umukuristu kweli ndagukunda peeeeee uvuga Imana neza nkumva ndanyuzwe nanjye icyampa ngo njye nshyira mu bikorwa ibyo data aba yaguhaye kuduha.kuko ntuba wavangiwe uba urimo neza. Songa mbere mw'izina rya yesu
Ahwiiiiii .Imana iturengere.aka karirimbo kabafashe nkunda kumva amakuru yumurwa ,uri kure ................
Icyampa bakamenya ukuri bakumva ijwi ry 'Imana
Vugukuri Imana izagushigikira
Riziki abo bapaster Bari kuku gendaho
Amen Uri muri bya bihumbi birindwi bitarapfukamira bayari urakoze gutumikira Imana natwe tugiye gushyira mû bikorwa
Ndagukunda pe
.mbega ivyo haheze igihe batanga ntiboba barakoresheje ivyo?Erega cari igihe cuko bakura mububiko bagafasha abakene nabandi bagowe.kandi twari dukwiye kubanza tugasenga kugira tumenye neza ko ar'Imana yabimubwiye.Ayo mahera aragisibije ahatari hake Aho kubanza kwitwararika intama
Riziki imana yamahoro iguhe umugisha.uvugisha ukuri.shalom
Ndagukurikira mukozi w' Imana. Unsengere nkizwe nere ns na sheregi kuko nacumuye ku Uwiteka.
Ndumva ubwo wabimenye wapfukama ugasaba Imana imbabazi ukarushaho kuyishaka n'umwete wawe wose. Liziki yakubwirije ahasigaye ni ahawe n'Imana Nyr'ijuru.
Urakoze kubitangaza kumugaragaro kuko abasenga Imana byukuri barabiziko iyo nzara ihari kdi igiye kuza
Imbaraga namavuta mukozi w Imana vugira uwagutumye kuko ukurimo niwe ukuvugiramo ushaka yunve ibyo mwuka abwira amatorero.kubaho ni Christi no gupfa ninyungu kumu christo wukuri.
Twibukeko Imana twizeye yica Kandi Igakiza, Irakenesha Kandi ikanakura abatindi ku cyavu, Icyindi gufasha abakene tubafashe ndetse cyane buri wese biramureba kuko dushaka kujya mu ijuru, Ukuri ku ijambo ry'Imana kubahirizwe kuko twararyize neza, ababishoboye batange ayo maturo n'icyacumi kuko aho yajyaga haracyahari ntabwo bapfuye( byakwandikwa bitakwandikwa) ibyo ntibindeba, kuko Uwanditse ayambere ntabwo yari yanzanira igitabo ngo ngenzure uretseko nabyo atari ngombwa,
Gusa uzi gukora neza ntabikore azabibazwa, abantu bareke ingeso mbi, ibyaha, uburangazi bakurikire Umwami Yesu, tube maso tutayoba cyangwa ngo tuyobye abandi, Tube maso , nta hantu na hamwe bibiliya itubuza gutanga icyacumi n'amaturo , uretse igihe waba ufite icyo upfa na mugenzi wawe, Kandi nabwo murabanza mukiyunga mwarangiza ugafata rya turo ukarijyana ukarishyira umutambyi,
Nanjye nzapfa ndabizi.
Ariko muzansobanurire uwo mutambyi uwo ari we. Ko Yesu Kristo ariwe mutambyi dufite, akaba ariwe watambiwe ibyaha byacu akinitamba, abo batambyi bandi bavuye he? Ko Abalewi batagiraga umugabane na gakondo, ubu abitwa batyo bose hari utabifite? Munsobanurire ndabasabye.
Ndagukunda rwose ,umukobwa utagira ubwoba,uvugira Imana byukuri
Nukuri ndagukunda cyane mukozi w Imana imwongerere imbaraga n amavuta uge ukomeza uduhe izi mpuguro nziza cyane. Hanyuma ku byerekeranye n icyacumi n amaturo, uko dukataje twirinda ibyaha niko dukataje no gutanga ibyo byacumi n amaturo no gufasha abakene. Ugende wongere uyitubarize kuko ndumva bidasobanutse.
Riziki ndagukunda cane urigisha ngafashwa cane komerezaho
Murakoze nkuko ushije sitegekoko ibyo uvuze buriwese abifate nkuko abyumvishe nawe yasenga agasobanuza Imana gusa abantu nibyiza ko babwirizwa ukuri kwijambo ry'Imana kubyicyacumi ibyo wavuze simbyemera icyacumi kigomba gutangwa hanyuma abasigaye nayo simake ushaka gufasha abatishoboye ngirango yabafasha nyuma yogutanga icyacumi
Abayoborwa n'umwuka wera nibo bana b'Imana. Imana yivugiye ko iba mumuntu; none Uhuye numushonji (ariwe Imana ibamo) umuciyeho ngo ugiye gutanga 1/10! Ubwo se uba ugihaye Imana kdi wayitaye kunzira ngo ugiye kuyishakira murusengero ubwayo yararuvuzeho ko itaba mumazu yubatswe n'abana babantu? Yesu yaravuze ze ngo azakubwira ngo nari nshonje ntiwangaburira none ukwiriye kujya aho bazaririra bagahekenyera amenyo. Haraho wumvise avuga nkibyo kvutatanze 1/10murusengero?
@@pacificmugiraneza598 ese wigeze ufashe abekene kumafaranga yose yicyacumi ukayakotesha??
Imana iguhe umugisha
@@lmanaiguheumugishaalice6614 nibyiza kumva icyo abandi bavuga gusa RIZIKI s'Imana buriwese nyuma yokumva ibyo ababwiriza batandukanye bavuga abagomba kubanza kuvugana n'Imana Yee gusa RIZIKI Imana imuhe umugisha
@@sergedusengimana6645ese abatajya munsengero bo ko batagitanga ubwo Imana ntibazi Koko Kandi harigihe bazatanga abandi mwijuru
Ese kombona witukuje Muko ubu koko uri kuvuga ibiki
Komera Riziki,Ariko ayomavuta yaguhinduye uyareke,Kandi tuguteze amatwi Vuga Yesu neza Azaguhemba .
Ntabwo ari amavuta , kuko n'ikibambasi cy'inyuma yahariya yicaye harahindutse cyane
Ntago Riziki yakwitukuza
Amahoro! Mukomeze mutubwire pe, ibi nibyo dukeneye mu minsi ya none. Iminsi turimo ni mibi, Umwami Mana adutabare!🙏
IMANA iguhe umugisha ,utagabanije
IMANA IGUHE IMIGISHA
Riziki guma mo. Iki gihe ubutumwa nk'ubu abenshi ntibabushaka ariko kuri bamwe burakomeretsa ariko buranomora. Gusa Uwiteka uturengere pe!
Ubuhanuzi bwawe ndabwubaha ...Yesu aturengere cyanee
Urakoze kumajambo y, Imana utuhaye
riziki mukozi wimana yesu akwonger amavuta kuko urahembur imitima yumye nanje ndimwo.ndakwinginze unsengere cane kuko imitima wanje urumye. muzoba mukoze
nimuve mu binyoma mwigishe abantu ukuri, ese n he Imana yavuze ko dutabarwa n ibyo twakoze!!
mwabigisha binyoma mwe! mwitegure kuzisobanura ubwo Yesu Kristo azaba agarutse!
erega nta muntu ukizwa n imirimo yakoze, ahubwo dukizwa n Imana ku bw ubuntu bwayo.
nimusome Bibiliya nk uko biri, muvuze nk uko ivuga.
yemweeee nimwihane muve mu binyoma.
Imana ntabgo ijya yivuguruza,ijambo ryayo ,,,,ntiwemerewe kuryongereraho cyangwa kurikuraho ijambo narimwe,uzabirengaho azahabwa ibihano byanditswe muri icyo gitabo(biblia) Mm Chantal ,,,,,ubaka agakiza kawe kw'ijambo ry'Imana hamwe Numwuka nyakuri Wera.Ukwiriye kwicara ukabanza ukigishwa neza,nahubundi uzayobera mubuhanuzi.Ibyo uvuga ,,,,ntabgo bizabura kuko turi mubihe byimperuka kandi satani ntabgo arajugunywa muri rwa rwobo,,,,,ese ko nta humure utanga! bimwe uravugisha ukuri ibindi nibitekelezo byawe,,,ushobora kuba waravangiwe ,,,pasteri wawe nagufashe kuko azakubazwa,,,,,cabugufi R.Chntl (ikicumi n'amaturo biveho )nah'ibindi uravgsha ukuri
Gumamo
Imana yacu izaza ntizaceceka
Ibyo nukuri rwose
Imana ikwongere amavuta🙌ndagukundira ukuri kuri muri wewe hezagirwa ncuti yanje
Imanidutabare kwer,
Urakoze .noneho uje vuba.icyomfa na ADEPR ubu iragutenga.kdi uvuze ukuri.
Nukuri urumuko w'Imana pe gumamo sst
Nibyo rwose insengero ziracyafunzwe sinawe wambere Imana ibicishijemo. Ko nifungura bizamenyekana.uramfasha cyanee mukozi wImana
Riziki uwiteka aguhire !!!nge haricyo mpindutseho Imana iguhe umugisha Amen
Ukonukuri
Mukozi w'Imana, UWITEKA agukomereze amaboko
Yesu aguhe umugisha kubwubutumwa ariko mbere ya byose turiho kubwimbabazi za Nyagasani . imbabazi zimana rero zihoraho .
Kucyacumi ho Ntitwemeranya kuko No kugitanga nabyo Nugukorera Imana kuko Kunsengero Hacyenerwa Umuriro Kndi N'Abazamu baba bakenewe guhebwa Rwose Ndagukunda pe arko ago ntitwemeranya Kuko Icyacumi Cyashyizweho N'Imana.
Jurakoze pe
Amen amen mukozi wimana uvuze neza kandi inyigisho ikwiye kwigisha abantu benshi
Am
Hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah Amena Riziki mwiza yego rata eeeee urakoze kunkangura Imana ibahumugisha 🤲 mwinshi mwizina Rya Yesu
Reka twigerereyo kuko abantu nabantu turagushimiye
Courage uvuga ukuri kuzuye ndagukunda
Habwa umugisha mukozi w'Imana
Nongeye kugusuhuza mukozi w,lmana amahoro y,Uwiteka nakubeho iteka ryose , ikomeze ikwagure kandi ikomeze kukumara ubwoba bwo kuyivugira urakoze cyane Yesu akongere imigisha
Urakozecane riziki
Najye ndagukurikira kd ndagukunda mukozi wimana umujyisha ukuri
Courage mukozi w'imana.
Ndagukunda mukobwa wa Yesu nukuri Yesu yaguhaye kuvuga nkawe ushize amanga
Riziki humura Imana ukorera irakuzi kdi izakurengera,rwose humura
Ameeeen Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana ijambo ryawe rirampindura umutima wanj ndagkunda cane 🙏🙏 uhezagigwe na Dawe wa twese
Ibyu vuzena rabirose ngirango nava
Ngiwe byamaturo muntu yambajijemunzi ngo lcyacumi utanganikikingi rangonavangiwe
Sha mukobwa was Kristo,uwaguha abandi bahanuzi batinyutse nkawe,Wenda ahari ibintu byarushyaho abantu bakumva ahari.!Gusa abakunzi b'umusaraba bakomeze bagusengere Imana ikomeze igutinyure,kuko uri kuvuga nka Elia kugihe cya Ahab ubwo yahagarikaga imvura, agatinyuka ntatinye Ahab.Komera komera,kandi Imana igushyigikire.
Benedata Riziki turamwubaha kd turamukunda kuko arimo umwuka w'lmana. ariko mwitondere irijambo yavuko, ituro ryicyacumi murifashisha abakene. musome ibyanditwe neza murasanga ituro ryicyacumi ritandukanye niryo gufasha abakene. Rero ndimubivange. Uko buriwese asanzwe akiranukira lmana abikomeze. Buretseko ndabizineza ko nawe azahakosora.
Muri Bible harimo icyacumi kigenewe abakene...hanyuma abapasiteri sibo batambyi gusa, ahubwo abizeye Yesu by'ukuri bose ni abatambyi b'ubwami bw'Imana.
Uhoraho mbabarira ibyaha kuko nagucumuyeho utugirire impuhwe kuko urumubyeyi wimpuhwe
Imani guhumugisha kubwirifunguro muduhaye niturirya ukobikwiye riratugiriru mumaro
Muraho mukozi w'Imana komera wicibwa intege nabagutuka iki nigihe cyo kuvugisha ukuri mubyimana siwowe uvuga n"Imana igukoreramo ukavuga.
Ubu butumwa burakomeye! Mukozi w' Imana urakoze , gusa Imana iturengere pe
Urakoze cane mukozi w'Imana Uranyubaka cane !! God bless u.
Yakoze agashya ndagukunda nukuri
AMEN IMANA idutabare itugirire imbabazi kandi IMANA igukomeze mukobwa wa YESU ibyuvuga nukuri🙏🙏🙏
Namasarigoma kbs
Babwire ibyo Bisambo Aho kugirango Barizwe N'umurimo w'imana Bararizwa Na Maturo
Mvuze Amen. Irijyambo Amen nijyambo rikomeye ririmwo imbaraga iyo warivuze m'umwuka no m'ukuri . Bana Bimana muhaguruke mwoye kwicyara, muze tujye kumavi dusenge tutayi ryarya. Dufukame dusengere uyu Mwana w'Imana Riziki Chantal. Amajyambo avuga uwo adahindura azoce amenyako Isi imwasamiye. Ndumva agahinda kenshi k'umutima. Mfise vyishi navuga ariko ndumva ntashobora kubikwiza ahangaha kurubuga. Bana Bimana muze twihane. Ndavugango muze twihane nyakwihana. Kuko satani yaramaze gutambagira Isi nabayituyemo bose. Yesu ubahisha Umwana wawe nawe akubahishe. Amen.
Uratumikira ukuri kugira ikasha
Urakoze cyane ntawufite icyo azireguza
Riziki uvuze ukuli kuko nta mu Kristo utegetswe gutanga Icya cumi. Urukundo rwa Kristo Turi muli twe nirwo rudutangisha ku bw’umutima ukunze atari ku bw itegeko. Musome 2abakorinto 9:7
Ndakwemera rwose, ariko ahaho ntabwo turi kujana, Ugenzure neza urebe niba nta vangirwa ririmo kuko icyacumi n'amaturo ntagihe bidatangwa, tugomba kubitanga tugafasha n'abakene ariko ntagisimbura ikindi
data mwiza ndatsinzwe mbabarira ibyaha byanjye byose unyongere amahirwe yakabiri umwuka wera ambeho kuko ijoro rirakubye isi icuze umwijima
Ndagukunda cyane ibyuvuze nukuri ago gukizwa cg kutwigisha ijambo ryimana ahubwo bari kwisabira amafaranga ntagakiza ahubwo ni business
MANA ndatsizwe ndagukunda mukozi wa Ndiho ndagukurikirana cane kuk ubutumwa bwawe buntera kugumana n IMANA ye
Mukozi w'Imana urakoze cyane uraducyebuye nkaho nteranira ijambo ryose barisobanuramu ibyacumi na maturo kdi nukuri ntaho bihuriye nijambo yigishije