NATAYE UYU MUGORE BIMAZE KUNDENGA|Nageraga mu buriri AKANSHYIRA KU NKEKE|Birangiye Dj Deelex AVUZE..
Vložit
- čas přidán 24. 02. 2022
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Kanda hano wirebere: czcams.com/video/-ZJp0ljeXRY/video.html
Subscribe tayari
uyo mugore yarahemutse yibuke aho bsmukuye asabe ikigongwe basubirana barere abo bana
Mukore subsribe
Turayireba cyane kubera abana nukuntu ubakunda mwibanga dj, thank you very much
Yalaaaa basaza bacu nabo bafite ibikomere 😅komera bro kigabo kbx❤
ndakwinginze nkandira ku ifoto
umfashe kwivana mubushomeri
wowe ubikoze IMANA iguhe imigisha myishi cyanee❤❤kandi ikongerere iminsi yo kubaho kwawe
Mbabarira usigurire akamaro kizi like uhora usaba 🙏
Izo like muzimaza iki
NTARABONA 10 LIKE simva kw ISIMBI TV 😂😂😂
Nanjye bazimpe🥺🥺
Yvette ndamuzi twarabyirukanye ingoma/huye aho twita kumudugudu yari umukobwa mwiza twese abahungu twari twaraguyemo iwabo babyara abana beza ari abakobwa ari nabahungu nakundaga musaza we witwa San susi Imana imuhe iruhuko ridashira yari umuhungu witonda cyane hamwe namusaza we wundi twitaga Djudju djungara wa mungara Yvette I am proud of you nubwo utamenya njye ndakuzi kandi keep fighting you will succeed
Uyu musista se ni sis wa jungala man ?
Type wabaye umwana; ntiwubatse urugo rwawe . Umugore yarakubuze igihe waretse Imana.
Wari gusenga kandi ugakora. Ukanita ku rugo
Iyo usenze ntukora ? Iyo ukoze ntusenga? Iyo ubonye frw wibagirwa urugo ?
Ibibazo by urugo ubikimurana na mukecuru?
Wabaye umwana mugabo
Icyo mbashije kubona cyo brother Imana igukeneye mumurimo wayo Kandi umugore ntumubone nkigihombo 🙏💖 wowe shaka Imana niyo itanga amahoro nubugingo
"Urugo ni BUSINESS; yahombye, kaba kabaye". Uvuze ijambo ry'ubwenge muvandimwe. Ariko nkubwire ko kuba business ihombye bitayigira umuziro; wize isoko neza, birashoboka ko hari ahandi hantu cyangwa mu kindi gihe iyo business yakunguka ndetse ibi bikwibagiza iya mbere. Mibirizi ati "kongera kubaho nibwo butwari". Ikiganiro cyiza cyane,
Urakoze cyane
Insengero zubu we
Eeehhh!! Dj Delex! Kadunde star!! Cyakoze bagira ga indirimbo za fresh! Gusa ihangane iyi isi umuuntu ahuramo n'ibintu bitandukanye ariko byose biberaho kwiga! And life continues on gusa that's good ko wamenye Imana, ishobora byose;! Looking forward for ur new songs!! Beat zawe turazemera
Yooo muziyunge mwiyubakire urugo nibyo uwiteka yishimira
It's a surprise to have a man on show
ahwuiiiiii habuzee wisdom:application of knowledge,understanding.otherwise u both could have saved your family and your dreams..
Nkandira kwifoto ndakwinginze❤
Wa munyonzi w’umugore
Dutegereje ikiganiro wasubiye kumusura!!
Yego rwose,namugereho
Nkurikije uko nkumvishe warishaga uriya mugore umutima kdi kuguhanagara ukanga kumwitaba ngo wari mukazi ntibisobanutse kuko ntago waba buzy umunsi wose rwose muzicare muganire mucoce ibyabaye mwubake kugirango muce karande zitazakurikira nabana Imana yabahaye
Wouwpuhhhj ntabwo nicuza ko narebye icyi kiganiro rwose sabin merci kuri dj ibitekerezo nibyiza cyane bantu bahutiraho ngo abantu bakora ibintu runaka bakbita ibirara ngirango uyu mugabo nurugero rwiza rwatuma tubonako mubantu harimo abantu bose
Igitekezerezo , icyifuzo nimana mfitiye Sabin nabandi banyamakuru
Munjye mutanga interview mushyiremo agatege kogushaka kumva urundi ruhande rwuvugwaho ( To hear the other side )
Thx kbs kuba wazanye uyumugabo nawe agiricyo abivugaho mugihe atabihatiwe nawe ariko
GOD'S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏
👇
abo bagore bareke bro ishyano ryihuta kubi iyo rije kubigisha bro.
Sha nukuri uvuze ukuri 100%umenya umuntu aruko mubana pe
Iyo umugabo atangiye guhamagara nyina aho kuvugana ibibazo numugorewe biba byapfuye nunashaka undi uzubake mama wawe ntuzamushyire mubibazo byawe numugore si non kubaka bizakugora subirana numugore wawe mwipfa ubusa
Ariko abagore mwanga banyokobukwe nyara namwe mubyara abahungu ubuse kowagisha inama undimuntu mudafitanye isano nankaswe uwaguhaye ubuzima afatanyije n'Imana!!
Abagore kuki banka ba inabukwe
Mbega umuntu abayaragutwaye munda, ukamuvungagura kwakundi muzi niki cadukura kuri ba maman bacu?
Mbega ko.muba mwahuy mukuze mwumva twobihariraaaaaa , reka reka mon frere abadames baba baravanye nabagabo muje mubigigwa kure kenshi haraho habamwo akageso kazo gusambura utaravy neza
Ntiwumvako yajaga kugitanga hanze!wowe wabyemera? None ngo ubusa akarukuwundi karahandurika
Umugabo ujyagusenya urugorwe agishamamawe inama
cyane
Uyumudamu nasubirane numugabo we bahe abana babyaye umunezero, umwana anezezwa no kurerwa nababyeyi bombi, Ndi single mom wa bana 2 Arko ntamudamu nakwifuriza gusenya afite abana
Ingo ziri aha? Guta abana, gusiga umuryango ku mpamvu ya telephone. Ntushaka kuvugana n'umugore ku bijyanye n'ibigenda n'ibitagenda mu muryango. Hakenewe abantu babyize bo gufasha ingo z'aba jeunes gukomera.
@@ignatianakagi9052 mnanumv arinkubugugu none kobavug ko urugo aruguhan umwanya wokuganira uwuw bamusab umwanya akaba ararush ahaaa tl4n ntiyakabay impamvu yalaaa
Icecekere iyo byakimeye abana ubwabo nibo bakubwira bari rekana na Papa atazakwica, bimbaze 💔💔💔
@@ignatianakagi9052 yewe iyo byajemo kwigira umugenzacyaha cyangwa umushinjacyaha urugo rurabiha kugeza rushwanyutse.
@@balancedlifetv Birashoboka.
Gusa bibaye byiza mwasubirana kuko nimuhitamo gushaka abandi ntibizabahira kuko uhindura umugore cg umugabo ubuhinduye injyeso harinjyihe uwakabi nawe akubera ibamba
Cane cane iyo babizanye kuri réseaux sociaux 😭😭😢😰😡😡
Alex ndababaye kuba urugo rwaranze gusa bibaye byiza mwakwiyunga Arko nanone nkugire inama
Icyo nakubwira nuko Uwiteka atagushaka mukabari umeze nkuwataye umutwe
Subira mumurimo wongere uhimbe zandirimbo zihimbaza Uwiteka
Nawe azakuyobora akwereke inzira icyo ugomba gukora
Usoreje ku kantu keza pe , gutinya ikiremwa muntu !! Kuko gifite gutekerza mbere yo gukora IKIBI canke iciza.Ariko IKIBI Nico ciganziye ISI😭
cyokoze uri clear pe garuka muri game 💪
Kadunde wubahwe bro song yawe n💥💥💥
Nicyokibazo cyaba DJ
Ugomba kubicyemura ibyumugore wawe kuko ninshinganozawe iyumenyakontamyanya uzamuha warikumureka ntumushake ugomba gukora ishinganonkumugabo ikindi urugorwanyu murukuremo mama wawe
Team u papa God bless you 🙏🙏💪
Third viewer give me like
Ndi umugabo arko ndumva warabaye umwana kabisa. Ibibazo mwaciyemo ni ibisanzwe mu buzima bwa couple. Mwana abagore twashatse baradukomagura arko tukihangana ntitwahukane. Ubu se urumva ari uwuhe mugore utuje uzashaka mukabana nk,abari muri paradizo koko? Pfusha ahubwo subira mu rugo abana bawe bongere bakubone. Wirukana uguguna igufwa ukazana urimira bunguri.
Umbaye kure kbsa nabuze ikibazo kinini
Very true
Sitegeko kandi sinama nziza ubwira umuntu ngo azihanganire guhohoterwa ubuzima bwose marriage yinduru ni hell
Umugabo c niwe wahukanye ?
Ahubwo n'imfura kuko aho kugira bagere kurwego rwoguhohoterana umugabo yafashe umwanzuro mwiza gusa naba umugabo nyamugabo azite kubana be ibindi yikomereze
Sh ukuntu wakunze uriya Yvette ukabana nawe nyuma agashaka gusubira muburara
Waruhari se amukunda?ntimukiterere mumata nkisazi
@@fifi6737 yari ahari nyine arabizi!
Ahubwo ntukiterere mu mata nk'isazi ari wowe!
@@user-me7lu4sj1u hhhhhhh wowe ndumva urira utazi nuwapfuye kbsa.nuko yeeee
Yvete iyo asohokera ndamuzi ubu yabaye indaya imwe mbi ibaze umuntu utandukan numugabo hashira umwaka akaba askundanye nundi ariwe king phirosof noneho umugabo wagutwaye waranabyaye wee
Ubuse isimbi yahindutse urukiko?
Wagishije mama wawe inama yurugo rwawe🤔!!!
Maman , umugore yagize atya…..
Kandi haribyo utavuze! Nta mpanvu watanze igaragara yo guta urugo! Mwapfuye ubusa!
Ubwo se umuntu yakwima téléphone ukamubwira ngo dutandukane.
Ahubwo nibaza ko maman wawe atakugiriye inama nziza.
Kandi gukomeza kuvuga ngo waramutoraguye bamutaye sibyo. Umushaka kuko umukunda ntabwo umushaka kubwimpuhwe. Niba aruko niyo mpanvu rwasenyutse !
Erega ntacyindi abantu bapfa uretse ubusa ubusa nimbo ntandaro yabyose utahye ugasanga uwo mubana arakureba nabi wabimubuza agakomeza birakurambira ugafata umwanzuro ukomeye
il raison. sinumva kuntu yari kumwima phone niba ataco yamuhisha. wapi tibapfuye ubusa bapfuye ukuri kuko yaramwitegereza. kumusaba phone honyne nuko yari afise ico yabona. iyo trip yo umugore yafashe atabwiye umugabo weho uyumva ute? hama ivy'ingo biragoye umugore canke umugabo ntimushobora kubana Imana itavyanditse ko muzobana. kandi uyo mugore yari yarabanye n'uwundi, akaba yari agifata voyage umugabo atazi c'est parce qu'elle n'était pas sainte.
il a raison.
Warakoze rata vakubintu
@@ericyolk9427 ufite raison kandi sinavuze ko ari byiza, gusa si mpanvu y’a divorce. Divorce yabaye ibintu byoroshye ! Ikigaragara téléphone zisenye ingo nyinshi. Ndabyumva ko ikizere ntacyari gihari Ariko urugo ni igikomeye. Abato bariho bashaka mbona bameze nkibyo kera twakinaga twiga « gukina ibya bana » , tugakora mariage hanyuma twarangiza buri wese agataha iwabo bikaràgira, ubutaha mugakina washyîngirànywe nundi.
Abajeunes bamwe bibwira ko bagiye gukina impinde ! Oya urugo urarurwanira kandi iyo ukomeje amaherezo uratsinda, cyane cyane iyo ushyizemo amasengesho 🙏🏾
Sabin, Imana izaguha umugisha
Pole kbs arik kd ntubabare
Numva ntabirebire mwapfuye nukuru muzicare mubisubiremwo murere abana
Intama nabajyira nuko mwasubirana mukarera abana kuko kuri iyi planet earth there is no a perfect marriage, every marriage has his up side and down kandi there is no a sacceseful marriage that doesn't go through hard time, so Imana ibafashe mwicare hamwe muganire and sort out Yr differences kuko I can I sure you ko kuri iy'isi utazabona urugo ruri perfect
I like kadunde style am from congo Kinshasa 🇨🇩
Umugabo ukennye ntagire na care aragatsindwa 😂
Ngohore nukubura byose,🤦
Biba bikaze peeeeeeee
Acyennye akankunda akanyihera Care lbindi twabishaka😂😂😂 Ariko kubura byose wap🙈🙈
@@divinemugirwanayo6046 harinshuti yabwiyengo iyo cher we yamuhaye care ngo iyo agezemukazi ajyayumva ari nka Manager wa company kandi ari umu cleanina🤣🤣🤣 care niyambere
@@awezayesu1779 hhhhhhhhhhhh
Dj Deelex aravuga ukuri pe, gufuha ni virus itapfa gukizwa n ibiganiro cyagwa gusabana imbabazi. Pole sana brother, niko bigenda iyo wambaye inkweto zitagukwira iyo zitakuriye zirakujabuka 💔💔💔 uzambaze😭😭😭
Not Suko kuba murugo ntihabamo amahitamo yokunyurwa cg Gusenya
Ugomba kumenya kuwo washatse mwahuye mukuze kd umwe wese afite imico yakuranye
@@marango1 my dear hari igihe uhura n ufite impu ebyiri, abitwa ba pervers narcisdiques niyo wakora iki ntimubana kuko iyo umwihambiriyeho birangira akwishe 💔💔💔
@@balancedlifetv Gusa ikigaragara
1. Yihutiye Gufata umwanzuro bigaragarako nawe yarashaka Gutandukana nawe
2. Yumviye inama zabandi batamwubakiye
@@marango1 birashoboka pe gusa niba stress yendaga kumuturitsa ni abantu bake bakomeza kuyishinyirizamo
Uyu mutype ndamukunze pe! Yanze kugira icyo avuga ku mugore we. "Ati sinshaka kwandagaza umugore..." Uzi n'Imana nkwifurije kuzubakirwa na Yo
Ikibazo wamuburiye umwanya ngo muganire, umenye icyo atekereza, ndetse unamenye ibituma aguhoza ku nkeke.
Sumwana
Sigaho uramurusha wowe uwo bararanye?
@@MHT-li3ct iyo uburiye umwanya uwo mwashakanye byose aba ari zero
Umugabo si nk umugore nshuti, iyo wigaragaje nk umushinjacyaha cyangwa umugenzacyaha umugabo ahita akuzinukwa.
Umugabo si nk umugore nshuti, iyo wigaragaje nk umushinjacyaha cyangwa umugenzacyaha umugabo ahita akuzinukwa.
Yooooooooo! Ndakumva sha, mwarahuritse cyane, kandi komera cyane
olala this people bapfuye uubusa kweri, hope that they came back together.good job Sabin
Sha bari nabato rega ,kdi baranatesekanye,nanjye njya mbyifuza
Much love❤❤❤🇸🇦🇧🇮
Nyamara abazi gusoma ibimenyetso uyu muhungu arabohotse kuruta uriya mugore.
Uvuze neza bro !!!
You are absolutely right
Gusa mubigaragara yvetty nicyirara pe kuberako sinibaza imamvu yahise ashaka boyi furendi akakanya icyindi yarafite umwana adashaka kuvuga bivuzeko ahishabyinci rekana iryarya courage bro
🎤 Yesu azakugirira neza .
Sabin uwo numugabo muganiriye, numugabo uhamye ukunda umwanawe winfura nabucura pe. Umuntu wageze murusengero imana imuha ubwenge afite ubwenge pe. Imana imuhe umugisha nukuri. Kandi izamukuza pe. Irere abana Kadunde. Uwo washatse yaragutengushye mureke nawe nzi ko azicuza
Uri mukuri 💯/💯
Umwana twareranwe Mbarushimana Alexis nishimiye kongera ku kubona duherukana za 2000 komera ni mu isi muhungu wanjye duhura na byinshi muhungu wanjye
Man I feel you.
Nakurikiye ibiganiro byanyu Mwese ariko rwose satani yarabanyaze mwiyunge musubirane kdi ingo ziticara ngozijye inama zirasenyuka hanohanze haringo zifite ibibazo wumva ugasesa urumeza rero rwose mworoherane byashoboka kdi mwegere imana izababafashamo
Kadunde komera Kandi ntureke gukora no gusenga icyonzi ubwenge ugarahaje udashyira umugore hanze Kandi we yarabikoze Imana izagushumbusha humura Yesu aracyagukunda
Ubundi igihe kugaragaza umunyamakosa pe! Uvuze neza rwose!
This guy numunyabwenge ce toux, ibindi sinabyinjiramo .
Ubutaha nutumvikana numugore wawe ntuzagishe inama nyoko. Ntanama yindi yakugira uretse guta umugore wawe.
Yewe uvuze ukuri kuzuye, bamabukwe nabaramukazi ntibaba badushaka, sinzi menya bashaka kuzabashyingira ibivejuru.
Umuntu wambere ugisha inama ujye umugira umigore wawe apana mama wawe
Nanjye ndabona maman we harukuntu yafashe umwanya mugari muri famille!
Esubwo haricyo wahisha umubyeyi
Kadundeee!!🔥🔥
Ndi inshuti ya Yvette pe gusa sinigeze mubaza kumugabo babanye bwambere ariko nejejwe no kumva ibyuyu mugabo gusa mubigaragara mwubatse mukiri abana mbonyeko ubu mugize amahirwe yo kubana bwakabiri mwakubaka pe nyacyo mwapfuye gikaze nukuri ndumva nazaganiriza Yvette ambabariye yanyumva pe kuba mutararwanye nicyo cyambere gica intege rwose mwakubaka mwese mwarakuze
Njye iyo nama sinayimugira niba barakuze Bose Bazi inyungu zo kubana kwabo niba rero batabyibwiriza ubwo ntarukundo ruhari
Yooh, ubu buhamya bw'uyu mugabo ni ukuri buranyubatse!
Unva Sabin yewe? Ngo kuba yarahukanye, ahubwo bagabo aho gukora amahano rata mujye mwahukana haguma ubuzima bantumwe
kadundesha ndakuzi bro
Big brother respectbkandi nkwifurije umugisha muri byose
Wagirango uvukana na Clement wa knowless
Komeza mu gakiza man, kandi ntibikubuze gukora akazi kawe. Abana bawe ntuzabibagirwe
Pole kbsa
Ariko uretse no kwimana telephone koko wasanga arikumwe numugabo ho,wata abana wabyaye ukunda ngo numugore, ubwo se kwihangana kwabantu bashakanye kurihe,ese iyo wowe agusigira abana ubuvugibyo ahubwo Imana imushoboze kurera abana yabyaye kuko abagabo bigize ntibindeba umwana nuwababiri kandi izo mpuhwe wamugiriye kuko umusanze mu bihe bitoroshye warangiza ukamusiga mu birenze ibyo wamusanzemo ubwo se wakoziki?ngo warakijijwe ubwo nubuyobe ntagakiza karaho ninde wakubwiye ko gukizwa bituma umuntu ata inshingano
Ntago wahaye umugore umwanya...
Uricyigoryo nubukene wacyintuwe
bwabiteye!
Disi uramukunda cg ukaba warabonye ameze kusanaze ukaba urikwicuza ukumva wojyeye kumukunda😅
Yallah, Imana niyo izatabara
Gutinya umuntu 💯💯🇧🇮
Kbs uzatinye umuntu ni mugari!
Gushaka umugore utubaha Imana wabyaye ugomba kubitekerezaho inshuro 1000
Umugore ngo nimwiza ikise umugore mwiza nuwubaka urungo nagende azabibona ubundi wowe warigushaka ubuzima komera muhungu wanje ntuye mu Holland
Subwo nkawe iyo ufashe umwanya ukaza kuvuga umugore wawe akiriho mwarabyaranye uba wumva ntakibazo ufite
☝🏿☝🏿☝🏿☝🏿
Mwese muri bamwe kbs kugezaho abana batiga birirw mumuhanda ubwo c niba umugore yarakunaniye abana bo bakoze iki sabin nukuri bwira uwo mugabo aze atware abana be kuko barababaje pe.
Buriya se kiriya gishongore cy'umugore cyatuma abana baba inzererezi ntibajye mu ishuli
Najye sibyemeye😅 gusa abagore neza ninjiji mukurera abana nanone 😂
Twarangizanya cyanee rwose.
life no easy, got to chill and pray
Pray For Ukraine 🇺🇦 ♾ 🇬🇪
Слава Украине 🇺🇦 ♾ 🇬🇪
Go fight prayer can't help you nothing
Yes true
@@paulbless857 👍😍
Pray for Congolese 🇨🇩 , Rwanda 🇷🇼. 14millions died.
Did Ukrainians prayed for u in 94?
Yoooooooo
Mwapfuye ubusa disi muzasubirane
Nta mpanvu igaragara yatanze yatumye batandukana yazize inama mbi !
Ariko uwababwiye ko umugore aba aje gushaka frws ninde koko.akenshi aza akora cg nawe ukora .ahaa nta kuri mbona hano kuki mu kabya koko .none abo bakobwa bagushyashyanga .mbahaye imyaka40 à 50 ans uzumva kamara kumugabo cg ku mugore ubuyo burashukana ntabwo nagize umwaku lman ushimwe.ariko umugore ni kamara numugabo ni kamara ni kuki se uhubuka iwanyu ukamusabga .ntimukabone mwatsinzwe ngo mutwiyemereho .twese twabaye bato turahaka kandi turashaje urugo ruraryoha ariko ruryohera abanyabwenge .nutinya lmana nyuma yibi uzulva ko urugo ari ubuzima
Nivyo umugore akeneye umugabo numugabo akenerumugore
Impamvu nuko ntawurekeraho bembi bagashaka abandi ntibarekeraho.
Nikobimeze ntabwo urugo aruguhangana nukumvikana natwe turazubatse gusa abantu beshyi babastar nkaba bibabigoye kugirumugore umwe wamugani nuwinyamirambo gusa muzasabane imbabazi musubirane
KBS uvuze neza urugo nukubahana iyobibuze umwarananirwa
Sha abagore nabakobwa bubu nabantu baraho gusa ni nkaba artificial. Ni nkibivejuru ariko ntibivuze ko ariko bose bameze! Iyo ugize ibyago uhura numeze nkikivejuru. Nabantu baba ku social media entertainers gusa nta bundi bwenge bafite,imico bafite iraruhije, they believe in negative motivation that are circurating on social media,and they expect to apply it in real life. So bibaho cyane. Abakobwa benshi iyo bavuga wumva bafite intego peee ariko ibyo bakora birahabanye, nkuriya mukobwa wavuze ko umugabo we yahukanye mubyukuri nijambo aba yarakoresheje muburyo bwo gusebya umugabo we. Gusa bose bari bakiri bato babuze umujyanama muzima wawundi udafite uruhande abogamiramo kandi ntaze kugira uwo yihigikana.
Pole sana Brother’ ndakumva kbs akababaro kawe’ Gusa wagize neza kwicomokera utamuteye inshyi’ abenshi mubagore ni ibigeragezo.....
Man ariko kudependa ku bantu si byiza ugomba kwigira(self relince).
Haraho wanayemo umwana gsa sinkusetse urabona ko wigiriye inama
Here we go
Ntabwowahaye umugorewawe umwanya
Bro reka nkubwire
Sindubaka pe ariko niwongera kubaka ntuzongere gusiga urugo ngo urahukana
Ikindi uge ugira urukundo kabone nubwo ushabika utaragafatisha uge ubwira uwo muri kumwe uti ndagukunda burya abakobwa tunyurwa na gato,
Wereke madam ko uko biri kose ntawamuruta
Madam wawe ajya kukubyarira ubugira ka2 yaragukundaga.
Ntabyera ngo de
Ariko tuge tugerageza kwerera imbuto abo turi kumwe pe
N,abadukomokaho bajye bakura bafite ibyiza bigira kuri mama na papa
Thanks
Sabin thank you always
Ibyiza nuko Umugore yaba uwo umugabo akeneye, aho kuba uwo umugabo akeneye.
Kabaye
Sabin uri Impano Imana yahaye abanyarwanda
Mbega umugore uyu mugabo rwose we mana apuuu
Diless akunda abana biwe cyane arimubagabo bakunda abana kbx
Uyu mugabo ndamushigikiye
Ikigaragaracyo niwoe wamuhinduye .
Gasambana nibindu utakihanganira murugo nagato arko nanone uramugore ntiwamutunga wenyine kgl arko kugira ngo mukubite namuta da
Uyu mugore yariribye mu ndirimbo ya king James?
Iyumugabo numunyabwenge kbsa
comments burya zigira umumaro kbs
Dj wacu twemera kbx
Ooh deelex long time not see u papa
2024 likes 😂
Uyu mujama nasubirane numugore we barere abana
Uko nukuri ! Ubu koko niyihe mpanvu igaragara yatumye batandukana. Ntakidasanzwe numva pe! Hari abihanganira ibirenze ibyo. Ibisigaye nugusebanya.
Ngahore 😂😂😂 ubwose mwapfuyiki Koko muzasubirane pe ntabirenze
Icyakoze urakoze
Uyu mugore niwe kibazo kd babifite ari benshi gushaka ubwa 3 ahubwo uraruhutse Uyu ntiyakubaka biragaragara kwaruwo kuryoshya