Nashatse GUSAMBANA na PAPA umbyara!!/ Nasambaye n'abagabo bensh ntazi umubare!! Uwari indaya Ruharwa
Vložit
- čas přidán 2. 12. 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap .Imana ibahe umugisha .
KORA LIKE NA SUBSCRIBE UBASHE KUBONA IBINDI BIGANIRO,INDIRIMBO ZA GOSPEL N'INYIGISHO Z'ABAKOZI B'IMANA NDETSE N'INKURU ZITANDUKANYE MURI GOSPEL - Zábava
Nibyo izo zari nyabingi baguterekereyeho nimandwa.Yesu ashimwe wakurokoye,arokore nabandi
Mwapfuye Muhagaze
Amen intahe ziza Yesu aguhe umugisha agukomeze
Amen. IMANA ninzinza. Murakoze kubuhamya muduhaye YESU abongere imbaraga zo ku mukorera.
Kkkklllll
Kimwe mubiranga umuntu wamenye Imana ni uguhamya rata mushiki wacu Imana iguhe umugisha.
Urakozeneza mwenedata Imana ikonge imbaraga
Imana iguhe umugisha sister uvuga neza ubuhamya bwawe!!!!
Wowe warasaze
Ariko we ibibyuba ka iki kubantu
Ntuzavuge gutyo ngo ababyeyi ntibari bakijijwe ahubwo nabo bari bararozwe uzajye kubahindura.bitavuze ko naho wagiye hatarimo abashobira kuzarimbuka bakihannye
Birumvikana iyo uza gushaka akazi bu rugo rufite abana babahungu eari kujya ubisambanyaho nzi henshi byagiye bibaho
Ubundi ikintu cyambere kikwereka umuntu wakize nuko avuga ibyoyavuyemo adafite isoni
Ni hatari; !Imana yaturokoye urupfu rukomeye pe!
Uru rubuga ruhurirwaho nabantu benshi ndetse nabaroga nkuko wari wararozwe.nibo bashyiraho comments zigusenya zigutuka,..... Komera
Murasambana Koko🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣😂😂😂😂😂😂
Irarari nkiri riragapuu ...mwizinaryayesu
Imana niyo izotuma bikunda
Akantu nagasitanitu
Yewe nubu banza ayomarari ukiyafite izo ni zakarande nudasenga ngo bazirimbure uzajya uguma usambane
Muje muduha numero zabo bakozi bimana
ariko muzajya muba indaya nimumara gusaza ntawukibaterese ngo mwarqkijijwe mwangegera mwe
Nta banga mugira ahubwo muriko mwamamaza aba dayimoni
Mbega ko atabuga ko afise umugabo
Ufite ubuhamya bwiza bwo kurata kuri tv.
ariko nta bundi buhamya mufite butari ubw'indaya kabuhariwe zivuga ko zabiretse(n'ubwo tutabihamya)
Niyo hit igezweho
Ariko se ubuhamya nkubu kuko babuhozaho ntabwo byaba ari igisitaza aho gufasha
Ariko jye hari icyo nibaza kuri uku gukora kw'Imana ,kuki iyi Mana itarinda umwana wayo kwishora mu ngeso mbi z'ubusambanyi. Maze ikabona izo kubakura mubusambanyi.ubwo bivuzeko abatarijanditse mu ngeso mbi nk'izi batazi Imbaraga z'Imana.
Umuntu utarwaye muganga ntiyamuvura mujye uvuga Aho Imana ya akuye nabandi bakizwe nicyo cyatumye umwana wayo azakuducungura
N'uko umwana w'umuntu atinda kwumva no kwemera kiretse abonye ibitangaza
Ubu ndi ho Yesu ntiyari kwemera ko razaro arinda gupfa. Ariko yaravyirekey kugirango bemere ko ari umwana w'Imana akoreshwa ibitangaza nayo
Ibi bigaragaza ko mu ijuru hari Imana itabara kandi bikagaragaza gukomera kwayo. Ariko n'abatarashayishije mu byaha nabo si kubwabo ni kubw'imbaraga zayo. Ntidukwiriye kumva ko ababonye izo mbaraga ari aba bakuwe ahakomeye gusa, kuko n'ahakize hitwa inkovu. N'abandi bakwiriye kumenya ko icyatumye batishora mu bishishana nk'ibi ari imbaraga zikomeye z'Imana.
Sha,urindape,nukureba,urabisatu,nubu,urakyabukorape
Nyine nuko wabihaze
Iyoboka maraya TV ndabona arisawa muguteza imbere uburaya
arik mwagy mwig kuvug nez koko?nkub ngub uvuz ng Iyoboka maray a kand yitwa Iyoboka Mana ub ushats kuger kuki?twig kuvug nez nivy biberey abantu b'Imana ncuti
Egokomana
Bibiliya iti ibitugu byabapfapfa bikwiriye ibiboko arko muzi ko abantu barwaye depression kuburyo Imitima yabo iba yenda gusandara kubera bad behaviors zabagize imbata bamara kubisinda nibwo biturika bakabisohora uyu mugire ntakizere ko nubundi adasambana.aba bakeneye aba counselors.