ubuzima ni urugendo rukoze isomo, bityo ntawavuga ko yatsinze ku bwe. Mana weeeee, buriya uwagira icyo ashaka kuvuga yakibwira Imana. N ubwo amahitamo ari aya muntu, ariko ibitubaho byinshi si ibyo duhitamo, cg umunt aba yaharuriye umuhanda 100%. Icyo dusabwa ni ukwisunga imbaraga z itagaragara ku maso, nayo ikikorera ibyayo. He kubaho uterana ibuye, niba warahiriwe ntubeshye imbaga ko ushoboye. Ni amahirwe wagize. Twese Imana iradukunda, kandi idukorera ibihwanye n ibidukwiriye. Uyu mudamu rero yahuye na byinshi uwibwita ko abashije yamunenga, ariko uru rugendo yagenze nahumure. Komeza ugambirire ibyiza niho Imana izagusanga mu mpinduka y inzira igoranye, aho ihera iba inzira y impinduka nziza mu buzima bw umuryaaango mwiza mushya. Imana ibane naaawe.
Sabin Merci ku mettant les choses au clair 👌Ntabwo Boite de nuit, arimubyaha, nabajyayo ntabwo ikibajyana ari kimwe, nikimwe nabajya mubyumba by amasengesho, ntabwo Bose baba bagiye gusenga, Gusa ababarokore barabeshya 🤷♀️ il faut assumé, kugeza ubu à la fin ntakintu kizima numvise 😏🤔
Ese ubundi ni nde wababwiye ko dukeneye ayo marorerwa baba baraciyemo mujye mujya kubivugira nu nsengero.Aha twe tuba dushaka kwisekera cg kumenya ibindi tutazi bifite akamaro ...
Joselyne i encourage you and congratulate you. You are a strong and great lady. Evry zone cane fail every time. You have been very string. You can be a model of good behaviour in changement by praying. Thanks
Sabin uyu muntu wawe se ko yasubiye mu mwuga wuburaya asigaye akora Come Again n’ijoro arko ufite gahunda aramutahana cg agashaka Lodge so wakongera ukamuganiriza ukareba ko yabivamo kuko arahembwa.
Arigupapira rwose mudigaye mujya kuvuga ubusa ngo mubone imfashanyo narumiwe rwose ngo papa yarakuzanye icyigari .ufite ibinyoma byinshi cyane nutarigeze abenshywa yabonako uri gupapira ibigambo
Sha byashoboka ibyo avuga abantu bagiye bahura nubuzima bugoye, gusa nuko atabishyize ku murongo ngo abivuge neza.
Humura nta kure Imana itakura umuntu kandi nta kure itamugeza
Ikindi ikibi n'ukugwa ukarambarara
Imana ishimwe ko wagarutse muli Kristo
Buriya umuntu wese avuze ubuzimabwe hano beshyi twararushye turasuzugurwa ubuzima bwumuntu nibagaryiwe nanjye ahankubwiye ibyanjye wakumirwa bisuba ibyo byawe ariko yesu yarankuyeyo ubushimimana ba mumburayi murafrinca narahahezagiriwe kandi ntarize nishyuri 1 ubu nibukaho yesu yankuye nkumirwa komera mukobwa wa yesu ntawamukoreye yesu go yikorere amaboko komera urumuntu undasazwe kubera yesu
Uwo ntabwo yabureka kuko ararya, kdi ntacyo Ari cyo!!
Umutumirwa w’uyu munsi asa nko kuba atavugisha ukiri kuhashize he
(her facial expression tells everything )
Yeah
Uravuga ukuri ibi byose haba hario kubeshya winshi cyane, nawe yabyivugiye umuntu ni mugari cyaneeeee ntabwo wopfa kumumenya
Body language can explain more
Uziko nanjye ariko nabibonye harimo kubeshya kwinshi
@@muclosusu284 icyo ntemeranya nawe ni uko ari gushaka gusa nudefanda icyaha cye nkaho ari Imana yari yarabipanze kugira ngo imwigishe , Imana koko iratwigisha ariko ntitwoshya gukora ibyaha ntanubwo ibitwoherezamo ahubwo yemera ko tugeragezwa na satani twayisunga ikaturwanirira cg twanagwa mu cyaha tukacyemera ntahantu na hato twidefanze cg duhakanye amahitamo yacu mabi . iteka iyo tugarutse turi sincere iratubabarira . Imana yaduhaye amahitamo ku bushake bwacu iyo duhisemo nabi ntabwo aba ariyo ibikoze ikindi kandi iyo twiyemeje gutanga ubuhamya bwibibi twakoze nyine tubivuga byose tukagagaraza ububi bwacu tudasize na gato , erega abantu turi babi ntidukwiye kwigira beza mu gihe dukeneye umucunguzi waducungura . bose bakoze ibyaha ntibyashyikira ubwiza bwImana . ibi byose mbivugiye atari uguca imanza ahubwo nanjye ni uko nabonye umutumirwa hari aho yavuze ngo ni Imana yashatse ko ajya mu buraya .
ubuzima ni urugendo rukoze isomo, bityo ntawavuga ko yatsinze ku bwe. Mana weeeee, buriya uwagira icyo ashaka kuvuga yakibwira Imana. N ubwo amahitamo ari aya muntu, ariko ibitubaho byinshi si ibyo duhitamo, cg umunt aba yaharuriye umuhanda 100%. Icyo dusabwa ni ukwisunga imbaraga z itagaragara ku maso, nayo ikikorera ibyayo. He kubaho uterana ibuye, niba warahiriwe ntubeshye imbaga ko ushoboye. Ni amahirwe wagize. Twese Imana iradukunda, kandi idukorera ibihwanye n ibidukwiriye. Uyu mudamu rero yahuye na byinshi uwibwita ko abashije yamunenga, ariko uru rugendo yagenze nahumure. Komeza ugambirire ibyiza niho Imana izagusanga mu mpinduka y inzira igoranye, aho ihera iba inzira y impinduka nziza mu buzima bw umuryaaango mwiza mushya. Imana ibane naaawe.
Arimo kugenda ashaka kuvugisha ukuri , ariko yataye umutwe. Imana imugirire neza
hahahahahhhahahahhh
Ni byiza ko wahinditse rwose Josely,ako nabwo wige kuvugisha ukuri.
Ararimanganya bikomeye
Rata harimo manyanga hari ibintu bidasobanuste adashaka kuvuga
Ariko mukunda kumenya ibyumuntu byose, nimujyane ayo rero barabazi.
Urakoze cyane Imana iguhe umugisha,Kandi ntukongere kwishinjya icyaha,ukundi warababariwe nukuri.kandi warakoze gufata umwanzuro wokuva mucyaha.
Sabin Merci ku mettant les choses au clair 👌Ntabwo Boite de nuit, arimubyaha, nabajyayo ntabwo ikibajyana ari kimwe, nikimwe nabajya mubyumba by amasengesho, ntabwo Bose baba bagiye gusenga, Gusa ababarokore barabeshya 🤷♀️ il faut assumé, kugeza ubu à la fin ntakintu kizima numvise 😏🤔
Boite de nuit ntabwo ari mubyaha? hakorerwa iki?
ESE SABin NIWOWE UBAHAMGARA cyangwa baguhamagara kutwiyereka
Ndakwemeye
je me demande ndibaza!
Ni bo bamusaba micro pe
@@iriiriho5368 bunguka iki? Publicity?
Uko dusabwa kwirinda abana bonse amashereka ya genocide, ni ukubwira abana bacu bakajya bagendera kure abana bindaya, zikorera publicity mucyayenge.
Ahaaaa Imana igukomeze . Kuko agakiza biragaragarako utarakagiramo experience . Gusa kwifata bizakugora mugihe utarongera kubona uwo mwabana nkumugore numugabo.
SaBe wampaye nbr yawe pls
Comment yanjye ibaye iya kabiri. Umuntu ukunda Isimbi Tv ampe like 👍
Abantu bakwiriye kumenya ko SELF-PITY ari intwaro igusenya, umuntu afite ubushobozi bwo gukora ikintu icyo ari cyose itandukaniro ni choice icyo uhitamo nicyo ubacyo, ubuzima bubi s’ikibazo ikibazo n’ukudatekereza kubuhindura, birumvikana neza ko gukorera 25k utashobora kuba munzu itajyanye na salary Icyo ntabwo ari ikibazo ahubwo wagombaga gukomeza kurwana nkuko watangiye. Wahisemo neza kuva mubuzima bw’uburaya imbere niheza kdi muri byose Imana iri kumwe nawe ntukisuzugure gira intumbero, self discipline, kwiga ntibirangira n’ubu wabikora ni just guhitamo kubikora keep growing spiritually future ni nziza
Ntibazi ko isi yameze amenyo...
Sabin ndagukunda cane ukuntu utatwibagira kudusuhuza🇧🇮🇧🇮👏
icyonavuga kuriwowe nikimwe banza wimenye utadukane nikibe kuko urabaeshya arahubuka kandi umaze gukura kuko niba uri umukirisito koko nigute umwana wabyaye umutesha amahirwe ukabahoneza ukamuvusta ishuri ryiza ukamukvutsa imiberehobyiza urumubeshye mubi cyane.
Icyangombwa n'uko wahindutse, courage komeza inzira yo gukiranuka
Courage imana igukomeze murugendo
Humura disi komera ukazanye urwane urugamba rw'ubuzima nge singucira urubanza niyo wanaba koko utarabaye mwiza ukanaba koko ubeshyamo siyoyakabaye impamvu yo kubaho nabi no kwangwa! Kuko nkuko twese tubizi hari abanyamafuti benshi bakuruta kandi bafite ubuzima wowe wifuza ukabubura, urugero abagore basambana siko bose batawe n'abo bashakanye kimwe nabagabo basambana siko bose batawe nabagore babo! Biterwa nuwo waguyeho murushako rwawe iyo afite ukwihangana no kubabarira nawe kandi ukabigira murubaka kuko ku isi ntantungane ihaba !
Nababajwe cyane nabakwihaye ngo urabeshya bakigira analystes bitari ngombwa !
BLF nukuri ndagushimiye cyane kuriyi SMS yawe iyaba burimuntu yagiraga umutima nkuwawe isi yatekana nicyo bita ubumuntu.
Uravuga wiryagagura ntago bikubereye gutangubuhamya nugutigihe cyacu kbs
Cyakora nibaza nkubu buhamya icyo buba bumariye imitima y'ababwumva nkakibura.
Ibibazo by'ubuzima kuri buri muntu ni amateka, kuburyo iyo nta kidasanzwe nta mpamvu yo kubyita ubuhamya mbwirwaruhame.
Niyige kuvugisha ukuli naho ibyuburokore biracyali kure nimumufashe ntacyo bifashije abamukurikiye
Ukuntu asa neza ntiwamenya ko yaciye mu ngorane,Imana irahambaye !
Ukwiye kwirundumurira mu mana Jose cyane kuruta ibindi byose nibwo uzahindurirwa amateka. ijambo ryimana rivuga NGO mushake ubwami bwimana no gukiranuka kwayo ibindi byose bizaba inyongera.nuguma muriyo NAyo izaguma muri woe ndetse no mubyo uzakora byose bizakubera byizaaaa.
Ikindi kandi niba koko waragarutse mu gakiza,witegure ko ibintu byose ushobora guhura nabyo: ibibi uzabyihanganire kuko nibimwe mubizagukomeza,bikagutyaza,bikagutunganya ukazaba umuchristo ushikamye wubakitse neza, ibyiza nabyo uzabibona kuko kuba muri christo yesu biraryoha,bituma utabaho mubwoba,uhora wunva ko uko byagenda kose hari imana yawe.....ugira ibyiringiro bizima.
Imana yo mwijuru ikomeze intabwe zawe Jose kdi mwuka wera aganze cyane mubuzima bwawe. Kandi nawe umuhe umwanya kugira akore.
Bless u
Indaya mbaya ,nyakubahwa nkwisabire abantu nkaba bacabiranya ntacyo badufasha uretse ko bazageraho bakakwicira izina ksb,ndagusabye ubutaha ujye ubanza ushishoze wumve temoignage yabo mbere yuko ubazana imbere ya Camera .thx
Aba bagore Sabin azana bamwe naba baje kwigira beza basiga ibyasha abagabo bashakanye. Uyu mugore ibi bitandukanye nubuzima yaciyemo yatubwiye. ntiyigeze agaragaza nagato ko yakoze umwuga w'uburaya. Sabin jya witondera abatumirwa wakira.
Ese ubundi ni nde wababwiye ko dukeneye ayo marorerwa baba baraciyemo mujye mujya kubivugira nu nsengero.Aha twe tuba dushaka kwisekera cg kumenya ibindi tutazi bifite akamaro ...
Hhhh nshingiye kuri Commts ikiganiro mbaye nkiretse.Ark Sabin ngusabi Ntakubahwa nyir'Isimbi tv Dudu&Fille Uzogende kubasura tumenye Ubuzim Barim🙏🙏🙏🙏✔️.Imana igukomeze
Disi nanjye nibazaga uko byagenze nyuma yo kubafasha.ese baravuwe?
Icyibazo cyiza ,nti amakuru bongeye kuduha wana
Joselyne imana iguhe ivyabantu batarahinduka ntuze usubireyo muburaya kuko uri umugore mwiza wugutungana n umugabo witwa umufasha wa kanaka .umwaka uzobe warose umugabo atazwe n imana nayo yiyekane muri beshi.
Hashima yesu wagukijije reka mbabwire bavandimwe murimo mumukira urubanza ko akiri indaya ngewe ndabona yarabiretse kuko ntabwo wavuga ibi kdi ukibirimo ikindi kdi nibyiza kumva ukuri kumuntu kureka amabwirwe kdi burya gukira imanza abandi sibyiza kuko mwijuru hari Imana izi byose
Wa mudamu we urabeshyaaaa kd ntunazi kubeshya cyane kuko ubeshya bikaboneka ko utazi ibyuvuga
warabanje uvuga umugabo azana ukuri kose uraceceka kumara iminsi none uragaruste ubwo buraya uvuga umugabo warabuhakanye
Uyu yanyuze mu buraya agiye kw’igisha ubukristu.
Imana yaragowe cyane
Nanjye byancanze aho yavuze aho. Yavuze ngo yaparitse ibyagakiza agiye muburaya ARONGERA ngo yari umusirikare wa Kristu ngo yaranabwirizaga ngo ibi bintu ubikorera iki???? Nigute wabwiriza abantu uziko biri bukwambure amafaranga? Yavuze ko yagiye muri ubwo buzima kubera ubuzima ibyo kubwiriza urumva atari ukwiyicira isoko? Ninko kwirukana abackients be????🤦🏾♀️🤦🏾♀️🤷🏾♀️
Inkuruze ntago zihura ariko icyo ntemeranya nacyo nukuvuga ko Imana ariyo yamujyanye mu buraya. Niyemere ko yaguye kandi ntakibazo kirimo twese turi abantu abari bumuseke araba ari abamarayika. Niwe wafashe icyo cyemezo nkuko yabyivugiye nishimiye ko yafashe nikindi cyo kubivamo. Nagerageze afate responsibility ntagire isoni twese dukeneye YESU.
Sabin wabyumva gutese ko uba wiyicariye mw’ isimbi! Ubuzima sikintu mon cher!
Iki kigore nikiza nuko arikijiji umuntu yakibyaza umusaruro ikibazo nuko bagufashijw ukarya cyane none urikwiyicira ubwiza warabyibushye cyane.erega abantamushiha muba beza kandi nti impamvu yokuza kuvuga ko wakoze uburaya hano uracyarimuto warikuzibonera undi mugabo none uje kwisebya uburaya bwo abakobwa bose iyobakennye barabenda iyo aribeza uyushaka warikwicecekera.ariko Sabin ntukazimuze injiji rwose.
Ngo yagiye muri boite kuvuga UBUTUMWA KD akavuga ko yariyarihebye areka Imana, ngo yarumukandida wa Kristu ngo yajyana numugabo afite imirongo ya Bibliya !!! Ahubwo bakwirinde! None se warindaya ya Kristu!!!!
Pwahahhahahahahahhahahaha
Ni amakuru naguhaga kdi mpagazeho 1000/100
Imana igukize akajagari muri wowe
Hhhhhh cyakora uransekeje uvugishije ukuri
Ntarumva ibyawe byose kugiti cyanjye ndabona usa nkubeshya
Arabeshya bkomeye
Gusa ndamusabiye kuronka umugabo atanzwe n uhoraho aruhuke muri vyose .kuko atarose umugabo yabonanye nabagabo beshi ntiyoheba burundu kwabirana vyomugora.kandi izo sura abagabo barazikunda yosubirayo neza.
Mutoni joseline Alias Matama ndamusuhuje cyaane
Uyu mugore si wawundi umwaka ushize warize ngo umugabo yaramwanze. Ngo bamutabarize ngo aramuharasinga
Nibyiza warakoze guhinduka
Imana irafasha Kandi irahindura
Jesus Christ🤔 uyu we abanze akizwe. Nonese ko numva ahubwo uburaya yabukoze kera (umuntu wamukodeshereje inzu ya 200k akamukura kuri BNR yarangiza akamuta akisubirira iburayi bikamuviramo kujya mu buraya).
Joselyne usenge cyane imana ikwiyereke kuko nturayimenya ( ntabwo imana itwara umuntu mu buraya, satani yaraguhumye ntukimenya icyo imana yanga), uracyahuzagurika shaka imana by'ukuri, fata umwanya wo kuganira n'imana wiherere va muri social media kereka niba ari abaclients ushaka🙏
Sabe, Uyumu mama numunyabwenge kabisa… kandi arasobanutse. Uwiteka akomeze kubana nawe arinde numuryangowe. 👌👌👌👌👌❤️❤️ Imana niyonkuru kandiniyo itangabwose biciye mukwizera.
Biterwa nicyo imana ishaka kugukoresha
Mwaramutse neza , Muhitisha ibiganiro.byinshi.byiza kandi.byubaka.
Sabe kujya uganiriza abantu benshi wazambabariye ukaganiriza abakobwa ba pastor serukiza sosthene uzaba ukoze,,,
Vuga ivyo Yesu yakoze ureke kuvuga ivyuburaya .ivyakera vyarahise
Ariko mbona hari abakora uburaya bitewe nirari ataruko bacyeneye amafaranga cg batabitewe nubukene ahubwo bikundira imibonano mpuzabitsina gusa
T
Abo nibo ndaya kabisa yani indaya mbaya burya umuntu abikoze kubera kubura icarya canke icoyambara canke akabikora kubera impamvu uyo sindaya ahubwo nubuzima ninakazi
Nkeka ntawakora uburaya kubera irari 😄😄
@@espoirejane446 ntamakuru ufite
Ariko ivyo bintu ko babivuga cane bavyamamaza rwose! Turashaka n'intahe z'abigumije kuko bariho nabo botwigisha
Yeweeeee rwose nanjyeee mumpe like rwose dore ndimubambere y Isaaha itarashyira
Uyu mugore arasekeje aheruka avuga umugabo ko yamubabaje none agarutse kubeshya .ariko yarabyimushye kbsa
Uburayi koko iyo myaka yose koko!
Thanks for the program but I don't listen kinyarwanda very well but I try God 🙏 bless you
thanks, Sabin for bringing Joseline
with her good testimony,
may you be blessed in all.
Jentababesha.sinoshobora kuvugako nakoze uburaya kwer
😅😅😅nigikorwa nkibindi byose
Reka reka ntakazi
Ubundise kuki ibyumuntu akorera ahihishe abizana kukarubanda? Ntabwo ushobora kwicuza usaba imana Imbabazi ahokujya kwiyanika kukarubanda?
@@jartininget773 numurimo ukoregwa ahihishe baje babivuga abana basinziriy babikure mwitangazamakuru, wagira ngo babaye ba Yaka muana😅
@@pattohronzo516 kwer ukeneye kubiheba wobiheb.ugasaba ikigongwe umuremyi ibisigaye ukihorrra
Umukrist niyaguye ntarambarara komera sha
Ubu buhamya bwawe nta kintu nakimwe bumaze ahubwo sinzi impamvu wishyize hanze. Ntabwo wavuga ngo wanjyaga gukora uburaya witwaje bibiliya nguri umukrisito. Genda wicare usenge Imana wihane uve mubyaha ubundi usabe Imana iguhe n’uburyo bwo gutondeka amagambo neza utange ubuhamya bufasha abantu naho ubu bwo jyewe ntacy nkuyemo pe!
Arishakira umugabo niyo mitwe basigaye bakoresha
Jye nta n ibyo numvise ndi kwirebera comments
Sabin ndagukunda pe! ubutaha ujye uzana abantu bazi ubwenge, bavuga ukuri kk ubushize ukuntu yirizaga amarira y ingona abeshyera umugabo. Apuuuu
This is unbelievable 😲🥺
Ubuhamya bw'uyu mugore harimo kurimanganya cyane
Ushingiye kucyi c wowe umuntu niwe wimenya
Ushingiye kucyi c wowe umuntu niwe wimenya
Ushingiye kucyi c wowe umuntu niwe wimenya
Cyakora ufite ubuhamya ariko ntuzi kubutanga neza
Harabantu bavuga akazi ko Murugo nkaho gateye isoni kandi nakazi kadasuzuguritse rwose nimukavuga mujye mukavuga mushikamye ntago gakwiye gutera abayakora ipfunwe
Humbwo babigize sayi iburaya nimbwodukora ubuzimbwomurugo kuki murafrika babusuzugura nkaho umenga ababukora nibicimbwa
@@tekanezaviocheftv1949 iburayi muba mukorera meshi shn
@@turibamweali8661 Saudia Duhembw kukwezi
@@turibamweali8661 Shahu Abarabu uzingobarikura Amahera Reka Nurudubi Baragukoresh ukaruha Muga kuyikura nikibazo Jenkubu nkorera 435$ gusa Tubatubaho Badufungurira Baduhisabuni vyose
@@turibamweali8661 sha tukiza Urumva Ninkakampany Ariko hoho Ahowumva Ngonimuri Contract ntibakurenza200$ abaye menshi 250$ rero abakobwa turino twabonye contract bafatana nabi duhavura turaza turatoroka inzu twabatwashikiyemwo mugutaha tugaca muri Ambassadeur kuko ivyangombwa bashika babikwaka
Ese nubumya ashamugabo
Murimacye nasobanere.
Neza aramukwiye kokope nahubundi
Kwirekura byamunaniye
Ese buriya umugabowawe uzamusabe imbabazi kandi numwanawawe uzazimusabe
yego rata JOSELI,kujya mu buraya byari kugirango uhakure irindi somo,hhhhhh
Uyumukecuru numutubuzi ntiyegeze kutubwira ivyiwe numugabo nivyobapfuye ngoyagiy arumwana isimbi murabaswa
Bien dit sabin muri boîte naho kuruhukira
Uwo Mudamu ko Ari Mwiza Koko ntafite Umugabo?
Ujye uduha akanya tuvuge ibyatubayeho,bifitiye iki gihugu n'abagituye,akamaro,abanyarwanda babimenye,ndetse bibatere kubaka U Rwanda ruzira ikibi,ureke abo baba bakina,bivuguruza
Harya ngo baba bashaka kumenyekana
Sabin ndumiwe kandi biteye agahinda kumuntu abesha uku umuntu avuga KO yari umukozi w'Imana windaya!! umwanya umwe yemera KO yabikora uwundi mwanya akavugako yarigukora umurimo w'Imana🙊🙊abana ba Jésus-Christ muragabe nyamba tugeze muntahe zinukira lmana uku.muramenye abera b'Imana anti-chriso arigukora yiyoberanije🧎🤦
Ndumva ntazi...💁🤔🤨🥱🙄🧐
Mbega...Uyu muntu wari kubanza kumufasha ukamutegura agashyira ibyo agiye kuvuga ku murongo mbere yo kumuha micro.
Imana igira amaboko kabsa kandi ihindura ititaye kubigezweho kabsa ndakwemera cyane ngukurikira nibereye Zambia 🇿🇲
Mbega ikimama kiza
😂😂😂😂😂😂😂
Sabin turabakurikira cyane south korea isimbi irakunzwe cyane
Imana igira neza
Imana ishimwe
Inzu ya 200 ,000 frws !!!!!!!!!!]
Imana se yari yagiyehe
Ndibazako iyo umuntu aje kuri camera avuga byose kuko ababireba barasobanukiwe!iyo ubashye barabibona.ubusambanyibwe yatubeshye kuko biragaragara ko yabukoze ariko ntiyabusobañye neza
Mpora nibaza niba hari abandi bantu bakinisha Imana nk'abanyarwanda! Yabagoreweho pe😔
sha ntamuntu wabayindaya ubireka cyereka wabonyumugabo ufite amafranga nkahubundi kubeshya nikubi uzasubiramo2
kwurira indege n'ibisanzwe. ahubwo ugeraho ukanayirambirwa.
Si ukuyirambirwa gusa ahubwo no kuyitinya
Njye nsigaye nyitinya
@@23loui91 😂😂
Joselyne i encourage you and congratulate you. You are a strong and great lady. Evry zone cane fail every time. You have been very string. You can be a model of good behaviour in changement by praying. Thanks
Byindaya zigira story uganira nabo ugasanga ibibazo byawe nutwana kdi indaya nizo zambere zizi imana kuko zihura nabyinshi bitandukanye
Ninde wamuryohereje mubobahuye
Saben uyu mugore ntakaze kutubeshya rwose uburaya ntago yabureka nubundi yabukoraga yitwa ko akizwa ahubwo yaje mwitangazamakuru ngo afatishe abagabo neza ndamuzi niduhura nzamubaza ijambo kuza aha rwose ubizi neza ibibi ukora uba utubabaza utwibutsa byinshi
Ikindinaco kwiga kuminuza sikokugira ubuzimambwiza noneho abaminujebose babayeho neza sinize akokazikomurugo musuzugura kanyuriza indege umusikuwundi fisebuzimambwiza nubunikonkora mumahanga akazikomurugo ntimuzosubire kukagaya
Uzanshake rata tujye twiganirira ndumva hari byinshi duhuje
Sukorata akazikabi nuburaya nokuroga
Ubuse aziko gatunze benshi hanze ugakora aruta uwamunuje ayo mashuri ibihumbi magan268 uwabiguha ntiwagakora nibangahe bize bayahebwa ntimugasuzugure akazi akaxi kabi ni ukuroga nuburaya no kugambana
Uburokore nubwumuntu kugiti cye
Ndashobora kuromka numero yanyu? Mufise intahe nziza?
Sister ubuhamya bwawe ntabwo bwuzuye gerageza ureke kubeshya 😓
Kuba umuhanuzi'paster etc ntacyo bivuze
ariko uri mwiza ku mubiri tu! sympa, uze uhebe ubusambanyi
Ubwose uramugaye umva ubuhamya wige
Ni Mishiha mur cankuzo.
80%bahaba ngo bari abavandimwe b'abanyarwanda.
Nubu haba abimukira benshi cane
Sabin uyu muntu wawe se ko yasubiye mu mwuga wuburaya asigaye akora Come Again n’ijoro arko ufite gahunda aramutahana cg agashaka Lodge so wakongera ukamuganiriza ukareba ko yabivamo kuko arahembwa.
😂
Twese turi abanyantege nke rwose kandi ntawudakosa. Kuba warahindutse ni byiza cyane ko n'ubuzima wabayeho butakorohereje.
Ariko rwose gushira hanze kahise kose ntabwo ari byiza, hari utuntu tumwe na tumwe umuntu akwiye kugenda agira ibanga. CZcams murabizi ko itajya ita amashusho, ibaze rero abana nibakura bakumva ibi kuri maman wabo, urumva batazakomereka somehow?
Icyo nshimye nuko Nyagasani yakugiriye neza akaguhindurira ubuzima kandi rwose agumye akugirire neza ubuzima bukomeze bumere neza
Ariko nwagiye mureka kwishyira hanze kandi mutazi no gusobanura ibintu byanyu koko?
Ibi nabyita "kubura ubwenge"
@@prudencensaguye9411 sukubura ubwenge ncuti haribintu bikubaho ukabonako utabivuze umutima wawe utotekana
@@prudencensaguye9411 reka da, ni marketing. Uzamuhamagare ukeneye massage urebe.
Mbere yuko utanga ubuhamya ujye ubanza utegure ibyo ugiye kuvuga kdi erega ntanimpamvu yo kwishyira hanze guryo kuko ibyo wakoze nubundi wakongera ukabikora isi nta murongo igira ikiriho nukwimenya ukamenya nicyaguhesha amahoro kuko ubuhamya bwawe ntamurongo bufite ntaho bwakura umuntu ahubwo witeje abagabo bakubonye!
Ariko iyuvuga kowari indaya ivyubuchristu ukavyihorero ,wavangavanze ukagirango urikubwira injiji nkawe
Ubuhamya bwawe buteye umujinya kugumana nimana byagiye bikunanira ubanza utazi gufata icyemezo mubuzima ntibyumvikana kambisa
Ubanza ufite ikibazo
Burya wa mugabo wawe disi ntagoyakubeshyeye!
Nkurikije cmt mbonye singitakaje ama unite yange...
Pole sana sis,,but nice step
Uyu mudamu yabeshyeye umugabo we ubushize, muribuka ko umugabo we yaje kumunyomoza!
wadushiriyeho ubwo buhamya bw'umugabowe amunyomoza
yes
Yego rata nanjye ndabona ari uyu! Hehehehe none agarutse muyindi sura
@@pourbino7899 burahari kwa Sabin
Ukuntu yibasiye Choir ngo yaramuhagaritse kubera hari umugabo umufasha gusa ntakindi yakoze🙊 n'amarira menshi...mbega iby'ubu ni ugushakira indonke mu kinyoma kihishe mu marangamutima!!!
umukecyuruse abyaranyoko abantumwagiye mwitonda
Isimbi tv nutikosora uzata ibara rwose ubuhamya bwamafuti nibiganiro bitacyubaka nibyo bizakuragiza
😂😂