Trauma niba ikira ari uko usohoye ibikurimo ibi by'umuryango muri public byaranyobeye ese no ngombwa kuvuga uko ubanye n'umugabo mu rugo koko kuri you tube
Gerard uti basi yikwashagure yooo Mana Ariko Jeniffer yarababaye Ariko Jennifer haguruka weme usonge imbere heza Soit tjrs forte kandi nezerwa nezerwa imana yarakugiriye neza
Ariko hari utundi tuzina bitanaga kuva kera. Ibyamazina tubyihorere kukarubanda ngo nta care amuha amuteje abandi bagabo baraje bamuseke bamubwire ko yamuroze bamwereke aho bamuha care sha.
Jennifer +250 788 558 418
Ibaze nkuyu mugabo uzumvako nuyu munsi utazi niba umukunda😊wibaze na bana bawe bazumva ko washatse Se utamukunda kuko urasa nubyicuza!!ese wumva nawe abana bawe utari kubasogongeza kuri ibyo bikomere😊erega ntabwo ibikomere byose ariko bivugwa!hari ibyo dukemurira mukwiyubaka.
Ubugabo wawe nimfura cyane, yarakwize neza akwakira uko uli.
Umuhabowawe nifurapeee ariko nkyomajambo ntiwarikuyavuga ngowamugiyeho utamukunda
Ese mama wazashatse umuntu ukwigisha gusoma niba wumva bigukomeretsa cyane.Gusa ntabwo Yesu akunda abize gusa,ntibikajye biguhangayikisha cyane.
Umuganga ni yesu Gusa !uzige kurekura ibyagiye ntagahinda , wakire no kwakira ibije ntagihunga ! Mukomere pe!I really feel ur pain !
Uri umunyabwenge Jennifer,Urarusha benshi bizee ushingiye uko usubiza💕
Nshuti, kubawarize ntibivuzeko urumunyabwenjye nabatrize bazubwenjye (komera mubyi komezubwenjyi Imana yaguhaye kandi kubutarize ntikabitindeho cyane)
Umugabo wa Jennifer yubahwe , afise kwihangana 🙏🙏🇧🇮🇧🇮
Umutware wawe Imana imuhe umugisha.aragukunda kandi nawe uramukunda ni uko kubera ibikomere ufite udasobanukirwa neza.gusa shyiramo agatege nawe akeneye urukundo.hari ibintu byinshi wakora bikamunezeza pe !urukundo rugaragazwa n'ibikorwa si amagambo.
Yewe Mba mbona nawe utoroshye! Niyo yayo. Ubaye nka Maman Charlene ngo gushaka yarahubutse akabivuaga aruko amaze kujyera muri eteje! Ubu nawe wumvise aho ugejeje ubwo urashaka ufite Range Lover!
Ndashimira umugabo washatse uyumugore Kandi akamukunda uwiteka aguhe umugisha
Uri ikiremwa cyiza Imana yakuremye yagutekerejeho. Nsabiye umugisha urugo rwawe rube urw amahoro n imigisha.
Umubyeyi w'umuhanga cyane🤍🤍🤍🤍 ndikumwibonamo 💯
Ihangane Jenifer ibyakubayeho hari abandi byabayeho ariko komera
Mukobwa mwiza duhuje ibintu byinshi cyne nange kugeza akakanya sinjya nseka ,ibyo uvuga ndakumva byihuse ,ariko kwakira agakiza byarandinze nihohonyine umuntu akura umunezero yesu azagusure agusetse.kandi pe ndaje nkushakishe
Manaweeee,uyumubyeyi Imana izamusangepeeee,ndabiziko ishobora byose.
Ukwiriye gusaba yesu akaguha agakiza urarushye peee numugabo wawe pe yaragowe
None umaze kugira aho uba uti”sinzi niba mukunda”Mbega umugabo wagowe !
Gusa ibiganiro byose ukora ntago useka nagato warakomeretse chr IMANA izakomora
Ujye umukunda mu buryo bwawe niwowe uzi uko urwubatse.gusa nawe ujye witwararika ntumubwire Nabi kandi wite kubana bawe cyane.Abashakanye baruzuzanya si ngombwa ko mukora ibintu bisa.kandi aho umwe afite intege nke niho undi ashyira imbaraga ubundi bikagenda neza.
Yooooo nyagasani yaragusubije pe,tekereza iyo ubanza n'inyamaswa wari kwiyahura pe nkurikije ibikomere wifitiye uwo mugabo Imana imuhe umugisha mwinci cyane pe.egoko baba,abagabo nkabo burya babaho se⁉️⁉️
Urumuhiga peee gs kwigiyeho byishiii GOOD BLESS BLESS YOU so much love you 🫂❣️
Imana ishimwe ubwo umugabo wawe utamuvuga nabi
Imana yaremye abantu muburyo
Butandukanye
Kuva yavuka Ntawe arabwira ngo Chr, mugihe Njye Abo meze kubwira ngo Chr ni bihumbi
Mfite umugore Ariko nabandi bagore mbita Chr cg abandi bakobwa Nubwo mbivuga nihishe
Urintwari niyo havira icyukora kitarikiza siwowe nubuzima wabayemo butaribwiza kandi watewe nuwakubyaye gusa ndagushimira cyane kuko inzirambi wanyuzemo ntiwitwaye nabi ahubwo wahakuye inyigisho nzima kandi iyowiga warikuba uri KAGAME wa kabiri mu Rwanda
Shamimu ❤ Nyagasani akomeze akomore ibikomere ! Ndakwibuka twaraturanye uba kwa tante wawe ikanombe kukibuga.
Ndagukunda mubyeyi ❤❤❤
Ubundi hari umugore ukunda umugabo! Turazi ibyomuza mukurikiranye, ngewe nkunzeko uvugisha ukuri
Erega ntanshingano yumugore yogukunda abagabo oya gukunda ninshingano zabagabo gukunda cyaneeeeeee hanyuma umugore akanyurwa akaganduka koko iyo wakunze umugore kubaha nokuganduka byijyanamo
Ati "iyo umuntu ari umuntu muzima ntibisaba kumuhonga ngo abe umugabo". Inama nziza. Ufite umugabo nyawe
Impore impore my sister ❤lmana ivubira imvura ababi nabeza kdi umugambi w’lmana uruta amashuri menshi yabisi biratana nkaho mw’ljuru bazayamurika yo,wowe ikirizwe tuzigire mw’ijuru
Imana iguhoze mugore mwiza
Iguhe ibyishimo nibyishimo nyakuri bituma wishima niyo waba udafite ibikunezeza❤
Nukuri madame Jenny yarahindutse imbere n'inyuma
Asa neza ,jeune,yambaye neza,
Gera,nanje ndagushimiye ko wabaye hafi uwo mumama
Ibikomere bya bamwe bigira ingaruka zikomeye kubo babana.Hari abagira amahirwe yo kubikira no kubinyuraho bakabanira neza abo byakagizeho ingaruka,ariko ntibisanzwe.Kubana numunyabikomere biragorana cyane.
Imana ikomeze uwomugabo kuko ndumva ahubwo arimukuzimu erega ukanavuga cyokoze turarembye urabura gusaba imana ikaguha gufata neza uwo mubana none ngo singombwa hhhhhhhh
Cyakora urimwiza wamfura weee❤
Ibyo uwo mubyeyi avuga nibyo Imana imuhe umugisha
Inyigisho nziza cyane, thx Jenn & Girard ❤
Ubundi umuhanga yavuzeko umuntu Uzi ubwenge umubwirwa nikibazo waba umubajije akagusubiza igisubizo cyacyo
Mwakoze cane. Uyu mu maman afise impano ikomeye cane.
Jenny uzi ubwenge ntihakagire ugupfobya kandi nzi neza ko abaswa batumva ibyo uvuga n’ubwo baba barize 🤷🏾♀️You’ve a high mindset 👍
Kutumva Ibyo avuga nigipimo cyubuswa?
Ubwo ubyumva ahise Aba umuhanga hhhhh
Ufite imana nziza mubyeyi lmana iguhumugisha
Ariko rero nawe urakabya! Kwanga kugemurira abana koko ngo nuko wabyutse nabi? Iyi no kamere mbi nayo uzabisengere Imana iguhe umutima wubwenge!
Mureke guca urubanza, ibikomere ntimuzi ibyo aribyo!
Urumuhanga cyane
Gérard uzatuzanire Hortense Mazimpaka umuganirize
Azamutuzanire rwose
Imana yonyine izakomore pole sana
Baramutwara rero shahu ,urqbyivugiye wikozeho
Uyu mu mama arko aracyafite umutima ukomeretse , ubundi ubu ajya aseka?gsa Imana ijye ibana nawe pe,uri umu mama mwiza
Umugore ufite intimba ariko w' umuhanga pe!
Umugore wumuhanga ❤️
Urimwiza pe ❤
Oooooh!!!ibyo birahagije maama. Nyagasani akugirire neza.
Umugore mwiza wumutima
first ndashimira Gerard kuko njyewe nagiriwe mahirwe y'ukumva ikiganiro cye1 nukuri yarababaye ark Gerard yakz akazi gakomeye kuko urinkingi ikomeye yamurikiye uyumubyeyi kugeza aho ageze ubu kd Mum komera umuntu ahitamo aho azaba ntahitamo aho azavukira ibyiza birimbere .
Uri intwari mubyeyi ukuri uvuze abagore benshi barihandagaza bakabeshya kandi barara bashinze inkokora.
Komera umwami Yesu amara agahinda kandi wirira niko umuririmbyi yabiririmbye
Jewe ndazi umugabo numugore bama bahekanye bareranye bitana Cherie na chouchou na zi suet ariko yama amuca inyuma afise umuhabara rero ivyo sivyobituma haburukundo murugo
Trauma niba ikira ari uko usohoye ibikurimo ibi by'umuryango muri public byaranyobeye ese no ngombwa kuvuga uko ubanye n'umugabo mu rugo koko kuri you tube
Ibikomere Bambi 😭😭😭💔 ajye akwihanganira nawe Siwowe nurwatwese Bambi . Umuntu atanga icyo yahawe
😂😂😂😂ahwiiii !uno mubyeyi yarahumuye !komera ariko uvugisha ukuli
Kandi nibamutwara uzababara iyo ubyimenyera bitagiye kukarubanda. Umuteje abagabo bagenzi be bazajya bamuseka.
Ngewe muzi naza nkamuresha ukongera ukarira ibibintu nubupfapfa gusa ibyomvuze ahabanza nivugiraga nahonkomeje arikwibibintu si sawa
Jose ahubwo wasanga afite aho aruhukira da, ubuse wabana numuntu wifunga bigezaha burimunsi? Hhh abagabo Bazi ubwenga Sha ahubwo nyiramwiza arebe neza.
❤
Gerard uti basi yikwashagure yooo Mana
Ariko Jeniffer yarababaye
Ariko Jennifer haguruka weme usonge imbere heza
Soit tjrs forte kandi nezerwa nezerwa imana yarakugiriye neza
Mbaba uzashakwe ukuntu ubigenza uyu mubyeyi aseke umunsi umwe .nanjye bizanahimisha
😢😢yo komera bambe ndagukunda byuzuye❤
Uranshimisha gusa yesu azagukuremo ibikomere
Iki kiganiro nta somo ryiza twakwigiraho kiduhaye,ahubwo ryagumura abafite ibikomere bose bakumvako bagomba kwizirika ku bikomere,byarikuba byiza iyo ibi byose warikutubwira ko ariko byari bimeze mu myaka yashize!!ariko ko uyu munsi nibura urikumva urigukunda umugabo wawe kubwi ineza ye!nawe ko urikumva wikunze,kuko wamenyeko na nyoko kuba yarabaye indaya bishobora kuba byari ibikomere byabimuteye!!none urikumutaranga ngo wagize ibikomere!!!uzi ute ibyamuteye kuba indaya Se!!
Ngo uri umuhanga!!!!🤭😏😀😀😀😀sawa ishinge Gerad
😂😂😂😂 sibyo rata yaribuvuge ibyiza yagezeho nyuma
Harimo isomo koko ubuse niba utarabayeho mubyo avuga gutyo ubwo ntumenyeko bibaho. Erega ibintu nkibi nukuvuga ngo twebwe icyasabwa cyose kugirango agaruke mubuntu aricyo cyangombwa. Kuriyisi habamo ibintu byinshi bamwe baranafpa. Nagirango nkubwirengo kuba ibyo byose bituma aba umuntu ntabyo yifiteho ahubwo araha aravuga ukuri kwe kugirango afashwe. Umuntu ubona inyuma site uba imbere. Nawe nicyo gihe cyokwishaka nonaha.
Yooo impore bambee iryo nihungabana mama
Sha madame none ko imana yaguhaye umugabo witeka nawe nyene ushingira intahe.tuziko urugo rwiza arijuru rito .je nibazako wokwama hubwo umuronderera Amazina meza umwita kuko arayakwiye pe.sinon waragize imigisha myinshi abandi bagore benshi babura .
Cyane rwose
Ariko mama urimwiza ....Impore bambe kubyakubayeho....
Ego sha nimwiza kubi!!💕
Oya sinemeranwa nawe ko utazi niba ukunda umugabo wawe uzamukunde cyane kurusha abantu bose kuko yemeye ibikomere byawe ntagute.gerageza kwikuramo ibikomere kuko harigihe bizajya bigutera icyangiro kubera kwikaruma nange ukubwira bimbaho ariko ndimo kurwana nabyo kugeza igihe bizamvaho.
Nuko dukomeza kumirwa nukuri urarwaye pe ucyeneye ubuvuzi uwonwana wanyokobukwe waramubabaje pe 😢
Yampayinka Data!!! Tough 👠
Hhhh umusilikare murugo
Umubyeyi mwiza cyane afite ubumuntu rwose ndagukunda Maman Jennifer kdi Imana izaguhindurira Ubuzima
umugabo wa Jenniffer niyubahwe ....akwiriye ikamba
Ngo ufite igikomere kidashobora kubonerwa umuganga n'umwe?!Noneho ntabwo uziko Yesu ashobora byose?Cyakoze nukuri Yesu akugenderere,umuntu utajya aseka koko?
Ibya cherie ni iby'abana mu rushako.
Ubu abamaranye bamaze imyaka 20 kuzamura ibyo barabizi ???? Ko bashakanye bitaranabaho ????
Si nabyo byubaka Ingo erega barababeshya !!!
Cherie nta gaciro bifite mu kubaka urugo n'indangagaciro zubaka urugo.
Ndabarahiye pe !!
Ubworero uziko wamuhamije uzicuza jyukomeza uboneko went a mutima cy amaso yokureba afite
Ariko hari utundi tuzina bitanaga kuva kera. Ibyamazina tubyihorere kukarubanda ngo nta care amuha amuteje abandi bagabo baraje bamuseke bamubwire ko yamuroze bamwereke aho bamuha care sha.
@@uwerajoseline6465 yego pe !
N'ubu turacyahari, nanjye sinamwita chr kuko mfite uko mwita, nawe afite uko anyita .
Cherie rishirana n'agahararo mba nkwambuye
@@uwerajoseline6465 ikosa akoze nirimwe ryokuvuga kwatazi nimba amukunda naho ibyamazina nanjye simbyemera icyakugeza mubarabu ntabwibone bagira usanga umugabo cyangwa umugore asomagura abana abahobera nkabadaheruka ariko kumugabo cg umugore umva biragoye kubona yigira nkuko muri Africa bitwara Kandi barakundana cyane birenze igipimo
Ariko utuzina twa chr, sweet, honey,chou.....ni twiza cyane, none se tubahamagare mu mazina?
Urabeshe mugore abantu uko turemye nimpa nguhe icho utanga nicho uhabga kubaka urugo birunganirwa utamufashije nubwo yoba ashoboye byomunanira
Nibikomere shaa mumubabariree
Mbabarira uzajye gusenga jennifer bizatuma ubona amahoro numunezero bambeee
Uwu mugore abesha ngo ntiyizeee amashuleeee
Huuuuuu, uwuzomwishinga biramushaaaaa
😂😂😂😂😂UYU mu Mama ni umunyamugisha ahubwo,kuko yabaswe nukuri peeeeeee
Muhaye nomero 1 namukunze ni ingenzi muri ububuzima,muge mumutumira kenshi gashoboka
Ndamukunda nicyokiganiro ndebye nkakirangiza nahibindi mbita nzira agirubwenge ntuburibyumwungukiraho ❤❤❤ mamy Jennifer. Uwiteka azakomoribikomere uzajawishima byose biva muri wowe ucye mumaso
Wowe turikimwe pe!
Hama uraberewe
Yoooooo ndumva dufite ubuzima bujya gusa😢😢😢😢😢
Even me😢😢
Me too 😭😭😭😭
Urukundo sukwirwa uvuga chouchou bébé wapi urukundo rugaragarira mubikorwa !njyewe ndamukunda kdi ndamwubaha singombwa ko muhamagara chéri kugirango amenyeko mukunda buriwese afite uko yereka urukundo uwo akunda kdi hari nabirwa bavuga cheri chouchou kdi birwa barwana nandi mabi
Ahubwo uriya mugabo yarazi kwihangana disiii
Umugabo ukora ibishoboka byose akaba umugabo bikanga ariko wagerageje ubuzima bwawe bworoshye kurushubwange ariko ntamuntu wandutira umugabowanguye mubumayibobo
Nukuvuga ko iyo utabona umugabo warikuguma uri mayibobo rero?
@@lolitaimena9782 🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@@lolitaimena9782 😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅 ahubwo se ubu agiye yaba mayibobo🥱
@@umutoniwasejanviere212 aha
Ahubwo wari kuba umusirikare mba ndoga Rukara 😂😂😂
😢
Ntarabona Umuntu wize yaraye muri rigore yasinze umunyonzi utarize yatahanye ayo yakoreye yatahanye numuryango we mwishuri tuhakura ubumenyi ubwenge nikaremano Ntarabona uwize asazira mwikodi ryubatswe na motal uwabikubwiye ninjiji mbi ntanaho muhuriye
Uyumugore amagambo avuga yarwaye troma. Muzamuvuze ibiganiro bye mbyumv keshi 😭
Umutima we hamwe namarangamutima ye byarakomeretse pe
Uvuga ukuri.gusa warakomeretse caaanee.ariko natwe nuko
Uyu mubyeyi akeneye therapist nyamara
Cyane, afite post traumatic ikaze!
Mugore Jennifer twese twashatse kumyaka nkiyawe arikope iyo mutarabyara umuhimba utuzina jyewe kumyaka 18ans narimyaye nashatse mufite 17ans ariko rwose uwajyewe akunda utuntu two gusheshenga( cher) my darling)sweet heart)jyewe mwita daddy
Jennifer nintungane sumubeshyi !iyo aza kuba umwe muribabandi bajya kubaka bashaka gusaturamo kabiri arakuguyaguya ugahinduka nkumusazi
Uyu mugore simubi ahubwo yangijwe nimibereho kandi ntayanga umugabowe ihungabana yazanye rimaze gushira hobucye
Ahubwo nuko umagabo wawe mwabyaranye iyomutabyarana yarikukwangape nabana sibyope ubikosore aboneko wahindutse
ukurikose sibyiza kukuvuga nshuti nukomeza uko uzatera abana wibyariye umutima mubi bivemo
Uku kuri ni kwinshi
Hhhh
UYU MU MAMAN NDAMUKUNDA CYANE AVUGA ARI SERIEUSE.
Ehee yarakamiritse uyu ni umusoda
Yeah ! abantu benaba tuba serious cane kuko tuba twarakomeretse cane.
Icompa agakora ikiganiro atwenga(aseka), nkakibona, yewe abakunzi ba inkuru yanje bazombwire ndakirabe simpombe
Uribaza umubyeyi usoza ikiganiro adasetse waaaa
Wabirangije 😂
Mbaye we divorce yahita itangira 😢